Pole mutama! Abagore benshi ntibakunda, bakunda ibintu
@claudettemukabutera4362 ай бұрын
Courage mon frère , laisses ton épouse partir mais saches que l'argent ne fait pas de bonheur. Elle va regretter.
@user-mo6mm3le8v2 ай бұрын
Pas trop loin meme tout se paye d'ici bas!
@tambatv53622 ай бұрын
Elle ne regrettera jamais ,parcequ'elle n a jamais l'aimer! C est pas la divorce c est plutôt se réaliser. Mais elle poura seulement payer le karma du temps du Elle avait pris à son ex_partenaire.
@MrRudac2 ай бұрын
l'argent ne fait pas le bonheur des pauvres... disait Coluche kzfaq.info/get/bejne/edKdbKt7vrfQYn0.html
@Niyiturinda2 ай бұрын
Aba Canada yitwa .......... yashatse undi mugabo witwa ........... ariko buriya koko wabon yatarwanaga no kugukunda bikanga..disi......ariko ako kantu k'umushoferi..akararana na mafamu niko kabi pe.....mwihangane mwese muzsabane imbabazi bibaho mu buzima.peace and love
@junismukamana6022 ай бұрын
Elle ne va pas regrette parceque nawe agiye kwisobanura wasanga uyu nawe atari shyashya . Iby’ingo ntimujye mubyitereramo cyane 😊
@inezakabayaorganization73412 ай бұрын
Dit a papa Gilbert que la vie n'est pas limite malgré la déception soit for t. Dieu est la pour vous consoler
Pole sana Papa, ubwo buzima tubusangiye turi benshi kumiryango myinshi yagiye iza kuba mumahanga. Tumara kuhagera Abadam bamara kubona amafaranga niyo freedom yo gukora icyo bashaka, akagusubiza icyo ashaka, guhuza ni abagabo bikanga rwose. Ni ubwo atari bose but ubu buhamya tubusangiye turi benshi mumahanga😱😱😱😱😱😱
@BellaBella-ng1mh2 ай бұрын
Ni muze muri Afrika haracyari abagore bazima bakeneye abagabo. Nukwihangana satani yahagurukiye ingo😢
Kubivuga njye ndumva ari nta kibazo kirimo. Ahubwo ni amasomo ku bandi bantu bari mu ngo bumvikana cg oya. Kandi aho kwicana, mwatandukana,buri wese akabaho ubuzima bwe. Nta muntu kamara ubaho kuri iyi si ya Rurema.
@user-xl2dq7cb7m2 ай бұрын
Ntawamenya,gusa ushyira igisitaza imbere ya mugenzi we azabona ishyano! Mvuze gutyoo kuko buriya umugore ashobora Kuza ugasanga bihinduye isura
@habimanaemmanuel81852 ай бұрын
😂😂😂😂😂 arewe !
@KiraboCyimana-bl8hy2 ай бұрын
@habimanaemmanuel8185 😅😅😅😅
@francinembabazi6952 ай бұрын
@@habimanaemmanuel8185ko ntawamenya se kuki uri guca imanza?ubaye ubazi nibwo wabyumva muntu w'Imana.
Noneho Ikibabaje nuko Iburayi adakomeza komera gukandamizwa none kandi ariko ago mba kubaho ubuzima bwe bwose hhhh Ngo umukubita urushi akaguma hamwe ariko hari ntibibaho yego nyine. Ikindi harya umugore Akurushije amafr ntibika nicyaha
@odetteuwizeye10322 ай бұрын
Vraiment ozoyemba bien makasi papa You remain me papa Wemba .
