Ubuse ko uvuze ko gusenya Atari ugutanga care: yari kumuha care yamukuyehe? Ko mwabaga murikumwe amasaha yose,Reba umunsi yamubwiye ngo aramuzanira umushyitsi agateka burikimwe cyose, warangiza ukavuga ngo ajye Aha care umugabowe urashavuje pe.cyakoze mbabajwe nabo uha icyiganiro cy,umuryango
@user-qe6hd8we3t4 ай бұрын
Florence we wagize neza küreka umugabo w’abandi kuko ubwo buryo yashaka ku gufatamwo ngo akugire umugore we areke uwo bashakanye nawe munyuma niko yarı ku kugira Yesu Kristo aninahazwe ko wiyumviriye kumureka.
@desirentakirutimana75604 ай бұрын
Naho washikiwe n'ico kibazo uri umugore w'imico myiza. Biragaragara ko uzokwubaka urugo rwiza. Imana iguhezagire!
@charleskanyandekwe55744 ай бұрын
Nkunze ko ari ngufi itarambiranye. Warakoze kutagundira umugabo wabandi mbona hari abandi byananiye. Niyo mpamvu Imana yaguhembye umugabo ugukunda. Nawe rero uzamukunde kandi cyane.
😅😅😅 ubu bya 20.000 byi indaro zaburi mwaka abashi ni bangahe% nonese ko nabonye iburasirazuba ariho Hari nyinshi?
@christineumuziranenge31183 ай бұрын
@@bahatiinnocent7626 Si iby'indaro nibo bakunda kuva iwabo ari abagabo bagera I Kigali bakigira abasore,cg bakanga abo bashakanye ...Nzi case zirenga 5 n'amazi a yabo pe!Chef wabo ni Gafaranga
@bahatiinnocent76263 ай бұрын
@christineumuziranenge3118 ndi umugabo ndiyizi, nzi nabagenzi bange. Nagize amahirwe yo kuba mu intara zose z urwanda no mubihugu byinshi bitandukanye. Nakuze numva ngo bakunda inyama nabagore ariko aho nkuriye naje gusanga hose ari uko , Kandi ataribo bambere. Ubusambanyi bambere nababonye umutara na rwamagana. Mu umutara nabonye udukobwa duterwa inda na abasaza, abagabo bibera nyagatare abagore bari mu inka. Rwamagana Hari udusozi najyaga nibaza niba shitani atahatuye, abana bakaryamana na abagabo banyina, abagabo bagasangira abagore na abahungu babo SIDA irabarimbura karahava. Nabaye muruhengeri guharika bo byari nku umuco. Inyama baryaga bari nki intere. Wagize amahirwe yo guhura na abanyacyangu nta mushi murahura, ariko nujya muzindi ntara no mubindi bihugu uzabisangayo. Urabizi ko bavugaga ngo ibanyabutare kazi ni indaya, abagabo bakaba abajura, ariko siho sida iruta ahandi.
@user-tt4my3xo7p4 ай бұрын
Uyu abana azabyara nibabibona bazamushima cyane kuko yanze kubyara abana bazarwanira kuzungura papa wabo, barwanga n'abana ba mukase. Warakoze kuko nta mwana w'inshoreke wabyaye.
Hari abagabo bagenda kubera ingeso, nkurikije uko wabivuze uwo mudamu yari imfura. Ahubwo yarafite umugabo udashobotse
@benineumuhoza25004 ай бұрын
Sha wa mubyeyi we vuga uziga pe ahubwo uwo mugore we yatangaga care kuko iyo baba batabanye neza ntiyari kumukujyanira cg ngo akwemerere ko Ari umugore we ahubwo buriya ikosa niryumugabo
@NyirantegerejimanaSarah4 ай бұрын
Yewe narimbanjwe atarumushi niba arumushi Niko bateye ntawabarenganya
Sha mwababyeyi mwe mushyigikira abagabo bafite abagore gushaka abandi no gutesha igihe abakobwa, nawe muzabibazwa pe!! Noneho ibaze ko ngewe yariyaranjyanye n'iwabo.. se na nyina bose tugahura, tukamenyana... Nubu sinzi ko bizamvamo pe!!
@BayigayikiJMV-ly9dh3 ай бұрын
Hari uwo nzi pe n'amafoto Ari gusezera a imbere y'Imana murusengero arahari,ariko igitangaje muminsi ishimwe hacicikanye Andi mafoto Ari kurangwa n'undi mukobwa murusengero tubibonye biradutangaza. Cyakora we byarangiye badasezeranye.
Uko biri kose uri umukobwa mwiza.Kuba utararyamanye na we niyo mpamvu Imana yaguhagazeho nturohame. Imana izagukomereze urugo kuko wanze gusenyera mugenzi wawe❤
Nonese murukundo nntibarya care se niki si ibyo kwita kuri mugenzi wawe
@kalisainnocent34 ай бұрын
Nakumiro koko iyo ni satani surukundo kwifuza kwica umugorewe ngo mukunde mubane oya pe ... gusa kurundi ruhande uwomugabo nawe numugome kugutesha igihe afite undi😢
@kundwa49784 ай бұрын
Gusa iyo mwakundanye utabizi KO afite umugore . Bibaho KO warwara indege .lmana ishimwe KO wabiretse KO n'a sekibi yaratangiye Ku kwataka umukecuru akakugira inama..gusa bizatuma wubaha umugabo kubera KO Uzi uko urugo n urukundo biryana iyo bidaciyemo neza