HARI AMAKURU, IBITEKEREZO CG IBYIFUZO WIFUZA KUTUGEZAHO? WADUHAMAGARA CG SE UKATWANDIKIRA KURI NOMERO +250788308594 (IRI NO KURI WHATSUP). TUBAHAYE IKAZE KANDI MUKANDE KURI "SUBSCRIBE" KU BATARABIKORA
Пікірлер: 38
@Tonto792 ай бұрын
Nkunda ibiganiro byawe gusa bisaba kuba Uzi gusoma Map ariko nkunda ukuntu untembereza u Rwanda munguni zose❤
@uwumuremyionestore51842 ай бұрын
Icyari Rukondo ubu wagirango si mu Rwanda.Nyanza yishakira isoko ry'inka rya Rurangazi gusa!!ibindi ntibibareba!!
@bizimanaedouard73332 ай бұрын
Joseph. Uri uw'ingenzi pe! Courage.
@danieluwiringiyimana80752 ай бұрын
Respect to you brother Amakuru ni ayaaa
@nsegimanajoseph33832 ай бұрын
Joseph uruhanga kbx
@kwizerapaul30962 ай бұрын
Joseph komera Nkotanyi
@emmanuelmuhirwa91722 ай бұрын
Ntabwo azashira mu gihe hari benvi batekereza nkawe. Ariko ubundi ni ahantu heza ho kuba. Hari abantu beza bo kwigiraho. Yewe bagira ishyaka ryo gukora no guhanga udushya ngo biteze imbere
@aimablehagenimana55002 ай бұрын
Bwana Joseph nicyahoze ari commune murama cyose ntikiri muri Nyanza kuko harigice cyagiye muri Ruhango mu murenge wa Bweramana
@user-cm3nd7um3l2 ай бұрын
nyanza ko uyivuze nabi joseph. kuba ntacyo meya yabikoraho simbyemeye. ariko munyantwari yari yadusirimuye.
Oya da Yozefu nawe wisetsa uretse no kuhagira igikorwa wakwibeshye ukahatisha umurima ukahahinga ukareba ko batakwimura ngo ntukora umwanya uwumara mubyawe. Niko zubatse
@kaberaericdeo1182 ай бұрын
Amatiku n'inzangano biba muri Nyanza na Ruhango ntibizashira vuba.
@user-cm3nd7um3l2 ай бұрын
ubwo se ni nde wangana na nde??? noneho kabera reka gukabya.
@niyomugaboaegidius86402 ай бұрын
Nyanza matin
@raymomugisha2 ай бұрын
Hari nuwo bita RUGERINYANGE nawe yayoboye nyanza
@jeanmarievianneyniyonsenga244823 күн бұрын
Uyu munyamakuru azi akazi pe. Njyewe ntakereza ko politique y' ubuhinzi ikwiye kugarura imbuto n' amatungo bya gakondo n' imibereho yarihashigiye ariko bitabujije ko n' ibindi bya gisirimu bihabwa umwanya ku babishoboye. Umururage yahingaga amasaka avanzemo ibigori, amateke, ibijumba. Mu gihe amasaka atarera bakaba batunzwe n' ibyeze mbere ugasanga nta kibazo cy' inzara kiri mu baturage. Ibyo mu turere twa Nyamagabe na Nyanza byateje inzara ikomeye.
@nsengimanajanvier84392 ай бұрын
Wahora Niki ko ibyjyaga biva ku mayaga biza i Nyanza ubu bahubatse kaburimbo bisigaye bijya Nyamata na Kigali niho horoshye