UBUHAMYA : Navuye mub' Ababikira kubera, Ubutinganyi no Kwikinisha biberayo II byose abishyize hanze

  Рет қаралды 76,792

YAWE TV

YAWE TV

3 жыл бұрын

#YaweTv#
komeza ubane natwe mumakuru mashya kandi agezweho ntiwibagirwe gukanda SUBSCRIBE
wifuza kuduha igitekerezo watwandikira kuri e-mail ikurikira '' yawetv1234@gmail.com

Пікірлер: 617
@mahororangwa2862
@mahororangwa2862 3 жыл бұрын
Ukuntu uyu mupasiterikazi akunda inkuru z'ibitsina ubanza ahubwo ariwe wadukanye izo ngeso mbi muri abo babikira akaba ari byo yirukaniwe. Nguwo arasengera ibitsina b'yabagore n'iby'abagabo, n'ibindi. Niba ari n'abayoboke ushaka si uko bashakwa. cyo tubwire n'ibibi biba mu barokore rero nako biceceke ntabyo dukeneye, ubisengere niba usega ufite Imana ku mutima koko nanjye ndagufasha.
@MUKIZAHonorine
@MUKIZAHonorine 19 күн бұрын
Mubyeyi Imana iguhe kunyurwa ni kwitagatifuriza mu muhamagaro wahisemo ari ko ureke gusebya ababikira ubwo wari warayobye umuhamagaro. igisha inkuru nziza mu itorero ryanyu mureke guta umwanya mu isebanya ,no one who is perfect
@espe213
@espe213 3 жыл бұрын
wa mubyeyi we, ufite ubuhamya bucagase n isebanya , nubu pasteri bwawe ntashyingiro bufite. ese kwibasira abantu cg ubwoko runaka cg imyemerere yabandi yewe ukabasiga ibara cg icyashya runaka wibaza ko atari icyaha? mbese iminsi wahamaze watinganye kangahe? ese aho ukiviriyemo wahise wera ntakindi cyaha wakoze kugeza aya magingo? cg dusobanurire ko gutingana aricyo cyaha rukumbi. ongera ubumenyi buhagije mu myigishirize yawe , irinde gutukana no kubeshyera abandi ndetse no guca imanza kuko ntabubasha ubifitiye utazatuma bakuburira agaciro
@ndashimyeemmanuel7481
@ndashimyeemmanuel7481 3 жыл бұрын
Ndabona nta gitangaje kirimo! Umubikira, Pasteur, Padiri ni inyoko muntu ishobora gushukwa na sekibi. Ahubwo abantu bazibukire ibibi bareke gutera uyu mudamu amabuye!
@finafinal2929
@finafinal2929 3 жыл бұрын
Nanjye muzantumire mbabwire ibyo nabonye mu ba ( protestants) !, Jyewe nasanze mwese mwibereye muri business ngo muri za ba pasteurs, niyi moamvu musebanya. Kimwe nasanze amadini yose akomoka kuri Catholique . Gukizwa ntabwo ari guhindura idini!¡
@josianeabijuru9283
@josianeabijuru9283 2 жыл бұрын
Uvuze neza rwose,ni bisness baba bibereyemo.Nanjye ndi umuhamya bazantumire mbivuge
@ubuzimabwomucyaro2998
@ubuzimabwomucyaro2998 3 жыл бұрын
Vuga KO wananiwe kwifata ukabona urara wikinisha warangiza ukerura urasohoka kuko wabonaga utabaho ntamugabo ureke gusebanya niba koko Uzi Imana ntiwajya guca imanza cyangwa usebye Aho waririye
@marcellinemukantabana8027
@marcellinemukantabana8027 24 күн бұрын
Sekibi, sekinyoma ndagugegetse mu izina rya Kristu Umwami va mu bana b' Imana ugende ujye munyenga y' irimbukiro
@ElvisYannick
@ElvisYannick Ай бұрын
Sha Gusa urambabaje Koko!!!!!!!! Ahubwo nubu Wowe uri we! Ninacyo bakwirukaniye kuko no kubasebya gutyo numujinya nigisebo wahagiriye kubera uwo Mwuka mubi wazanye mubantu bimana Koko???? Ntanubwo Wari watowe Wari wihamagaye Gusa gezaho mwisebya abantu bimana Imana ishimwe ubwo wageze kumuhamagaro wawe nyirizina Gusa gira displine mubyo uvuga
@vennahgichari8097
@vennahgichari8097 25 күн бұрын
Bavuga ibigoramye umuhoro ukarakara ,wowe imyaka umaze kwisi haraho wariwabona bapadiri na babikira bakoze igiterane cyangwa muri Genocide warutaravuka
@ingabirejacky6723
@ingabirejacky6723 3 жыл бұрын
Ariko hari ikinyobera,ko ufite idini wowe abarimo bose bakora bimwe ? Ese hagize uwica iryo dini ryawe baryita iry'abicanyi? Twemere wenda ko abatinganyi barimo ,mu mategeko ya couvent baguhaye wasanzemo ubutinganyi? Kami ka muntu ni umutima we Wa munyamakuru we nawe wibeshyera Papa, Wa mubyeyi we mbona ufite mission yo gusebya ababikira,kdi gusenga si ukuvuga amasengesho menshi,ni ukugerageza kuba umuntu muzima ,si ukunenga ibyo abandi,ni ukwireba ubwawe ukareka ibyo unenga ku bandi So numva nawe utari shyashya rero reba neza ibikugora ureke abapadiri n'ababikira cyane ko utakiri n'umubikira
@leonardtumuhawenimana796
@leonardtumuhawenimana796 3 жыл бұрын
Wimutera ibuye ukuri kuraryana Rata maman senyera satani ndabizi birababaza benshi ariko sohoza ubutumwa burarokora benshi
@niyonsengaclementine806
@niyonsengaclementine806 3 жыл бұрын
Ntabwo wumvise abantu hari kuva muri Espagne bagasanga yo ikinogo kirimo ibikanka birenga 2k by'impinja? Nihatari niba umuntu avuze ibyo yaciyeho si ugusebanya
@ingabirejanviere1442
@ingabirejanviere1442 3 жыл бұрын
Umva mubye urabihuhuye KBS! !ubutinganyi no kwinisha ibyaha Bibi cyane.
