GIRA IMBABAZI UFASHE DR KANIMBA KURI NUMERO YE: +250788511076 (Kanimba Vincent) Kanda hano utange ubufasha: www.gofundme.com/f/miracles-for-doctor-vincent-kanimba?+share-flow-1
Cyokora sha Iyapfuye ntawutayigera amajanja koko Ibaze Dr kanimba kuba arikuvugwaho ninjiji zose buriwese amufiteho ijambo 😭 Imana imutaabare disi
@nsengiyumvaj.cloude3729 Жыл бұрын
Kandi rero abantu barekere aho kwibasira uwo Mubyeyi urwaje Dr kuko we arakorera Imana ntabihembo akorera mugihe abo Dr yitagaho akiri muzima ntanumwe umwitayeho ariko mwisi niko bigenda abo biyita Famille ye ndumva ibyo bavuga ntakuri kurimo none se Dr nubwo arwaye bashaka kuvugako atazi gutandukanya ikibi n'ikiza uwo mubyeyi umwitangira Imana imuhe umugisha kandi akomereze aho ntacibwe integer n'amagambo y'abantu bene nkabo babaho umuntu arwara ntibamugereho nyamara yapfa bagahurura bagaragaza ko bamukundaga ibyo ni uburyarya
@francinembabazi695 Жыл бұрын
Suko se rata?ese ubundi yarinze amusanga agerubwo amurwaza harumuvandimwe yamusanganye?bagende.
@christinemujawamariya4633 Жыл бұрын
Haba Rwema na Scovia,mugabanye analyse ku buzima bw'umuntu. Muri kubangamira igikorwa cyo gutabara. Niba hari imbogamizi mwabonye ku murwaza,mwari kwegera umuryango mu gikari,,mugacoca icyo kibazo. Ibi murimo ni inarijye yanyu bwite no kwikunda biri kubakoresha. Mu gihe runaka namwe mushobora kwibona muri iyi situation,kandi ndahamya ntashidikanya ko mutakwifuza ko babakoraho amasesengura nkayo muri gukora kubandi.
@yvonnekaliomer5989 Жыл бұрын
Uretse kwigira imvugakuri se ubundi aba bombi n'abandi nkabo bashinzwe iki? Abantu basesengura ibintu bazi bize kanafitemo ubuyobozi. Aba ibyo bakora ni ibyo bita gukora conneries. Iyo abantu bigize ba najua niko bimera.
@@BucuraBwaRusine biranashoboka ko bajya gutandukana byari bibi cyane kuburyo bari barabaye abanzi. Umugore agera aho gusiga abana be bato ntabwo aba yishimye na gato.
Na Kanimba yarabivuze ko idakira, ariko operation yatuma ayibana igihe kinini Ibyo rero nibyo tumwifuriza
@user-gr5xi8bw9o Жыл бұрын
Yego rata yarabivuze. Ahubwo sinzi ibyo abantu bumvise
@dorotheuwamaria5107 Жыл бұрын
Ariko burya Imana na nyuma ya Zero irakora! Ko hariho comment nasomye z'abantu nasomye barwaje iyo ndwara Dr. KANIMBA arwaye, bo bayikize! Imana ni RUBASHA reka twiturize!
@tinaikirezi5020 Жыл бұрын
Bayikize gute idakira⁉️ Ubwo ni iyindi bari barwaye😊
@Mila-vu1yr Жыл бұрын
@@tinaikirezi5020 Urabaza neza na Sida canke Cancer bavuga ngo ntizikira hari abazikize. No kuri KZfaq birahari témoignage y umugabo yari arwaye cancer igeze kuri stade yanyuma ubu ntagira na nkeya mu maraso.
Muganga uvuga ko umuntu agiye gukira umurwayi ari muri phase final wamubonye he? Mwigize des experts mu bintu byose. Barabivuga ndetse iyo babona umurwayi atari fort mentally, babwira abamurwaje bakitegura. Ubundi kdi plz read uburwayi bwa Parkinson, urebe abahanga aho bageze muri research. Rero ureke kumuciraho iteka ashobora kubana nayo atababara. Urebe un journaliste canadien bayivuye
@lolitaimena9782 Жыл бұрын
Scovia nibyo Rwema soit Fort aguye mu mutego WA makimbirane ya famille cg baramutumye byo erega nubwo kanimba atakira yakoroherwa ufite ubumuntu namufashr no matter what naho umurwaje we si kibazo nubwo yaba ihabara rye yaba arinyangamugayo kuko kumara 3 ans woza umuntu ntavyo amumariye nubutwari madam wicika intege bene wabo WA kanimba baramurambiwe umugiraneza aramufata aramurwaza none byamenyekanye isoni zabishe batangiye kuzana itiku.nihaboshi bunvise millions barasara nubwo umurwaje yayarya nibe nawe banabanye my kababaro
@ericmu127 Жыл бұрын
Ku managinga bidasobanuye kuvura bakoresha 1 dopamine (Levodopa) 2 small electrode(DBS) bashira muri brain 3Physical therapy 4Speech therapy 5 Occupational therapy ( daily activities) gukina amakarita kubuguza kumva music no gusenga mushatse.
