Gafaranga we Yesu niwe wakomora ibyagukomerekeje byose. Yesu agutabare kandi muminsi mike ni wowe uzaba uri gukomeza abandi kuko Imana igufiteho umugambi ukomeye 🙏🙏🙏
Ese Gafaranga mwamuteguriye ibibazo mirongocyenda nka bimwe Imana yabajije Yobu,cg Martin ruther yabajije papa mbere yo gutandukana.
@tesiclara24582 жыл бұрын
Gafaranga ibyo nugutwika. Ubaye iki se cyatuma wiyahura. Ubabaye iki se. Abana baba mu muhanda bo babaragiye muri nyabarongo. Wowe uba wariye wahaze sha
Gafaranga kera ukidusetsa mumvugo zaba pasteur, ntiwaganyaga ntiwariraga wowe nturakira uburyo gafaranga yagerara kurwego ariho, shaka abantu bize kuganiriza abandi bazagufasha bizagenda neza.kuko abantu batsindira ibyo bita euro millions bariyahura kubera kwitekerezaho cyane,nutaganizwa bizagira ingaruka zitari nziza kuri wowe
@jeannekaze5602 жыл бұрын
Uvuze ko wokwiyahura kumbe uvugana ubuhanga muvyimana ndetse nubuzima busanzwe ariko mpwemu yera uramukeneye kugira agukuremwo ibitekerezo nkivyo. Saba mpwemu yera Yesu kuko abarongorwa nampwemu nibo bana b’Imana 🙏
@suzanneharerimana37282 жыл бұрын
Iyo shapule ya rouge mu ntoke ivuga iki Mr Gafaranga?réponse svp
Gafaranga rero ari gukina, kwiyahura ni ikimenyetso cy ubugwari, ni ukugaragaza ko ugaya ibyo Imana yagukoreye byose,uba ubihinduye ifu. What you think you become. Ababa hafi ya gafaranga mumenye ko ubwo akomeza kubivuga azabikwitura, so sad 😭😭😭😭😭
@norahnn99302 жыл бұрын
Ntimwamukurikiranye neza yavuze ko umunsi azava kumana ng nibwo aziyahura.bivuga ko ntazaba akiyoborwa n umwuka wera w Imana nubund azaba yarapfuy muburyo bw ubumana
@@norahnn9930 buriya navuze kuriya kuko ijambo kwitahira ritagomba kuba mu vocabularies z umuntu ukunda Imana. Ni henshi numva arikoresha, ndaryanga pe kuko nzi icyo rivuze.
@balancedlifetv2 жыл бұрын
@@linem6641 exactly. Gusa abakunda Imana hari igihe bananizwa bagacika intege ubuzima bugasharira bakumva igisubizo ari ukwiyahura. Nigeze kubigerageza ubuzima bwambihanye, ndabitegura. Ngiye kubisohoza numva ijwi rivugira mu mutima wanjye ngo ko ugiye aba bana ubasigiyende uzabitaho nkawe? Uri ikigwari. Kuva uwo munsi nasenze mbona imbaraga zo guhangana n ibindushya. Uyu munsi ndi gushima Imana yankijije icyo gikorwa kibi kigayitse, ndera abana banjye 3, ubu barakuze, naranezerewe kuba bamfite. Gafaranga na we isi iramubihiye niyo mpamvu akunda kuvuga kwiyahura ariko ati ndi muri Yesu birahagije. Numva ubwoba iyo numvise iryo jambo.
@linem66412 жыл бұрын
@@balancedlifetv urakoze ku buhamya bwawe kandi Imana ishimwe ko wagize ingufu zo kubyihanganira. Dusabire Gafaranga nawe akomeze avugire Imana
@kabatesisolange38412 жыл бұрын
Komera Gafaranga uri umuhanga muri bamwe u Rwanda rufite,niyo mpamvu ibiganiro byawe byumva nabashyizemo akenge,nibyo rata uwataye Yesu niwe wiyahura . Kdi wowe nturi mubazarekura Kristu,igumire kuri Yezu nawe akugumemo
@anesiendaz98902 жыл бұрын
Yesu ahoza amariraaaaa, ntukiyahure.
@mugazadieudonne48542 жыл бұрын
Naho amarirayo kurinjye numvako ari Mwuka wera Umuzaho kuko arizwa nibibi biri mwisi kandi twese twahombye kurira Imana Ikwagure cyane
Urakoze nusubira kuri camera ujye ufunga ishati ugeze hejuru.
@jeanbishop80882 жыл бұрын
Ubwo abivuze bi byiza nyabuna nimumutabare ubwo ari umusore wasanga abisohoje.
@immaculeeiribagiz2 жыл бұрын
Muzatwereke umugore wa gafaranga
@alianewumuntu21242 жыл бұрын
Mana we mbabarira umare umubabaro Gafaranga uzamurinde Kwiyahura turamukunda musabiye kuzaragwa ubugingo buhoraho.
@jeansinda44032 жыл бұрын
Ntuziyahure kuko na Kristu ntiyiyahuye kandi niwe wizeye. Please igirire ikizere uri mu gihugu kiguha amahirwe yo kubaho no gufasha abagukeneye benshi. Rero ntuziyahure. Imana y'u Rwanda iri kumwe nawe.