Namwe intsinzi tv nagirango mbamenyeshe ko utarakora subscriber iwanyu yarahomye pe kuko muhetse amateka hafi yayose y'urwanda 80% murandyohereza kabisa ITSINZI TV mukore sub kabisa
@nkurunzizaeric92373 жыл бұрын
@@mr_manpower250 nibyo kbs intsinzi itumara irungu
@m.a50323 жыл бұрын
@ndimbati tv comedy ntawubikurusha
@janetlatigresse85823 жыл бұрын
@@ISIMBITV can I get the location of her shop? Precisely! Thank you
@chantalrwanda83533 жыл бұрын
Shenge ntabwo gutaha mu Rwanda aribyo byagukiza ibikomere yenda byakoroha arko Yesu niwe ukiza ibikomere uzamwakire mu mutima wawe azahindura amateka yawe abantu batangare
@igihozosandrine67623 жыл бұрын
Uvuze neza Habwa Umugisha
@uwizeyeangelique8923 жыл бұрын
Uvuze neza muri macye uvuze ubutumwa
@papamaman24643 жыл бұрын
Ameen nukuri kubana na yesu
@mucyowukurismith2 жыл бұрын
@@user-dz7cj9ov1p Hose arahemerewe , carte y'amahitamo iri mu biganza bye
@user260413 жыл бұрын
tujye duha agaciro abantu batanga ubuhamya bakomeretse gutya ndahamya ko hali aho bibakura bigasana imitima yabo pe kuko abantu barababaye pe🤔
@reginenyiramana20193 жыл бұрын
Juste nababikoze iyo babibonye ikimwaro kirabica. Baba bafite umutima was kimuntu bagasaba imbabazi about bahemukiye!
@mamakensane83883 жыл бұрын
Nibyo pe uyu mumama ndamukomeje,kdi mujye mubumva biraruhura kubivuga
Jacqui wihangane yesu aracakora. Nibenshi abagore musangiye ikibazo
@gagedamoursarusaru80793 жыл бұрын
Ahubwo uri inspiration kuri benshi! Big up mama ❤️
@uwamahorogaudence53183 жыл бұрын
Erega mu isi ntahantu nahamwe hari amahoro uretse muri Kristo Yesu,naho ubundi abantu banana n'ibikomere byinshi cyane ariko mu ijuru hari Imana yomora ibikomere byose.
Pole sana mama Assumer seule la responsabilité parentale, peut devenir un poids,gusa on est responsable de son propre bonheur. Avant d'être une maman vous êtes une femme, une personne à part entière. Occupez bien de vous✌️
@alicemukeshimana36963 жыл бұрын
Well said.. she still bitter and it will take time to heal from the brokenness. She is beautiful, smart but there is a avoid in her. That void will be taken away by God only because He is the manufacturer of our human beings. She made a mistake by trusting a snake 🐍 in form of human. Many of us women make such mistakes in the name of “papa wabana twabyaranye” There is a quote that said by a judge in the USA ,” don’t let a man tell you two times that he doesn’t love you, one time is enough” women mwunve
@uwaseliliane89972 жыл бұрын
Ton idée est geniale
@bambeirene1822 жыл бұрын
@@uwaseliliane8997 c'est mon expérience qui parle😉
@uwaseliliane89972 жыл бұрын
Et tu as raison!!! Mais tu dois chercher la joie Ça coûte cher, mais tu en a besoin je te jure!!! Si Dieu t'a donné ces moyens là, c'est très bien, c'est super, mais tu n'est pas contente!!!! Pense bien ce qui peut te rzndrz heurese!!! Chercher par exemple les amis masculins jeunes; veuves, ds ces derniers tu trouvera celui qui t'attire et tu finira par te confie à lui sans lui parlé de tes éconimies là!!! Tu lui dira ça petit à petit après qlq années de votre marriage. C'est une seule idée, et tu a réçus peut être d'autres!!! Essayer d'en tire qlq chose qui t'aidera
Ark abantu benshi babana n ibikomere kweli !! Be strong mama !! You re beautiful!!
@kingaliuwimana94132 жыл бұрын
sha abagore tugenda twararushe mumitima sha
@BG-wp4nx2 жыл бұрын
@@kingaliuwimana9413 imana iborohereze
@monicniyo33012 жыл бұрын
Muvandimwe komera komera, Immana y’aba damu ihora hafi ❤️
@venantnzibaza50093 жыл бұрын
Uyu mudamu yaraharenganiye pe. Ariko nahumure Imana irahari. Ariko bantu murimo gutekereza ko I Burayi ari habi murimo gushaka gukwepa ikibazo abantu dufite cy'icyaha. Nshingiye kuri experience y'uyu mudamu, I Burayi siho hamubereye habi ahubwo abantu bamubereye babi. Iyo umugabo, incuti n'umuryango we mugari baza kumuba hafi bagatahiriza umugozi uwe nta kibi cyari kuba. Ahubwo mbona iriya aids y'I Burayi nayo ahubwo yaramutabaye. Bagabo, bagore, basore namwe nkumi, mureke dufatanye turwanye ikibi. Tube umugisha kuri bagenzi bacu aho kubabera umutwaro.
