Very wise words from this man. I enjoyed listening to this! God bless you🙏
@TheDreamFamily02 жыл бұрын
Nyamara kayaga Niki ko twese tuziranye,abantu baba mubazungu,avuga kitaricyo nikihe? Muriyemera mujye muvugisha ukuri !!! That is Really a story 👆 kayaga courage uzubake,rugume urwa kabiri!!
@madonauwase47662 жыл бұрын
Uyu mugabo ibyo avuga kuva ku ijambo rya mbere kugera ku ryanyuma ni ukuri ntacyo yabeshye.
@jeannegakinahe35962 жыл бұрын
Rwose njye ndahaba ntacyo yabeshye :niwe wenyine uvugishije ukuri abandi barabeshya !! Gusa har ikiruta byose iwacu tutagira :liberté et la vraie démocratie !!!! Ibikarito byo turabyikorera gusa liberté d expression 👍🙏👌
@indebakuresetu52032 жыл бұрын
Arega namafaranga abarimeshi
@bigyouthmajorchord42442 жыл бұрын
100% ukuri being a Rasta man is speaking the truth, ma bro You a real Rasta man.gusa ahali nuko atabisibanuye neza hano ntabakozi Bo murugo bahaba sinahahandi ujya gusiga umwana wawe hamwe nueumuturanyi kdi ukihagera nkuko yabivuze ubanza kwiruka mubyangombwa cg ukiga nururimi none ko muba mugomba kwishyura ikode ryinzu kdi hano sihanwe wishyura ukererewe biba biri automatic na Compte yawe so mufite umwana umugire yagiye kukazi : bagabo bavandimwe ubwo umwana niyituma 8h umugore ataha 16h uzategereza atahe abikore? …. Nibyinshi gusa ndakeka Rasta atarasobanuye akoresheje ingero ziri clear nahubundi ibyo yavuze ntaho yabeshye .Any way bajye bavugisha ukuri uza ufite UNI bakagusubiza mubyo nakwita secondaire……. Nibyinshi kdi nimvune nkazimwe za Tom Close
@thethe52552 жыл бұрын
nyamara ibyo avuga ni ukuri! abagabo bashaka kuza hanze! take a note. thanks for your advice
Dufite ikibazo gikomeye cyne abagabo b' abanyarwanda bitondere kujya hanze Kuko mu muco no mu mutwe wabo bakuze babona nta mugabo ukora imirimo yo mu rugo (kandi rwose ntitwabarenganya ni wo muco wa kinyarda) . Ikibazo gikomeye rero kirimo n'uko bishimira kujya iburayi ariko ntibabaze neza imibereho yaho ngo babwirwe neza ko nta bakozi bo mu rugo bahaba.Ibyo bituma ahagera umugore yamubwira ko byose babifatanya ngaho koza ibyombo ,gukoropa ,guteka no guhindura pempers y'umwana(Kuko ari papa wamusigaranye nyina yagiye ku kazi), n'uko umuhungu w'umunyarda akagwa mu Kantu ati ingare y'umugore iransuzuguye🤣🤣🤣🤣🤣kandi rwose ntimurenganye uyu mugabo aguye aho atari yiteguye. Inama natanga:mwokabyara mwe ,basaza bacu nimureke kujya i burayi munyuze mu nzira ya mariage niba mutiteguye kuzafatanya n'abagore imirimo yo murugo. Kuko hari ingo nyinshi zabishoboye rwose kandi nta kibazo na kimwe bagira bitewe n'uko babyumva neza ko umugore atakora akazi k'umushara k'iburayi ngo ahindukire akore n'ako mu rugo wenyine byaba ari n'ubugome bikabije yazaturika umugongo. N'ukuri ntabwo ndwanyije uyu mugabo utanze ubuhamya bwe sinzi n'ikibazo cye neza natangaga inama muri rusange ku bashaka kujyayo basanzeyo abagore. Murakoze
@run5842 жыл бұрын
Tout a tout résumé ! Iyo aza kugera ino Atari kuri mariage expérience yari kuba indi. Uvuga ko abeshya zinzi aho aba
@kaginathimothe40772 жыл бұрын
Ntago kuba umugabo yakora imirimo yo murugo mugihe yahasigaye ntakazi afite ntakibazo kirimo abantu nugufatanya
@chrischris73022 жыл бұрын
well said
@SunShine-rq9yy2 жыл бұрын
Erega abantu bakagombye kwivanamo ibyo bakuriyemo mu gihe bageze mu mahanga bakiga kuba muri système bagiyemo. N'abagore hari ibyo batakoraga bakora. Tugomba kuva mu miteto rwose ntawe koza isahane cg guteka byishe ngo kuko ari umugabo kandi tuzi neza ko aba chef cuisinier benshi bakomeye ari abagabo. Ubu se nta mugore ufatanya n'umugabo gusiga irangi cg ku monta akabati?