@Sunshine-ms4ihАй бұрын
Well, let me tell you. I live in Fr, ikibazo cyabagabo babanyafrika in general hano nuko they expect women to pay 50/50 on the bills but also do 100% of the household work. Kandi ntago byakunda! Anytime you go against nature ibintu birapfa. Men are supposed to be providers, leaders and protectors, women are supposed to be nurturers and homemakers. This whole feminism, equality and 50/50 culture is gonna break all your marriages 🤷🏾
@fun250427 күн бұрын
Anytime you go against nature ibintu birapfa. that is
Yemwe nuko uyu mu papa yavuga bakamutera amabuye nanjye ndi umugore kandi uba mu burayi ariko iraha risenye ingo nyinshi ibyo yavuze by'amaherana y'ama or kugura ibintu buri munsi usanga bisa n'indwara ibi biri mu bagore benshi kandi abagabo benshi b'abanyaburayi bafite iki kibazo kuko n'ibintu bisa n'indwara kugura ntugire control kubera ibintu byiza bihaba njye nzi undi muntu urwaye iyi ndwara mu buryo bukomeye kandi nawe yicara urugo rubyina rwose aho njye ndamwumva uri muri Africa wagira ngo aririza ariko iki ni ikibazo gikomeye mu ngo rimwe bivamo no gusenyuka akagenda ashakisha umuha byinshi birenze gukunda ibyiza si bibi ariko gukabya nzia ingo bisenye kubera gusesagura
@XxNath_niel2 ай бұрын
Ariko kugeza ubu njya nibaza nti ,iyo umugore cyangwa umugabo aje kuri social médias kuvuga ikuru y’urugo rwe rwasenyutse aba agamije iki y’aba ari mu kuri cyangwa arengana. Wenda uje gusaba ubufasha ubuzima bwanze birumvika ,abasigaye bose mumbwire icyo baba bagamije byukuri ,ubwo se uwo ni umucyo twashigikira mu ndangagaciro za kinyarwanda? Munsubize ndabinginze.
@user-tb2zu2qp9l2 ай бұрын
C'est dommage wa muntu we nta Banga rikibaho,ibintu byose ni Ku karubanda 😢 Njye simbyemera de toute les façons kuko si byiza gusangiza ubuzima bwawe isi, ababukeneye n abatabukeneye vraiment birabishye
@uwizeyeemmy90942 ай бұрын
Hari abo bifasha guhinduka cg mwisubireho. Nkuyu mugabo we urumva ko abivuga mu bwenge ntamabanga yurugo ari gushyira hanze
@user-me7lu4sj1u2 ай бұрын
Nta muntu uhuza ibibazo n undi ,buli wese agira igeno rye,ibibazo bye,... kuza kuvuga hano mbona nta bwenge burimo @@uwizeyeemmy9094
@user-me7lu4sj1u2 ай бұрын
@@XxNath_nielnanjye mba numiwe,ibi koko biba ari ngombwa? Kuvugaaaaaaa..... Kandi nta bahuza ibibazo erega buri wese n umusaraba we
@user-kx8jj6qh6x2 ай бұрын
Nange mba hanze iyo abagore tugeze hano turarengwa tukibagirwako abagabo bacu batubereyeho kutuzana ino tukitwara nabi kuko ntiyakuvugaho ariko hari nabandi tukinambye ku muryango yacu nubwo uba urusha umugabo umushahara
@fantikonje182 ай бұрын
Hari nabagabo bata abagore babo nyuma yo kugera mubihugu byo hanze ntabwo ari abagore se bata abagabo amakuru twarayamenye kandi abagore aribo bazanye hanze abagabo babo ahhhh ibibera mubigu byo hanze nihatari
@user-ei2pq7cp3b2 ай бұрын
Nukwihangana Mubuzima bibaho
@dominetwubahimana76732 ай бұрын
Courage mwita umucyo
@NiyigenaInnocente2 ай бұрын
Birashoboka ko umugore yakunanira ariko wisuzumye ushobora gusanga ari wowe wamuhaye impamvu yo kubikora umugabo yumva ko uko yakwitwara kose ugomba kubyakira ariko iyo ufashe umwanzuro nawe ukabaho uko ushaka atangira kuvuga ko wamunaniye kd ariwe waguhatirije kubikora
@muhirwaegide27412 ай бұрын
Nonese nabo bana bakurikiye kuko babonaga papa wabo yari mubi???
