No video

MAZE IMYAKA 40 NDI UMUKURU W'itorero MU BADIVANTISTE NJE KUGARAGAZA Ibinyoma BYABO/Musohokemo

  Рет қаралды 36,090

AYALONI TV

AYALONI TV

Күн бұрын

#WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp....
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga

Пікірлер: 364
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Ni gute bavuze umunsi Yesu Christ azaziraho Kandi ntawubizi . Bitondere cyane ubutumwa buvuga ibyi dini gusa ahubwo dushake Kristo wenyine niwe banze ryo kwizera Amen
@jeanpierremushimiyimana1948
@jeanpierremushimiyimana1948 4 ай бұрын
Ubwo butumwa ntiburi Adventist
@ab-pb2nk
@ab-pb2nk 4 ай бұрын
niba umu adventiste umwe avuze ikintu ntibivuze ko itorero ryose ribyemera. Bemera ko Yesu azaza nk' umujura.
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Bene Data Yesu Kristo yaravuze ngo nituguma mwi Jambo rye tuzaba abigishwa nyakuri tuzamenya ukuri.Amen . Tube Abigishwa ba Kristo gusa Uwiteka azi be
@byiringirohesilon4244
@byiringirohesilon4244 4 ай бұрын
Ubutumwa butangaza igihe Kristo azazira si ubwabadventiste,gusa ibimenyetso birabyerekana matayo 24 uhize neza wabona ko ageze kurugi
@nkwaya585
@nkwaya585 4 ай бұрын
Ariko simbona impamvu murwana numwuka mwebwe nimusome bibilia ibyo ibabwira mukurikize ibyo nahubundi niba waeafashe umwanya ushakisha ibyagufasha guhakanya abandi ,uzabibona .ahobwo fata umwanya wibaza niba wowe ukiranuka imbere y'Imana
@twagirimanajeanclaude254
@twagirimanajeanclaude254 4 ай бұрын
Yes
@Pink.53
@Pink.53 4 ай бұрын
Yego rwose naho nibajya gushaka amakosa bazayabona kuko nta byera ngo de
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Iyihe mana wakiranukira utayubaha?
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Isabato ni itegeko ry'Imana
@iaguhabernard8961
@iaguhabernard8961 4 ай бұрын
Nibyiza ko aburira abigishwa iyo Bibiliya irimo ibinyoma kndi na Pastor Mpyisi yarabivuze ! Tugomba gushungura tugatandukanya urumafu n'ururo!
@HAGENIMANAJeandeDieu
@HAGENIMANAJeandeDieu 4 ай бұрын
mu badiventisiti ubukuru n'ubunararibonye ntibikora, twe twemera kuyoborwa na Mwuka wera, umuntu ashobora kumara imyaka myinshi ari mu itorero ndetse ari n'umuyobozi ariko akaba atari umudiventisiti w'ukuri cyangw se akaba yariwe nyuma akabivamo byose birashoboka
@MessiJosph-yw9gc
@MessiJosph-yw9gc 4 ай бұрын
Kuba umuduvantisti nokutamuba byishiki cngw byongereye iki?
@ndagiwenimanaismael2555
@ndagiwenimanaismael2555 4 ай бұрын
Mfite impungenge ko utumira abantu ukabita abadiventiste knd ataribo njye ndiwe ark ibyomuvuga bihabanye nubutumwa dutwaye kuko abadive sibo bashyizeho itejyeko ryakane knd ntamudiventiste uvuga itariki yesu azagarukiraho iyonyigisho ntayo dufite ikindi niba uwomusaza yarabonye undimucyo yawukurikiye ark ntahimbire itorero ibyo ritamwigishije?
@k.stenos6626
@k.stenos6626 4 ай бұрын
Ko ubabaye😂
@theophilemutuyimana8078
@theophilemutuyimana8078 4 ай бұрын
Uvuze ukuri nshuti
@BLF-uf6rm
@BLF-uf6rm 4 ай бұрын
Uriya musaza arabeshya
@user-oz2jw3xn8j
@user-oz2jw3xn8j 4 ай бұрын
Ntabwo isabato ariyabadivantiste nkuko babyigisha ahubwo niyuwariwewese .wemerankumwaminumukiza
@imanibeatrice1590
@imanibeatrice1590 4 ай бұрын
Menya ibyawe
@venantnyandwi9391
@venantnyandwi9391 4 ай бұрын
Ibyo uvuga nibyo
@venantnyandwi9391
@venantnyandwi9391 4 ай бұрын
Uwavuzengo ntukibe ninawe wavuzengo ntugasambane. Byongeye uwavuze ibyobyose ninawe watanze isabato. Umuntu yakinirira kubindi ariko gukinira ku mayegeko y'Imana ni ukuyirwanya. Ninko gufata Itegeko nshinga ryigihugu runaka ugashaka kurirwanya.
@gakurujacques2718
@gakurujacques2718 4 ай бұрын
Uwemeye uwo Mwana niwe ufite ubugingo
@ishimwejohn6559
@ishimwejohn6559 4 ай бұрын
Icyonzi Niko abadivantiste Bose Bazi KUVA igice cya 20, ntanumwe wariwasoma ngo asobanumirwe KUVA 12:16.
@user-qr3hk8hp7i
@user-qr3hk8hp7i 4 ай бұрын
Woweho uyobye kubarusha Kuko ndikumva bizasoza ukuyeho isabato ukarekaho Icumweru urumwe mubajezuwite wowe
@nsabiyimpainnocent
@nsabiyimpainnocent 4 ай бұрын
Cane gos uwo numulomani yuzuye
@IrabisohojeIrabisohoje-kw6so
@IrabisohojeIrabisohoje-kw6so 4 ай бұрын
Uyumusaza ndamukunze cyane azadusobanurire byumwihariko isabato kuko abadivantiste baducira urubanzako tutazabona ijuru nitutayiruhuka njye nsengera ADEPR.
@OseBAYUBAHE
@OseBAYUBAHE 4 ай бұрын
None nyene uzazane ahemeza yuko ametegeko Y'Imana aricyenda??
@OseBAYUBAHE
@OseBAYUBAHE 4 ай бұрын
None nyene uzazane ahemeza yuko ametegeko Y'Imana aricyenda??
@IrabisohojeIrabisohoje-kw6so
@IrabisohojeIrabisohoje-kw6so 4 ай бұрын
Hhhhh okay komeza icyowamenye nanjye icyonzicyo ndimunzira ijyamwijuru ntamusi nsimbarayeho.