Ariko mujye mutekereza kure, umugore niba baratandukanye ntabwo bivuga ko hari itegeko cyangwa umuco uvuga ko ashobora kuza kurwaza wo batandukanye. Abaye se yarashatse undi mugabo yasiga urugo rwe akaza murwo yataye. Umuntu wese ushoboye iyo service yayikora
@dusabeeden6932 Жыл бұрын
Kbsa ntibazi ubuzima arimo rero nibatuze
@mukamugemaericasandrine4803 Жыл бұрын
Cyakoze mutubabarire ibibyose ntibibe birikugera kumundwayi pe kko mwaba muri kumwica urubozo mudufashe pe abari hafiye ntimubimubwire😢😢😢😢🎉
@umulizajackline2701 Жыл бұрын
kwikunda kwabo no kwiyamamaza se byatuma ibyo babitekereza ni agahinda gusa abantu babaye babi bikabije uzi kuvuga ngo umuntu ni mwene wanyu ukaza ugaragaza ko nta mpamvu yo kumutakaza aho amafaranga kuko indwara idakira! nurwaje Cancer yageze kure aramuvuza akagera aho ashoboye hose ibi binyereka ahubwo ibyo Dr. Kanimba yahuye nabyo mu muryango we,, bikantera no kwibaza niba iyo ndwara ari gusa
@angeuwamahoro4854 Жыл бұрын
Rwema urakagira Imana n'amafranga, ariko watubabariye iyo mauvaise langue y'ibitsina ukayivana kuri iyi mihanda. Dignité ya Dr. Kanimba, svp !
Uvuze ukuri yigize bamenya ko atabivuze kuva mbere ntabimenye abyumvise kwa sabin none yigize Dr wa parkinson disease atazi nibiyiranga cg ibiyitera.
@lolitaimena9782 Жыл бұрын
Byahatariii
@lolitaimena9782 Жыл бұрын
@@uwasesifa7563 ESE nubwo itakira biramurebaho iki
@uwasesifa7563 Жыл бұрын
@@lolitaimena9782 nanjye nibyo byanyobeye yigize nyirandabizi ko atabivuze kuva kera.Uyu mugabo yari impfura nareke kumukiniraho.
@lolitaimena9782 Жыл бұрын
@@uwasesifa7563 ishyari ryamwishe ikindi Kandi biraboneka ko bamwinjije mu matiku ya famille ntiyigeze areba kure numiwr babaonye umuntu umurwaje bagirango ariya ma millions harayo bagiye gushyira mu mufuka ESE niba umurwaje yarangiye kuza kuki scovia atibaza impanvu? buriya yabonye NTA bumuntu bwabo setu
@fowaahadjei7978 Жыл бұрын
Murebeshya azakira kubera Imana nta rwara Yesu adakiza
@angemugisha7056 Жыл бұрын
Sha uri mugore yagize neza Imana izabimuhembere nintore peee
Amaboko yanyayo nafite umurwayi Rwema urumugabo ibyuvuga ni ukuri scovia watumwe na sekibi ese iyugiye kwa muganga kubyara abaganga bagukora mugitsina ni abagabo bawe cg ni ba mama wawe igitsina ni umubiri nkuwundi wishakira impamvu aho zitari plz banyarda twitange tuvuze umuntu 👍
Rwema ukuntu bazima diabetes bayima umaze 6 fasting kugirango narebye isukari mumaso uko ingana mbere yo kurya relo bagapima na nyuma you kurya kandi umuntu urwaye diabetes ha ibimenyetso abona bimubwira ko isukari iri hejuru chagwa hasi , so I don’t think people who have diabetes don’t know what is going on their bodies .
