Nsengiyumva Tumushime Gloria, umwana wa gatatu wa Kapiteni Nsengiyumva Bernard aratuganirira birambuye kuri se wari umusirikare w'ipeti rya Kapiteni akaba n'umuhanzi wadusigiye indirimbo zikunzwe cyane
Пікірлер: 64
@mugishasine77782 жыл бұрын
Ben urakoze cyane nkunda indirimbo ze cyane moyla ndagushimiye🙏🙏🙏
@adamfidele37902 жыл бұрын
Murakoze indirimbo za cptn nsengiyumva ndazikunda cyane byatumye mukunda cyane numuryango we rwose ndishimye kumenya amateka ye nayumuryango we Ben nganji urakoze rwose pe ndumva ngize emotional kubwa nsengiyumva Bernard
@kirezithereese2083Ай бұрын
Nsengiyumva yari imfura pe Adera Mukasine dishonorable kuba yararimbwe mu gihe cya nyirkuru Nsenguyumva.
Yooo’ Ndishimye cyane’ kongera kumva iri jwi’ aliko reka nunganire uyu mwana we kuko bo bavukiye ikigari’ Cpt Nsengiyumva Bernard k.a Nderavuzima.. Avuka Mucyahoze ari.. Prefecture: KIBUNGO Commune:Mugesera Secteur:Kabirizi 2 Sellule :Bigoma…. Imana imuhe iruhuko Ridashira….Nubwo nari umwana aliko indirimbo ze ndazizi cyane…Mboneyeho Gusuhuza abantu Bose Bavuka Kabirizi batuye ikigali🤚🏾🤚🏾🤚🏾🤚🏾🤚🏾
@jeanpaulombeni21292 жыл бұрын
Umva muvandimwe kandi mukobwa wa Nsengiyumva. Data yacuranze muri Compagnie musique ayoborwa na Papa wawe kdi bari inshuti. Iso yarishwe si accident. Izo mphamphares wumva data yacurangagamo kdi yari umusirikari. Nzi byinshi. Ndashimira uriya mwalimu Capt Bernard wigishije Papa gucuranga. Mama azi byose. Murakoze
@Rud6364 ай бұрын
Ariko sinzi niba aribyo, yagonzwe n’umuntu bari baziranye.
@kankaziprincesse576 Жыл бұрын
Muzadushakire n'indirimbo za Martin Mateso cyane cyane ivuga ngo c'est toi que j'ai choisi.Sinzi neza uko yitwa
@mbaragajeanpierre38772 жыл бұрын
Je suis impressionné vraiment avec le CPT Nkunda izi indirimbo ntarinzi uwazikoze
Ndibuka ndi umwana muto (10 ans) duhagaze ku bitaro bya Kibungo imodoka nyinshi cyane zahatambutse zimuherekeje ku buryo iya mbere yageze kuri commune Birenga iya nyuma iri ku iposta, tumwibukira ku ndirimbo UMUGAMBI N'UMWE BANYARWANDA , indirimbo y'amateka muri politique yo hambere.
Namenye ubwenge numva iyondirimbo yimirire harikiganiro cyatambukaga kuri radio 1100H cyoguteka muri za 86 guryo guryo
@kanangaanicet45393 ай бұрын
Iyo ndirimbo Mama avuze ubanza ari iyitwa Gutura ahegereye umuhanda. Nayo turayibuka pee murakoze cyane kudukumbuza indirimbo za kera
@intekerezo20232 жыл бұрын
Nari mfite Amakuru ko yayoboraga Compagnie Musicale kd ko yishwe na Leta ya Kinani HABYARIMANA imugongesheje imodoka n'ubwo Company Music yayoboraga Yagiye iririmba indirimbo zisingiza Ishyaka rya MRND nk'iyitwa "NI NDE UTAZI MUVOMA?" Ngo ni nde utazi MUVOMA n'ibyo yatuzaniye,ramba Habyarimana!.. Nyamara byarangiye utamenye uko bamwishe!Birababaje!
@Mjjj74414 ай бұрын
Ehh, ububisha ko ari ubwa kera! Yazize iki se ba di?Gukomoka i kibungo gusa cg yari n'umututsi ubwo ibyaha biba bibiri
Nibyo peee!!!! Nzi abuzukuru ba Adela Mukasine. Yaratuye i inyanza yarashatswe n'umu (chef cg sous-chef cg umu agent administratif wa leta y'abacoloni). Kandi ngo iriya nkuru yo kubengwa n'umugabo we ni mpamo.
@vedastemudaheranwa32622 жыл бұрын
Yewenibyiza cyane
@vedastemudaheranwa32622 жыл бұрын
Nyiringanzo imbambayumunsi Bisangwa
@munyanezemmanuel99652 жыл бұрын
Nganji uradushimisha cyane agira na Juliette (2)Njye nalinziko umugore we aliko yitwa nanjye nilimpenda sana
@user-fn6tq5ku2t4 ай бұрын
Les copains tukiri abana twajyaga kureba repetitions zabo Cpt Nsengiyumva alias Ringo.
You ndishimye menyeko Mme Cpt akiriho nabana be Cpt yakoranye na Data.
@moungoujace40062 жыл бұрын
Ko watunye kuvuga ko ariwe wahimbye umugambi numwe banyarwanda?
@bizatubirebatugaceceka95773 ай бұрын
So what?
@kirezithereese20832 жыл бұрын
Nifuza kuvugana n'iyu mubyeyi mumunsabire nom ye ya téléphone bombi twari tiziranye
@habiyaremyeguillaume62542 жыл бұрын
Mukomere cyane?mwaduha namber z'uwo mwana wa cptn ngengiyumva?
@ktradiorwanda2 жыл бұрын
Akira iya Ben Nganji uzamusabe azayiguha: +250 788 664 352
@habiyaremyefrancoisxavier52192 жыл бұрын
Ko numvisemo indirimbo yahimbiwe muri Ecoles d'Assistants Medicaux(EAM)Kigali?Inderabuzima je crois
@gloriatumushime28672 жыл бұрын
Non iyi ndirimbo ( Inderabuzima) ntiyahimbiwe muri école d'assistants Médicaux kuko mon père atize iby ubuganga, yayihimbiye mu rugo iwacu mu Kiyovu kuko ayo majwi niho yayotorezaga turi abana.