Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri 0787514084 Cg 0783064228
Пікірлер: 150
@turibamweali86613 жыл бұрын
Abanyeshuri bagaburirwaga impungure ? Yego ko noneho ndumiwe ! Nonese mwari refugees ? Ko aribo batungwa nimpungure ? Pole sana Manzi we warakubititse cyane! Ibyo nanjye ndabizi ko hari ubwoko butabyara mubundi bwoko ngo bumve bishimiye abo bana kuko iwabo babafata nkibihumane !
@jean60303 жыл бұрын
Umuzungu kuba yavuga ikinyarwanda si ikintu kigomba gutangaza abantu kuko n'abanyarwanda birirwa bavuga indimi z'ahandi. Ikindi abantu bagomba kumva ko uyu musore ari umunyarwanda.Kuba afite umubyeyi w'umunyarwanda ni umunyarwanda. Peace be with everyone.
@graceingabire37193 жыл бұрын
He's so honest and sweet and lovely🙏
@umulisachantal56183 жыл бұрын
Yoo Manzi ndagukunze humura uzaba umugabo urumuhungu mwiza mushiki wawe agomba kuba ari mwiza muhumure IMANA irabazi
@joandjo91823 жыл бұрын
Manzi nkwaturiyeho umugisha I can see a bright future in your blood. Wowe ikomeze ku Mana isaha yawe nigera uzahindurirwa ubuzima. Ako karununa Kawe kogosha😤Imana izabahembera kwicisha bugufi. God bless you guys
@clairefuraha2213 жыл бұрын
Nasetse napfuye,gusa nukuri birababaje. Kandi uzakore ntuzemere ibyubusa,keretse ibyobaguha arukugushigikira. Harabasore basigaye bafatwa nkinkumi. Ukabaw as handavurira. God bless you
@lbm32343 жыл бұрын
Abantu batumva opinion y'uyu mwana kuri se bajye babanza batekereze ku cyaba cyarabimuteye! Yvan continue to be proud of your origin both pakistanese and rwandan. Naho abanyarwanda twige tolerance kuko udasa natwe ntacyo tumurusha.
@turibamweali86613 жыл бұрын
Njyewe nababajwe nimyaka ine yamaze atiga kuko imyaka ine ni myinshi kandi yarakiri muto rero nabana bacu ntibumva nibi avuze ntibabyumviraho ngo bareke gushaka ayo moko yabanyamahanga ngo babonye abazungu da ! Mfite umucuti wanjye umuhungu we ntiyerekwa umwirabura rwose njyewe ubu narumiwe pe !
@husseinsaphilo90163 жыл бұрын
Thanks for the courage
@richardnsanzumuhire46953 жыл бұрын
Manzi si ikiganiro aduhaye ni urugendo rukomeye rurimo gusetsa cyane!!!
@Clara-sj1qs3 жыл бұрын
Ejo niheza humura mwijuru hari lmana ijya imara agahinda😭😭😭😭🤲🤲🤲🤲 ya Mana yantabara nawe izosereke ikomore igisebe mon frère 🤲🤲🤲🤲
@richardnsanzumuhire46953 жыл бұрын
Man humura ntaho Imana idakura umuntu,gusa abanyarwanda twese tugomba kumva ko abo tudahuje ibara ryuruhu nabo ari abavandimwe kandi harimo abanyarwanda ,mwirinde gukomeretsa imitima yakomerekejwe nubuzima ,gutukana sibyiza n'umuco mubi ,kuko ntago umuntu aba yarahisemo ukuvuka kwe,please Manzi komera cyane!!
@umuhozasandrine62693 жыл бұрын
Be strong manzi tomorrow is better Imana izakugirira neza be very courageous never give up try your best umuhati wawe Suwubusa keep moving forward we keep praying for you. Bazashireho contact Yawe sasa tugasangira ibyo dufite
Ihangane brother kandi kora cyane kugirango uzamure ejo hawe heza🙏🙏🙏🙏🙏🙏
@doublegamani84343 жыл бұрын
Sorry my brother manzi so gusa uzajye uzake ikiganiro ku isimbi tv bazagufasha nabantu beza cyane.ikindi harumuryango murwanda ufasha cy wita kubametisi baza wukugezamo bakanagufasha mubuzima busanzwe TX so much nakunze confidence zawe kbsa.
