Рет қаралды 6,914
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, ibi yabitangaje mu ijambo rye nyuma yo kwinjiza mu Ngabo z’u Rwanda ba Ofisiye 624 abaha ipeti rya Sous-Lieutenant. Perezida Kagame yasabye aba ofisiye bashya kwanga agasuzuguro, ubugwari n’ububwa ahubwo bakaba bapfira ukuri. Ati “Ugapfira agaciro ubuzima bwawe ukwiriye kuba ubuha. Ibyo navuga nkwiye gusubiramo, ubazanaho intambara, akabyicuza.”
Camera & Editing: Richard Kwizera