@kamuziseb4910
@kamuziseb4910 3 жыл бұрын
Murakoze Mama kutubwiza ukuri dukeneye abakizwa ntidukeneye abaguma mubyaha.
@mariekangabe5465
@mariekangabe5465 14 күн бұрын
Mbega ishyano. Wa mubyeyi we wisebanya. Congratulations yawe niyihe? None ko usebeje abihayimana bose kdi ariwowe wakoze ubwo butinganyi. Ko ari wowe watinganye bihindutse gute abyabihayimana bose. Sigaho gusebanya. Ishimire umuhamagaro wawe.turagusabira waravangiwe. Uri kudandabirana
@karangafabien5764
@karangafabien5764 3 жыл бұрын
Maman Rwose va kugiti dore umuntu uberewe no guheka, warakoze kwitadukanya ni kinyoma nubundi baje kwigisha ibinyoma bijyanye nibyo bari bagamije, nti wakwigiha ijambo ry'Imana witwaje imbunda, urakoze kuduhumura.
@mukabarasiconstance5260
@mukabarasiconstance5260 Ай бұрын
Unva wa mubyeyi we ibyo uvuga nimyaka ufite n'invi zuzuye umutwe ntibihura pe uriyita umupasteur ariko iyo ubanza ukaba umukristu wa shake ikindi urisha ukareka gusebanya. Icyo nzi cyo aho kukubahisha biragusuzuguza rwose kandi Imana yo mw'ijuru izabikubaza
@masinejosephine1331
@masinejosephine1331 3 жыл бұрын
Imana ikubabarire ubundi wagiye uvuga ibyo urimo uyu l mundo ese uwo munyamakuru WE yabuze uwo yabaza amakuru nyayo ya catolic mbega pasteur
@jayavatar1577
@jayavatar1577 3 жыл бұрын
Umunyamakuru arahengamye
@susanirankunda8270
@susanirankunda8270 3 жыл бұрын
Kubwanjye ntacy nohakana cyanke ngo nemeze IMAN yonyene niyo ibizi knd buri umwe wese afit ubuzima bwe knd nuko azabaho byateguwe n'Uhoraho IMANA bose sabageni harimwo abaherekeza abandi mureke kwigira nka babantu bo kur nowa baburirwa ntibumve
@neemajoyce3206
@neemajoyce3206 3 жыл бұрын
There’s no such thing like mutagatifu the bible says that there’s no one who is holy Catholic Church is the really Babylon means confusion written in Revelation 14:1-8
@liliankk6149
@liliankk6149 3 жыл бұрын
Let God judge Catholics and not you
@mukashyakaeugenie6471
@mukashyakaeugenie6471 3 жыл бұрын
Buri wese acungane n,Izamu rye mwikwikorera imitwaro ya rubanda kuko buri wese azibarizwa ubu nawe ugize urubanza rw,Imbaga nyamwinshi kubera iki? Ijuru tujyamo riragoye bisaba kwirinda cyane cyane uhereye Ku kurinda ururimi rwacu
@vincenttuyisabe7141
@vincenttuyisabe7141 3 жыл бұрын
Uri umuntu wumushishozi wowe
@mukanyangezijudith2292
@mukanyangezijudith2292 3 жыл бұрын
La déception est une chose et sa gestion en est une autre. Ibyo uyu Epiphanie avuga byose abiterwa no kuba yarananiwe kubaho uko yiyemeje. Yavuga ibya ashaka, kandi amenye kwirengera imitima arimo yica/yangiza, yubwira ngo arabwiriza
@ndayambajechristiane5354
@ndayambajechristiane5354 3 жыл бұрын
Bavandimwe Ikibabaje nuko batigisha ibyamatorero yabo bagafata umwanya wokwigisha ibyandi matorero,courage mubyeyi
@mariekangabe5465
@mariekangabe5465 14 күн бұрын
Reka kubeshya bakujyane i Ndera mu mutwe wawe byavuruze, ugeze kure yoooo!bagutere amazi y’umugisha
@dad_gnesta7210
@dad_gnesta7210 3 жыл бұрын
Mubyeyi! uri mukuru ariko sinzi impamvu utazi ko gusebanya ari icyaha! mu by'ukuri turi benshi twatangiye iriya nzira biranga turitahira, ariko buri muntu ataha ku giti cye! aba afite icyamugoye gituma ahindura inzira. niba waragiyemo bikakunanira ugataha si igitangaza! kuko si wowe wenyine! ariko gusebya idini, ugasebya communaute, ugasebya abihaye Imana bose muri rusange, rwose sibyo pe! erega ukuri kose sinangombwa kukuvuga burya! buri muntu ashyize ukuri yifitemo ahagaragara, ndakurahiye isi yahita irangira! ukuri guhishe burya ni kwinshi cyane! none se idini cyangwa communaute nibyo byagutumye kuvuga ibyo kuri social media?!?!? ese iyo communaute iramutse ikureze isebanya uzi ko wahanwa?!?! itonde gutesha agaciro abandi! wowe byarakunaniye ariko hari ababashije kugumamo kandi bakora ibikorwa byiza bifitiye abantu akamaro! Abihayimana bafite amashuri, bafite amavuriro, bafite ibikorwa by'urukundo byinshi! bashime ibyo naho abakora amafuti si communaute ziba zabibatumye! abo ni ku giti cyabo kandi buriwese abona umusaruro w'ibyiza n'ibitari byiza akora aho yaba ari hose! komeza ibyo wagiyemo ariko ureke iryo sebanya pe! ni umurage mubi nk'umubyeyi! abihaye Imana bagira ibanga wowe koko ntiwaribuzanabishobore kuko uravuga kweri kweri! ayo mahame uvuguruza y'ibya Bikiramariya n'ibindi byose, nawe ntabyo uzi twese ntitwari duhari icyo gihe.
@uwimanacathy5458
@uwimanacathy5458 3 жыл бұрын
Dore umugore uzi kuvuga pe, uwari kukujyana mu cyaro ukajya wirirwa umanuka uzamuka imihana uzimura. Nibyo bikubereye naho iby'ubushumba wapi.
