Рет қаралды 902
Ntucikwe n'ikiganiro cyihariye InyaRwanda yagiranye na Mitsutsu.
Ni umwe mu basore bamaze kwamamara mu rwenya ruca shene za KZfaq muri iki gihe-Ariko
avuga ko intera agezeho ayicyesha umurimo wo gutwara abantu n'ibintu kuri Moto yakoze mu gihe
cy'imyaka ine, kuko ari wo wamuhuje na Nyaxo ndetse n'umuraperi Bull Dogg bamufashije
kwisanga mu rugendo rwa Cinema muri iki gihe.
Video Edited by Director Melvin pro
Follow us on Social Media:
Facebook: / inyarwandado.com
Instagram: / inyarwanda
X: x.com/Inyarwandacom
Instagram: / director Melvin pro/
#inyarwandatv #cinema #filime #filime_nyarwanda #musica
#inyarwandatv #inyarwanda #news #inyarwandamusic #news #trending