@run5842 жыл бұрын
@@SunShine-rq9yy njye Mr niwe uteka kandi ateka neza cyane. No kwita ku umwana usanga afite patience iyo birirwanye. Nanjye nkora byose niba imodoka yanjye ifite ikibazo sintegereza ko ariwe ugikemura...
@lhavugimana91572 жыл бұрын
Iburayi haba discipline ya cyane.. Itegeko ni itegeko.. Iyo utiteguye kurikurikiza Ubuzima bwawe burangirika rwose....
@maychannel68282 жыл бұрын
Every one here should know that there is always two sides to every story
@niwenshutialine83072 жыл бұрын
Exactly
@CM-gh3jy2 жыл бұрын
Absolutely yes kuko uyu ariwe uhora hano undi nawe aje niho wakumva ko film yasobanuwe na younger
@nikuzegrace98252 жыл бұрын
Gushaka umunyamahanga no kwinjira muri system nyamahanga c'est deux choses differentes!! Kayaga afite raison!! Ibyo tubamo ntitubivuga ariko birakomeye(as woman)
@run5842 жыл бұрын
Yewe na couple y abanyarwanda ntibiba byiroshye kubaho kinyarwanda muri système y amahanga
@ibambe65652 жыл бұрын
@@run584 yego Sha ntabwo biba byoroshye kuko Hari igihe usanga umugabo ashaka kubaho nkuri muri Africa kdi bidashoboka
Kandi aho byamugoreye ni uko atahakuriye. Yaje akuze
@djlevyofficial81032 жыл бұрын
Maguru naranwikundiye his so humble 👍
@rushayigiperpetue98212 жыл бұрын
Rasta kayaga ndabona ASA nkumunyamahoro cg uri innocent naramwikundiye wena wamugore ngo ni odette
@antoinettempaimana27242 жыл бұрын
Ego nanje kwel bavugisha ukuri
@ericdavid83962 жыл бұрын
Ibyo avuga nukuri , hano i burayi, buri muntu wese yikorera imirimo. Abagira abakozi ni abaherwe babandi bafite inganda cyangwa company zikomeye. Iyo ushaka ugufasha ,ushobora gufata umukozi for 2 hours or 3 hours
@coucou10522 жыл бұрын
Uri umunyakuri rata nta bucakura ufite, abagusebya ni abafite ibyo bahishe cyangwa bigaragaza uko batari. Nabyo ni ubundi buryo bwibikomere. Ibto avuga byose ni ukuri kuzuye niko ibyaho biri !!