But there’s 2 sides to every story, his ex wife may tell us completely Opposite…
@muzerwadeo638Ай бұрын
But this man look like a free and a true man. Most of ladies in USA and Europe are not easy! Je voulais vraiment dire que tu dois etre un rwandais ressortissant de chez-moi a' Bukavu. Pole mon cher frere.
@dnk3852Ай бұрын
Yes very true, there's always 2 sides of every story.
@dnk3852Ай бұрын
@@muzerwadeo638 African men in Europe and USA aren't easy at all either..
@muzerwadeo638Ай бұрын
@@dnk3852 I know it but generally ladies are first to disturb their men.
Elle a les yeux Revolver elle a le regard qui tue elle tiré la première m'a touché c'est foutu (Marc Lavoine)
@murangwadjafar17812 ай бұрын
Umugore wawe ndamwibika yitwa Bazubagira twari duturanye Mu gitega. Isi ihindura abantu. Nizere ko atari we uri kuvuga
@user-qw2mg6zd7v2 ай бұрын
Urumva ari nde wundi?
@ingabirecharlotte4552 ай бұрын
😢niwe frolence
@kaberaetienne3142 ай бұрын
Sha uri umunyagitega oji!!!!Baxubagira👌
@umulisaaimee38032 ай бұрын
Ahubwo se nanjye nabonaga ariwe avukana se na Mihigo François Chouchou?
@nayiturikiver69772 ай бұрын
IL faut éviter de juger tutazi les 2 versions!!! C'est une très belle femme, courageuse et très aimante! Gumana souvenir nziza umuziho iby'abagore n'abagabo nibo babyimenyera
@aimablegasana58802 ай бұрын
Wow biranshimishije kongera kubona Gilbert Mahuku. Ndi mubo yigishije computer muri 2000 kandi ubumenyi yampaye bwaramfashije cyane na certificate nahawe ndacyayibitse hano ntuye muri West Midlands UK.
@abrwandatv28892 ай бұрын
Mutemo akantu umusure brother ho umugabo aguye undi atererayo utwatsi
@Gakiza20222 ай бұрын
Ngo n'iyo wamukubita urushyi ntiyagenda ngo aba ari soumise! So ubwo mwageze i Burayi ushaka ko mukomeza kubaho nk'uko mwahoze mu Rwanda? Umutuke aceceke, umukubite aceceke, ukore ibyo ushaka aceceke? I am so sorry for you! 😭
@yamuragiyeali75502 ай бұрын
Uyu Mugabo yanyigishije MS DOS, Word na Excel mukigo Martin Luther King, Kuri Centre Christus i Remera. Hari nko muri 1997 - 1998, batwigishije ku buntu, baduha na Cerificate. Barakoze cyane.
@user-iy4wh7ox9d2 ай бұрын
Ikindi ngo hari imyitwarire yabagabo babanyarwanda iyo bageze hanze birengagiza ko ntamukozi akagereka akaguru kukandi, umugore akavunika, byamurambira agashaka umuzungu umufasha. Birashoboka ko muzehe yananiwe gukuba amasafuriya no koza ibyombo.
@jeannekamuhanda79262 ай бұрын
Ibyo se koko byatuma wanga uwo mwasangiye akabi n'a n'akeza koko ?
@umumararungunizeyimana55602 ай бұрын
@@jeannekamuhanda7926uziko usetsa
@Pink.532 ай бұрын
Nanjye mba hanze ark sinasiganya umugabo wanjye ngo yoze amasahane cg aze kumfasha mumirimo yo mugikoni icyakora mugihe ndwaye arabikora ark ako kwiyubaha nku munyarwandakazi ntikabura pee
@curstudentfinance36992 ай бұрын
uyu se wamubara muri abo?
@KayitesiCharline2 ай бұрын
Urumvako nomurwanda yariyifite kubayarafute uko abayeho nkumugabo uda ciriritse ntabyari kumworohera koza ibyombo no guteka
@iyubakukiretv85802 ай бұрын
Abagabo mugeze muri ibyo bihugu rwose mujye mugabanya kwikunda ntabwo umugore aba agishoboye kugufata neza mu butware bwawe nka mbere erega. Ntabwo aruko aba akwanga ahubwo ni ubuzima bwaho bubitera. Iyo ubyumvise ukava muri ndi umutware mugashyira hamwe murubaka, abagore bakunda ingo ntibapfa gusenya nta mpamvu. Abagabo bumva badashaka kurekura ibyo gukandamiza abagore bajye bareka kujya muri ibyo bihugu rwose!!