@ab-pb2nk
@ab-pb2nk 4 ай бұрын
Nusoma muri bibiliya ko Imana yakuyeho isabato, cyangwa ko itakiri mu mategeko y' Imana, cyangwa ko Yesu yisubiyeko ko kwica itegeko rimwe ntacyo bitwaye, uzayireke ntuyiteho. Gusa se niba Imana ubwayo iyiha agaciro, kuki wowe wayikima? Niba uri mu nzira ijya mu ijuru, saba mwuka wera agusobanurire bibiliya kandi uyige ushyizeho umwete.Kwita ku byo abantu bavuga gusa bitandukanyte na bibiliya ntukabyemere.
@ngendahimanajoseph5655
@ngendahimanajoseph5655 Ай бұрын
Wazisomeye ijambo ry'Imana ukabaza Bible ko byose bisobanutse neza muri Bible abakuyeho isabato nabo bakaba babyivugira ushaka ngo uzabisobanurirwe nande ko ko?
@michelhakizimana7556
@michelhakizimana7556 4 ай бұрын
Bibiliya itubwira ko icyingenzi ari ugushaka ubwami bw'Imana hamwe nogukiranuka kwayo, ibindi tuzabyongererwa.
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Iyihi mana washaka usuzugura?
@barabeshyajustin
@barabeshyajustin 4 ай бұрын
Aho uciye urubanza
@esperancemukundufite3228
@esperancemukundufite3228 4 ай бұрын
Igo rata ibyo byokwirirwa barigushakisha ibitotsi mutorero sibyo byingenzi
@humurayesunibyosetv5375
@humurayesunibyosetv5375 4 ай бұрын
Jean Luck uwo musaza afite ubwenge buva kumana kuko uko yatangiye buko asoje biri kugaraza ko ashaka gusobanura byimbitse Imana imushyigikire cyane kdi umukore kumaso kurutaho ,nkunze cyane uburyo yemereye Umwuka wera akamukoresha ,byaba byiza atwibwiye neza cyanecyane imirimo yakoze yose muriyo myaka yose amaze muri Adivantist du7eme jour
@manirakiza-xc7qy
@manirakiza-xc7qy 4 ай бұрын
Wowe wari umudiventiste. Ariko isaboto n iyu Uwiteka nyiringabo Gusa Amategeko Y Imana n i ayera
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
ark tweguhinyura . ibyiza dushake ibyanditswe byera tubigenzure Kristo atumurikire niwe mucyo. Yohan 8:1
@esperancemukundufite3228
@esperancemukundufite3228 4 ай бұрын
Imana ikeneye abava mubyaha ubwo bwenge bwanyu ntaribwo ikeneye ,nonese uragirango baze basengere iwawe .Imana yananiwe kugutuma kubapagani bataramenya imana igutuma kubadive bibereye murusengero .iyo nimyemerere yawe ntabwo ari Imana yagutumye .
@user-tu8bt8xr7g
@user-tu8bt8xr7g 4 ай бұрын
Erega ntago abazimiye bari mubyaha gusa,ahubwo abababaje,nabazimiriye mw'Idini batabizi,abo nibo bateye agahinda, naho umunyabyaha uri mubyaha,arabizi neza ko adakijijwe, rero uwo musaza ari mukuri,kuko na christ yaje abwiriza nidini yabayuda,yaribaswe,namategeko atabasha gukizaa umunyabyaha
@ngamijesafinaa.3446
@ngamijesafinaa.3446 4 ай бұрын
Mubusesenguzi bwanjye mbona mwese mwarayobye, kumenye iminsi nibihe ntacyo byamarira udafite gukiranuka nk'ukwa Yesu. Kwihana ibyaha no kubabarirwa nibyo byonyine mwakagombye kutubwiraho, kuko Yesu kuza azaza ntakabuza.kdi azajyana abamwizeye bose bihannye, mbifurije kuba mu itorero ryabo Kristo yemera. ntimukikome idini kuko Imana ifite uko ibareba bose.
@N.Frenta30
@N.Frenta30 4 ай бұрын
Mwedata banza Umenye Uburuhukiro bw UKuri iby iminsi iby iminsi n ibihe ntibibareba nabuke Kandi ntimushobora kubimenya. Nimugire umwete wo kumenya kristo cyane nibyo byacu. Muvugako isi izarangira 2027 ibyo Koko birabareba?
@habimanajeandamascene1754
@habimanajeandamascene1754 4 ай бұрын
Wakwihana Ute se utarizeye ukuri? Dufate umwanya dutekereze neza
@twagirimanajeanclaude254
@twagirimanajeanclaude254 4 ай бұрын
Nudasoma ntu senge nta Kristo
@ngamijesafinaa.3446
@ngamijesafinaa.3446 4 ай бұрын
@@twagirimanajeanclaude254 Erega gusoma ni kimwe no gusobanukirwa nikindi. Mwuka wera agusobanurire.
@theophilemutuyimana8078
@theophilemutuyimana8078 4 ай бұрын
Bazahera mu mibare n amatiku ntibazamenya iherezo ryabo Aho ryaziye. Igikwiye n ukwiyeza. Naho uraza gukiritika umuntu ugendey kubye ntiwaburamo impamvu bitewe nibyo ushaka icyo nzi Nuko umwuka wa kwemezanya atava kumana kuko Imana izigwanirira.
@manirakiza-xc7qy
@manirakiza-xc7qy 4 ай бұрын
Mwiriwe neza Gusa kimwecyo Wabyemera uta byemera amategeko y Imana ni ayera. Kandi natwe abizera twarejejwe Kubwa kristo wera. Gusa igitabo n icyawe Niba kinyuranya n Ijambo ry Imana ntagaciro twagiha.
@user-ig6sf1mh2d
@user-ig6sf1mh2d 4 ай бұрын
Ntabwo itorero ry Abadiventiste rivugako itorero rya Laodokiya ariryo ryasigaye, itorero rivugako itorero ryasigaye ryitondera Amategeko yose y lmana kandi rifite guhamya kwa Yesu, n umwuka w ubuhanuzi. Naho Laodokiya Biblia ikavuga, ibyigihe giheruka, ubutumwa buvugwamo. kugeza Kristo agarutse, icyogihe gitangirana n itorero rya 7
@OseBAYUBAHE
@OseBAYUBAHE 4 ай бұрын
Ariko Uyu musaza niba akiruhuka Isabato araharira ate ko atakiri umudive.. Bagenzi mwitondere amajambo yomuminsi yanyuma kuko satani afite inzira nyinshi zokuyobya ikiremwa Umuntu.!!!!!