@claudineyabaragiye8002
@claudineyabaragiye8002 3 жыл бұрын
@@uwimanacathy5458 uyo uba mucyaro wari kwicwa n' amagambo wa mugore we rekera ho kubeshya.
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Soma matayo 13:55 urabonamo abana Mariya yabyaye, matayo 1:18-25 urasangamo uko yozefu yarongoye Mariya nyamara Catholic bavuga ko yakomeje kuba isugi , mariya ngoo yagiye mu ijuru kandi nta murongo ubigaragaza muri bible. Yewe ibya catholique ni amayobera wa mugani wa padiri
@JonasKamanzi-ot5fb
@JonasKamanzi-ot5fb 24 күн бұрын
Kuba Masera nokuba umupadiri,nurupfu rwakabiri,satani ,yateguriye injiji ngoazazice urubozo bapfebahagaze,bazongerebapfe ubwakabiri nubwagatatu umuntu iyo avuzukuri muravuganfo arasrbanya,umuntusebanya,nuvuga ibitabaho akabeshyerabantu,uyuwe aravuga ibyotwese,tuzitubona,nimumufashe,kwamagana,ibibi bikorerwa mumadini,amadini sinzinzira,zijyana,abantumwijuru,ahubwo namarembo,ajyanabantu murigihonomo
@isaacvtv547
@isaacvtv547 3 жыл бұрын
Uvuze ukuri, I used to be one of them ariko maze kwisomera bibiliya nsanga biratandukanye cane.
@mucyowukurismith
@mucyowukurismith 3 жыл бұрын
Imana ntijya yibeshya, yaguhaye umuhamagaro, uyibeshya amasezerano kubera irari, ariko uko kumena ibanga ry'umuryango wa mbere(Couvent) n'iry'umuryango wa kabili uzarimena. Ibyawe mbisanisha n'ibya Thomas Nahimana, ngo Ubutinganyi kweli???
@ndijohn3992
@ndijohn3992 3 жыл бұрын
Ihangane arabivuze niba bikubabaje ntacyo nakubwira kuko umutwe wawe ndumva urushye cane! Ibya Thomas byo byihorere kuko avuga ukuri niba abeshya mubeshyuze utubwire ukuri kwawe!
@nadegemuhimpundu7488
@nadegemuhimpundu7488 3 жыл бұрын
Uwumva kwatampamvu yo guharira kuko bibwirwa benshi bikumva benevyo nampe like twigire,
@isabeleingabire7507
@isabeleingabire7507 3 жыл бұрын
Akarenze umunwa karushya ihamagara ,kdi mbere yo kuvuga urabanza ugakaraga ururimi ugashungura ibyugiye kubwirisi.... Nemera ko amadini yose ntamarayika urimo kuko turimwisi yanduye,abarokore,abasiramu,abakatorike,........habonekamo abakoribyo Imana ishaka nabakora ibyangwa namaso yayo Wikwamamara usebya idini wavuyemo uvuga nibyutazi amamaza iryawe ushake abayoboke neza ntamubyeyi uberwa no kubunzumunwa no gusebanya
@deputephilbert2161
@deputephilbert2161 3 жыл бұрын
Ese uzatubarize Pasteur yavuyemo arashaka arabyara uti waruhombye byinshi
@mugabojacques6246
@mugabojacques6246 3 жыл бұрын
Hhhhhhhhhh
@brigittemukashema3372
@brigittemukashema3372 3 жыл бұрын
Kizwa rwose niba uri umukozi w’Imana akanwa kawe ntukakandurishe ikinyoma no gusebanya
@fidesinimahye7445
@fidesinimahye7445 3 жыл бұрын
Uvuzukuri ncuti yacu
@mucyowukurismith
@mucyowukurismith 3 жыл бұрын
Wareka n'iki ko n'imigenzo agira wasanga ariyo yamutandukanije n'uwo muhamagaro we wa mbere, kuko Imana ntiyivuguruza mw'ijambo
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@ihirwediane2238
@ihirwediane2238 3 жыл бұрын
@@jeffntwari7590 Wowe umuhamagaro urimo uwuhagazemo neza? Mbere yo gutokora umugogo uri mujisho rya mugenzi wawe banza utokore iryawe. Mwigize abacamanza uwakwerekana ibyanyu wakumirwa😭
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
@@ihirwediane2238 iyo ukuri kuvuzwe abakurwanya batangira gushaka ibirego kubakuvuga. Ubaye nka wamuntu ukora amahano yajya kuyahanirwa akireguzako yabonye n'abandi bakora ibibi. Burya umubyeyi ahana abana ariko suko we ataba agira amakosa. Nukorero, tujye dutinyuka twamagane ikibi, nawe nibakikubonaho wemere bakunenge nibwo bupfura
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
urakoze ibyo utubwiye wande ni nabyo ariko se mwo kagira Imana mweee ubungubu weho nubwo waba ma soeur uzi ibingana iki ko formation mukora itatuma umenya byose hanyuma se weho uri intungane?/ ahubwo se twe nka abantu bato mwafashe umwanya mutwigisha aho kuwufata muducanga cg muvuga ibyandi madini nawe ubwawe udasobanukiwe neza kuko nawe haricyo uvuze mwiki kiganiro nzi neza ukaba ugisobanuye nabi rwose,njye sinkurwanya wenda u
@innocarimana
@innocarimana 3 жыл бұрын
Niba bikinishije bikuryahe ? Ko baba batagukinishije. Twaretse kuvunwa n'umutwaro tutikoreye !!
@cyizalaety
@cyizalaety 3 жыл бұрын
Papa ntiyemeje ubutinganyi yavuze ko abatinganyi nabo ari abantu Imana yaremye atari abo gutabwa ahubwo arabo gusabirwa
@saiddimarley8445
@saiddimarley8445 18 күн бұрын
Imana ishimwe kuba haba ubu Islam idini itagira amakenga namwe.Mbega Ivya Katorika nibindi tuzobimenya hatanguye ubutinganyi muzozana nibindi.Ariko Islam iratwigishako ayomadini ari aya Shetani.Uhereye nokumisi mikuru yanyu.Ninziguro zayo,Bazohava bakugirira nabi kuvuga ukuri
@UbukireNyabwoTV
@UbukireNyabwoTV 3 жыл бұрын
Umwaka mushya wa 2021 twawinjiyemo || Muturemere mukore SUBSCRIBE kuri channel UBUKIRE NYABWO TV kzfaq.info/get/bejne/iL15rJl_ncnKmXU.html
@user-iy4wh7ox9d
@user-iy4wh7ox9d 23 күн бұрын
Ndumiwe pe!!! Nanjye nabayemo nanavuyemo. Ariko ubutinganyi no kwikinisha ntabyo nahabonye. Ikindi biriya ni ibyaha bimenywa na nyirabyo. Ubwo uyu niwe wabikoraga agakeka nabo babana. Madame rero niba byarakunaniye reka gusebya abandi.