@butarembaga77103 жыл бұрын
Abenshi mu bakobwa cyane cyane abakuriye za Burundi bashaka umugabo niyo yaba igikoko iicya mbere ni ifaranga . Igihe cyinshi bamera nka ya mbeba yakurikiranye akaryoshye ikahakura inda y'akabati.
@jeanineniyibizi23483 жыл бұрын
Muburayi hari fake smile nyishi . It’s hard to know a real friend nukuri nuwo utaziga akugira disappoint ukumirwa. Niwihangane bibaho abantu biburayi majority niryarya. Much 🥰
@odettetwiringiyimana99743 жыл бұрын
Omg 😲😱😲😱
@lynamusabimana85783 жыл бұрын
Oya ntago ari abi burayi bari indyarya ahubwo abanyarwanda Ni indyarya Aho Bari hose. No mu Rwanda Ni uko koko tubona buri gihe ibiganiro batanga. Abanyarwanda Ni indyarya
@SN-wb3gm3 жыл бұрын
Muburayi ntanzara bagendera kumategeko kandi ils se respectent ntabwo ari nkomuri afrika ntawuraba undi mukanwa canke uko abayeho kuko umwe wese arikwije umuntu wese aribeshejeho. Nicyo gikuru ntawurira ninkomuri paradis ntantambara hari amahoro abantu barisanzura. Uyomugore gusa yahuye nurushako rubi umugabo amufata nabi ariko Europe nayireke ntaco yamugize. Natwe tuba en Europe turahazi turubatse kandi ntakibazo ntabakozi dufise.
Hanze ni heza pe,ariko abatahazii Harivyinshi abantu bahurira navyo. Africa ubgo busabane mubukomeze.
@sandrauwasezoe10313 жыл бұрын
Numumuntu mwiza cyane uzi kubana ufite urukundo n'ubumuntu kandi akunda imana an'abantu je t'aime bcp ma cherie c'est sandra
@annauwa18443 жыл бұрын
Jacky kuki ugifite ibikomere byinshi kandi hashize imyaka 20 ubashije kwibeshaho. Abana barakuze, ni beza, why dont u move on and be happy with your kids, ahubwo ukaba ukirizwa nuko umugabo yaguhemukiye? Umugabo yaguhaye icyo yarafite:visa. Niki kindi ushaka, ko ntacyo afite. Niba utarashimye visa hashize 20 yeqrs uri free to go back to your country but you didnt. Waramukunze ntiyagukunda, just move on.
@umuhozaclementine17252 жыл бұрын
Nicyo kibazo agomba kumwikuramo kugira ubuzima bumuryohere le plus grand ennemi de l'etre humain c'est l'amour
Banyarwanda Banyarwandakazi, mureke dusabe Imana ubwenge, no kwihangana.
@odettetwiringiyimana99743 жыл бұрын
Birakwiye kandi biratunganye
@yesumwiza44303 жыл бұрын
Pole mama , ariko ikibazo suko uri iburayi nino murwanda byakubaho cyane kdi rwose barahari babaye gutyo kdi bari murwanda! Ahubwo iga kwiyakira uracyafite agahinda, ibikomere biracyatose komera kbs
@mariatabita69113 жыл бұрын
Ihangane, usabe Imana Ikomore warakomeretse.
@mukarutesiangelique22813 жыл бұрын
Pole sana mama ndakwihanganishije kuko umuntu agizwe nibice bibiri umuntu wimbere numuntu winyuma ariko uwimbere ababara birenze uwinyuma ntabibone gusa ihangane nibyikigihe
She is so innocent disi😭 humura Imana izaguhoza amarira
@solangekagabo21713 жыл бұрын
Jackie, uzasenge Uwiteka akuyobore. Ntabwo ikibazo ufite ari ukuba iburayi cg mu Rda. Saba amahoro yo mu mutima, ibindi Imana izabikora. Wagize déception cyane, Uwiteka akomeze aguhoze amarira kandi akurerere Abana. Nkwifurije umugisha w’Uwiteka.
@umuhozaclementine17252 жыл бұрын
Le plus grand ennemi de l'homme c'est l'amour
@wdn56233 жыл бұрын
Love from burundi
@aliwest35073 жыл бұрын
Pole mama, ndakumva i Burayi habara abahazi si ahantu, uzitahire iwacu ni heza ntarungu rihaba . Uwo mugabo n’impumyi uburanga ufite Mana uwo mugabo nta mu noza azakwicuza atakikubonye.
@esperancemujawiyera79863 жыл бұрын
Irungu n'inzara hababaziki ?
@nyirangendahimanachristine2998 Жыл бұрын
Pole sana mubyeyi mwiza,Uzisunge Yesu akomore ibikomere,aliko humura.