Diaspora’s life totally different namafoto mubona 🤗💁♂️ aravuga ukuri
@Queen-ze1tm2 жыл бұрын
Uzabaze Ev Aliane uko aryohewe nubuzima kandi yarahatukaga . Bajye bababeshya mwemere ubundi mugume mubukene n'inzara bya Africa 🙄
@joe485642 жыл бұрын
@@Queen-ze1tm nta wambwiye nkubwira ibyo nyuramo njye ubwanjye !!! HOME SWEET HOME , ubukene buba hose ninzara iba hose
@SunShine-rq9yy2 жыл бұрын
No mu Rwanda hari abirirwa bemeza kuri za status nyamara ahibwo wavuga ko hari abantu bakunda kwiyerekana uko batari kandi ibyo uzabisanga ku isi yose si ibya diaspora. Ikindi buri wese agira experience ye. Njye ndi umu diaspora ukunda ubuzima abayemo nkanabwishimira cyane kuko butuma hari nabo mfasha mu gihugu cyanjye. Iyo uzi icyakuzanye mu mahanga ubundi ntibikugora. Abahora baganya ni uko b1je bataraba mature mu mitwe yabo cg badashaka kuba intégré muri société babamo. Nzi benshi birirwa biriza ngo nta kazi babona kandi ari abanebwe ubona bashaka kwitungirwa na aides sociales gusa barangiza ngo i Burayi ni habi batarigeze bakora effort.
Urkoze cyn Mr kayaga turagukunda kbx ufite inyigisho nzima .
@linem66412 жыл бұрын
Ibyo avuga Nibyo abantu barafashanya ariko ntabwo umugabo wavuga ko uba ubaye esclave we. Uretse ko hari n'abagore muva mu gihugu kimwe yagera iburayi akagukandagira ukumirwa
@niyigenanadia45892 жыл бұрын
Uyumuntu arajijutse kbs numwana mwiza Imana imukomeze akomeze atere imbere
@linkonbientot60482 жыл бұрын
I love the guy...the humble mn
@jdmw80602 жыл бұрын
Ibyuvuga ni byo 💯 bro , I got almost the same story and I m from 🇺🇸
@hilairengayaberura49422 жыл бұрын
Iwacu mu Rwanda ni ahambere, ikibazo kubona akazi ni ingorabahizi birazi ,courage.
@lhavugimana91572 жыл бұрын
his life may be true however, some of the stories are more likely linked to culture differences..
@publicrecord5782 жыл бұрын
I do agree with the cultural differences. It's something that I think the people interviewing these people from the diaspora don't put into perspective. And you can't blame them because all they have known in their life is Rwanda
Aba generalisa ntimukabahe umwanya kabsa!!!Ku isi hose harabariho NEZA cyaneeeeeeee na buhoro!!!hakaba n'abarimo nabi cyaneee na gahoro
@bella-esthermukunzi79052 жыл бұрын
Kayaga ndagukunda cn sh
@Paradise-bk4fl2 жыл бұрын
😅inaha abagore ni ingorwa,iburayi ni inverse.ariko rero buriya gufatanya inshingano zose ni byiza,ariko imirimo yo mu rugo abagore dukwiye gushyiraho akarusho.ndibaza umugabo arimo yoza abana,anatetse ndi kureba movie😆
Uyu mugabo ubuzima bwo mu burayi uko yabubabwiye niko bumeze ntacyo yabeshye
@angegaju84192 жыл бұрын
Nibyo peee!!! umugabo niwe usoka hano mu burayi
@Infojunio2 жыл бұрын
Abantu bateye uyu mutype amabuye ibyo avuga ni Ukuri kwuzuye 150% abavuga ko atari ukuri nibabandi bagera iwacu murwagasabo ugasanga bariyemera kuri bene wabo basize. Ndi Canada 🇨🇦
@gandi45112 жыл бұрын
Man, mu vyo uvuga hrimo ukuri kwinshi, ariko harimwo n'utwo wewe wiyumvira. Iyo hierarchie yanditse mu mategekooo, mu bitabo vy'ishuriii, ku vyapaaa, canke?? 1. umwana, 2. imbwa, 3. umugore, 4. umugabo. Abakozi bo ni vyo ababafise ni 0,1%. Mu nzu na ho uko bimeze ni uko kabisa. Umugabo aba UMUBOYI N'UMUYAYA icarimwe, kuko utegerezwa gukorera urugo rwawe umwanya umugore ari ku kazi. Iyo utari umugabo ari équilibré mu mutwe, wishiramwo umugore ngo ni we ari kugutegeka kubikora.