Рет қаралды 328,618
Haraye hamenyekanye ko Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul KAGAME yahaye imbazazi abagororwa 2140 harimo na Kizito Mihigo, Inyarwanda Tv yazindukiye kuri gereza y'i Mageragere aho Kizito yari burekurwe ku mugaragaro.
Subscribe: / inyarwandacom