Doctor nawe arakitiranya ibyitwa gucungura kwacu na yesu .kandi mubyukuri icyazanye yesu ni ukwigisha abantu ugusenga imana nimibanire yabantu nabandi nibikorwa byiza gusa
@MANIRAKIZANathan-nq1uy2 ай бұрын
Doctor imana ikomeze iguhe ubushishozi kandi iguhe kurama kugira uzagire bimwe mubitekerezo bya bamwe uhindura .uvuze ukuri Qorun iteye neza ni ntamakemwa utundi dutabo turimo ibyitwa hadith nitwo twangirije idini ya islam .
@Valentine17142 ай бұрын
Yego rata "umuntu utandukanye nibindi biremwa ni muntu w'imbere,muntu w'ubugingo,muntu w'Umwuka muntu usa n'Imana :Niwe wahoranye na Christ,kdi usa nawe,uhishwe muri we " "Kumenya no gusobanukirwa ibyo biguha gushorera imizi muri we Kdi uko kumenya nti kuri mumuntu wa kamere,....kdi uko kuri nti kuri muri muntu was kamere, uretse uwo uhishwe muri Christ niwe Wabonye Imana ....kdi ubana nayo,...nkuko Christ yabwiye abigishwa be ati" MWe abahoranye nanjye mbere y'ibihe" mbere yuko isi iremwa .Ahandi hati uko tuzasa ntikurahishurwa...nyamara kwahishuriwe abari muri we,bahishwe muri we, Kwahishuriwe muntu utarabyawe n'ubushake bw'umugabo cg umjgore ahubwo uwo nyine w'ubugingo... .ahandi nahishurwa icyo tuzi nuko tuzasa nawe...."muntu wubugingo rero uhishwe muri we ASA n'Uwo ahishweMo
@muhireolivier78562 ай бұрын
U Rwanda rurahirwa kuko rufite umugabo w'intwari kd w'umuhanga nka Dr Rusa Bagirishya 👏👏
@Raggaf1022 ай бұрын
Ni umuhanga gute ariko aravuga ibyo yihimbiye bitanditse
@mrsnzinahoraticket53442 ай бұрын
Nkunda ibiganoro vyiwe ni umuhanga cane.
@muhireolivier7856Ай бұрын
@@Raggaf102 icyo nkundira abantu bari brainwashed ni icyo, hanyuma se ibyanditse byo wemezwa n'iki ko ari ukuri?? Dr Rusa Bagirishya nubwo ibintu yavuga ntaho byaba byanditse ariko biba bifite logic.
@nduwayezuancille65062 ай бұрын
❤❤❤. Oui.idini ni divisionisme yakozwe muri africa kugirango babone uko babaryanisha then babasahure.nikimenyimenyi abayoboke b,idini n,abayayobora bahora baryana. Banyarwanda nimwicare mwige mutege amatwi Dr Rusa ndetse nabandi bahamga dufite mugihugu kuko Imana iri kubakoresha. So mureke gutsimbarara ,ahubwo mutegure umurage uzira uburetwa muzaraga abazabakomokaho.
@sakani-b48672 ай бұрын
Uyumugabo nizahabu y’u Rwanda kbs ndamukunze abazungu nibyinshi batubeshye
Muzatubarize Rusa isano Yezu afitanye na Kibogo Umutabazi
@muteraaugustin28722 ай бұрын
Imana ikora uko ishaka kuko ishobora byose. Yesu harabo yakizaga ategetse. Harabo yakoragaho. Hari nuwo yasize akondo ku maso amutegeka kujya gukaraba.
@bahendaelyse64012 ай бұрын
Dr. Rusa thanks a lot! uyu mugabo afite ubwenge budasanzwe
@user-tb8qi8gp5v2 ай бұрын
Ingobyi ya edeni yari muri afrika miri kongo kinshasa iryo ni banga rizwi nabake
Reka rero mbabwire!!! Uwiteka Imana numugambi wayo wagakiza birenze ubwenge bwa muntu!! Ese itafari ryasesengura uwaribumbye? Uwiteka yarihishuye!! Nkeka ko rero kumenya Edeni aho ibarizwa na Yesu aho yavukiye ntacyo byatwongerera kumugambi wagakiza!!! Kuko Ijambo ry Imana rivuga ko urubyaro rwa Aburahamu kumubiri sibo rubyaro rwe nyakuri!! Kuko abahawe ayo masezerano barayishe!!! Ubwenge nyakuri ni Ukubaha Uwiteka
@NdereyimanaCassien2 ай бұрын
Shalom! Ni ingorane ikomeye kwibaza yuko ukuri kwose kuri muri Dr Rusa!!! Iyo avuga ngo abanyamadini bamubabarire. Ni ingorane kuvuga ibintu utahawe!!! Burya Imana yaradugaye ingabire zitandukanye pour l' "unité dans la diversité"!!!! Ivyo yize, ivyo asoma n' ivyo yoba yarahishuriwe ni une goutte dans l' océan ku bwenge bw' Imana yasanzagije mu bantu. Duce bugufi dusonere abantu n' ivyo Imana ibatuma, twirinde kwanka abazungu kuko ivyo bakoze mu gihe cabo ni ivyo bashoboye. Ndi convaincu cane ko iki gihe ari ic' abanyafrika. Duhaguruke dukore kandi ivyiza abazungu bakoze tubigenderemwo, ibibi tubikosore. Urufatiro ni Ijambo ry'Imana riboneka muri Bibiliya na Yesu uko Bibiliya imuvuga. Ko aba umwirabure, umuzungu canke uwariwe wese, ivyo ntaco bivuze. Yesu yaducunguye ivyaha n'ingaruka zose zavyo. Murakoze
@MANIRAKIZANathan-nq1uy2 ай бұрын
Hanyuma se niba yesu yaragucunguye mu byaha byawe ubu ntacyaha ukigira cg ukora .barakubeshye ese yagucunguye ibyaha wowe utarabaho utarabikora
Muzatubarize Dr Rusa niba yemera imperuka nkuko tubibona muri bible
@Jdmcs19-812 ай бұрын
Uko biri kose, uretse Imana yonyine twemeye ko itagira intangiriro ntigire n'iherezo, nta bundi bumenyi budasanzwe ducyeneye ngo tumenye ko :Icyagize intangiriro cyose kigomba kugira n'iherezo byanze bikunze".