@manawork5587
@manawork5587 3 жыл бұрын
Imana Irema ubuzima. Umuntu arnk Akabitobanga. Ikomeze imurushe ingufu kandi irinde ibiremwa byayo byose ku isi yose
@lucumuhire1390
@lucumuhire1390 3 жыл бұрын
rero ukwiye gusobanukirwa umuhamagaro icyo aricyo ko ari personnel, wowe ntiwashoboye gukomeza kuko ahri wari utarunvise neza warakuruwe n'abandi, Imana iratora rwose muvandimwe kandi hari abihaye Imana babayeho neza mu muhamagaro wabo neza, ntawe kiliziya ibuza gushaka n'abantu babyihitiramo ku bwende kandi babikunze nta gahato, utabishoboye yiviramo. hari ikintu utarunva ibyihimo ntibirangirira mu gukora imibonano mpuzabitsina gusa nshuti y'Imana. kumenya ukuri ni'ki , se? ese mwibwira ko bibiliya arimwe muyizi mwenyine? umutwe ni Kristu si papa gusa n'umushumba uragira ubushyo yaragijwe na kristu, uwakubaza abihaye Imana bakora nabi uzi warenza ijana? ubwose mu bihumbi bihari wahamya ko nta muntu muzima. Ariko iyo bibiriya wiratana yashyizwe ahagaragara nande? si ese uziko n'iryo jambo bibiliya uvuga ritanditse muri bibiliya ubwo se uhera he uvuga ngo ibyo wemera n'ibyanditse muri bibiliya gusa,, wibeshye ko bibiriya uyizi ariko uracyari kure ca bugufi, iyo hatabaho kiliziya ngo yicare ishyire ahagaragara bibiliya ibamenyeshe ko ari ijambo ry'Imana, ishyiremo imitwe n'imirongo mwari kuba muvuga iki uritonde wagarukiye hafi wigize inzobere twe twaremeye kandi Imana yacu ntiyigeze itererana kiriziya ntagatifu gatolika
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
DNjyewe ndi umukristo sinzi umuslam kuko nitwa Omar benshi bazi ko ari izina RYA Islam ariko sibyo( soma 1Ngoma1:34-36) reka ngire icyo mvuga kubyo uyu mudamu avuze: Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo basenga byazanywe nuwitwa jean Damascene (675-749ap j.c) ,papa Gregoire II( 715-771) niwe wemeje ikoreshwa ry'amashusho, nyuma Gregoire III wamusimbuye yarabihagaritse ndetse yangiza ishusho ya yezu , iya Mariya n'izabatagatifu, umwami Charlemagne (800-814) niwe wakoresheje itegeko rye biragarurwa. Theodora 842-887 yemeza ibyo kongera gukoresha ibishushanyo. Mu nama nkuru ( concile DE Nicée 787) niyo yemeje ikoreshwa ry'ibishushanyo. Kuvuga ngo papa afite ububasha bwo kubabarira ibyaha( indulgensia)ntibishingiye kubyanditswe byera.
@Hopeimagestudio
@Hopeimagestudio 3 жыл бұрын
Yawe TV murakoze cyane kutwigisha ijamboryimana nukuri jye ndasobanukiwe usobanukiwe nkajye mumpe like ndababwizukuriyuko ntagihe ikinyoma kizaganza ukuri mubyeyi imana yadukoreyibitangaza natwe turishimye
@aloysiemuhawenimana2161
@aloysiemuhawenimana2161 Жыл бұрын
Yezu ni we Nzira Ukuri n'Ubugingo! Ubirenzeho ugatanga ubu buhamya cyangwa iki cyigisho? Nta bufasha mbonyemo nk'umukristo ukeneye kumenya no kuyoboka Imana. Icyakora abakristo bawe ujye ubitaho unababikire ibanga . Uzi ko na Yesu ajya aduhishira? Merci ! Bonne mission maman.
@winnyemeka7703
@winnyemeka7703 3 жыл бұрын
Nta na kimwe ubeshye rwose. Muri catholic tugira ibintu bimeze nko guterekera. Igufa muri altar kweri, birandwaza.
@vincenttuyisabe7141
@vincenttuyisabe7141 3 жыл бұрын
Urabe maso nujya gukora decision
@arielngabo9016
@arielngabo9016 3 жыл бұрын
Hungu udapfa
@africandancetv4007
@africandancetv4007 3 жыл бұрын
Ayiiiweeeeee
@rugambaali7241
@rugambaali7241 3 жыл бұрын
Ubundi nta muntu ubaho naho yaba Yezu/Yesu cg Muhammed (SAW), cg papa, Sheihk, Pasteur cg se abatagatifu ukwiriye kuba hagati yawe ni Imana
@user-ex4ok6uv3l
@user-ex4ok6uv3l 20 күн бұрын
Ndumiwe
@clemyuwayezu6837
@clemyuwayezu6837 3 жыл бұрын
Uyu mu maman ashize ukuri kose kuba muri kuva. Gusa kubadashaka ko babivuga nibo bamwita ko yarengereye.
@rebeccandayishimiye7413
@rebeccandayishimiye7413 27 күн бұрын
Wa mugore we urabeeeesheee Imana ikubabarire. Ariko nkugire inama reka kuvuga ivyo utazi bizokugirira akamaro ...ngo amagufa ngo amazi yumugisha.. ngo Ishapure....sha na Bikiramariya koko ukamusebya n'ubwo bugambo budafashe koko!!!!yebabawe, ahubwo nuwo uri kukubaza ?????????EKLEZIYA IRAHAGAZE IYOBOWE NA ROHO MUTAKATIFU 31:20
@ihirwediane2238
@ihirwediane2238 3 жыл бұрын
Nubundi wari wagiyemo udashobotse, biragaragara ko umuhamagaro warugiyemo utari uwawe ariko reka gusebya abandi.