@maximeuwitonze16953 жыл бұрын
God bless you
@goldmindtv70223 жыл бұрын
Sha Manzi keep it up ma guy ibyizabirimbere knd never loose hope you gonna get ur breakthrough
@theone65293 жыл бұрын
Choudhary is a boy Muslim name that means Ringleader, reliable man in the village.
@ngabojavan88723 жыл бұрын
Pole kabisa
@gym-kd1qk3 жыл бұрын
Uyu we yifitiye I kizere kabs strong bro
@Bianca-vo6yg3 жыл бұрын
Yoo disi Manzi urumwana mwiza waciye mubikomeye ariko ihangane Tomorrow is better than to day. Turagukeneye kw'isimbi TV. 👌
Kurangiza vuba ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y'uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ibi akenshi biba atabishaka, bigatera guhangayika, kwigaya ndetse bigateza ibibazo n’umwiryane mu rugo kuko hari nubwo uwo bashakanye amuca inyuma kubera kutamugeza ku byishimo bye bya nyuma (orgasme) Iki kibazo gihuriweho n'abagabo benshi, si urw'umwe rero, Gusa biravurwa kandi bigakira burundu. Gukoresha REVIVE CAPSULES byagufasha kongera kugarura ibyishimo by'urugo rwawe. REVIVE ni inyunganiramirire ikunda kuboneka mu bihugu byo muri Aziya (China, Korea) Revive yifashishwa cyane mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara zirimo na Kanseri. Iyi nyunganiramirire ya Revive nta ngaruka itera ku buzima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements. AKANDI KAMARO ka REVIVE: 1. Ituma amaraso atembera neza. 2. Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga. 3. Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza. 4. Igabanya urugimbu rw'amaraso. 5. Irinda amaraso kwipfumbika. 6. Irinda imitsi gupfunyarara. 7. Irinda kujunjama n'indwara ziherekeza ubusaza. 8. Ivura guhorana umunaniro ukabije. 9. Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina. 10. Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza. 11. Irwanya cyane kurwara umutwe w'uruhande rumwe ikanarwanya asima. 12. Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro. REVIVE ntigoranye kuyifata kuko ufata ikinini kimwe mu minsi ine, ibyo bigaragaza imbaraga ifite mu gufasha umubiri. Ku bindi bisobanuro Call 0784043099& WhatsApp: +250788739411 N.B: Ku bari IKigali tuyibagezaho iyo babyifuje naho abari mu ntara n'inyuma y'igihugu turayohereza.