@matsikomoses2 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂😂Ndizera ko uri umugore kandi nudahindura umunsi wageze inaha uzazenya nawe ubeho wangara. Hano intego yambere nuko nta famille ikenewe barabyigisha cyanee baciye kubana ngo babatanye nababyeyi cg kubagore ngo babaatanye na bagabo. Igihe yaba abagabo cg abagore mutazagabanya gushaka uburinganire ngo mushake ubwuzuzanye icyo umuzungu abifuzaho mpaka azagishyikaho. Bo family sikintu cya ngombwa kuko umwana ashobora kuryamana na nyina cg ukaryamana nimbwa ntabwo family ari kintu kingenzi rero ibyacu bibatera ishyari
Pole nukuri gusa uri umugabo mwiza Kandi uri nyanga muyo rwose humura lmana izagushimisha uri namwiza rwose pe
@aidauwamahoro88322 ай бұрын
Yooo birababaje ko batabashije kwiyunga disi, iyo myaka bamaranye ni myinshi pe! Gusa uyu mu Papa aganira neza cyane, afite ubwenge!
@Infojunio2 ай бұрын
Warababaye cyane ariko Uwo mugore wawe Wageze inaha akibwira ko ageze mwijuru azumirwa. Leta zinaha zirabashuka bakisenyera nyamara nibo basigara baririra mumyotsi kandi za leta ntizihindukira ngo zibafashe mubibazo ziba zabashutse kwishoramo bashaka kwigira abami mungo 🤔🥱🙆♂️
@nyirambarushimanaclementin97232 ай бұрын
nuko batazi ubuzima bwo kuba wenyine ukuntu bugoye
@mukandayisengavestine318Ай бұрын
Ntabwo ari wenyine akakanya,ahubwo nyuma yo guhindukwa nawe nabamushuka nibwo azisanga mukaga,akababaro karenze akuyu mugabo.cyaneko azaba ari no gusaza ntabakimwitayeho.
@marietuyisenge27132 ай бұрын
NIBYO KOKO ABAZUNGU NI OUI OU NON YAGUKUNZE ARAGUKUNDA PEEE NAHO TWEBWE NTIBYOROSHYE...ABANTU BAJE BAKUZE NI IKIBAZO CYANEEE KUBERA KUTAGIRA UMUKOZI HABA AGASIGANE CYANE KUBERA IMILIMO YO MU RUGO INO TURAVUNIKA CYANE NONEHO UMUGABO HABA IGIHE ADAKORA NO MU RUGO NTAGIRE ICYO AFASHA WA MUGORE WATASHYE ANANIWE CYANEEE
@JlmnVhio-ns5cg2 ай бұрын
@marietuyisenge uribeshya cyane niba hari indyarya za mbere zibaho ni abazungu muribeshya cyane iyo muvuga ngo bakwanze barabikwereka ntimubazi,ni nabo banyabinyoma bambere babaho.
@bikorimanajeanbosco54212 ай бұрын
Hari ikintu nabonye abantu benshi mutazi kubagore;bibiliya itubwirako umugore ari we washucwe kd bakagira kwibeshya kwinshi kurenza abagabo agahagarara mu gushukwa rwose,ukundi kuntu abagore baremye burya ntibajya bifatira umwanzuro,rero haba hari umushuka ndetse w'umugabo kubera inyungu amukeneyeho ariko we atabizi ariko abeshya uwo mugore ko amukunda.Abagore ntibakunda kumenya kujyanira ibintu icyarimwe nk'uko abagabo babikora.Umugore iyo agiye mu rundi rukundo asenya urwo yari arimo ariko umugabo ashobora gukunda abagore benshi icyarimwe.Ni inzabya zoroshye
@user-cm3nd7um3l2 ай бұрын
gukunda benshi icysrimwe nibwo bugabo?
