No video

NYIRINGANZO - Nyuma y’imyaka 33 Mihigo Chouchou na Heli Mukasa badahura// Ingeri zasenywe n’iki?

  Рет қаралды 3,639

Kigali Today

Kigali Today

Күн бұрын

NYIRINGANZO - Nyuma y’imyaka 33 Mihigo Chouchou na Heli Mukasa badahura// Ingeri zasenywe n’iki?

Пікірлер: 13
@tharcissenkundabagenzi791
@tharcissenkundabagenzi791 Ай бұрын
Komera cyane Nyiringanzo uzi gucukumbura kabisa aba bahanzi bari bagezweho cyane mu Rwanda mbaheruka mu myaka 30 ishize mu mujyi wa kigali Komerezaho ❤❤❤❤❤❤❤
@-Tv12311
@-Tv12311 2 жыл бұрын
Gikundiro cyiza uri igitabo murungano ooh, wowe nahisemo........"Ingeri" ndabakunda cyane !
@hakizimanajean3017
@hakizimanajean3017 3 ай бұрын
Hello, KT Radio turabakunda kuko mutuzanira abantu bafite ubumenyi ninararibonye mumuziki Nyarwanda, murakoze cyane ❤.
@leonidasmujakera7642
@leonidasmujakera7642 5 ай бұрын
Eh nyiringazo ugiye wazana ababingwa kabisa
@tharcissenkundabagenzi791
@tharcissenkundabagenzi791 Ай бұрын
Chouchou ni umwe mu bacuranzi bacuranga guitar b’abahanga u Rwanda rugifite
@SAVIOakaMAJOR
@SAVIOakaMAJOR Жыл бұрын
kbsa ababasaza bafite experience😍
@hagumubugingojmv
@hagumubugingojmv 8 ай бұрын
❤❤❤❤❤❤❤
@rwabugilisebastiano4544
@rwabugilisebastiano4544 2 жыл бұрын
Heri na Chouchou murahemutse nyamara kugoreka amateka mukanabeshya, njye nabakurikiye kuva Ingeli zishingwa, nkiyi ndirimbo ya DeGaulle Iy'isi yayihimbye turi kumwe niyo mwamubaza, ndetse yabitewe namagambo yaravuzweho ngo kubera yuko avuye muri Les8Anges, none utinyutse kubeshya uyishyiramo andi magambo koko?nizere yuko azakurikira iki kiganiro akabanyomoza cg akabakosora. Nkubu ntaho mwigeze mutubwira kubya Album y'Ingeli yitwaga Msgr Bigirumwami Aloys.
@rwabugilisebastiano4544
@rwabugilisebastiano4544 2 жыл бұрын
Chouchou, nta soni koko?Maria Valencia icyo gihe yari itarasohoka plz!!!
@rwabugilisebastiano4544
@rwabugilisebastiano4544 2 жыл бұрын
Nd'impfubyi niya Bizimana Nello yahaye Bikorimana, kandi chouchou attention Nello akurusha kumenya Bikorimana, ninayo mpamvu ujya ubeshya abantu ngo Kuva njye nkivuka ngo niyawe koko????
@rwabugilisebastiano4544
@rwabugilisebastiano4544 2 жыл бұрын
Ariko nkiyo mutinyuka kubeshya imbaga y"abanyarwanda ngo bamaze imyaka 33 badahura kweli??!!ikindi kibababaje abasaza nkaba bamaze imyaka amagana bacuranga bakaba batibuka ku regla guitares zabo koko????
@rwabugilisebastiano4544
@rwabugilisebastiano4544 2 жыл бұрын
Samputu ko yaje mbere ya De Gaulle na copine we Jacky, ubitewe niki kugoreka amateka??!!
@sakatatvrwanda4678
@sakatatvrwanda4678 2 жыл бұрын
*UBUHAMYA(True Story)* Nitwa Uwineza chance Ntuye mu Karere ka nyarugenge ndi umumama wimyaka 35. Ku myaka 28 nibwo nakoze ubukwe mbana numutware wanjye icyo gihe numvaga ko ngiye kuba umubyeyi nkabandi nkabona umwana nkitwa mama runaka. Gusa siko byagenze naje guhura nikibazo cyo gusama inda zikavamo, inda ya mbere yavuyemo ifite ukwezi nigice, inda ya 2 nayo iza kuvamo ifite amezi atatu nzakongera kugira amahirwe ndasama ivamo ifite amezi atatu mu byukuri ntago byari byoroshye muri icyo gihe, nabashije kujya kwivuza ahantu hatandukanye ariko bikaba ibyubusa, nyuma yo kuvamo inda ya 3 noneho kongera gusama byaranze Mara imyaka ibiri n'igice byaranze bakabwirango mfite ikibazo cy'imisemburo itari kuri gahunda, mu byukuri ntabwo byari byoroshye. Naje kubona ubutumwa bavuga ahantu bafite imiti ifasha ku bibazo nk'ibyo byanjye nza gufata numero zari zatanzwe ndahamagara barandangira njyayo mbonana n'umuganga waho mubwira ibibazo byanjye arabwira ati tuzagufasha kandi uzabyara. Mubyukuri kubera ukuntu nari mbabaye numvise ngize icyizere banyandikira imiti yabo( Bayita inyunganiramirire) harimo uwo bavuga ngo ni *Umwamikazi w'abagore Herbal Warisan Maharani* Ndagenda ndayinywa, kuko nari nababwiyeko nkunda kugira ikibazo cyo gukuramo inda babwiyeko nintwita nzahita mbabwira bakampa indi umuntu anywa atwite kugirango umwana akure neza ndetse binandinde gukuramo inda, nagize amahirwe nyuma y'amezi atatu nyoye iyo miti ndasama hanyuma nsubirayo bampa imiti ariko nkagira ubwoba nti ubu wasanga nyuma y'amezi atatu izongera ikavamo, gusa siko byagenze amezi atatu yarashize mbona ntakibazo, ane arashira mbona ntakibazo ngize ntagira kugira icyizere ko bizagenda neza. Mu byukuri ubu ku tariki 12/04/2019 nibwo Imana yampaye umwana w'umukobwa mwiza wavukanye ibiro 4. Ndashima Imana ndetse n'umuganga wamvuye. Nawe niba ufite ikibazo nkicyange cyangwa ikindi kibazo nakurangira umuganga wamvuye ukamugana wenda nawe wabona igisubizo ku kibazo ufite wamuhamagara kuriyi nimero. *Call& WhatsApp on +250785132625 Sangiza abandi ubu buhamya uraba ufashije benshi. Imana ibahe umugisha....
Cute kitty gadgets 💛
00:24
TheSoul Music Family
Рет қаралды 12 МЛН
Matching Picture Challenge with Alfredo Larin's family! 👍
00:37
BigSchool
Рет қаралды 38 МЛН
Before VS during the CONCERT 🔥 "Aliby" | Andra Gogan
00:13
Andra Gogan
Рет қаралды 10 МЛН
This Dumbbell Is Impossible To Lift!
01:00
Stokes Twins
Рет қаралды 32 МЛН
Gisagara Youth Talent Irabamenyesha Visit Rwanda Mukarere Ka Gisagara
8:45
URUGERO RW'IBISHOBOKA TV SHOW
Рет қаралды 250
Cute kitty gadgets 💛
00:24
TheSoul Music Family
Рет қаралды 12 МЛН