Komera mubyeyi mwiza, abo muhuje amateka turi benshi kdi turagukunda!
@user-bo4ys9eh6h3 ай бұрын
Collette we ndakwibuka turi kwa Faustin I Butare mu cyarabu jye na ptte soeur wanjye nabandi bantu benshi twari twihishanye. Ariko Mana! N'amateka pe, nta wabona icyo avuga. Gusa Imana ishiiiiimwe yaratwimanye.
Collette Mukandemezo, ndagushimye kdi ndagushimira ubutwari ufite. Ndifuza ko tuzabonana tukaganira ķuko hari ibyo dufite twasangira bikadufasha. Gira amahoro.
@zoepaul24632 жыл бұрын
Komera Colette ♥️jesus loves you. 🌟🌟 C'est bien comme Tu as pardoner✌️✌️👍👍 merci 👌💋💋🌷🌷
@gahongayireflorence61622 жыл бұрын
We children often remember that we are orphans when we lose the answers to our problems, but when we are in good health we do not remember them but the older one has seen more.
Ibikomere byatewe na Genoside byo ntibizashira ,kuko uko imyaka iba myinshi ukabona nta hepfo nta ruguru birangira ibikomere biba bishya.Gusa impore mubyeyi gukomera nibwo butwari.
Gerard uri umunyamakuru mwiza, ukora akazi kawe neza? Nkunda ibiganiro byawe. Love from Switzerland 🇨🇭
@oliviermurangwa77412 жыл бұрын
Nanjye ndamwemera
@alinegahima312 жыл бұрын
Impore maman turi kumwe nawe.
@schollaschol39482 жыл бұрын
Mpore muvyeyi Collette yesu agohoze
@alicealice5749 Жыл бұрын
Ihangane cyane muvandi
@chissuacabeneditoarmando12252 жыл бұрын
Impore mama kandi ukomere. Ribara uwariraye
@biziyaremyeaimable95122 жыл бұрын
Maman Colette uri umwe mubagore b'intwari komeza utwaze gitwari
@kembabaziphionah27022 жыл бұрын
Komera mama mwiza Imana irakuzi
@eric250blackboy72 жыл бұрын
Ihangane mama nubwo bigora ark komera nukuri mbabazi we nawe urintwari pe kuba ubasha gukomeza kuyobora ikiganiro uge ukomeza uwo mutima wa cyigabo nukuri
@monicniyo33012 жыл бұрын
Colette komera, Immana ilikumwe nawe ❤️
@jackiemihigo57342 жыл бұрын
Kubeshya uri umukristu birababaje. Nanjye nize primaire muri iyo myaka, ntabwo bahagurutsaga abana b'imyaka irindwi en plus ngo buri munsi!!!!. Ariko se ibi mubona bikemura ikihe kibazo ? Cyangwa muba mutiza umurindi abakandamiza abahutu ???
@tondricmoon60492 жыл бұрын
Umva mbese ngo urabeshya,erega abahutu turabazi imitwe mwize ni uguhakana buri kimwe nkaho ababikorerwaga ubarusha kumenya ibyo mwabakoreye nta soni,nanjye ndabizi ko babahagurutsaga ndetse akana katabizi kagahaguruka hose maze bakagakubita bati ujye kubaza ababyeyi bawe icyo uri cyo none nta soni urabeshya wa muhutu we,cecekaho mwene sekibi we muri abicanyi bene gahini mugenzwa no kwica kwiba gusenya no kurimbura ubwoko mutaremye ariko ubu sibwa bundi ntimuzongera na rimwe kubona unutegetsi mwa bivume mwe,nubundi ntaho mwategetse byaragaragaye ,abantu mushyirwa ku butegetsi aho kwicara ngo mutegeke muteze igihugu imbere ahubwo umwanya wanyu muwumarira mu kwiruka inyuma y abatutsi mubarimbura,mubarira inka,mubasohora mu mashuri yewe muri abanyeshyari rya rindi nk irya sekibi mwabonaga abatutsi babari hejuru mubona uko baremwe ari beza bikabakanga ngo mwe ntimugaragara. mubona amateka bubatse mukagira ishyari ngo babaye abami umva injiji z imitekerereze y ikigaragu cyo hasi cyane zumvako kuba umwami ari icyaha hahh