@Nyirabizimana2 ай бұрын
Iyompeta uzayikuremo papa. Wanjye❤❤🎉🎉
@Pink.532 ай бұрын
Kdi Ari iyu mugore wa kabiri kdi babanye neza
@Nyirabizimana2 ай бұрын
@@Pink.53 Nanditse ntararangiza icyiganiro basi sorry
Lui et son grand frère sont de très bons musiciens. Ils sont rentrés d’exil au Zaïre fin 1994 et ont rejoint Magloire Buddy et Albert au Piano Bar. Ils ont donc contribué à la renaissance artistique de Kigali post 1994. Chapeau bas mon vieux et pole sana kwa mambo ya nyumbani lakini ungeacha Yale ma dossiers intimes ndani kwa famille. Salimia Mihigo F Chouchou de notre part. Piga tu miziki baba, Sanaa ni dawa !
@marierosefatuma46542 ай бұрын
Ubundi amafranga nimeza kandi ninamabi, kuko ahindura benshi. Pole Sana mugabo kuba warakomeye nibyiza.
@mamawinnie9262 ай бұрын
😭😭😭😭😭 nagerageje guhisha amarangamutima ariko ndarize.Pole basi
@nayiturikiver69772 ай бұрын
Uramuharabitse kabisa! Avuze version ye wabura aho ukwirwa ni uko nyine atabikora par respect pour la relation que vous avez eue et par respect pour vos enfants! En tout cas wabuze une très jolie femme très courageuse et qui a beaucoup de classe!!!! Amarira yariraga twese twarayabonye , je ne peux pas entrer en détail par respect pour tous , gusa nizere ko anytime uzamusaba imbabazi kuko urahemutse!
Gilbert nabonye ikiganiro cyawe kwa Rose. Pole bibaho abantu babazwa ni abafite urukundo rw'ukuri. Gusa humura uwawe arahari,cg uze unyigirire umugore dore nanjye nta mugabo kdi ndamukeneye ndetse nzi no gukunda.
@mugabodavid30062 ай бұрын
Yasobanuye neza ko nyuma y'imyaka ine, yagarutse mu Rwanda pour se remarier, kandi ko ubu couple ibanye neza. Gusa nawe Imana ikwiteho, kuko byose irabishoboye.
@jeanrutimirwa33732 ай бұрын
Wouw
@umojawote98782 ай бұрын
Uyu mugabo mbona ariwe wananiranye ngo muri Afrika umugore niyo wamukubita urushyi araceceka ubwo rero nibyo wajyanye i Buraya nakumvishe.
@nadiavyukusenge49702 ай бұрын
Ubwo nawe uraje😂😂😂
@mugabodavid30062 ай бұрын
Harigihe umuntu acikwa n'ijambo; bitavuze ko ariko ateye.
Nkunze ukuntu uvuze ibintu byawe nk'umuntu mukuru;nta matiku cga gusebanya birimo! Wivugiraga ibintu en général; Tu es un bon papa!
@beatallgames21424 күн бұрын
Girbert que Dieu te benisse !! Uri Umubyeyi mwiza cyane !!uriya mugore Imana izamuhane !!
@MamanOdilo2 ай бұрын
Wouah mbega umuvyeyi aririmba neza!!!❤
@user-ze8zj1qj2u2 ай бұрын
Mwakoze kuri iki kiganiro gifite Inyigisho nyinshi zijyanye na Society turimo uyu munsi.Umutumirwa yakoze cyane kutajya kuri Details za Mdme we.Yakoze cyane. Ikintu cyo kuvuga ko inshuti uzibona mu bibazo nicyo Cyane.kumenya gutandukana Abantu muziranye n'Inshuti.nagifashe Cyane.