@princeklye40982 ай бұрын
Dr Rusa please igifaransa kirangora cyane ,uni insomnia nukonyarwanda nkundainyigisho yawe pe
@ubumwetvgroup82512 ай бұрын
Sof 3:10 [10]Abazanshashazaho, ari bo bana banjye batataniye hakurya y'imigezi yo muri Etiyopiya, bazanzanira ituro ryanjye.
@NiyomugaboEliezel2 ай бұрын
Dr Rusa arrange cyane. Nimugari cyane
@aidenvivance70262 ай бұрын
Mwasomye amateka mbere yo gutukana.mbese ko adahakana yesu.mumwumve.nanjye nifuje kujya muri Etiopia
@user-ix1du7pj5x2 ай бұрын
Dr Russa ndamukunda,agendera kumuco wacu.
@mbona73242 ай бұрын
Ahubwo vyagomvye ko kino kiganiro gitangwa mundimi zabazungu ngo amanyanga amenyekane
@mrsnzinahoraticket53442 ай бұрын
Reba ibihugu byari bigize ico bita: Gonwana.
@nshimyimanaZephanie2 ай бұрын
Ndemeye docter urasobanutse
@fabricenindagiye11432 ай бұрын
Ndakunda Dr Rusa. NDI I Bujumbura, nashaka nsabe abatunganije ikiganiro, Rusa adutahuze harya hantu havuye izina rya AFRIKA n'insiguro ryayo. Ikindi ndashaka kumenya impamvu abayobozi hafi ya Bose ba Afrika bisa nivyananiranyeko bunga ubumwe bakagira Union Africaine. Kuki baguma barwana?
@nduwayezuancille65062 ай бұрын
Oui oui oui la nature s'arrange ibintu bigahinduka.
@kamanajohn6656Ай бұрын
Abraham yavukiye muri mesopotamia(Syria, iran, Iraq, Jordan) Ese mesopotamia yari igice cya Africa. Dr mfasha nsobanukirwe.
@GilbertBARAKADADA2 ай бұрын
muzombariz dr ATI birya vyibutso vyaho yesu yaciy naho yasengey naho yabambiwe nibindi rwumva biri muri Israel nibihimbano cank nivyukuri?
Bandese ? Ubwose urashaka kutubwira ko Doctor nta Mana Azi ? Ahubwo abamisiyoneli ba Cyera Baje Kutwubakamo ko Aribo bayizi Ariko mubyukuri Batanayikorera Kuko imbuto zabo nimizi yabo nanubu Bera imbuto mbi cyaneeeee, ahubwo Yaba twakabaye Dufite abanyabwenge nkaba 1000 bahindura isi nziza
@godefroidhakorimana4142 ай бұрын
Kuba ari Doctor sibyo Uwiteka areba!! Kandi umenyeko ari Doctor mubumenyi bw Isi. Ntabwo ari Doctor mubwenge Imana itanga!!! Yesu Christo ni we Bwenge bw Imana
@user-cf1um6be4z2 ай бұрын
@@godefroidhakorimana414 icara wige Waratannye Cyane uyu mugabo Azi Yesu kurusha Benshi Cyane , Erega Twigishijwe nabi niyo mpamvu benshi Baba mukigare Cyamadini nonese wasomye neza imirongo yabibiriya nabahaye yo mwitangiriro yerekana ibyo yakomojeho Avugako Africa Ariyo yabayeho mbere ? Nanjye nahise mbereka muri bible imirongo yerekana ingobyi ya Eden ko yakebwe Hafi aha muri Africa, Bitandukanye nibyo Twigishijwe ko Ari muri Aziya kubabyize , ikibabaje Bibiliya turazisoma ntitubibone wakumva umuntu abivuze ukabyita nkubuyobe Kandi Bibiliya ibivuga Neza Cyane .