@moungoujace40063 жыл бұрын
Ngo uri umuzungu? Uzi uko uruhu rwabazungu rusa? Uri umwirabura sha hano muri amerika uri umu noir
@ingabirebabiebrenda28473 жыл бұрын
Mama disi yarakuze twaraburanye shenge na gashiki ke na karumuna ke.Ariko disi ubuzima bwarabakubiseeeee cyaneee yarababaye cyaneee sha hubwo byinshi ntabyo avuze.Ndanezerewe ko akirho mama
@husseinsaphilo90163 жыл бұрын
Hello mum
@ingabirebabiebrenda28473 жыл бұрын
@@husseinsaphilo9016 how r u dear
@mugangar43773 жыл бұрын
√Niba uri umugabo cg igitsina gabo ukaba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro koresha products yitwa GINSENG capsules bikire burundu binahe urugo rwawe umunezero. √GINSENG ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza. √GINSENG ikorwa gusa mu Mu ri ginseng panax. N'igihingwa kiboneka mu majyepfo y'Ubushinwa ndetse no mu bice bimwe na bimwe bya Aziya. √Iki gihingwa kimaze imyaka isaga ibihumbi bibiri mu Bushinwa gikoreshwa nkicyongera imbaraga z’abagabo ndetse no mu kuvura imikorere mibi ku mubiri muri rusange. √GINSENG yateguwe byumwihariko kugirango yongere ubushake bw'imibonano mpuzabitsina, yongere ubwinshi no gukomera kw'intanga, yongere imbaraga za ogisijeni mu maraso. √GINSENG irinda kandi ikavura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha. IBYIZA BYO GUKORESHA GINSENG: ✅Ikiza gusohora imburagihe no gucika intege utera akabariro. ✅Yongera libido ku kigero cyo hejuru. ✅Yongera umusaruro w'intanga mu bwiza n'ubwinshi. ✅Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro. ✅Umugabo wakoresheje Ginseng atuma amarangamutima n'ipfa ry'imibonano ku mugore bishira kubera kukunezeza. UWAKORESHEJE GINSENG: ✅Ubwawe wumva ko uri umuntu wifitiye ikizere kandi akenshi uzasanga umukobwa wese ushobora kuryamana na we azakwiruka inyuma kubera ibyishimo umuha, cyangwa ntazigere akwibagirwa. ✅Gukoresha Ginseng bigufasha gusohora mu gihe ushaka gusohora ibyo bikakurinda gupfubya uwo wawe. ⚠️Ushaka GINSENG wadusanga aho dukorera I Kigali cyangwa tukayibagezaho aho muherereye. ♻️Dufasha kandi abadamu bagira ama infection, ababura ubushake n'amavangingo, abaribwa mu gihe cy'imihango, n'ibindi... Dufasha abarwaye: ✅Igifu ✅Umugongo ✅Indwara z'Umwijima ✅Indwara z'impyiko ✅Indwara z'imitsi ✅Ubugumba n'uburemba butavukanwe ✅Amibe,.. Ababyifuza bari mu ntara z'igihugu tubibagezaho, n'abari hanze dukorana n'iposta cg ubundi buryo tukabagezaho ibyo bifuza. Ku bindi bisobanuro mwaduhamagara cyangwa mukatwandikira kuri: +250785771493 N.B: Aho uherereye hose mu Rwanda ndetse no hanze yarwo ku migabane itandukanye (Europe, America,Asia,...) tukugezaho products zacu. Dukorera I kigali, Musanze na Rubavu.
@dominkdomink29043 жыл бұрын
Pakistani, se wwaba ugiye gukorayicyi man Niki gihari ko ubanza ntacyo harusha muRda.
@antoinettempaimana27243 жыл бұрын
Uvuze ukuri pakistani ntakintu kiriyo nabo baza mubarabu kwoza lmodoka nogukora mu marstor
@loveelsaa12643 жыл бұрын
+250 783 829 683 iyi niyo nomero wakwoherezaho ubufasha. amazina ni Manzi John Hussein Mohammed.
