Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #Romeo_Janvier_0788257655
Ntabwo ibyo yemera bivangavanze ibyo avuga byose suko ari ukwemera kwe ahubwo ni ubushakashatsi aba yakoze ikindi aho yagiye asengera yagirango amenye buri dini ukwemera kwaryo we yemera ku mugaragaro abacwezi ba murema
Ni ibihe se abazungu barya?!sinjya mpurira na bo kubijumba,ejobundi umuzungukazi niwe wanyeretse ibijumba byiza ngo biraryoshye kdi koko nasanze biryoshye pe!@@AnnikaNiyoyita