Рет қаралды 181
Umunyamakuru Nadia Kangabe yakoze isesengura ku muzi w'ibibazo umuraperi P. Diddy yagiranye na Cassie kugeza ubwo muri iki gihe bashyiditse mu nkiko, aho asabirwa gufungwa.
Uyu muraperi uri mu bakire ku Isi amaze iminsi agarukwaho mu itangazamakuru Mpuzamahanga kubera ibirego ashinjwa, rimwe na rimwe yisobanura avuga ko yijunditswe na benshi.