@user-tg2fm7hc7j
@user-tg2fm7hc7j 4 ай бұрын
Ariko Iri torero Riyobowe n IMANA Koko urabona Ukuntu Abisi Bamwenyuye Kubera Uyumusaza Usebya Itorero ry IMANA kweli
@MessiJosph-yw9gc
@MessiJosph-yw9gc 4 ай бұрын
Idini ntaco ririco, inzira imwe igeza abakristu mwijuru ni yesu, naho ayo madini ntaho ataniye namashaka ari mugihugu
@nahayoamiel7385
@nahayoamiel7385 4 ай бұрын
Muraho neza ? Uyu mu saza kubayavangirwa ntibitangaje ! Kuko Abadiventiste barigisha kandi yigishijwe nabo ,kuko benshi bariga ariko iyo batitonze bagwa vuba kuko bashaka kuyobora ibitekerezo byabo bidaturutse kuri Mwuka w'Imana bityo bakava mu murongo !Itorero rero ntirihagaze kububasha bw'umuntu cg ubushobozi bwe ahubwo ryubatse kuri Kristo kuko we ntahinduka.
@user-tu8bt8xr7g
@user-tu8bt8xr7g 4 ай бұрын
Ndashaka kubaza icyibazo,cyubatseho byose" ese amategeko yahawe,ubuhe bwoko? Ese ko abanyamahanga,batayubahirizaga,ntibicwe,ariko abisirayeri bakicwa?
@pastorbucyensengejeanclaud2937
@pastorbucyensengejeanclaud2937 4 ай бұрын
PASTOR PYISI YAJYAGA ABIVUGA TUKAGIRA NGO NAYABASAZA BURYA IBYO YAVUGAGA NIBYO.
@byiringirohesilon4244
@byiringirohesilon4244 4 ай бұрын
Iyo utaba pastor mbanguhaye ibyanditswe, ariko byinci ubyica ubizi,gusa nawe ibyahishuwe 3:16 harakureba
@manirafashaJBOSCO
@manirafashaJBOSCO 4 ай бұрын
Yesu ashimwe, Imana iguhe umugisha, nkuko ijambo ry'Imana ribivuga riti iby'umwuka bisobanuzwa iby'umwuka bindi, niyo mpamvu abantu benshi bayobye kandi bakomeje kuyoba kuko basobanuza ubuhanuzi bw'Imana ubwenge bwisi. Rwose Imana iguhe umugisha
@kagomakasonga4878
@kagomakasonga4878 4 ай бұрын
😊😊
@nzabahiranyajddieu9414
@nzabahiranyajddieu9414 3 ай бұрын
Mugush
@Dative109
@Dative109 4 ай бұрын
Wamugabowe rero ikibabaje nukuzisanga wararuhiyubusa imyaka 40 yosewabaye mwitorero none unamutse kumunota wanyuma ariko ntabwo byadutungura kuko byarahanuwe ubaye nkawamugabo wafashije nowa kubakinkuge kumunota wanyuma ibyoyaharaniye ntabigereho none nawe waruhiyubusa
@nkwaya585
@nkwaya585 4 ай бұрын
Imyaka umaze mwitorero sigitangaza kuko na Yuda wabanye na Yesu birirwana basangira arya umutsima uva direct mukanwa kanyirijambo yaramugambaniye .weho wumva ufite ukuri jya mubo muhuje ubumenyi nimyemerere muganire ubereke uwo mucyo wawe naho ibyo urimo tubyita ubujajwa kandi ukuze
@habimanajeandamascene1754
@habimanajeandamascene1754 4 ай бұрын
Muvandimwe,niwumva ibintu bishya tugahite ubijugunya ,ahubwo jya ufata umwanya utekereze neza umfate umwanzuro udatukanye
@nkwaya585
@nkwaya585 4 ай бұрын
Soma neza muvandi sinatukanye
@user-ej5uy7tm6v
@user-ej5uy7tm6v 4 ай бұрын
Ngo ntiwatukanye hhhh, soma witurize
@theophilemutuyimana8078
@theophilemutuyimana8078 4 ай бұрын
Aha nta gutukana mbonye.
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Rero ibyi dini tubyitondere ahubwo dushake ukuri turi murukundo Kristo Yesu niwe mucyo. Yoh.8:1
@shyaka-1
@shyaka-1 4 ай бұрын
Isabato nicyimenyetso cy'Imana hanyuma icyumweru nicyimenyetso cyinyamaswa, Ezekiel 20:20.
@eliachimsibomana
@eliachimsibomana 4 ай бұрын
Nonese muramurenganya, aho kugira ngo yangize abandi nasohoke mu Itorero kuko ikirayi kiboze baracyijugunya ntago kiguma mubindi kitabyangiza. Warayobye muze!
@Divineuwera-cy1pd
@Divineuwera-cy1pd 4 ай бұрын
Itorero ry'Imana si raodokiya ntanubwo bizaba mw'Izina Rya Yesu
@nsengimananathan5854
@nsengimananathan5854 4 ай бұрын
Imyaka umaze mu itorero ntabwo ariyo yakabaye ituma wumvisha abantu ko bayobye bene ako kageni! Kuko ndumva nawe ubwawe hari amahame utemera kandi ari muri Bibiliya! Witondere ibyo ubwira abantu utihamagarira kurimbuka
@nizeyimanadeo7530
@nizeyimanadeo7530 4 ай бұрын
Uvuze ukuri icyo Imana ishaka kubantu bayo nuko bavuka ubwakabiri
@beatallgames214
@beatallgames214 3 ай бұрын
Mukozi w'Imana Imana ijye iguha umugisha !! Ndagukurikira cyane !
@InnocentDufatanye
@InnocentDufatanye 3 ай бұрын
Genda wige ibyumugabo witwamagambo kuko yibwiragako agiye bwijuru ariko ibyendibyatinze kumenywa umwami wamutumye uwariwe.mwirinde abahanuzi bibinyoma,kuko bazabiyitirira kobatumwe n Imana kandi itarabatumye mubirinde cyane.
