You are beautiful 😅 natwe babwirako dufite taye nziza turwaye stomach ulcers 😅 urimwiza ukuri ahubwo rata imana niguhe amafaranga ubundi wongere wibere busy ubuzima bukomeze , but to be honest you are beautiful 😍
Angel uri mwiza, amaso meza, inseko nziza kandi ugira n' ukuri
@chellachella11817 ай бұрын
Uri mwiza rwose ❤❤❤
@ingabireaimee51087 ай бұрын
Mwokabyara mwe nta mu FILLE MÈRE ubaho ntabwo waba fille ngo wongere ube mère 😊. Uba fille cyangwa mère. Ahubwo wa kwitwa umu mama (mère) wibana cyangwa utarashaka. Niko kuri
@v.55227 ай бұрын
Nanjye iyi Fille mère yaranyobeye aho yaturutse 😂😂 " mère célibataire "
@kezaqueen45467 ай бұрын
Hhhhhh winsesta
@solangeniyitegeka20327 ай бұрын
Ngo mere celibataire cg ni celibatrice mudufashe da 😊
@jeanafazari18647 ай бұрын
Uri mwiza cyane ntukipfobye ❤❤❤
@Mahoro4037 ай бұрын
Uri mwiza ujye urya utuboga na fruit icyumweru ibyo biro bizaba bigiye kuko ibiryo niko kubyibuha kandi wagira na ka taille keza uri mwiza rwose
Ese ubwo ufite abana mada urumva ibintu Uba uvuga mujye mugira ibyo mureka kuvuga Kuma social media
@valeriemanirakiza30707 ай бұрын
Je mbona Uri mwiza. Uri mwiza Mu bantu beshi nzi beza. Niwikunde sha, Uri mwiza. Ivyo vyo kwibaza ngo umugabo, urashobora No kuba decu. Uri mwiza sha
@user-cm8ls2ez3r7 ай бұрын
Sha nikiza nukuri pe,
@oliviernibyimana33007 ай бұрын
@ Sabin Hari ikintu numvise muri iki kiganiro ntereza ko aricyo ntandaro yo kuba abantu bose bajya bakora iyo mu barabu bafatwa nabi nk'abacara.: Buri wese ujya gukorayo, abinyuza muri ba Agents. Aba bossi baba banje kwishyura ama million kuri agent, bitryo buri wese uriyo Ndumva aba meze nk'aho yaguzwe kdi ku mafaranga menshi.
@AntoinetteMPAWENAYO-oe1ed7 ай бұрын
Uri mwiza n'a taille yawe ninziza Hama umugabo YESU azamuguha komeza kwihangana
Some guyz we like fat girls😊 I'm still young but if i had a well planned home building purpose, I'd come to show what God put unto me☝🏾stay blessed n be good with waitin' for your turn🙏🏾