@radiol.v.e Жыл бұрын
Ibyinzu ya Rwema bizamuye ikibazo. Dans son projet a-t-il ete efficace ou efficient ? Quelle est la différence entre efficacité et efficience ?
Ako franchement kujya mu buzima bw'umuntu urwaye kuriya mugatinyuka kumushyira hanZe si byiza pe ibyo mutakwiyifuriza ntimukabikorere abandi mujye mumenya ko is idasakaye Kandi bucya bucyana ayandi . Ngaho ibaze ngo diabetes ni indwara yabanyamafaranga
@mauriceuwiduhaye6653 Жыл бұрын
Utazi isi asiga umubiri ubuse sha doctor mwamurushije ubuhangange namafranga yahombye byinshi nabantu barimo so kora ibyukora Imana abaricyo izaguhembera naho amatiki no gushinyagurira uyu mugabo mubireke none niwe ejo niwowe
Ndabona abambari ba Sabin na chita bamereye nabi scovia
@drocellacyeretsimana4655 Жыл бұрын
Bashyushye mumitwe kbx!!
@gracemartine6814 Жыл бұрын
Surgery irakorwa rwose mwese mwarize mujye gukora za Research,,,,
@YvesNtonona-qu7tv Жыл бұрын
Nobasaba ko mwotahura uyo mugore kuriyo nyishu yishuy abanyamakuru kndi nizey neza ko burya hariho abo yashats kubwira kubera iyi pression bamushizeko hama mumenye ko ikibazo cabayeho hagati ya famille n'urya mugore n'uko yabatanze gutabaza
@anastase_iradu Жыл бұрын
Mwabonye inkuru
@mukamusoniliberata4065 Жыл бұрын
Nyabona abegereye Dr Kanimba nabandi bantu bose baba bafite uburwayi burimo gususumira bagerageje gukora " qi Gong" erega na " méditation" Mugwiza avuga byose ni Ingenzi ku buzima bwa buri muntu no kuri Roho yiwe.
@anneabakunzi4286 Жыл бұрын
Ariko hano hari na problem yo kutumva ururimi, rwose uyu mugore afite ukuri 100/100 gukora iriya statement
Ubundi rero sinari nkuze kuja ngira Ama commentaires, mais numvise mbay touché bintera kuvuga,pardon !!! Mais science na conscience vyategerezwa kuba parallèle.
Mbega akaga kumugabo 🤮jye ndumva umuntu atabona izina umuntu akwita, ati ntazongera kugira i photos nkiyo yarafite mbere, ati igitsina cye ntikizongera guhaguruka, ubu koko birakwiriye ko uvuga amagambo menshi nkaya uyabwira umuntu uri mukaga? Ese iyo ari kumva ibyo urikuga nkibi ubu ntumuhuhura kurushaho? Ibyo uvuga birabishye cyane kubyumva.
@mukamugemaericasandrine4803 Жыл бұрын
Njyewee mbanumiwe pe 🤔
@itangishakaesperance7019 Жыл бұрын
Izi nizo nyana z'imbwa jolly yavuze
@RMediaPlatform Жыл бұрын
Nta wundi muntu ukwiye kugira ikibazo Ku murwaza wa Dr Kanimba uretse Kanimba ubwe cyane ko umurwayi atatakaje ubuzima bwo gutekereza. Abandi rero bashobora kuba bafite impamvu zabo!
@mukamugemaericasandrine4803 Жыл бұрын
Scovia yabaye nka ya hene bashimye ubwiza ikirirwa itarishije none c niwe ugena ubuzima bwumuntu ko azapfa cg azakira njye mbanumiwe pe 🤔
@mukamugemaericasandrine4803 Жыл бұрын
Uti ntago cyizongera kweguka 😂😂😂 ark Mana yajye muca imanza kd buriya Imana yabatungura ikamukiza agasubira mukazi mujye mutinya iyi Mana njyewe ijya intangaza
Mwiriwe neza wa mugabowe uri umugome pe uranarengera cyane ibyo uvuga biragufasha iki koko uri mubi cyane
@mujawimanafillejanviere8049 Жыл бұрын
Biriya sicovia ibyo avuga ntabyo azi harigihe uhura nibibazo famille ikakwirengagiza,rero mumenue impamvu uriya mugore yagiye kumurwaza suko famille yarimwitayeho iyaba famille yaramubaye hafi famille yaramutereranye ni baceceke
@tetamegan7761 Жыл бұрын
Uri umubyeyi nabonye utoroshye scovi ntasoni koko uzigaye