@vanneboykhall1167
@vanneboykhall1167 3 жыл бұрын
Uteye ubute mada wavuze ko ariwoe byananiye ntuvuge abandi uri inkunguzi cyakoze urasa nuwamenya gusebanya
@lambert9194
@lambert9194 3 жыл бұрын
Mugore uravugaaaa,ibyo uvuga ntunabisobanukiwe wakuruwe n'irari. Wisebanya reka Imana ice urubanza tuza. Gusa wubuke ko n'imbaraga z'ikuzimu ntiziteze kunyeganyeza Kiliziya! Wishaka abayoboke usebanya genzura umunwa wawe. Kuba padiri runaka yacumura ni umuntu ku giti cye wikwibasira Eglise kuko kuyisenya ntiwabibasha.
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Amafuti ari muri kiriziya azakurwaho n'Imana. Njyewe maze kumva ubuhamya bwababikira nabamaseri ndetse nabafrereibyo avuga nibyo
@kesia8519
@kesia8519 3 жыл бұрын
@@omaremmanuel3811 uzakurikire nubuhamya buba mumatorero ubuse abayobora ADEPER barihe ?agakiza n'itorero biratandukanye umuririmbyi we yabivuze neza ngo buri wese mw'itorero abuwejejwe muriryo .nuko yaraziko hari nabariyo badakijijwe
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
@@kesia8519 Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@volopacemus
@volopacemus 3 жыл бұрын
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
@inhimilivemovehavemybeing
@inhimilivemovehavemybeing 3 жыл бұрын
Mama Imana ikurinde amaraso ya Yesu agutwikire kuko washyize hanze amabanga ya satani, uburinzi bw Imana bukubeho!
@umugwanezahyacinthe5917
@umugwanezahyacinthe5917 3 жыл бұрын
Uyu mumama aravuga ibintu azi,sinibaza inyungu yaba afite ngo abeshye,ikindi umunyamakuru ibyo amubajije nibyo asubiza👌
@UwimanaAnneMarie-s9f
@UwimanaAnneMarie-s9f 6 күн бұрын
Kuba byarakunaniye ntabwo aribyo byatuma abantu bumva ubwo bugotyi bwawe !! Ahubwo Imana yakuye urumamfu mungano yarakoze 😂 Kuko biragaragara ko war'ikibazo !!
@nzobonankiramederic8076
@nzobonankiramederic8076 3 жыл бұрын
Ivyimana nukuvyitondera ntawoca yemera cane ko ivyavuze vyose ari ukuri umuntu azobazwa ivyo yakoze wenyene
@carolinenakirutimana1559
@carolinenakirutimana1559 3 жыл бұрын
Oyaaaa burya kwihebera Imana n,ukwiyemeza. Niba bikinisha cg batingabana baba bateshutse kw,ibanga bemeye. Nabyo ni icyaha. Birutwa n,uko yavuga ati ndananiwe ngiye kwishakira, aho kwihisha mu kibikira. Nanjye ndi umu Catholic.
@volopacemus
@volopacemus 3 жыл бұрын
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
@gahongayirelillian966
@gahongayirelillian966 3 жыл бұрын
Ikibanze nukuva mubyaha ukarengera ubugingo bwawe. Naho gufana idini iryo ariryo ryose ntacyo bimaze.
@volopacemus
@volopacemus 3 жыл бұрын
Wa mugore we iyo uba wari uzi intambara Kiliziya yarwanye kandi ikirwanirira ingoma y'Imana ntiwakabaye uyisebya. Kuko iyo bitaba ibyo n'utwo tudini twanyu ntitwabaho.
@manoaisac6060
@manoaisac6060 3 жыл бұрын
Ababikira bose bose warababonye bikinisha????? Wahagarara imbere ylmana ivugako ukorera ukabihamya😏😏😏😓😓😓😓nonese wababonye ute??? Bakubwiragako bagiye gutingana ukaza ukareba ?????iyo bikinishagase nabwo barabikwerekaga???? Biragoye kubtiyumvisha. Burimuntu mwitorero abe uwejejwe muriryo . Mumadini yose harimo abadakizwa neza bakora nkibyo , ariko gushyirabantu bose mukebo kamwe sumuco😟😟😟
@uwimanacathy5458
@uwimanacathy5458 3 жыл бұрын
Gushyira abantu bose mu gatebo kamwe ni ubujiji, nta muntu nk'uwo rero ukwiye kuyobora abandi, niko mbyumva.
@manoaisac6060
@manoaisac6060 3 жыл бұрын
@@uwimanacathy5458 birababaje 🙆🏼‍♀️🙆🏼‍♀️
@user-mh3pi4gq5u
@user-mh3pi4gq5u 23 күн бұрын
Imana ibakomeze tumenye myinshipe Imana ibahe umugisha
@lucumuhire1390
@lucumuhire1390 3 жыл бұрын
ariko uyu mubyeyi nyabusa yabonye iturufu, nibyo wabonye icyo wuririraho ngo ubone icyo uvuga, nibaza udashyizemo gugenda usebanya ibyo wabona uvuga nta minota byamara, ese wabaye ma sera imyaka ingahe, abantu bagarukira muri noviciat barangiza bagatwika agasozi, ubwo wahamya ko nta kiza wakuyemo uziko utanatinya Imana: erega ujye wibuka wa mugani w'amasaka n'urukungu. umurima wari mwiza umwanzi araza abibamo urumanfu , ntukabeshye bose siko bameze uziko ufite jujements nk'izabantu batize koko nyabusa uzihane amagambo y'amazimwe siyo azakubahisha, ufite amagambo mabi rwose n'aho byaba biri kandi umenye neza ko ntawe uba wabibatumye uzabasabire Uzaba ugize neza kurutaho
@remanation4956
@remanation4956 3 жыл бұрын
Hahahaha ihangane muvandi.. Ukuri kuraryana.. Akubwije ukuri kdi akubwiye gucye, ndabona umenye kwinshi wakwiyahura.. Sorry
@lucumuhire1390
@lucumuhire1390 3 жыл бұрын
@@remanation4956 nta kibazo nfite nshuti na gitoya tuzi uwo twemeye kandi kuvuga ikintu utarimo, biroroha kandi uko ushatse , Imana ijye idufasha kudacirana imanza kuko niyo mucamanza irebe buri wese
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
@@lucumuhire1390 Ibintu avuze nibike kubyo tuzi ku bapadiri kdi nibo banaduha penetensiya
@uwimanacathy5458
@uwimanacathy5458 3 жыл бұрын
Eheee! Ubu se koko uyu yari kuguma mu bubikira n'aya mazimwe y'umukecuru muzima?