@COMPTIPS24
@COMPTIPS24 2 ай бұрын
Uwo mugabo Ari muyihe Bibiliya
@DesangeMwangaza-du3tx
@DesangeMwangaza-du3tx Ай бұрын
Nturusha yuda gukiranuka, rero igira kwiherezp rye. Imana uvuga abamaliyika bavuga izina rye bipfutse mumaso none wowe uyivuga uko wishakiye kd ntuyubaha, tekereza ubwo lmana niyo yakubwiye cg imana yikigihe yagupfutse amaso
@vannykmd6318
@vannykmd6318 20 күн бұрын
Mbese Imanantifite Itorerorizima? Ni ukuriko ifite itorero,arikoni itorero ririkurugamba,si itorero ryanesheje.Tubabajwen’ukoharimo abizerab’abanyantegenke cyane; aboni borukungu mumbutonziza… N’ubwomu Itorero harimo ibibi,bizagumahokugezaku iherezory’isi.Muri ibibihe biheruka,Itorero rigombakuba umucyow’isiyanduyekandi yononwen’icyaha.Nikuri iryoTorero ry’irinyantegenke kandi rifite amakosa,itorero rikeneyegucyahwa,kubūrirwa,kugīrwa inama,niryoKristo ahanzeho amaso muburyobuheranije.
@felixsekuri7970
@felixsekuri7970 4 ай бұрын
Yewe Imana ikugenderere utazasanga wararuhuye, uramwizera se kandi uhakana ukwerakwe?? 😢😢kristo agusange muzehe weee😢😢😢
@gilberttwizere4398
@gilberttwizere4398 4 ай бұрын
Wowe wayobye rwose Ahubwo garukiraho ,ubutumwa kw'itorero ry'abadivantist nubutumwa bw'ukuri kutagishwa impaka kuko ibihamya birabigaragaza ,wowe ufite ibihe bihamya byerekana ko ibyo uvuga ari ukuri, ikibazo ugiye kugusha abadakomeye ukwiye kwihana vuba
@MessiJosph-yw9gc
@MessiJosph-yw9gc 4 ай бұрын
Ikibazo ufite nibyavuga cngw nuko agukoreye kwidini
@AMAREBEVIDEOTV496
@AMAREBEVIDEOTV496 4 ай бұрын
Gusa, ibyo uvuga ko ntawe uzi umunsi n'igihe cyo kugaruka kwa Yesu ni ukuri.
@John-jj5kn
@John-jj5kn 4 ай бұрын
Uko abayuda batamenyeko yaje nubu bakaba bagitegereje messiah niko n abanyamadini b ubu batamenye ihame rya " christ consciousness " bakaba bategereje ibyo batazigerababona ku bicu. Umwuzuro w ababyeyi b intwari wiswe yesu n abatware b umwijima bigaruriye iyisi n ibiyiriho asobanukira gusa abavukiye guhamya intego mu rumuri rwanda kuko ariho hatangiwe gutegeka kw ibanze kutigeze kumenywa n abayoboka imana karemano kubwo kudasobanukirwa Ima kamerano yo mu mizi y ibanze rya byose, bose, twese na hose.
@HAGENIMANAJeandeDieu
@HAGENIMANAJeandeDieu 4 ай бұрын
ariko n'abadiventistiti niko twigisha
@user-lj6oy1ue9t
@user-lj6oy1ue9t 4 ай бұрын
Nimusange amategeko y'Imana nibiyihamya nibatavuga ibihwanye Niryo Jambo ntamuseke uzabatambikira Jean Luc iby'ikigihe abanyabwenge nibwo bazabimenya Soma Yobu 28:28 nonne aracyaruhuka Isabato?
@cambastinendikuriyo6907
@cambastinendikuriyo6907 4 ай бұрын
uwomusaza ibyavuga ntabisobnukiwe
@eugeniedusabimana3827
@eugeniedusabimana3827 Ай бұрын
Abantu benshi biziritse ku madini babarizwamo nyamara ibyaha babirusha abapagani ,nibatemera kuyoborwa na mwuka no kwakira yesu bazayarimbukiramo rwose
@HelloRwanda-ck5qz
@HelloRwanda-ck5qz 4 ай бұрын
Agakiza ni akumuntu ku gitu cye,niba waravuganye n'Imana ikomereze urugendo.
@user-tu8bt8xr7g
@user-tu8bt8xr7g 4 ай бұрын
Agakiza sakawe ntikagurwa,ahubwo na ka christ nitorero( abizera)
@imitekererezeihabanye8681
@imitekererezeihabanye8681 4 ай бұрын
Iyo intumwa ya Satani nk'iyi ivuze ubutumwa bukomotse kuri Satani, Imana nta gitangaza ikora ngo ibinyoma bitajya ahagaragara. Nta n'imbaraga z'ikirenga Imana ikoresha ngo icecekeshe ijwi nk'iryo. Gusa nta kintu na kimwe twakora ngo turwanye ukuri cyeretse kukurwanirira. Ibi byose na byo ni zimwe mu ntambwe zo gutsinda kw'ukuri gutsinda ikinyoma kuko hari insanganyamatsiko nyinshi z'ingenzi zamamazwa hano. Abakurikiye iki kiganiro nibagende bashakishe amakuru kuri izi nsanganyamatsiko zose zamamazwa hano. Nibige ibyanditswe Byera basobanukirwe n'ihame ryo guhoraho kw'amategeko y'Imana harimo n'itegeko rya kane ry'isabato. Bamenye inyigisho y'ubuntu bwa Yesu Kristo bushoboza umuntu kugira umutima uhuza n'amategeko y'Imana. Bamenye iby'igihe tubayemo ko ari igihe cy'Imperuka kandi ko ubu itorero ry'Imana ririmo ritegurirwa kwimurirwa mu ijuru kuko ari itorero ribayeho mu gihe ritegereje kugaruka kwa Yesu, bige ihame ry'icyumweru KIDASANZWE COSMIC WEEK/icyumweru cy'isanzure kigizwe n'imyaka ibihumbi birindwi igereranya icyumweru cy'iminsi irindwi... Ibyo byose nyuma yo kubimenya hakurikiraho amahitamo. Mbese ndajyanirana n'ibyo Bibiriya yigisha cg ndajyanirana n'intumwa za Satani nk'uyu mugabo Nepomuscene? Imana ibahe guhitamo neza, mu Izina rya Yesu!
@JEREMIE5KWA5
@JEREMIE5KWA5 4 ай бұрын
Uyu musaza akwiriye kumva indirimbo yitwa (Zitaanguka) ya Chorale Injili family, nange sindi intyoza mu byo kwizera, ariko njya nibaza niba #Biblia yaranditswe/yarandikiwe Abadivantisti , niba ibyo twizera biri muri Biblia, urubanza muducira ni urw' iki? ????, ni muhumure kdi mushire #impumu ibintu bizisobanura pe, kuko ukuri ntikujya kuvanga n'ikinyoma cg ngo umucyo uvange n' umwijima.
