Hari inyunganizi wifuza kuduha ku biganiro tubagezaho cyangwa hari Inkuru idasanzwe n'Ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri 0781878049
Пікірлер: 117
@Construction2562 жыл бұрын
Hari imiti babanza gutera munzu iri chimique akenshi babihuhira mumyenge yinzu nka costala cyane cyane iyo bazi aho muryamye,iyo miti iyo muyihumetse murasinzira cyane mukaba nkabaguye muri comma,bakora ibyo bashaka byose ntakibazo bafite kuko baba bazi ko utari bukanguke ako kanya, umuntu uba kampala ntekereza ko ibyo bintu abyumva byitwa kalifomu(sinzi uko byandikwa) biterwa abantu bagasinzira,nabamotari niko babiba amamoto babishyira mumwenda iyo bagufashe catch bakagushyira uwomwenda kumazuru bawukuraho wasinziriye ukanguka moto yaragiye cyera
Nabonye wahangabanye. Nonese ibandi nawe baramwiba. Ubonye icyo aricyo kwibwa, wowe rero bazanye ipiki wowe ni angahe wambeshye ngo dufite projet yo gukora. Ngo turimo gukora restaurant, unyereka kuri video aho tuzakorerera. Reka nzaze mu rwanda mvuge ukuri mvuge byose From uk 🇬🇧
@allykhadidja99552 жыл бұрын
Mumuremere byihuse
@nyandikira2 жыл бұрын
Ya Ngagari yitwa MBORIRAKIZA hhh INGUFI GIN inkundamahoro!🤣🤣🤣MILIYALI 3 ZARARENZE KERA YAGUZE THE MIRROR HOTEL AYAFITE.