Ngo umwana w'inzererezi ! Aha uzakwikorereza Imana imuhe imbaraga nyinshi
@AngeKazege-sy1ok22 күн бұрын
Please Muvane Iyo Foto Ya Muzehe Wacu Koko Ntakwiye Kuyinjyaho Nuryo Rushinzi
@nadiadushimimana540122 күн бұрын
Vava kumureba ubwabyo biransetsa 😂😂😂😂
@uwizeyeclaudine330621 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂
@alinekarega859621 күн бұрын
Ninde wunvise Emmy ngo gukundana na Vava na gatwenge😂😂
@user-fg8mu3nl2d21 күн бұрын
Vava ni umu Star niyo mpamvu ririya Bandi ryashatse kumuzamukiraho !
@nibaclemy43122 күн бұрын
Isomo niba utararifashe bazongera bakwereke😢 muri iyi mihanda nta guhubagurika urabanza ukicara ukiga naho iyo utize ngo ufate abakoboyi barakwigisha ku kibi no ku kiza😢
@balancedlifetv22 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@user-ub1fw4qc9o22 күн бұрын
❤
@BonstonNsenga22 күн бұрын
Uzi kubara,inkuru wa mukobwa we gusa,uranasetsa
@balancedlifetv22 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
@xxyy440421 күн бұрын
NTA MUKOBWA W I RWANDA WITANA IMBWA !!! MWISUBIREHO BAKO !
@user-lo7cd7wj1l22 күн бұрын
vava rekana na mayibobo yaje akwihishamo ningegera
@KiraboCyimana-bl8hy21 күн бұрын
@user-lo7cd7wj1l mayibobo nzinza uriya ni isega yaje kurya vava itumye tumumenya Nta kundi ariko Nawe yikoreye isoni aho azajya aca hose nu undi mukobwa mu buzima azagira azajya avuga ati azaza andire utwanjye agende
@musafitv22 күн бұрын
Team #Vava❤🎉🎉🎉 mumpe likes na SUBSCRIBE kuri #Musafitv ❤🎉🎉🎉🎉
@@balancedlifetvEse we iyi ncano ni yawe ko nkubona Kur coment zose cyangwa uri umufaba wa vava please ❤
@3bbrightbravebrain99422 күн бұрын
Uravomera mu rutete 🤷🏽♀️
@user-qw3ue7jw9o22 күн бұрын
Uyu musore yikozeho kbs reka vava amutarange peeeeee
@balancedlifetv22 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂
@wen932322 күн бұрын
None se ko hari umuntu numvishe uvuga ngo DR M ngo ni Homosexuel ntamuntu waduha umuco kuriyo nkuru ????
@NtakirutimanaDeborah20 күн бұрын
aroko mu kuri uyu mukobwa ejo ntiyasabanye imbabazi na wa musore ra none ko ugaruste ku muvugaho gute yewe muko ntuzi ko nyuma yi mbabazi nyarundivrubanza none uro mubiki koko
@amatameza22 күн бұрын
😂😂😂😂😂😂😂😂,imbogo iraha rwose imbavu zacu yarazangije kubera guseka ,ngo ntabwo yamenyeye igihe nyakubahwa azagira kwiyamamariza nyamasheke,ahubwo nkibaza imbogo yarikubimenya ate irimurirwaserera yacano,ariko ababantu barikuducanga ,Dr M ati jyewe imbogo narayikunze ntitaye kumakosa yayo,ariko nyibwira ibyo igomba gukosora,mubwira ibyo ntakunda,Dr M ati uzareke gushira isoni muruhame,uzareke kuvugira hejeru nkisandi,ubundi nzakujyana nkwereke ababyeyi bajye ,ubundi dukore ubukwe,imbogo ingeso iba ingeso,Dr M nakenyere akomeze niwe witeje imbogo ,araze akwanike.