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
@@uwimanacathy5458 ababugumyemo nabo si ubushake nuko atakubwiza ukuri
@Rugaramba-cp7vs
@Rugaramba-cp7vs Ай бұрын
Ibyuvuga nibyo cyane,utarabimenya azamenye abana babyawe nabamwe muba Padri, ahubwo batumariye abagore babasambanya, mumiryango remezo no muri za korare, mwimutera amabuye aravuga ibyazi kandi birimo ukuri kubashaka kukwumva nyine. Uzivangura na politique mbi zibayo ??
@gahongayiremariechantal7272
@gahongayiremariechantal7272 24 күн бұрын
Wa mubyeyi iyubahe kdi wiyubahishe,k'uko ufite ikibazo gikomeye,Nyagasani agutabare
@rugambaali7241
@rugambaali7241 3 жыл бұрын
Uyu mubyeyi nta kintu na kimwe abeshye Njye nize mwi seminarie imyaka myinshi ndu umuhamya wabyo nsanga Islam ifite ibisubizo by ibibazo nari mfite Ubundi ukuri nuko Vatican ari leta ya politic ikoresha idini, naho Islam n'idini ikaba ikoreshwa muri politic
@niyitangimbabazialbert237
@niyitangimbabazialbert237 2 жыл бұрын
Mu iseminari se wabonye iki?
@lanaumutesi8051
@lanaumutesi8051 3 жыл бұрын
Njye nanga abantu bava mumadini yabandi barangiza bakagenda babasebya,kd ahanini bikorwa nabarokore ibyo rero ntabwo Imana yabibaheramo umugisha p,ushaka nokwamarara cg umugati ntiwabicisha mwizo nzira zogusebanya
@bizimanaemmanuel9743
@bizimanaemmanuel9743 3 жыл бұрын
Oya,wivuga gutyo,barabikora cyane.gusa nibazima ngewe sinabatera amabuye kuko nanjye ndabikora.ikibazo nukwihisha ubeshya ko uri padidiri,pasteri,mansera kandi uri umunyamabi.bemere bashake.
@tekanezaviocheftv1949
@tekanezaviocheftv1949 3 жыл бұрын
Imva isi iyobowe nikinyomagusa abantu nibaje muvyombavyabo bahamagare iyaremye isi nijuru
@bwengejeanbosco2610
@bwengejeanbosco2610 3 жыл бұрын
Uyu nugore ntabukozi BW'Imana ashobora ni ikimenabanga kuko yopfukama alabasengera halo yararaza (ndagaza)abandi. Umunshikiririze ubu nutumwa.
@africandancetv4007
@africandancetv4007 3 жыл бұрын
Yesu weeeeeeee Mana tabara
@iriiriho5368
@iriiriho5368 3 жыл бұрын
Mbega umugore w'umubeshiiii weee uri ikicucu gusa uriko wigira umuhinga muvyutazi amazi y'umugisha ngo atonyangiriza akagoutte hahahahii uri ikicucu nawe wari umutinganyi kumbee uzakizwe kuko urarushe pe!!! Monsieur le journaliste uzatumire Patiri amubeshuze abahe umucyo ukwiye hama papa ntiyashigikiye abatinganyi mube mubanza gusoma rimwe kabiri mutahure mwumvirize muheze muce imanza uko mushaka nta professionalisme ngaho
@JackSon-sl3ct
@JackSon-sl3ct 3 жыл бұрын
Nibo bakora ubutinganyi
@ChristellaMushimiyimana-zv2yc
@ChristellaMushimiyimana-zv2yc 13 сағат бұрын
Guys uyumubyeyi mwimurenganya kuko ntamuntu yahatiye kuba umuyoboke witorero ayobora. Knd twese turabiziko umuntu wese aba yumva imyemerereye ariyo yukuri. Cyane ko tumaze kubonako turi muminsi yimperuka Aho icyiremwa muntu cyamaze gushiramo ubumuntu rero ibi avuga byashobokako Ari ukuri knd byanashobokako ataribyo rwose burya ngo akami ka muntu ni umutima we rero mwicumuzwa nibyo yavuze kuko ntawufite ubundi buhamya burikumwe nibihanya ngo amunyomoze. Ark knd ndagaya cyane abayobozi bamadini bakomeje kuza gutucyisha izina ry'Iana mubapagani
@bravekis9095
@bravekis9095 3 жыл бұрын
Ntibagutere imijugujugu , kuko ntiwaza kuri camera kubeshya isi yose , ahubwo Roho Mutagatifu Ari guhishura ibyari bimaze igihe kinini ari urujijo ! Imana Ikomeze kukurinda kuko satani umwambitse ubusa , komera mu muhamagaro wawe , ubugingo buruta icyubahiro gihishe kurimbuka 🙏🙏
@vincenttuyisabe7141
@vincenttuyisabe7141 3 жыл бұрын
Arimo gukabya
@jayavatar1577
@jayavatar1577 3 жыл бұрын
Ubwo yashaka kwishakira subscribe kuri channel ye ariko abanje kubesha
@ubuzimabwomucyaro2998
@ubuzimabwomucyaro2998 3 жыл бұрын
Ikinyoma ntawe cyakijije
@user-uv6ug6vz6d
@user-uv6ug6vz6d 3 ай бұрын
We isi igiye kurangira ngo utugupfa ntago narinzi umubyeyi nkawe yasebye aho yavuye
@user-uv6ug6vz6d
@user-uv6ug6vz6d 3 ай бұрын
Aho wagiye c ho ntibasambana ihangane
@unclechriss5220
@unclechriss5220 3 жыл бұрын
Uyu mudamu simuzi, ariko inama namugira nuko ibyo adasobanukiwe, yavuga ngo ntabyonzi Aho kwihandagaza ngo abeshye kandi yiyita ngo n'umukozi w'Imana. Ngo amazi y'umugisha. Ava mubapfuye koko???