@RekerahoJoseph
@RekerahoJoseph 3 ай бұрын
Muvandi kwerekwa si igihamya cy,uko wemerwa n,imana
@user-od3xr9ip7x
@user-od3xr9ip7x 4 ай бұрын
Na yesu abayuda iyo bashakagakumusuzugura baravugaga ngo akakana kokwayoze katubwira ikitutazi.guca amazi.ubutumwa bwabadivantiste bwatangiye mucya(1844)nyuma yakiristu . itorero ntamuntu ryubakiyehoisiYESU WENYINE.KANDI WIBUKE KO yesu yavuze ngo sinaje gukuraho amategeko ahubwo ahubwo naje kuyasohoza.murakoze.ARIKO WATANDUKIYE KBS
@user-jz8kd4te7wBIHOYIKI
@user-jz8kd4te7wBIHOYIKI 4 ай бұрын
Umusaza nepo Imana iguhe umugisha kubufasha wampaye ndagushimiye
@COMPTIPS24
@COMPTIPS24 2 ай бұрын
Nyamara Mbona Abadive benshi batazi ukuri ku Ijambo ry'Imana
@ab-pb2nk
@ab-pb2nk 4 ай бұрын
ahubwo nizere ko utakiri umukuru w' itorero kuko wayobya benshi kurushaho. Niba utizera nk' Abadventiste, basohokemo ureke kubiba iyo mbuto uri no mu itorero.
@MessiJosph-yw9gc
@MessiJosph-yw9gc 4 ай бұрын
Abadivantisti mufite kwizera gutandukanye nukwabandi cngw ushaka kuba imbata yimigenzo yiryo dini nibyo wizera
@ChadiaYussuf
@ChadiaYussuf Ай бұрын
imana ninyinshi kwisi wavuye mubategereje intebeye yawe izicaramwo abandi nanone wew nturi Uwutegereje Yesu christ. uri muri business zaw
@SolangeIngabire-ju6jt
@SolangeIngabire-ju6jt 4 ай бұрын
Ukuri guhari nuko biblia arimwe ark buriwese ayisobanura uko abishaka bitewe nintego ashaka kugeraho rero kuba uhaze ntibivuze kumena ibiryo abandi bashonje uwiteka kundeber icyoroshye muze!🫣🤔
@user-zi4eb5hc9x
@user-zi4eb5hc9x 4 ай бұрын
Umudiventiste utavuga itorero asengeramo, intara abarizwamo. Warayobye disi ukuze!!umuntu yumvise umukuru w’ itorero atabizi yagirango ni Pr! Wize he se muze?ndumva uri n’ umwandi w’ ibitabo!! Waravangiwe ahubwo! Wiyobya abana b’ Imana! Wize he ko Philadeliphie ari ryo torero ryasigaye? Itorero ryasigaye ni irifite amategeko 10 y’ Imana no guhamya kwa Yesu( ibitabo by’ umwuka w’ ubuhanuzi)! Sigaho wisaza wanduranya
@FunnyKayak-gm2mx
@FunnyKayak-gm2mx 4 ай бұрын
J.Luck Uwera akurebe neza muri byose.
@BaragahoranyeSamson
@BaragahoranyeSamson 4 ай бұрын
Muze. Imanikubabarire. Imyakaurimazemo. Ushobora. Kuba. Urinumwayasatani.
@user-ej5uy7tm6v
@user-ej5uy7tm6v 4 ай бұрын
Azabibazwa n'Imana ye, mumureke
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Tube Abigishwa nyakuri ba Kristo Yesu tuzamenya ukuri. Bamwe biyumvamo idini cyane ark twigire ku bi Beroya . Ibyakozwe ni ntumwa 17:11
@habimanajeandamascene1754
@habimanajeandamascene1754 4 ай бұрын
Reka ngire icyo mbwira abantu Bose ,wababa memera Ibyo umusaza avuga cg utabyemera, bibiliya iravuga ngo mutekereze neza mwitonze bityo rero mubanze mufate umwanya mutekereze neza mwitonze ,mugenzure nimubona aribyukuri mubyakire nimubona ataribyukuri mubyihorere kuko ntawe bategeka gukurikiza iki cg kiriya ,rero abatukana ,abagize umujinya sibyiza guhita ufata umwanzu ushingige kumarangamutima cg ukurikije Ibyo wari Uzi , kuko amadini menshi ayobya abantu benshi si igitangaza ko umuntu yamara imyaka nyinshi ayobagurika,mwibuke icyo yesu ya wiye Nikodemu ngo ukaba umwigisha mu bisirayeli utazi Ibyo(kuvuka bwa kabiri) namwe mutekereze Ibyo yigishaga),Imana idufashe
@NiyibikoraCharlotte
@NiyibikoraCharlotte 2 ай бұрын
Niba wizera imana igufashe
@Raggaf102
@Raggaf102 4 ай бұрын
Simwe bambere muvuye mubyizerwa Kandi sinamwe banyuma nabandi babivuyemo
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 4 ай бұрын
Ntabyizerwa yavuyemo ahubwo Ari guhishurirwa ibyukuri .mwebwe badive mwayobye kuruta abasiramu niba nabo ntibizera Yesu
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 4 ай бұрын
Yemwe badive? Kubana na Yesu ntumumenye nakaga
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 4 ай бұрын
Bibiliya muyisoma nkinyuguti gusa ntabwo muhishurirwa Kandi bibikiya si ikinyarwanda cg urundi rurimi rwaha kwisi bibiliya ni ururimi rwo mw'ijuru nta.unyamubiri wayimenya icyakora yayimenya nkinyuguti akabifata mumutwe ariko ntahishurirwa afite muri yo.
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Muri Bible hari jambo ngo guhishurirwa amagambo yawe bizana umucyo biha abaswa ubwenge.
@rukandemaemmastine9298
@rukandemaemmastine9298 24 күн бұрын
Nubwo mbonye iki kiganiro ntinze cyane, abashobora kubona coment yange bazasome ndetse nawe uzasome neza ubusobanuro bwa daniel bitonze cyanecyane igice cya 11 cya daniel kuko nsanze ufite ikibazo cyo kudasobanurwa neza icyo havuga kuko ibyo uyu musaza yumva iyo ahasomye bitandukanye nicyo havuga.
@bagirubwiraethienne
@bagirubwiraethienne 4 ай бұрын
Mujye mwito ndera abahuanuzi bagenda baduka bavuga ngo beretswe beretswe.Yeremiya23:16
@nzasabimanafreddaniel1634
@nzasabimanafreddaniel1634 4 ай бұрын
Uyu mubyeyi nabona nabona nimero ye ya telephone nkazavugana na we?
