Ndababaye cyaaane. Mana ba hafi yuyu Mubyeyi. Ibigeragezo birarutana !!! Ibi ni byinshi.
@gentille28704 жыл бұрын
Pole sana wa maman muriyisi ibyo dufite byose turatijijwe rero nukwihangana rwose
@helenemarierobert85574 жыл бұрын
Isomo : isi iraguhinduka, ubuzima bukaguhinduka, umubiri ukaguhinduka, Ariko mu byiza n’ibibi dukomere ku Muremyi. Kutirara no guhagarara kigabo.
@luna15044 жыл бұрын
Yego mama iby'isi ni uko.Ikibazo ni uko tutajya tuzirikana ibi byose.Imana ijye idushoboza kutibagirwa maze tuyihe agaciro ikwiye mu buzima bwacu naho ibindi byose ni ubusa.
@mutembayirealine59354 жыл бұрын
Yewegayeee🙆🙆tukiri muri iyi isi koko tuba dufashe igihe mu intambara koko, Uwiteka akomeze agushyigikire muri byose wa mubyeyi, komera Yesu ari kungoma🙏🙏
@kayitesialexandrine75154 жыл бұрын
Kuba warufunzwe ntibyaribivuze ko nta burenganzira bw'umutungo wawe ufite, ese cyamunara yakozwe nta muntu wo mu muryango uhari ? Nta na na signature yuwo mu mu muryango wawe ? Ntabwo bisobanutse uzegere abanyamategeko bakugire inama wasanga Imana haricyo izagukorera !
Imana yo mwijuru ikube hafi pe. Kandi utubwire aho ucururiza tukkubere abakiliya
@mmroxy21874 жыл бұрын
Ibi byose ni ingaruka zi imyanzuro ifatwa nabagabo batabanje kubiganiraho nabagore babo kdi ingaruka zikarenga zikagaruka kuri famille yose🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔🤔ihangane mubyeyi mwiza!
@BAHO-TV3 жыл бұрын
Bagabo bene data! Mwige kubwira abagore Banyu details zose imyenda,comptes,imitungo,abana mwabyaye hanze n'ibindi kuko ingaruka zigera k'umuryango wose
ibigeragezo biragwira pe, ariko nkabantu bagurisha inzu irimo abana ise yapfuye na nyina ari muri gereza kweli bumva bamerewe bate mu mitima yabo koko ???? nge ntinya abantu kuko bantangaza buri gihe, simbamenyera pe. Gusa Imana ni nziza iduha imbaraga zingana n'ibibazo tunyuramo otherwise abantu bakwiyahura ari benshi kubera trauma zirenze pe. Uyu munyamakuru nawe ngo "ese uratekereza gushaka undi mugabo?" iki kibazo nticyari gikwiye the hurt is still so raw, you shouldn't have asked that! icyo atekereza nonaha ni abana ntanubwo yitekerezaho ubwe I am sure from a mother's perspective. Nshuti yange, imodoka n'amazu watunze Uwiteka azabigushumbushe kuko yo ari nziza kandi ari inyembabazi, kandi ihe umugisha everyone that accepts to be a vessel for her life's reconstruction. Imana iguhe imbaraga zo kubicamo wemye mama, overflowing mercy, favor and blessings is all I am praying for you.
@m.a50324 жыл бұрын
Ameeen!! Uvuze neza nukuri
@nikkinikki38964 жыл бұрын
True. The journalist should have not asked about remarriage...that was not appropriate ...
@londochark56903 жыл бұрын
Niyo mpamvu ntinya kugura inzu za cyamunara hato ntazagura inzu y umuvumo oya rwose nta marira y abapfaka n imfubyi nshaka ko azankurikira sinshaka kuzagura inzu itwikiriwe n amarira y umunyabibazo. rwose abantu bafatirana abandi mu makuba bagateza ibyabo ngo ni amategeko rwose bamenyeko Imana ikurikije amategeko twese twarimbuka ariko yo kabyara ishyiramo imbabazi zitagira akagero tugakira rwose nabo bagomba gushyiramo imbabazi ntabyo kuvuga amategeko nta imbabazi.
@umulizajackline27014 жыл бұрын
yeweeee uvuga abatarabona, umutima burya urakomera knd ubika byinshi komera mubyeyi, naho ibyo gushaka umugabo ntabakabikubaze isaha nigera Imana izakubohora ushobore guhitamo igikwiye, komera ku Mana yonyine ukomeze kugira umwete ntizemera ko ukorwa ni isoni knd izaguhoza ikomore yomore na abana bawe shenge. muri izi kata zose uwabigizemo amanyanga azasarura ibyo yabibye, uko wasohoye abana badafite aho bagana ucunge neza kuko Imana ihora gukiranirwa kugeza kubuvivi n'ubuvivure
@caaentry81954 жыл бұрын
Yooooooo Mbega agahinda Mana yanjye? Urabona ikiniga kumaso ya Eliane!!.
@chancepeace20644 жыл бұрын
Imana ikwiteho kandi izakomore bikwiye. Bagabo mwe, ntimukabwire abagore banyu ngo murabakunda kandi muhindukire mukore ibikorwa bitandukanye nurukundo. Koko ngo umugabo agurisha imodoka umugore ntacyo abiziho? Ni ikiro cyibishimbo uhaye umushonji ko ibyo bitaba ngombwa ko ubanza kubivugana nuwo mwashakanye? Umugabo yitabye Imana kuko igihe yari yaramugeneye ku isi cyali kirangiye kandi ntawahagarika gahunda y Imana. Naho ibi bibazo uyu mumama yagize byaturutse ku mugabo utagiye inama nawe nuko amusiga mu kangaratete.