@twagirayezudavid82173 жыл бұрын
Nagowaje kwigisha waje mukiganiro kwenda mbere
@maximeuwitonze16953 жыл бұрын
Bose nabashenzi Wowe About nababuze akazi
@nbilwlos74003 жыл бұрын
Ariko se abanyarwanda bivanga baba babona batica amaraso yabo koko,kuki hari abantu koko badaha agaciro amaraso yabo, aba bana mwuzuza hano batagira identity bakura bataziranye n imiryango yabo yindi kandi nabwo ntibemere kuko Atari amaraso yabo ibyo muba mubakorera ni ibiki koko?abantu mukwiye kwiga kwiha agaciro apana ibyo kuryamana cg gushakana n uwari we wese ubwo iyo ubona ku isi uzahava udafite amaraso yawe kuberako wivanze ubona utihemukiye kweri?kuki mwakwigira cheap kweri ,nta bana baturuka mu bantu biyubashye bajya bivanga kuko baharanira kwibyara (kubyara amaraso yabo). hari imyaka y akazi abatari abanyarwanda gakondo batemerewe kugira kandi no mu bihugu bindi ni uku ibaze rero umwana kuba nta na hamwe abarizwa hejuru y umubyeyi we wagiye kwivanga n andi moko ni ubuswa rwose ?ababikora mwisubireho mwihe agaciro muhe agaciro amaraso yanyu naho ubundi muzazima mwigira birihanze ngo ni urukundo oyaa urukundo ni wowe ubwawe rutangiriraho ni wowe ugomba kwikunda ukubyara amaraso yawe ukareka kwivanga ,kandi mukareka kuzuza abana b ibivange aha ibi biteye isoni rwose 100% ni ukwica igihugu kuko iyo wivanze uba uri kwica imiryango gakondo kandi igihugu kigizwe n imiryango iyo rero wishe imiryango uba wishe igihugu kandi imiryango igizwe n abatari bamwe iyo iba isenyutse rero abibwirako ngo washaka uwariwe wese ngo byose ni ugushaka cg ngo ni ukubaka uba wibeshya cyane kuko uba usenye umuryango ntuba wubatse kuko aho wavuye aho uvuka ukomoka mu muryango kuba rero udakomeje gushaka muri bene wanyu ngo nawe ukomeze wororoke ubyare abo muhuje ahubwo ukajya kwivanga n andi moko uba usenyutse uba wishe amaraso yawe uba usenye umuryango kuko abatari umwe ntibagira umwuka umwe ntibahuza kuko badahuje niyo mpamvu uzasanga abantu bivanze imiryango yabo iba itisanganaho kuko nyine batari umwe kandi si ibyo bihingamo ahubwo biza gutyo gusa ahubwo ukabona uwo hirya nubwo Atari mu muryango wawe ariko kuko muhuje ubwoko muhita mwisanzuranaho nk abavandimwe. rero mwa bantu mwe mufungure amaso mumenye ubwenge mureke kwivanga mugume muri bene wanyu mubyare amaraso yanyu mwororoke muzasige imbuto mu isi muzahasige abasa namwe abo bazafatanya nihagira ikibatera kuko bazaba ari bamwe ariko nimwivanga muzaba mwishe igihugu mwishe igisekuru kizaza ,ngaho nyumvira aba bana bihakanwe na se na bene wabo ma se ntiwabarenganya kuko nibyo si amaraso yabo yewe si n amaraso ya nyina kuko si abanyarwanda ni ibivange by umuzungu n umwirabura, rero mwa bantu mwe mwivanga mubireke muri kwica igihugu kandi murahemukira aba bana kandi mugahemukira n imiryango yanyu musenya.
@mugishachance88443 жыл бұрын
You are unbelievable. Ubwo Koko uratinyuka ukandika comment nkiyi ndende yuzuye ivangura ruhu!!! Mbuze icyo nandika kuko wowe, your mind is very low, like very low. Koko NGO Barica igihugu kubera kubyara abametisi. Gusa ikikuvugishije ibyo, either nubujiji, cyangwa Ni complex yawe low self esteem. Gusa waba Uri umugabo uzabyara, maze abana bawe nabo babyare, wenda banabyara NABA arubino nyamweru,, maze ndore, nonese abanyamweru nabo nukwangiza igihugu, uwakwandikira Yata umwanya gusa, Uri cheap peeeeee
@SS-gj5mm3 жыл бұрын
@@mugishachance8844 uti unyamweru ndumiwe,😂😂😂😂
@loveelsaa12643 жыл бұрын
@@mugishachance8844 re-read the point. it's very clear! ntabwo atukanye avugishije ukuri kwuzuye.
@nyiranezahosana23003 жыл бұрын
Ngaho uzagire icyo ubihinduraho ndumva ufite roho mbi cyane
@munyandekwegerturde98823 жыл бұрын
🤔🤔🤔🤔🤔🤔😏😏😏😏🙉🙉🙉
@Sabrinauwitonze46403 жыл бұрын
Uyu mujama namuherukaga kera yiga old kampala primary school