Bishoop Brigitte,, Wokabyaraaa weee ,,,, Icecekere Ibyurubyuriko nahi Imana..... Nawee tekereza uko Kazunguu yishe Urubyirukoo.....Bariyaa bose bari bafite Ababyeyi 😭😭😭
@schadracklinmugabo424010 ай бұрын
this interview is very educative i wish the young generation we take notes and watch such people with words of wisdom , i do get scared whenever i think of the future and the marriage , everything seem to be a serious mess , drugs, alcohol, social media , and so called best friends ,
@earlybird808710 ай бұрын
Tell me about it is so scary actually!
@hamugish10 ай бұрын
Ikiganiro ciza c'umuryango!!! Murakoze cane❤❤❤❤
@mutonirebecca-qb2hw10 ай бұрын
Mumbwire kuba mubambere bibamarira iki koko😂😂😂 marene wa online ni wowe wacu ❤❤❤
Bishop Brigitte, mrci. bcp. pour ceux conseilles. Wapi vraiment abanyaburayi babayeho ubuzima bugoye ariko ntabwo bafite amashari ageze hiyo hose. Vous avez tout a fait reason, nari maze igihe nibaza impanvu abana bakora ubukwe Saturday ukaza wunva ngo umugore ou bien umugabo ngo yitaby'imana the following day, biraducanga pe??? Much more blessings Mme. Brigitte, uvuz'ukuri benshi batubahuka kuvuga.
@uwayezubeatrice988310 ай бұрын
Bishop uvuze ukuri iyo umubonye atashye Saa saba z’ijoro ushima Imana😭😭😭😭😭😭mana tabara ababyeyi bararemerewe
@EsperanceMutimukeye10 ай бұрын
Bishop ibyuvuga nibyo twe American ibintu byose urabikora kdi unezerewe Africa abantu bigize abanebwe
Oya ama jeans ya maternité arahali guhera muli centure haba hazamuye kandi hakweduka hali nama jupe byose birahali kuko hali magasin zimyenda yabagore batwite Ntabwo aba ahambiliye umwana🤣🤣🤣🤣🤣
@mariepauldusingize300310 ай бұрын
Kuri bake byakunda ku bandi benshi ntibyakunda kutagira umukozi wo mu rugo. Aho muvuga ibyinshi bikorwa n'imashini. Amazi ntapfa kubura, ntacana inkwi cga amakara, transport si ikibazo azi isaha ari bugerere mu rugo, hari flexibilite mu kazi n'ibindi byinshi bituma kubaho udafite umukozi byemera.
Waramutse none biterwa nanyirakabari iyo wiyubashye ugakoramo nacyobitwaye nakazi nkakandi narakagize ntabwo nabategekaga uko Barbara harimo abazima cyane ndumumama wubatse nabavugira pe kazi ni kazi
Bishop Brigitte, Imana ibahezagire Merci pour cette information. Nje muri vacance, barabimbwiye ko vyageze no Murokore ariko ntabwo navyemeye, narabejeko barimwo gudusebya. Ndunva bisigaye ari too much. So, ndunva tugomba gusenga cyane kugira iyo mwuka mibi isendwe.
@rwandamum832310 ай бұрын
Mu barokore niho abarozi buzuye.hari benshi bari gupfa batazi icyo bazize.ubugome bwabaye bwinshi nukujyenda wikandajyira.nkeka ko na cyera abagome bahozeho.benshi babuze ubuzima mu buryo bwo kugirwa nabi.tukibwira ko arindwara zo kwa muganga.
@chantalchaniss766510 ай бұрын
Yesu we, Imana iturinde ibitero bya shetani pe.
@mutonivivian842910 ай бұрын
Ababyeyi tubyara imibiri ntitubyara imitima 😢
@chantalchaniss766510 ай бұрын
Pole sana, Imana ibarinde Satani et ses acolyte. Ntitwamenye impanvu tutaheruka kwunva ibiganiro byanyu.
Maybe mu Rwanda aho mba hanze Ntago abakobwa bakora muri hotel 🏨 or bar restaurant bambara utujipo tugufi or amabere yabo ngo abe ari hanze Gusa ko bambara ibigeze mu ntege or hejuru yaho gato ku buryo Nta busa uba ubibonamo mbese bo bambara nka babakobwa bo mu ndege ijipo zabo ibipimo ni bimwe kubera kubaha umukobwa nu umugore No kwanga abagabo bazajya kurega ko abakobwa babo babashotora
@chantalchaniss766510 ай бұрын
Exactement, iburaya niko bimeze, mbese n'abakoresha barubahiriza abo bakoresha. Mais muri Afrika en General aba Manager des Hotel ou bar restaurant ont leur propres exigeances(uniformes), Ce qui est malheureux, nuko ako kazi ari a prendre ou a laisser.
@Mila-vu1yr10 ай бұрын
Bishop Brigitte yasubiye kuvyibuha asa neza mu minsi iheze yari ateye ubwoba.
@claudineuwanyana544410 ай бұрын
Sabin sinjya nkunda kwandika ariko nkiyo uvuze ngo utu euro 200 yite ama euro kuko ni amaf menshi cyane ,kuko sinibaza ko aho uwaguha 10 k nta nigihumbi wari afite ntiyavugango wamuhaye uduhumbi 10,wiyatubya rero kuko ni akayabo
@genaedissa100810 ай бұрын
Brigitte ni umubyeyi mwiza ❤❤❤
@user-xl3th4nu1n10 ай бұрын
Mazina komera, courage mu kwigisha ,iyo topic ni nziza