@user-fm3fz8ki6w
@user-fm3fz8ki6w 7 күн бұрын
Saw
@UwinezaAssinathe
@UwinezaAssinathe Ай бұрын
Ese ushaka kivugako abadiv bose barimubuyobe oya waba ubeshye abazibyo barimo barakomeje urigendo
@Theo-qp9jq
@Theo-qp9jq 4 ай бұрын
Ubu uyu wasanga yarakoze ikosa bakamusaba kubatizwa agahitamo kubasebya.mushake amakuru neza😂
@twagirimanajeanclaude254
@twagirimanajeanclaude254 4 ай бұрын
Amategeko agaragaza ibyaha aka biciraho iteka wasanga Kristo Yesu ukabaturwa ukagengera mwitegeko ryumwuka,rigutera no kubahiriza amategeko ark imba numva aguciraho iteka, iyo ikintu kiguciraho iteka ikibikubwira urakirwanya wivuye inyuma, amategeko ntabuyobe bubamo ntanubwo tugomba gutwarwa nayo kuko Kristo adutera kuyumvira,nta nubuyobe buyabamo
@twagirayezudamien3277
@twagirayezudamien3277 4 ай бұрын
Uvuze neza ,urumuhanga,numva rero bihagije kwizera christo gusa bityo namategeko tuyubahiriza muri we kuko tuvuze ngo tugendere kumategeko ubona twabibasha se oya ahubwo dushobozwa byose na christo uduha imbaraga ibaze nawe umuntu kwiba yagera kwisabato akakwima service ngo ntakora kwisabato ibyo niki koko,igihe cyarageze ngo abasenga data bamusenge mukuri no mumwuka ,christo ntiyavuze ngo igihe kirageze ngo abasenga data bamusengere aha cg kuruyumunsi,oya rwose christo niwe mwami wisabato christo aruta umunsi aruta ahantu rwose ntitugaphe ubusa
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Muvandimwe uri kuvuga ibyiza ndakumvise pe
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Ibitse bigakuraho isabato?
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Christo ni Imana naho isabato ni itegeko ry'Imana ibi ntawigeze abihindura
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Nokuba yayirusha ububasha sugusobanura ko yayivanyeho kuko ntiyanahanganye ntayo yaje aje kuyikomeza ibyo murabizi
@intekerezo2023
@intekerezo2023 4 ай бұрын
Abantu b'iki gihe mujya muri details nyinshi zitari ngombwa,niyo mpamvu ubuyobe bubari hafi. Kwizera Imana no gihindukira mukareka ibyaha birahagije ngo umuntu aragwe ubugingo buhoraho. Ababazanira izindi nyigisho,bakabagirisha ibitabo biyandikiye,ni abajura n'indyarya zishaka kubakerereza mu rugendo. Mube maso,plz.
@pelagienyiramariza4459
@pelagienyiramariza4459 Ай бұрын
Ibyo wanditse muzehe wabikiye mubadiventiste nibo bigisha iby,ubuhanuzi ntayo bigumane ubitwungure ariko witonde udatera umugeri ku mihunda.igisha ukuri abadive ubareke.
@MbihayimanaAlphonse
@MbihayimanaAlphonse 2 ай бұрын
Ariko turabwirwa twubahe imana sobanura kubaha imana nigute icyindi tuyihimbaze. Gusa nawe uje kuyobya.
@UwinezaAssinathe
@UwinezaAssinathe Ай бұрын
ese muze ikimenyesto cyimana ihoraho nicihe ko kwisi hariho imana nyishi ikiranga imana ihoraho nuko yaremye.ijurunisi isabato tuyubaha nkumunsi utwibusta uwaremye ijuru nisi ntabwo tuyubasteho twubaste kuri yesu wenyine
@nkurunzizajeandedieu5239
@nkurunzizajeandedieu5239 4 ай бұрын
Muraho turabishimiye cyane , ntakuntu uwo mubwiriza yavuga nyuma akaba aribwo abazwa ibibazo? Ikindi muzamuduhurize na anicet wo kwijwi ryumukanguzi (KZfaq) baganire Atari uguhangana.
@MUKAMURENZIClaire
@MUKAMURENZIClaire 2 ай бұрын
Yerekubeshyera itorero lawodokiya tuvugako ariryo torero riheruka ntakatubeshyere
@baramparurutsej.dedieu5361
@baramparurutsej.dedieu5361 4 ай бұрын
Abafarisayo basenga kwisabato nibo babamvye Yesu Kristo ngo ntaziririza isabato twibukeko Yesu atigeze akorana n'indyarya
@OseBAYUBAHE
@OseBAYUBAHE 4 ай бұрын
@venantnyandwi9391
@venantnyandwi9391 4 ай бұрын
Wikwitiranya ibintu,ubuse Imana ikubajije impamvu uteza isabato wayibwira abafatisayo?
@NgabireJapfet
@NgabireJapfet 4 ай бұрын
Mzeh numva nagukunze uzi byinshi
@HappyCoralReef-jt5ii
@HappyCoralReef-jt5ii 4 ай бұрын
Ark mujye mu menya gutandukanya amahishurwa yukuri ndetse nayibinyoma. N.B: Ntago abarindagira bazabura kurindagira erega. Kandi si igitangaza kuzabona bamwe mubavugaga ubutumwa ari bo batangira kuburwanya.
@ManziKenny
@ManziKenny 4 ай бұрын
Hhhh abadive muri 😊abayobe cyane
@theresamusole3042
@theresamusole3042 4 ай бұрын
Bamwe mubahishuriwe ntubemera aribyo ushinj'itorero wowe twakwemera dushingiye kuki?
@uwimanajacqueline1076
@uwimanajacqueline1076 4 ай бұрын
Ubu wahakanye bibiliya koko ukuyeho amategeko y'Imana !!😂 Mbega njye nemera bibiliya gusa ntumbazengo amadini ni iki ese isabato yesu yavugaga tugomba kuruhukaho ko yayitegetse Adamu na Eva kuyiruhukaho bakiba mungobyi ya edeni iryo tegeko rya kane utubwiye abadiventist bubakiyeyo ko Ryahawe Mose kumusozi wa Sinayi Mose yari yakabaho kuri icyogihe kingobyi ya edeni Ese yesu ko yayiruhutseho arangije kurema byose yari yarabanje gutanga iryo tegeko rya 4 witubeshya nubwo twananiwe kuyiruhukaho ariko ntitwacira urubanza abayiruhukaho ahubwo Imana izabahe no kwihana ibyaha Amena.
