Karinijabo & Robert Team ntako iba utagize ngo irwanye ibitekerezo bya Ntwali. Karinijabo aca inkoro adashyozemo ubwenge. Robert ni umuswa mubi cyane mu mategeko. Ntwali aravuga maze Karinijabo akisekesha ironically.
@bizatubirebatugaceceka9577 Жыл бұрын
Jon abo farisayo wiha kwicarana nabo umenye ko nta kiza bakwifuriza kimwe n'uko ntacyo bifuriza abaturage. Ibyo biganoro bagukururiramo umenye ko ntakindi bigamije uretse kugutega umushibuka. Va Kuba kafilili
@Chance.Umvaneza Жыл бұрын
Karinijabo na Robert bafite unugambi wo kuzata Ntwali mu makosa. Ikiza ni uko Ntwali azi neza abo aganira nawe. Karinijabo ashaka kwigira Cantano.
Muratangaje iyo muvuga ngo amategeko rwose.none se nyirigihugu Kagame iyo avuze ATI hari ayanditse nayatanditse,usibye kwivugira wenda kugira ngo mwiganirire,ubwo wamenya harakurikijwe ayahe hagati aho? Babaza meya bati ubushake agasubiza ATI ntawutari bugire ubushake, mwunva aho umunyamategeko yaba amaze iki niba abantu ubushake nabwo busigaye ari agahato?ese abunganizi iyo bageze kuyatanditse umwami w u Rwanda yigeze kutubwira(umwami Kagame Paul) ntibaba degree yabo ihita ihinduka imfabusa?
@Rurema8880 Жыл бұрын
Icyo nzicyo nuko kangondo bamwe barenganye mbese umujyi wa kigali wakoresheje ubusumbane bamwe ibaha ingurane ikwiye mumafaranga abandi ubahatira guhabwa shamburette mubusanza gusa aka karengane umubyeyi wacu nyakubahwa president Paul kagame niwe wakabarengeye naho abandi ntakizere namba john Williams komeza ube ijwi ryabativugira kuko ibyabaye kangondo bishobora kugera no kubandi banyarwanda
@kanyandekwevalens159 Жыл бұрын
Robert ari kubabaeshya injaction ntibuza ubuyobozi gushyira mu bikorwa ibyo yagambiriye mu nyungu zitwa rusange. Urugero azarebe Nyabugogo kwa Milimo berekanye urubanza ariko ntibyabujije gushyira mu bikorwa ikigambiriwe
@yowerimuseveni5603 Жыл бұрын
Ariko muba mutumira iyo ngegera ngo Robert ngo ifite iki yaha abanyarwanda uretse kwirirwa gahakiririzwa kuri FPR puuuu muzangenzure ikiganiro yajemo bikurikiranwa nabantu bake ; yewe nabagifunguye ntabwo bakirangiza