@hatangimanaeduige15522 ай бұрын
Waou j’aime bien les ancien chasson francaise 🔥🔥🔥🔥
@Isimbi-yn8zi2 ай бұрын
Bro, ubundi n'ikosa rikomeye cyane ko umugore akurusha amafranga ,ugomba gukora ibishoboka byose ugahora uri Chef 😂 Sha sinon umugore wa kurushije ubushobozi ntabwo bikunda ! Ewana Pole sana kabisa ! Hmm umugore sha ! Laisse tomber 😂
@mugabodavid30062 ай бұрын
Harigihe amahirwe atagusekera n'akazi ukakabura neza neza(même avec un bon diplôme), yewe nibyo ugerageje bikanga. Nibyo Masabo Nyangezi yaririmbye ngo "UWAMAHIRWE ASENDEREJE IMIGISHA..." Hano muli Africa ho urabyumva cyane;; intimba ni yose.
Pole Gilbert! Wanyigishije computer. Ms dos😅 en 2000!
@jmbwanandeke79952 ай бұрын
C' est vrai il n' y avait pas une vrai fondation, un mariage d' amour. Yari mariage de raison. Très dommage.
@uwimanaissa875521 күн бұрын
Culture ya ba nya Africa ni yo abazungu ntaho bihuriye . Ama couple ya bazungu aratandukana cyane kuturusha .Ariko bo barabimenyereye ntacyo bibabgiye.
😂😂😂😂 nta gahunda afite yavuze ko uwo barikumwe ari perlé.urunva uko byifashe.aranezerewe.mu bigaragara yamenya gukundwakaza ariko yarafatishije disi. ihangane
Bonjour! Ni ukuri Gilbert yari afite urukundo ntarabonana undi munyafrica
@rwandamum83232 ай бұрын
Urukundo rwinshi rero nabonye atari rwiza,iyo wibeshye gato umuriro uraka.nabazungu abasazana nibacye kandi ntako baba batagize.njye uwanjye azankunda gacye ma izo za chouchou bey,suitie reka ma.nsanze harundi abihamagaye namurya.😂 ajye ampamagara mama runaka😂birampagije.egooooo😊
@user-wq9nm2ub3m2 ай бұрын
Hhh
@chantalrupfura99532 ай бұрын
Ooooh pole Papa Abagabo nabo nibaze baruhuke imiti barahari benshii bashinjagira bashira Ariko karibu muze namwe rwose.
@manirihofrancine60852 ай бұрын
iyi story irababaje ihangane mubyeyi Imana I gukomeza kuko warababaye😢
@ncogozabahiziaimejuvenal542911 күн бұрын
Merci Monsier Gilbert pour votre Conversation
@regineumurungi22852 ай бұрын
Elle a les yeux revolver ni iya Marc Lavoine.. Tu as une voix formidable
@UwaseInnocent2 ай бұрын
Mihigo barasa sana oohhh pole sana Daddy
@nikizaemery-r2dАй бұрын
Buri musore wese cyane cyane utuye muburayi or Ahandi muri west akwiye gukurikira iki kiganiro byibuze 2times a week.
@theresacochran89192 ай бұрын
Olivier coup de chapeau. You are genius man highly respected.❤
@uwizeyenadine2 ай бұрын
Wenda yakubaniye nabi Yego arko c ko ushaje ndakeka numugore wawe agakiri umwana kdi murakujije Ese koko ningombwa kujya murayo menshi amaze imyaka myinshi Gusa pole sana
@user-li9zr4if4q29 күн бұрын
Oya,wivuga gutyo kuko birigisha abandi.
@IMPAMO2142 ай бұрын
Iyi nkuru nkuyemo isomo rikomeye kbsa
@safiaomar429Ай бұрын
Exactly the same story happened to me. I am sorry to hear about what happened to you Brother Gilbert.
Pole musaza, ibi bihugu twajemo bikorerwamo na satani wibasira ingo cyane.🤔🥱🙆♂️
@Elyza7482 ай бұрын
😂😂😂😂😂😂 ni ukuyitokesha
@fannymfitinema27922 ай бұрын
Wibeshye ku bazungu urebye koko niba aribo bakundana kuki divorce iri ku gigero cyo hejuru cyane ,nimba n'abirabura umuzungu akubwira chouchou ejo mu gitondo ati sinkigukunda.