Sandrine ivyagushikiye birababaje cane kandi vyakugizeko ingaruka nyinshi. Ariko rero, ko wamaze kuvuka, aho utagwanye no kwitandukanya na kahise ngi ufate ubuzima mu ntoke, ufate ingingo yo kwerekeza ubuzima bwawe muri kazoza, wifatire ingingo zihambaye, wikomeze, burya nta muntu azogukunda kurusha ukwo wokwikunda, noneho abo bose wituye, nta n'umwe akunezwe warabibonye. N'uwuzogufasha muhuriye aha kuri you tube, nta co bizokumarira kuko hari igikorwa gikomeye utegerzwa kubanza kwikorako naho utorohewe. Courage.
@fifiappolinarie61311 күн бұрын
Oh pole sana,gusa niba koko haribihamya byemeza ko koko uruwa padiri,urumwuzukuru wa kiliziya Catholic, ndumva nagusabira kuzakubakira inzu ubundi ukabona aho uba,ikaba umugabane wawe.
@user-if7fu7hj4s2 күн бұрын
Yegoyeee
@user-gu3yg6yi9y25 күн бұрын
Sandri pole sana.urandondera twivuganire kandi Imana igiye kukugirira neza.
@JeannetteKamwiza13 күн бұрын
Ihane Imana irakuzi
@DUKUZUMUREMYIClaudine20 күн бұрын
mfite mukecuru uba wenyine Niba waza mukibanira wampamagara nkazamugushyira mu kabana.Gusa atuye mu cyaro.
Yoo pole sana uyu mwana arababaje pe .Imana niyo se wimpfubyi Ikaba n'umugabo w'abapfakazi.Aba Padiri bajye bamenya ko kurenga kumasezerano bagiranye n'Imana bigira ingaruka mbi kandi bazabibazwa.Kwiha Imana ni ukwiha bajye biyemeza icyo basezeranye
Yoooo pore sando uyu mwana ndamuzi arababaje naramusuye abayeho nabi pé no kurya biramugora gusa izere lmana niyo se wipyubyi
@user-js3sz1lm3yАй бұрын
Pore bambe!uwo mupadiri twamuteragaho urwenya ngo ni umukecuru kubera umusatsi yarafite!bavugaga ko ari umugande!
@UwimanaJeanne-ek4cd20 күн бұрын
ihangane cyane
@Louange-w5k19 күн бұрын
Umva icyo gisubizo cy'abacamanza b'abafarisayo,abari kumucira urubanza hano kurubuga,mwishire mu mwanya we,ugakura nta ndero yumubyeyi,niyo mpamvu Yesu yihanangirije kudacira abandi urubanza,nuko Imana ariyo izi ukuri kose kuba mu ndima zumutima.Ahubwo,umushakamugisha n'uwamufasha muburyo bwimibereho no kumukomereza mu nzira yagakiza(gusenga...)
Ese waranabyaye mama iha😢ngane mwihuru Hari Mana ishobora byose
@rubimburajeandamascene9265Ай бұрын
Mwijuru
@RumoursnowАй бұрын
Impore
@user-um7nk9sh1x27 күн бұрын
Ese uwo mupadiri bamuhoraga iki,yari yarakoze iki cyatumaga Banga umwana we bigeze Aho? Padiri Peter Bari kudembe ndamuzi aba I Kaduha ariko Ubwo numiwe sinari nzi ko yari afite umutima mubi wo kwanga uwo yabyaye!
@numukobwadelphine1988Ай бұрын
Ibipadiri koko😢😢
@user-jt8gm8sj7p19 күн бұрын
Agahu kari kuwundi karahandurika uramwita inkuguzi urabona atarazize icyaha cyababyeyi be. Agahinda kinkoko kamenwa ninkiki yatoreyemo
@AlphonsineNyiranshutiАй бұрын
Ikintu nkuyemo nuko wazize ko Mama wawe yamennye ibanga ubundi iyo ubyaranye na padili biba hagati yawe nawe gusa naho mwebwe urumvako mwamuteje abantu gusa komera lmana irakuzi ntiwahisemo uburyo uvukamo uzabaho nuwo mwana wawe mpole mpole mama
@ColetteMurekatete-es3fkАй бұрын
Bamuteje abantu se, padiri atinya abantu ni bo yiyeguriye? Umubi ni uwamuteza Imana, kandi Imana ntikeneye uyiha amakuru.
@MUKANGIRAAPOPHIAАй бұрын
@@ColetteMurekatete-es3fkaho waba wibeshye kuko kiriziya gaturika ireba cyane kubyo abantu bareba,kuko nabakrito baho kuba yagiye mu misa padri akamubona biba bihahije
@bizimungudavid2814Ай бұрын
Ariko Catholic naba bahungu bimika ngo bihaye Imana bajya bashobora bahashaka abagore aho kwambara ishusho y'intama ariko mu mitima Ari amasega aryana buriya iyi nishusho ki batanga? Ariko ndabizi abenshi mu babikira bagira amatiku cyane n'inzangano kuko nabonye akazi hafi yabyo ndetse mu kigo batuyemo ariko nagasezeye vuba bitewe n:amashyari. Bagiririrana ubwabo kuko uwakandangiye yarikuzirukanwa njye mbitamo gusezera ibi uyu mwana avuga ni. Ukuri simuzi nanjye ntanze ariko abana benshi barererwaga mu kigo cy'imfubyi cyo ku nyundo hari harimo ababyawe n'abapadiri Bo ku nyundo