@godefroidhakorimana4142 ай бұрын
Abaye azi Christo uwo ari we, ntabwo yaba ari mubarwanira inkomoko (African, Asian nibindi) ya Yesu
Ndasaba ko mwazatumira Pastor Mpazibirego Pierre ufite Channel yitwa Gusenga every day, ni umuhanga mubya Theoligiya muzamuhuze na Dor Rusa bakore discussion kubyo Rusa atemera kuri Bibiliya noneho bajye impaka.
@augustinmugemanyi46112 ай бұрын
Uvuze ukuri uriya musaza Dr mpazibirego arabizii kabisa
@annahcharlotte86882 ай бұрын
Yesu ntago azagaruka ahubwo abana natwe buri munsi
@higiroprotogene79862 ай бұрын
Ndumva aribitekerezo nkibindi byose kuko haribibazo doctor atasubiza buretse kumwihorerera uko abyumva ntakundi!
Uyu mugabo numuyobe cyane aho ntatekereza ko ariwe wize amateka gusa cg Geography. Ngo inyanja zabayeho nyuma! Ngo Yesu wumwirabura we abyemezwa Niki? Umuntu wese utemera Bible ntabutumwa bw'Imana aba afite
@UwinezaJaphetАй бұрын
Ntiwakurikiye
@umuhozadieudonne77282 ай бұрын
Kiriziya y Uwiteka
@user-ix1du7pj5x2 ай бұрын
Dr yemera inyigisho za John Mugabo?
@nshimiyimanaisaie26 күн бұрын
Yes Doctor uduhe number yawe
@aidenvivance70262 ай бұрын
Yego turikumwe.ariko azatujyana pe .azakomeza kubana natwe.
@butoyialexis23162 ай бұрын
Icaha c inyanduruko bte Dr ?
@jeanbiz2 ай бұрын
Comment puis-je avoir le contact de Dr GUSA ?? Tu me fais comprendre beaucoup de choses mon frère
@PascalNgabonzinza2 ай бұрын
None why the génocide of Rwanda ?
@Free_Famille2 ай бұрын
Ingimbyi ya Eden yari Africa, aho kayini yiciye Abel atangira kuzerera isi ahungira I Nodi
@nyagatarejeanpierre41852 ай бұрын
Hello Dr eseko uvugako abantu twese dukomoka nkumuntu umwe uwomuntu ninde ni Adamu cgse nundi nibase arundi we akomokahe yabayeho ate nikimanukase ubworero niba twese dukomoka kuri Adamu ubwo ni rya yobokamana ryabazungu ubwo mwambwira neza uko bimeze
@Jdmcs19-812 ай бұрын
Banza umenye ko Adamu atari izina ry'umuntu ahubwo bivuga icyo aremwemo; ubutaka,isi,umukungugu...( adamah) mu rurimi rw'igiheburayo. Urumva rero ko ikibazo atari Adamu cg Eva nk'amazina, ahubwo ni matières ziremye X na Y.
@andrehakizimana76162 ай бұрын
Dr Rusa, ntituri aba Ethiopiens, turi aba KAMA Kamites.
@andrehakizimana76162 ай бұрын
Ethiopia, si ururimi rwa KAMA
@turi37752 ай бұрын
Irisengesho ritangijwe ikiganiro riragura riti Mwami Yesu vayo utuyobore! Imvugo ngo Vayo ikoreshwa mu Isengesho? Iyo usenga uba ubwora nde? Uwo usenga akwiye gukoreshwa ho iyi mvugo ngo Vayo utuyobore? hanyuma ati korowani ninziza kuruta Bibiliya!
@Ob1021A2 ай бұрын
Ijambo rikwiye riruta vayo ni irihe?
@ruganzutiger1152 ай бұрын
Ngwino. (Ugusaba) Vayo ni (ugutegeka)
@nshimiyimanaisaie26 күн бұрын
Aduhe number ze tuzamubaze byinshi
@godefroidhakorimana4142 ай бұрын
Ubu Isi irimo igendera kunkingi zirindwi za New Age teachings!!! Nyamara muce bugufi mutaboneka ko murwanya Umugambi wagakiza!! Theories zivugako Yesu Christo ari uwabayuda ni ikinyoma!!! Yego yabavukiyemo ariko sicyo kimugira uwabo!!! Kuko abizeye Yesu Christo bose bagahabwa umwuka we, nubwo ari bake, nta bwoko bagira mu isi kuko baba babyawe n'ijuru. Si abayuda, si abanyamahanga ahubwo ni abana b Imana
@moshwayne25652 ай бұрын
They say that Bantu people are Israelites.they are grand sons of Jacob,he had 12 sons 1.RUBEN 2.JEHUDA 3.SIMON, 5.ZUBULON,6.LEVEI,7.ISACAR,8.YUSOUF 9.BENJAMIN 10. DAN 10.OSHER 11.NAFTAL 12 .GAD