@TheonesteHATEGEKIMANA-nd7sd
@TheonesteHATEGEKIMANA-nd7sd 4 ай бұрын
Njye maze kubonako umutu ashobora kumara igihe kinini mu itorero cyagwa uburambe arifitemo bikamutera kwibeshya nokuyoba,siwowe gusa Wasomye byinshi nyuma uka yoba nabandi Bose nkawe bafite ikingi z'ubuyobe bwobo, bimaze iki kumara igihe uvomera urubuto wizeyeko ruzera ibuto nyuma rukera intobo?wari umukuru witorero wigishaga ibyo wisomeye ,nibyobihamya uvuga wabikuye mubitabo byobo nkumwigisha wokoze iki? Nomunzuy 'Imana satanic ahafite abakozi Kandi bamukorera neza.
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Ngaho rero uzatubwire nuko amategeko y'Imana yaje kuba icyenda(9)cyakora ibyo byamahene n'intama ntacyo byungura urabe ubizi cyangwa ntubimenye uzarwane n'izina abadive ariko ubudive uzabanze ubwigane ubushishozi butarimo inzara
@bridgeofpeace5697
@bridgeofpeace5697 4 ай бұрын
Abadive ni impanga z'abaswayile, I mean abasilamu😂😂😂😂mba mbona arabakozi ba satani babanyembaraga n'umunwa muremure....muzehe Imana Yamukuye kukiziriko, imukiza ububata bw'idini
@LifeNiyonzi
@LifeNiyonzi 4 ай бұрын
Aha ho urakabije cyane. Kubyina n'amayerekwa yokubeshya aribyo tuzashyigikira?
@Theo-qp9jq
@Theo-qp9jq 4 ай бұрын
😂yooo disi uzabaze ibyabo neza nanjye ntarabamenya ni uko nabafataga.Ariko bafite ukuri kutavangiye
@YandereyeAmataeSylvie
@YandereyeAmataeSylvie 4 ай бұрын
Ese muze wabaye bichop kombona wacikanywe
@YandereyeAmataeSylvie
@YandereyeAmataeSylvie 4 ай бұрын
Mukomere ,ese intego yawe niyihe urikugarura abayobye?cg urashaka abayoboke?nimwiririre da.
@shirikaniyonkuru5573
@shirikaniyonkuru5573 4 ай бұрын
Ariko ubundi Mose agira amategeko? Amategeko ya Mose nayahe AyImana nayahe?
@niyonkurudonatien7893
@niyonkurudonatien7893 4 ай бұрын
Bantu mukurikira uyu muntu mwitonde, akenshi Burya iyo umuntu akubwira ibintu wowe utazi biba byoroshye ko yakubeshya. Nkubu ibyuko hashizweho igihe cyuko Yesu azaza 2027 abajyenda babyihgisha ntabwo baba batumwe n'itorero. Kuko natwe nk'abadiventiste twemerako tutazi umunsi n'isaha Yesu azaziraho, icyo dukora n'ukugenzura ibimenyetso Yesu ubwe yatanze bizabanziriza kuza kwe.
@MessiJosph-yw9gc
@MessiJosph-yw9gc 4 ай бұрын
Mwamara kubigenzura?
@InnocentDufatanye
@InnocentDufatanye 3 ай бұрын
Kumara imyaka myinshi mu itorero siko gukizwa rinda umutima wawe kuruta ibintubyose birindwa abajozuwiti binjiye mu itorero bashaka kurimbura itorero ariko ntibazarishobora kuko rifite nyiraryo ariwe yesu kristo murabe maso .
@N.Frenta30
@N.Frenta30 4 ай бұрын
Ayaloni murakoze kukiganiro cyiza na mwenedata, Ubundi Abadivantist iyo biyita itorero rya sigaye,byonyine binyereka ko batazi Itorero icyarico. Abadivantist ubundi nibo bafarisayo,basadusayo basigaye bishe Umwami Yesu bamuhora gukora ibyiza kw isabato. Itorero ni ry Umwuka ntabwo ari iry ibigaragara. Itorero ntabwo rigira umunsi wo kuruhuka ahubwo twamaze kuruhuka ubwo twakiraga Umwami Yesu. Iki akaba aricyo kiruhuko Imana yaruhutse. Ikiruhuko Imana yaruhutse cyari ishusho y ikiruhuko Itorero rizaruhuka muri Kristo Yesu. Benedata badive Yesu ntabwo arumunsi Yesu n Uburuhukiro. None Abadivantist biyita itorero ryasigaye bashingira kuki baranze ikiruhuko cy Ukuri,bagakomeza kwizerera mukiruhuko cy igicucu. Mwedata mutumirwa,nibyo bibiliya nicyo gitabo twahawe kugirango kibe gihagije kutumenyesha Ukuri kutubatura mu bubata. Ayaloni turifuza ibiganiro byinshi by uyu mwenedata aranejeje cyane. Isi ngo izarangira muri 2027!!!!!! Aba bantu kweli ni itorero ryande? Kristo aracicaye kutebe y imbazi ntamuntu Uzi igihe azayiviraho nkeretse Data wenyine. Itorero riracyafite akazi mw isi ko kuzana abantu kuri Kristo. Imana yonyine Niyo izi abasigaje kwizera Yesu cg kumwamagana burundu. 2027 Aha ubwo hasigaye ibyaka ibiri gusa Umurimo w Itorero ukaragira kw isi. Imibare yiri dini niramuka ibaye ukuri sibyo bizatuma babona Uburuhukiro nya Kuri nkeretse kwakira Uburuhukiro bw UKuri gusa aribwo Yesu.
@habimanadavid7100
@habimanadavid7100 4 ай бұрын
Uhamijeko isabato yari ikigereranyo?Atari nkayandi mategeko ubwo ni 9 cyangwa ni 2 gusa
@N.Frenta30
@N.Frenta30 4 ай бұрын
@@habimanadavid7100 Ariko ntabwo munzi ko Yesu bimwe mubyatumaga bamwaga harimo isabato umunsi wa karindwi ? Ubundi Yesu ntabwo Yakundaga kurya kw isabato. Iyo yagendaga,yagenda agiye kubigisha ngo byibuze bangahe bamwizere. Ubundi Kandi Aba bantu b umunsi wa karindwi Yesu yabitaga intama zazimiye Kandi situmva. Matayo 11:28 Yesu abereka ko ariwe Sabato(Uburuhukiro),yewe ndetse yarabahamagaye ariko baranga bigumira k umunsi wabo 7 urimu mategeko 10. Habi, ntabwo amategeko y Imana ari 9 ni 10 nk ibisazwe. Ubundi amategeko Niyo sezerano rya kera Kandi isezerano rya kera rya igicucu cy ibyiza bizaza. Uyu munsi hara bayahudi bamaganye Kristo ubu baracishingikirije kuri Aya mategeko 10 Kandi Imana ntibyitayeho namba . Uyu munsi hara bantu bibwira ko isabato izabakiza, bisobanuye ko Aba bantu kristo kuribo ntaco yigeze akora. Nikibazo kitoroshe.