@innocenteudahemuka52973 жыл бұрын
Komera wa mubyeyi we ufite ibikomere kbs, urimwiza pe.kdi kuba waraganirije uwo muntu mwari muhuye nintabwe yambere yokuruhuka kumutima, nubwo kujyeza ubu harubwo uvuga bikitwa ko washyize urugo rwawe hanze. Nyamara kuvuga biraruhura.gusa pole pole komera.sabin Imana ikomeze kuguha umugisha.
@poupoumado19513 жыл бұрын
I can relate to your story 100%. Uburayi ababuvuga neza ni abataburimo. Uwiteka Agushyigikire 🙏🏿
@ndihowilliam2457 Жыл бұрын
Twe twabuze uko tuhaza,
@chany99503 жыл бұрын
Iburai nihabi pe atamugabo murikumwe canke atancuti fise ndabizi nukuri pore sana
@Jk-up6wh3 жыл бұрын
Ariko umugabo kushobora kuba umufise, bigasa nkaho atawugira. Ahubwo point nukumenya kwemera ubuzima ukobumeze, ukarwana kubuhindura ukubishaka.
@chany99503 жыл бұрын
@@Jk-up6wh ukwo nukuri sha uveze 👍❤
@SunShine-rq9yy3 жыл бұрын
Ntiwahamya ko i Burayi ari habi kuko hakunaniye. Turi benshi tuhishimiye cyane ahubwo abahaza bakurikiye abagabo cg abagore bataziranye neza nibo bigora. Ikindi kuhaba bisaba ko uba uzi icyo ushaka ugaharanira kukigeraho. Abanebwe, abadafite self confidence, abadashaka gushyiramo ingufu ngo babe intégré harabananira. Nk'uyu mudamu kuba atavuga igi flamand n'imyaka ahamaze nta ngufu nyinshi yabishyizemo. Si ukumu judginga ni constat nagiye mbona ku banyarwanda, benshi kwi integra birabagora cyane cyane abagabo.
@odettemanzi60663 жыл бұрын
@@SunShine-rq9yy yego rata niba hababereye habi ntibivuzz kwari twese !
Aliko rero Reka kwizera umugabo cyane izere yesu niwe mugabo wukuli
@francoiseuwumukiza32482 жыл бұрын
I feel you my lovely lady. U have suffered for sure ariko ubu umeze neza rwose ndabibona. Rekareka abarundi sabantu nibisimba especially iyo bashakanye nabanyarwanda nkuko arumugabo agashakana numunyarwanda. Urumunyamugish. Keep it up, Imana yawe murikumwe.❤
@@remesha i may have experienced it or not. Namwana nabyaye uzigera ushakana numurundikazi or umurundi. Sabantu nibisimba weeeeee very rude people 😥😥😥😥😥😢😢😢😢😢 imagine umuntu ugukora kuri kandi muri mugihugu cyubuhungiro. Mwakagobye gukorera hamwe.
You can,t judge someone untill you walk in her/his shoes! Iyo ni error ikomeye abantu tugira. Ni gute ucira urubanza umuntu kubintu udafitiye experience?
@theresenyamwana52312 жыл бұрын
Jacky warashoboye kurondera ikigutunga uragerageze wi kuremwo uwo mu gabo. Kuvyo mbonye usa neza mu gabo nturakira ibikomere yaguteye.
Ubugome buri kwinshi, Umugabo nubwo mwatana kandi mufitanye abana aragufasha basi nokubarera, abana nabo bakabona part ya se na part ya nyina, na participation muma activité de sport , muri loisir, mumissa, muri activité sociale.
@dreamgirl59513 жыл бұрын
Uyu mama ni ntore! Abandi bagore baragenda kuri tribunal gusaba child support! Naho umugabo yanse baca bayikuramwo muri salaire yumugabo direct
@justinemumu3032 жыл бұрын
Jacqui ntibyari ngombwa kuza kuri bose babireba .babyeyi mugerageze kugira ibanga .aba psychologue nicyo babereyeho barabyize mureke gushyira ubuzima bwanyu kugasozi. Mwibuke ko abana banyu babireba kandi ntibabishima. Nyuma wabanye n abandi bagabo muratana .mukobwa mwiza vuga uziga nibyo bupfura. None se koko umugabo uzajya utandukana nabo uzajya ujya kuri bose babireba.???????
ibi ni ukwiyandagaza kweri, ubundi igituma abantu bata umutwe ni ukutamenya kuzibukira. ko numva batangiye nabi,kuva yagerayo ntacyo yamumariye yamugaruraga mu buzima bwe gukora iki koko.
@fanibazanuwofanibazanuwo1353 жыл бұрын
Yavuzeko atazi kuvuga no mubuzima bwe. Kandi bibaho siwe wenyine harabatazi kuzibukira Yavuzeko bamaranye 6mois gusa wamugani nuatangiye nabi kabisa