Birarenze mwese murashoboye ni ukuri vava we he Imano afite iraremereye cyane . Mwadushimishije cyane
@EstherNIWEMUGENI-ng4plАй бұрын
Wawuuu indirimbo zimana nukuri nizo numva muberewe kuririmba Amen
@PeaceGad250Ай бұрын
Cyakoze 🔥🔥 kuririmba imberecyane ✌️✌️
@user-bu3yh4uw5yАй бұрын
😂😂😂arko dis vava yikundira abantu ati wazagiye kumunyereka si mama wa chr we ashaka gsa vava urumwana mwiza cyan ahu dr m nakwirengeshwa nakazi ke ❤❤❤❤
@uwimanabetty7851Ай бұрын
Sha wa muhungu we nuhemukira Vava uzaba wihemukiye pe nushaka kumuzamukiraho bizakugora.
Mbaye uwambere nukuri nuvuse ikiganiro vava ariko avuga ko mudakundana burambabaza ubu kweti waretse kubsbariza umutims uyundi mwana vyombabaza pe
@user-fk7bz3sd1dАй бұрын
Ariko Dr wakoze gushyira Vava ku murongo ukamukiza abanyamihanda
@UwimanaViviane-yg4jwАй бұрын
Vava Yesu aguhe umugisha mwinshi
@rosinemanirakiza1617Ай бұрын
Bravo bravo Doctor M, nkunda ukuntu uba wivugira, kandi na vava afie impano
@user-fk7bz3sd1dАй бұрын
Wow wow Dr warakoze cyane Vava yambaye neza yitwaye neza you are a good mentor may God bless you you are handsome with brain and a heart and the Holy Ghost
vava akwiiye ihugurwa kugirango amenye uko yitwara mu bantu
@aggy75Ай бұрын
Yego rata,ureke abatubwira nabi ngo tumufitiye ishyari,nibamwegere bamubwire azumva kuko na RIB yamubujije gutukana ku karubanda arabireka.
@hotmail906Ай бұрын
Nimutoke kuleeeee. , ubu se nihe Vava yitwaye nabi muri iki kiganiro?? Ntangiye kwemera ko ari twa twangano tuba hagati y’igitsina gore koko!! Udu comments tubi ni utw’abagore😂
@IrambonaJoyeuseАй бұрын
😆😆
@user-xz9dy5yd8gАй бұрын
Amanaaaa🙏
@AfricaNumberOneАй бұрын
Murakoze, Imana ibahe umugisha♥️
@user-fg8mu3nl2dАй бұрын
Ibi nibyo washakaga kuri vava ! Muzamukireho msaza