Erega ibi mubimenye kuba ibintu byavugwa pst Antoine ntibivuga ko Ari Imana ibivuze kd mubimenye mureke kwizera abantu kureka Imana. Mubyirinde kd esprit yo gufana mubyirinde mukurikire ijambo ry'Imana.
Nyamara muzakurikira abantu babayobye,ariko nimukurikira ijambo ry'Imana ntimuzayoba ,mujye mwumvira Mwuka wera nibwo mutazayoba kuko mumenye ko Imana yo muri Eden ninayo ya none ndetse n'iteka ryose. Agakiza ufite kangana no kwizera ufite. Mwongere imbaraga zo kwizera Yesu arashoboye !
@mukankusiseraphineАй бұрын
Erega Daniel yeretswe ibyimperuka we yabonye iyo nyamaswa irwanya abera yenda no kubanesha ariko Yohana we yaravuze ko iyo nyamaswa ihabwa kubanesha mwitonde
Kuboneza urubyaro ni icyaha ndetse cyane.wari uzanzwe uvuga ukuri ariko aha ho si Imana uvugiye rwose.
@Nyemereratugendane.5 ай бұрын
Kubaha Uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mubyaha Niko kujijuka.Yobu28:28
@user-eq2oc5mu6c4 ай бұрын
Noneho hari nabavuga ngo iminja zihora ziririra mumatwi y,lmana🤣🤣🤣🤣🤣
@tuyisengeaphias30445 ай бұрын
Ukuri kuzuye tutaretse kunyura hirya no hino .
@nyirabezajeannedarc23765 ай бұрын
Thank u pasta ujye udukura mubujiji
@mugishadavid58645 ай бұрын
Pastor Imana imuhe umugisha kuko Abashumba benshi bahisha uku kuri bakuzi ngo batabita abapagani.
@RiseAgain705 ай бұрын
Nonese ko ijambo ritubwira ngo abayoborwa n'Umwuka wera aribo bana b'Imana...ubwo iyo uboneje urubyaro uba wabanje kuyoboza Imana kugirango ibikwemerere cg ibikwangire? Ubaye ubyiyoboyemo ubwo waba ukiri umwana wayo? Wayiyoboza muri bimwe se ibindi ukabyiyoboramo ubwo ukinejeje umuremyi wawe?
@user-fr5jz3ij9v5 ай бұрын
Yesu n'IMana nubwo yambaye umubiri
@chantalrugira55905 ай бұрын
Pastor bihorere bagutuke! Buriya se bariya bana bakoze groupe yiyise abuzukuru ba satani, abamarine n'abandi bari mu buzima bubabaje nka bo, abababyaye nibo bari mu kuri??
@HabimanaJeanpierre-nf2yu5 ай бұрын
No ntakuri ufite gusa abantu b'Imana yera urabacanze Abarom;2,20-24
@m.joseenyiraburanga55235 ай бұрын
Pastor ati:" ikibazo cya ONAPO ngo ni ingorabahizi".😅😅😅. Kuva ryari se??? Ku Mana ya Israheli ntakibazo cy'ingorabahizi ki aho. Kuba Kristo bari nka Lewodokiya( badakonja kdi ntibabire, b'akazuyazi) ni ingorabahizi ariko kubumvira igisubizo ni ukuyireka kuko Imana irayibuza cyane. Abantu bakwiye kuyoboza Imana inzira bakwiye kunyura kuko inyigisho z'ubuyobe zibaye nyinshi.Ibi babyita ingirwabwenge zirwanya iby'Imana. Mukwiye kuragira umukumbi nk'abazawubazwa. Ibabwira ko itanze imigisha ariko ntibabuze ibyaha si Iyera kdi ikiranuka muri byose pe. Abaktisto mutabwiza ukuri bashumba bo muri iyi minsi, bazisanga mu ijuru rya Kamonyi aho kuba Isiyoni kuko icyanduye cyose ntikizagerayo. Nihitiraga ntihagire umputaza
Ibi nivyo bikwiy kutwereka neza ah isi igeze.abantu bahakwiriy kuba umuco wisi bifadikanij n umwijima. Ntimukajan n ibihe basha kuko Imana yo ntihinduka kand nijambo ryayo ntirihinduka
@onlybelievejesus53935 ай бұрын
Bibiliya iravuga ngo icyo muzaboha mu isi no mu ijuru kizabohwa ariko ngo n'icyo tuzabohora mu isi no mu ijuru kizabohorwa. Muri Swasland umwami ari gutanga ubwenegihugu kubanyamahanga ngo nibagerayo barongore abagore 5. Kuko yabibohoye , si icyaha. Mu Rwanda twarabiboshye ni icyaha. So, gira ibyo uboha cyangwa ubohora ubundi wizere. Good bless you.
@HabimanaJeanpierre-nf2yu5 ай бұрын
Ibyo byose byazanwe no gukunda ibyisi n'inda nini.
@prudencensaguye33745 ай бұрын
Uzomuhamagare atubwire ibijanye n'ubuhanuzi
@watchtowertv54365 ай бұрын
Ariko ubundi ijambo kororoka jye nibazako abantu baryumva nabi! Kororoka ntibivuze kubyara ukarunda kuko ushobora no kubyara umwe nawe akabyara undi gutyo gutyo uko niko kororoka! Abana b'isezerano Imana yahaye Abraham bakomotse kumwana umwe ariwe Isaka baragwira bangana uko Imana yamubwiye.
@ishyangaryera5 ай бұрын
Abantu bazabayobya rwose,ibi byose biterwa no kutizera kuko iyo abantu babasezeranya babaturiraho umugisha w'urubyaro ariko byagera hagati ubushobozi bugabanutse kwizera kugashira bagatangira kwizerera mu bantu ngo babagire inama ,muzarimbuza abantu ,icyo nzi nuko ijambo ry'Imana ritubwira ko n'inda yawe ubwayo ntiwayitunga. Dushobozwa byose na Kristo uduha imbaraga.
@Nyemereratugendane.5 ай бұрын
Yeremiya 1:5 Ntarakuremera mu nda ya Nyoko nari nkuzi.......
@user-ig6sf1mh2d5 ай бұрын
Nimukomere, kuri jye, pasteur Rutayisire, kurwanjye ruhande n'ubwo ntajya mbona umwanya uhagije wo kumwumva, nabicye numvise avuga, akorosha ukuri, nkubu yaravuze ati umugabo utita ku rugo rwe, arutwa na umupagani., uko niko kuri, kuko Biblia niko ivuga 1 Timoteyo 5:8 ndamukunda kunyigisha ze