😂😂😂😂😂😂 mbega histoire ndasetse ndatembagara théogene aracariho ntaho yagiye pe iri shami yasize ntirizatuma twicwa nirungu kabisa
@mamacheiilla72 Жыл бұрын
Nukur
@imfurachristine9403 Жыл бұрын
Kbsa
@henriettenkuba3240 Жыл бұрын
Theogene 100%mbega ampojeje amatora ya Theogene 😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@JosianeBATAMULIZA-ci2le Жыл бұрын
Ni ukuri
@paulasonga5668 Жыл бұрын
Nanjye nasetse ndarira ndatembagara🤣🤣🤣🤣
@mukantagungirarosine4380 Жыл бұрын
Yooooo pole sha keza wacu😢ufite umutima mwiza cyane wakiriye yesu pe!ufite imbabazi muriwowe!abandi bana ntibemerera ba mama wabo ko ibyo byababayeho batabigizemo uruhare
@munyampirwathierry8382 Жыл бұрын
Isambu y'imfubyi iba mu mutwe, very motivational quote!😢❤
@bereniqueumwali195711 ай бұрын
Nukuri pe aka kajambo karanyubatse
@gabrielmugabo9254 Жыл бұрын
Yoooo! Welcome to Canada bro! Uziga neza kandi ukore n'akazi, karahari kenshi pe!. Amadorari umukecuru azayaryaho! Pastor Théogène yubahwe mu isi no mu ijuru!
@kandenziverene546011 ай бұрын
Amen 🙏🙏
@lastkinglastking3326 Жыл бұрын
Nubwambere mbonye yuko abo twita mayibobo canke maline bashobora kubivamwo bakaba abantu bazima kandi bashoboye.ikindi ntahuye nuko atari bose bagiye mwibarabara kubera uburara uyumusore mama wiwe yamutuma kwiba mama wiwe nawe akaca munzira ziwe mbi mwumvise From today ngiye kwita cane kubana bo kumuhanda
@mutuyimanasandrine238911 ай бұрын
Urakoze peee Imana izabigufashemo🙏🙏
@mamacheiilla72 Жыл бұрын
Arik Mana weeeee nukur ibyukora biratangaje cakor ndabona keza ahakwa kumera nka pastor Theogene
Avuga nka Papa wiwe Pasiteri, Imana yahamagaye. Imana imuzigame.
@nibamurekedenyse757 Жыл бұрын
Mana ushimwe ko nta gikomere na kimwe utomora Hallelujah hallelujah hallelujah 🙌🙌🙌
@niyokwizerwaangelique5933 Жыл бұрын
Iyo Imana iri bugutabare ikujyana aho imigisha .ndafashijwe cyane Imana iratabara nawe ubu uri umuhamya wabyo .
@bibikiki8437 Жыл бұрын
Congratulations muhungu mwiza wa Yesu. Maze nugera Canada uzonyandikire kuri iyo email yanje Mba downtown Toronto Kandi hafi y’a University uzokwigamwo Karibu karibu
@carinemanirambona2708 Жыл бұрын
Nukuri mumwiyegereze mukorere umugisha
@mugangadaniel12 Жыл бұрын
*UBUHAMYA(True Story)* Nitwa Umukundwa Doriane Ntuye mu Karere ka Nyarugenge ndi umumama wimyaka 30. Ku myaka 26 nibwo nakoze ubukwe mbana numutware wanjye icyo gihe numvaga ko ngiye kuba umubyeyi nkabandi nkabona umwana nkitwa mama runaka. Gusa siko byagenze naje guhura nikibazo cyo gusama inda zikavamo, inda ya mbere yavuyemo ifite ukwezi nigice, inda ya 2 nayo iza kuvamo ifite amezi abiri nzakongera kugira amahirwe ndasama ivamo ifite amezi atatu mu byukuri ntago byari byoroshye muri icyo gihe, nabashije kujya kwivuza ahantu hatandukanye ariko bikaba ibyubusa, nyuma yo kuvamo inda ya 3 noneho kongera gusama byaranze Mara umwaka n'igice byaranze bakabwirango mfite ikibazo cy'imisemburo itari kuri gahunda, mu byukuri ntabwo byari byoroshye. Naje kubona ubutumwa bavuga ahantu bafite imiti ifasha ku bibazo nk'ibyo byanjye nza gufata numero zari zatanzwe ndahamagara barandangira njyayo mbonana n'umuganga waho mubwira ibibazo byanjye arabwira ati tuzagufasha kandi uzabyara. Mubyukuri kubera ukuntu nari mbabaye numvise ngize icyizere banyandikira imiti yabo( Bayita inyunganiramirire) harimo uwo bavuga ngo ni *Umwamikazi w'abagore Herbal Warisan Maharani* Ndagenda ndayinywa, kuko nari nababwiyeko nkunda kugira ikibazo cyo gukuramo inda babwiyeko nintwita nzahita mbabwira bakampa indi umuntu anywa atwite kugirango umwana akure neza ndetse binandinde gukuramo inda, nagize amahirwe nyuma y'amezi atatu nyoye iyo miti ndasama hanyuma nsubirayo bampa imiti ariko nkagira ubwoba nti ubu wasanga nyuma y'amezi atatu izongera ikavamo, gusa siko byagenze amezi atatu yarashize mbona ntakibazo, ane arashira mbona ntakibazo ngize ntagira kugira icyizere ko bizagenda neza. Mu byukuri ubu ku tariki 12/05/2020 nibwo Imana yampaye umwana w'umukobwa mwiza wavukanye ibiro 4. Ndashima Imana ndetse n'umuganga wamvuye. Nawe niba ufite ikibazo nkicyange cyangwa ikindi kibazo nakurangira umuganga wamvuye ukamugana wenda nawe wabona igisubizo ku kibazo ufite wamuhamagara kuriyi nimero. Numero yacu ya Call& WhatsApp wayibona ukanze aho hari umusaraba utukura maze tukagufasha Sangiza abandi ubu buhamya uraba ufashije benshi. Imana ibahe umugisha. Muganga agufasha kubona imiti aho waba uri hose mu Rwanda no hanze yarwo