@kananinicolas6983
@kananinicolas6983 3 жыл бұрын
Merci
@cyizaclaudetv
@cyizaclaudetv 2 жыл бұрын
Imananitabare ibihetugezemo birakomeye
@dupembaelisabeth7874
@dupembaelisabeth7874 3 жыл бұрын
Ubivuga neza madame!
@irambove
@irambove 3 жыл бұрын
Ibyo uvuga n'ukuri ariko abanyedini barakwirenza pe
@gahongayirelillian966
@gahongayirelillian966 3 жыл бұрын
Ribara uwariraye
@francoisndaje3377
@francoisndaje3377 3 жыл бұрын
Basha wewe barakwirengeje sinokubesha ahubwo barrakunyuruke
@emmythebosslady2142
@emmythebosslady2142 3 жыл бұрын
Imana imuhe umugisha 🙏🙏
@syridionntawiganayo7241
@syridionntawiganayo7241 3 жыл бұрын
Abatubanjirije b'abahanga bagomba kubahwa no kubahirizwa! Ikindi, masoeur nta bumenyi buhambaye mu by'iyobokamana ubigereranyije n'ubumenyi mu nyigisho zijyanye n'amateka y'Imana na muntu! Buriya wamubaza amategeko n'amahame n'umuryango yinjiyemo
@syridionntawiganayo7241
@syridionntawiganayo7241 3 жыл бұрын
None se ntidushyira mu dusodeko amagambo yo muri Bibiliya, mu gitabo cyanditswe na (Paul, Matayo, Yakobo,....
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
Abantu bavuga ko uyu muma abeshya barashingira kuki? ndakeka ari ugufana bizira ubumenyi, aravuga ibyo yize abibamo kdi abisobanura uko biri nkatwe tuzi ibirenzi ibi yavuze kdi ntibitubuza kwinjira mu kiriziya. iyi kiterekero ni ibintu bisanzwe cyane ndetse na kiriziya Papa asengeramo yubatse hejuru y'amagufwa kdi si ibanga birazwi. niyo mpamvu mu kiliziya bakoresha ijambo UKWEMERA nukugira ngo wemere ibyo ubwiwe singombwa ko uba ubuzi.(ukwemera kuzirana no kumenya), Gusa nakugira inama yo kwirinda kuko bashobora kukwica bakuziza gushyira amabanga y'imyemerere yabo niko bakora
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
weho uzi formation yab' ababikira ese amasomo yo biga urayazi,wenda yamenya ibyo byaba bikira ariko se ibindi yize muri formation ye nibihe byamuha kumenya byose,wowe se urashingira kuki uvuga ko avugisha ukuri?? wowe uzi ibingana iki kuri catholic?? wageze i Roma se raaa?? burya mbere yo kuja impaka tujye tubanza twige neza icyo kintu,wabona uri kuvuga gutyo utari n' umucatholic
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 hhhhhh kugira ubumenyi muri catholic ntibisaba kubawe kuko bariya bakecuru badasiba misa nta kindi bazi uretse kubona ifoto ya bikiramariya bakumva ko ariye koko ariko yasaga. Njye nabaye umucatholic ariko sinibyo gusa nanize mumashuli yayo niga nabimwe bita Theology gusa ibyo ntacyo bivuze igifite akamaro kuguhamya ibyo mvuga nuko nabanye kdi nubu nziranye n'abapadiri batari bacye. Ababikira nzi bo sinabeshya ntibarenze 3, ibyo mvuga mbishingira kubushakashatsi buri mu bitabo byanditswe n'abapadiri
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
@@Alex-cb4rt wenda ngize amahirwe mbonye umuntu nkawe nnese muvandi ko numva wenda wize izo theology na philo wenda nanjye nabyizeho ariko se urahamya neza ko ibyo yavuze byose ari ukuri?? nanjye nharibyinshi nzi ko yavuze ari ukuri hari nibindi ariko se urahamya ko nibyamazi y' umugisha aribyo inyo yayavuzeho??
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 ibyo yavuze byose sinahamya ko ari ukuri kuko nanjye harimo ibyo numvise bwambere ahubwo natangiye kubikorera ubushakashatsi, nk'amazi y'umugisha nanjye sikuriya nari mbizi ariko sinabihaka kuko nawe niba wibuka neza hari ibisigazwa bya mutagatifu Tereza w'umwana Yezu byigeze nokuzana mu Rwanda. Bivuze ko muri kiliziya kwizerera mu bapfu atari bishya kuko burya kiliziya ifite imihango myinshi cyane yahoze ari iy'abaromani( benshi bitaga iya gipagani) yinjijwe muri kiliziya ikaba igikoreshwa nanubu. Igitangaje n'ibyinshi muribyo binafitwe n'abiyita abanyamwuka kdi basebya kiliziya babikuyemo(ibyo bituruka kukutamenya neza ibyo umuntu yizera cg yamenya). Urugero rw'ibyizerwa n'amadini menshi kdi byari bisanzwe mu baromani bakere ndetse utazasanga muri Bible; gusezerana imbere y'Imana byaturutse mu mategeko y'ubwami bw'abaroma cg leta, isabukuru cg ivuka rya Yezu riba kuri Noheli, kwifashisha unusaraba mu myemerere ya gikristu burya ntabwo nabyo byanditse muri Bible ariko umusaraba wakoreshwaga cyane n'abaromani mu nyuzerere yabo. Igitangaje ariko nta dini rya gikristo ritawukoresha uretse abayehova niba ntaramenya beza niba bakoresha umusara kuko nabo ni idini nk'andi. Ni byinshi sinabyandika byose
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 mu kuri rero hari ibyo yavuze bitari rusange nkuko bavuga ngo muri gereza habera ubutinganyi, nibyo habera ubutinganyi bwinshi ariko ntabwo ugiye muri gereza wese avayo ari umutinganyi bivuze ko no mukibikira cg igipadiri bose badashobora kuba abatinganyi kuko badahuje imico n'unutimanama
@gisabenjamin9394
@gisabenjamin9394 3 жыл бұрын
Pastor rwose mujye muvugisha ukuri kuko bafite imigendere mibi kdi bahishe byinshi gusa mujye mutubwira ibibereyo barecye kutuyobereza abana
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
huhhhhhhhh nushaka kugira icyo usobanukirwa ubishaka niba harinicyo ushaka kumenya kuri catholic uzambaze??? burya byicwa byose no kutaba mubyo twumva kandi tudasobanukiwe
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
cyokoze paster njye nuko bitashoboka ngo mpure nawe nakakubajije byinshi peeee,ese ntunatinya ko mubo ubwira hirimo wenda nabantu basobanukiwe ibyo uvuga kukurusha bahita bumva ibinyoma gusa harimo ibyo ukuri wavuze abapadiri barabyara ndetse bamwe bakanavamo bagashaka n' aba soeurs nuko ariko se,mwicyo gitabo Mgr Bigirimwami yanditse ko utubwiye umutwe gusa ibiri mwimbere urabisobanukiwe ngo ubiduhe,ese mui dini washinze ntabasambanyi babamo?? nonese warabibemereye?? ntabanyabyaha barimo se?? bose warabibemereye ko bacumura?? niba barimo se nawe tukwite ko uri paster wbasambanyi?? cg ufite nabeza?? Ese ko waruri muri communaute uri soeur? warasezeranya ubusugi ku wasohotse ukihutira gushaka umugabo?? cyokoze nuzajya wicara imbere yabayoboke bawe cg wigisha uzajye uzajye uvuga ibyi idini ndetse ubayobore inzira igana ijuru ureke kuvuga ibyo utazi neza kandi nawe ubizi ko ubeshya kandi niba ugira umutima nama wawe uzihane/wiyeze ikinyoma.
