#CassienPizzo #MaxTv_0784855183 #trending Tubashimiye uburyo mukunda gukirikira ibiganiro byacu. hari ikibazo ,inkuru cyangwa ubufasha wifuza guha MAX TV waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri iyi numero iri hejuru.
Inzu yibitabo ni Ezra Mpyisi niwe ubanza akanikurikira ubwo uyu tuzamutega yombi Ezra Mpyisi atakiri mu bazima naho ubu reka kumubeshya uyu se kubera umugati uri mwijigo ko hari ibyo aca kuruhande! Naho Mpyisi ko byose abitimbura aho ngo poooooo ntawe atinya ko amwirukana mu nshingano !
Nta mafaranga menshi ngira nta n'ibintu byinshi ngira ariko ngira umutima muzima nibwo bukire bwanjye.Icyo banyigiraho: Abantu bakamenye ko ndi umuntu nk'abandi.Umuntu muha agaciro kanini...umuntu ni uwa agaciro.Inyigisho ikaze🥰🙏🙏🙏🙏🙏
Pizzo reka gucumuza umwegeramana ntakeneye kujya gusenga kuko Imana yi Rwanda ihorana nawe
@Human1living8 ай бұрын
Les journalistes babana nt'umwana wirahira imbere y'umuruta ngo wampayinka 😢😢
@iyamuremyealphonse31268 ай бұрын
Ugize neza kumubwira niba Ari uwumva abyitehi bizamugirira akamaro . Abantu ni bige . Si mu kinyarwanda gusa no mu zindi ndimi umuntu agira uko yitwara bitewe n 'uwo bari kumwe
@irutingaboisaac76738 ай бұрын
MUNYAMAKURU, Uratinyuka ukabaza umusaza ntese hari uwo waterese? Kuri Camera?? Njye ndumva bitaringombwa kubaza ikibazo nkicyo muruhame
@umumararungunizeyimana55608 ай бұрын
Muzehe❤❤❤
@ntawurikuraclode8 ай бұрын
imbere cyane mwana yezu murkumwe sana
@BronzeKami8 ай бұрын
Muzehe wacu turamukunda cyane🙏
@HappyLakeHouse-rq9vu7 ай бұрын
Respect sir
@nikobatuyeemmanuel40578 ай бұрын
Akantu ko gusenga ko tugahuriyeho nta mpamvu yo gusenga ,gusenga nugusabiriza ,kandi imana yi Rwanda ihorana natwe iraduha ntitugura nayo , ibi biryabarezi by,amadini ni business zo kwiba abantu no kwihesha ikintu cyundi mu buriganya tubeshywa ijuru
@Beatvio38 ай бұрын
Ashatse kukubwirako niyo wasenga ufitumutimamubi arintacyobimaze kandi muzehi a uvuzeko God readz every individual s heart that's all.🎉
@Fachibeton8 ай бұрын
Wabaye umuvugizi WA Tito kuva ryari?
@mozzeybest26467 ай бұрын
Munyamakuru uzabanze wige kubazaneza mukinyabpfura uritwara nkumwana wokumuhanda imbere yumuntu mudafite ahomuhuriye. You really need some journalism skills.
Yanze ko lmana ibaho se ko icyo yanze ari kujya gusenga kandi utabikwiriye we rero aho guta umwanya ujya gusenga Kandi uziko urumupagani wabireka nkawe