Mumfashe ni ukuri dufashe Delphine...atubwiye ko atorotse gereza y'umugabo we, nawe wiyumvire urumirwa. Niba UFITE umutima wo kumufasha ni kuri 0780 455 978
@user-cm3nd7um3l8 ай бұрын
urashaka ko tumufasha iki? gufatwa ku ngufu birahanirwa. urashaka se umwavoka?
Yoooo iyo family yakwakiriye Imana ibahe umugisha mwishi🙏🙏🙏
@jamesVrema8 ай бұрын
Iwabo wa so ntabwo ari abantu beza nagato. Ndabagaye cyane!
@malumvitandum7 ай бұрын
Nakugira inama yo kumva wikunze kuko uri mwiza kdi rwose uri mwiza n'ubwo uwo akuzutaguza ariko hari benshi bakwifiza cyane rwose
@kimanukavr48377 ай бұрын
Thanks, Gerald, for sharing this young lady's sad story. She is blessed by God she has nothing to be afraid of. For the assistance, we will reach out to her through her mentioned contact .
@user-rt3ju2di9s7 ай бұрын
God almighty protect this young mother always.
@user-rt3ju2di9s7 ай бұрын
Gerald too thank you for the advocacy you are doing for the voiceless.
@abimanafranco15457 ай бұрын
😂@@user-rt3ju2di9s
@barnaberihanda19908 ай бұрын
Gerard uzoje ukora sport ammortir ces nouvelles choquantes. God bless you
Rwose barakabije kuduhahamura!!,Abavuga ibyiza babonye Mungo ni bakeya cyane!kdi bose baza bavuga ko bari abamarayika,ntakosa bagiraga,ko abafasha babo aribo babi!
@user-wt4lu6pp5v8 ай бұрын
Komera cyane , gusa wakomerekejwe cyane n'uko umubyeyi wawe yakwihakanye kurusha. Ibindi muri iyi nkuru hari aho uvuga ko utamukundaga kandi ko nawe ukeka ko atagukundaga!!! Niba utaramukundaga ndetse ko wasanga byaragucitse ukabivuga, urumva yari kukumerera gute? Ikindi ko mu gutangira Fidele umuvuga nk'umusore wari inshuti yawe kandi wifuzaga ko yaguha byose? Njye ndatekereza ko n'ibyo by'amako ari ukuryoshya inkuru!!!
Wowe kuriyo myaka 16 udafite ababyeyi warikwigira nama ki cyangukajyahe think before u judge someone
@NarutoUzumaki-wo4hk8 ай бұрын
Aliko kuki mubeshya ngo test bayikuye muli toilette! Gute se?
@aldontrinetv57547 ай бұрын
Wese za kizungu wa pozompo weer wumvise atavuze kuyayikoresheje wenyine
@user-nt1fy2wj4j7 ай бұрын
Jye nitwa Marianne. Delphine aranzi neza , i gisagara duturanye inzu kunzu, Ibyo yakubwiye ntabwo yabeshye pe. Byose niko biri. Uwo mugabo wiwe ari kuvuga nawe ubuzima bwaramucanze aza hano i kigali. Tujya duhura. Ahubwo umunsi umwe bazakubitana mu nzira.
@NsengiyumvaHussein8 ай бұрын
Ibi byose ningaruka zababyeyi batubyara bataraduteganyirije bata niteguye bakatubyarira mubucyene bakanatuzana hano kwisi ntabyo twabasabye ingaruka nizi rero zokubaho muburibwe nibikomere mumitima yabana banyu babyeyi mubyara abana mutabanje kubashakira uko baziga neza amashuri meza cg foundation yubuzima shame on you