@YandereyeAmataeSylvie
@YandereyeAmataeSylvie 4 ай бұрын
Ufite imirimo wa!!Pst theog yafashaga abantu bingeri zose nne weho urakora iki?
@HakizimanaEmmanuel-yv5pr
@HakizimanaEmmanuel-yv5pr 4 ай бұрын
Yesaya 8 .20 uzahasome witonze uzasobanukirwa musaza
@BaragahoranyeSamson
@BaragahoranyeSamson 4 ай бұрын
Imanikweze. Gusa. Imanirihafi. Burakwiga. Ugumemumatiku. Sohokamo. Imana. Ifitenizi ndinamahanze. Ziteguye. Kwicara mumwanyurimo.
@user-ti6cm8ni5c
@user-ti6cm8ni5c 4 ай бұрын
Shaka Kristo Yesu niwe banze ryo kwizera . Ibyi dini tubyitondere cyane soma Yohan 8:1.
@marierosemurekatete2492
@marierosemurekatete2492 4 ай бұрын
Mbona warayobye.washinze itorero ryawe. Ntugende usebya itorero ry'Imana
@NEWBOYS-wc4sm
@NEWBOYS-wc4sm 4 ай бұрын
Abadive se bo ko basebya catholic!!!
@NgabireJapfet
@NgabireJapfet 4 ай бұрын
Reka musaza abivuge
@ab-pb2nk
@ab-pb2nk 4 ай бұрын
@@NEWBOYS-wc4sm Wowe uzajye wumva ibyo babavugaho maze wigenzurire urebe ko ari byo koko hanyuma nawe ntibigucange.Usabe Imana ibane nawe
@ishangifocustv5152
@ishangifocustv5152 4 ай бұрын
Kabaye rero pe🤔🤔🤔ibihamya ufite ubyitondere cyane pe 🤷 bisaba gutwika ubwato pe🙆urabe witeguye neza muzehe Nepo
@UwanyirigiraJeanne
@UwanyirigiraJeanne 3 ай бұрын
Ntiwarwanya itorero ngo urishobore kuko namarembo yikuzimu ntazarihangara.garukira aho utaravumwa ngo ube igicamuke
@mukantwarijackeline3991
@mukantwarijackeline3991 4 ай бұрын
Muvandimwe ntago uwomugabo yavuzeko Yesu Kristo Azagaruka 2027
@josephdusingizimana8784
@josephdusingizimana8784 4 ай бұрын
Icyo gitabo, mwaba mwaracyandikiye he, mu yihe nzu, mu wuhe mwaka,abagisuzumye ni bande,cyaguzwe angahe, hari ubwo waba warasomye neza Bibiliya?
@user-ok2xu6qc4x
@user-ok2xu6qc4x 4 ай бұрын
Warayobye kbs uwosi umudivantiste ahubwo numugatorikape???
@MugabonakeIsaac
@MugabonakeIsaac 21 күн бұрын
Ongera amasengesho usobanukirwe neza utava munzira
@UwamugiraMarieclaire-hi1wn
@UwamugiraMarieclaire-hi1wn 3 ай бұрын
Ibinabyo biri mubimentetso by ibihe mwitondere abantu nkaba rero kko satani arigukora kumugaragaro.
@rukandemaemmastine9298
@rukandemaemmastine9298 24 күн бұрын
Ikibazo kiri kuriwowe wabyumvise uko bitari. Itorero ry'abadiventiste ntabwo ryemerako ubutumwa bwahawe amatorero 7 buhuzwa nubw'abamalayika 3 ndetse na malayika wundi. Ikiriho ni coincidence y'abamalayika b'amatorero aheruka n'abamalayika 3 na wawundi.
@magnifiquenkurunziza3890
@magnifiquenkurunziza3890 4 ай бұрын
Mushire ikiganiro mucongereza please
@user-lc8xi5sn4n
@user-lc8xi5sn4n 4 ай бұрын
Erega itorerk ry,lmana ryinjiwemo na bajesuit wenda nawe watumwe na sekibi
@PasterAimable
@PasterAimable Ай бұрын
Ikimenyetso mwisezerano ryakera ezekier 20.20 gitandukanye ni ikimenyetso mwisezerano rishya abefeso 4.30 abefeso 1.30
@bizimanafabien311
@bizimanafabien311 4 ай бұрын
Ukanahangara gusenga wicaye Koko utesheje agaciro ijambo Imana yivugiye muri yesaya 45=22-24uragowe
@user-it5vg7pm8h
@user-it5vg7pm8h 4 ай бұрын
Muvuge yesugusa ibindibizwinuwiteka
@ontop6546
@ontop6546 4 ай бұрын
Nabagira inama mwese muyoboke kubaho ubuzima bushingiye ku muco naho ibindi muradutuburira.
@NyandwiJeanMarie
@NyandwiJeanMarie 2 ай бұрын
Kumara igehekinini ariko utemerwa nijuru birutwanutabayeho
@user-yp7vp9pu4f
@user-yp7vp9pu4f 4 ай бұрын
Nisaw?abo basza bakurira mwishengero imyaka myinshi bamara gukura bagatangura kunebagura ivyo bigishije bonyene ivyabo bizohererahehe??
@user-kd1or6bc2b
@user-kd1or6bc2b 4 ай бұрын
Wamuzeii we iyo bavuze marayika wundi baba bavuze iki? None wowe uri umukiranutsi?
@cecileuwimana8149
@cecileuwimana8149 4 ай бұрын
Abadive bazi inyuguti gusa ntabwo bazi ihishurirwa ry'ijambo ry'Imana
@shyaka-1
@shyaka-1 4 ай бұрын
Uzabibona muminsi yanyuma.
@kwizeraedison3715
@kwizeraedison3715 4 ай бұрын
Wowese izo nyuguti ubuzwa Niki kuzimenya
@shyaka-1
@shyaka-1 4 ай бұрын
Cyizwa sha
Мы сделали гигантские сухарики!  #большаяеда
00:44
🩷🩵VS👿
00:38
ISSEI / いっせい
Рет қаралды 22 МЛН
Magic trick 🪄😁
00:13
Andrey Grechka
Рет қаралды 46 МЛН
Мы сделали гигантские сухарики!  #большаяеда
00:44