yewe ntawabarenganya koko muraciriritse mu bwonko bwanyu erega murifata mwumviseko nihagira uwumva ko muhora abantu ko babaye abami bazabaseka mwigira inama yo guhimba ibinyoma ngo umugabekazi Kanjongera yahagurukiraga ku mpinja zanyu ngo azishinze icumu kandi ubwo ntanaho abazi ntanubwo mwari gupfa guhabwa akazi ko kumubera abagaragu ariko murifata ngo yahagurukiraga ku mpinja zanyu ibaze ibyo binyoma bijoga inyo byerekana buryo ki imitima yanyu yaritsemo sekibi,mujye mushima Imana ko mwatuye mu gihugu yatujemo ubwoko bwayo abatutsi abana b imfura abana b umutima naho ubundi mwe kabisa nta murongo mugira muri impubutsi muri abarimbuzi murisuzugura cyane mugira ishyari ribi cyane ni ryo ryabateye kurimbura abatutsi nubwo Imana yakinze akaboko ikabarwanira ikarwana ku ruhande rw inkotanyi. ariko congo tigitingi mwahaboneye isomo mwicwa na amacinya na bwaki mupfa mwinera mwikuruza mwarabaye amagufa mutakibasha kugenda muyorwa n ibikamyo biyora imyanda bijugunya intumbi zanyu mu myobo nk uheha amabyi ajugunya mu misarani,Imana irahora yarahoye n ubu iracyahora muri ibivume apu.
@Alysum772 жыл бұрын
Birabagora kugira ngo bavuge ikintu batabeshye ni kamere.
@biziyaremyeaimable95122 жыл бұрын
It's so sad
@murekatetesarah65202 жыл бұрын
Disi ntasaza.ihangane mama
@twagiramunguphilippe63862 жыл бұрын
MANA UBABALIRE ABA BANTU BATWICIYE ABANTU IKIBABAJE NUKO HALI ABAGIFITE UMUTIMA WO KWONGERA KWICA
Ntawagutoza kwica ngo ubikore bidasanzwe bikurimo ntibibaho,ntihakagire uwitwaza leta ngo yaramutoje kuko ntawe udafite umutimanama,nta gitambabuga kirimo kereka bwa bwana bw ubuhutu bwagendaga mu gitero bukomera indura abatutsi babaga bagerageje gutoroka nabwo kandi ni ubwicanyi kuko amaraso aburiho hanyuma rero bariya bandi bakuru nta numwe wari uyobewe ibyo arigukora n ikimenyimenyi bumvise inkotanyi bariruka barahunga kubw amaraso y imfura bari bamaze kumena,rwose ntihakongere kugira utera iseseme yitwaza leta iyi ni imvugo mbi cyane iganisha gusigiriza no gukura icyaha ku bagikoze ari leta yishe abatutsi ari n abahutu bishe abatutsi ibyo tubivuge dutyo uko biri hato hatazagira uzagirango leta yarifashe yica abatutsi yonyine kuko icyo ni ikinyoma iyo ushatse gushyira uruhare rwose kuri leta ya parmehutu uba ukingira ikibaba abaturage b abahutu kandi ari bo bambere ahubwo batumye jenoside ishoboka kuko iyo leta iyitegura ariko bo bakanga kuyikora ntiyari kubaho muhave rero mwibembereza imbwa z abahutu nako inyamaswa kuko barenze n imbwa n inyamaswa na shitani ubwe baramurenze nibo mashitani makuru.
@Alysum772 жыл бұрын
@@tondricmoon6049 kzfaq.info/get/bejne/maillNGZt7yUfmw.html. Unva ibi ubirangize unsubize
Abahutu ni abagome nyine kandi ibyo bakoze bashakisha uko babigereka ku bandi kubw ipfunwe ryabo,bagize amahirwe batura mu gihugu gituwe n imfura iyo baza gutura mu gituwe n inyamaswa nkabo ubu bari kuba barasogongeye ku bugome nk ubwabo,muzarebe amateka ya gahini muzasanga ahuye n abahutu byerekana ko ari we mukurambere wabo bityo ubugome bwabo bugenda mu maraso,ntago ari ubwavuba ahubwo ni ububari mu misokoro y amagufa yabo nuyu munsi babonye uburyo babikora ni bene sekibi.