@Jeannette-q3s
@Jeannette-q3s 3 жыл бұрын
Nta hantu na hamwe hataba abantu batannye,rero si aba bikira bose,bikinisha ni nkuko aba Pasteur basambana nintama zabo,nabo nagatingana,wari gukizwa wowe,ntubikore,siyo mpamvu wavuyemo,ni uko ahubwo utari ubikwiriye,wasanze aho kubeshya ,Imana nabantu wareka ukaba wowe,rero si byiza gusebya aho wavuye,ntawamenya
@rutindukalaurent819
@rutindukalaurent819 3 жыл бұрын
Pasteur Epiphanie uwagusaba ukavuga iby'igipasteur aho usengera kuko ibya Kiliziya Gatolika ntubizi kandi wabivuyemo byakunaniye. Ububikira bwarakunaniye. Wisebya ababikira.
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Soma matayo 13:55 nurangiza usome matayo 1:18-25 maze uze kunsubiza niba Mariya yarabyaye abandi bana cg se niba Yozefu yararongoye Mariya.
@shadiahborandi2687
@shadiahborandi2687 3 жыл бұрын
Ndababaye cane
@mutuyimanaleoncie1736
@mutuyimanaleoncie1736 3 жыл бұрын
Nyagasani akubabarire kuko ibyo uvuga ntabwo ari wowe hari undi uri muri wowe ukuvugisha ..gusa uzasabe Imana iguhishurire ukuri kuko ururimi rwawe urukoresha mukugwisha abantu ..ntugace Imanza kuko uwaturemye niwe wenyine ufite ijambo ryanyuma kuri buri wese..Ese papa aho yavugiye ibyo mwari muhari mufite proof yabyo ?
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Nawe se wemera ko papa atajya yibeshya? Ko ari nyirubutungane? Amagufwa ya mutagatifu Tereza w'umwana yezu bazanye mugasanduka umwaka ushize bakayazengurutsa mu isi yose na hano mu Rwanda mu maparuwasi yose ndetse no muri gereza ya Rwamagana bayazanyeyo, bivuze iki? Soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55
@hajatihajati5357
@hajatihajati5357 3 жыл бұрын
Ariko de Mana ababeshya bose ngo bihaye Imana ko ba byitiranya ahubwo ko bihaye shitani ba shoboye bagahitamo kamwe ko kuba abagaragu ba shitani wikivume
@Niyiturinda
@Niyiturinda 3 жыл бұрын
Nibaza cyane niba umubikira cg se umupadiri badateye nkabandi????ese bafite ukwihangana kuruta u kwabandi???
@zachariehabyarimana7737
@zachariehabyarimana7737 3 жыл бұрын
Ijambo ry'IMANA 1Timothée 4,2-3 riratwereka neza ababuza abandi kurongora cyangwa ibyerekeye ibiribwa cyangwa se ibinyobwa, atari ugushaka kw'IMANA. Idini iryo ari ryose ryitwaza Izina rya YESU cyangwa YEZU ribuza ubusugire n'ubwubahe bw'Ugushaka kw'IMANA mu biremwa bye ,bene iryo dini riba ryica ibiremwa bitaremye ribinyujije mu buhanga bwabo nyamara butari UWABIREMEYE, UBAHA UMWUKA W'UBUGINGO. Ikingenzi musome Bibiliya muyobowe n'UMWUKA W'AMAHORO N'URUKUNDO UBATUYEMO,,Mwese muziyigishirizwa n'IMANA ubwayo ibahumekeramo Yabiremeye.
@ndagijimana.alexis4703
@ndagijimana.alexis4703 3 жыл бұрын
Ibyo uvuze nukuri navuye muri kiriziya gatolika kubera ayo magufa nabonye aba kuri altar
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Wabonye umwaka ushize amagufwa ya Tereza w'umwana yezu bazengurukije isj yose, no mu Rwanda barayahagejeje mu gasanduku ndetse banakajyanye no muri gereza ya Nsinda( Rwamagana)
@mporanimanatheophille6964
@mporanimanatheophille6964 3 жыл бұрын
Ikindi kandi mu madini yose harimo ababi n'abeza icyo mukimenye
@angeliqueuwimpuhwe5062
@angeliqueuwimpuhwe5062 3 жыл бұрын
Mbashije kumirwa😩
@marcelzwahlen3522
@marcelzwahlen3522 3 жыл бұрын
Hoshi Hoshi shitani.
@ElvisYannick
@ElvisYannick Ай бұрын
Ahubwo papa numubyeyi izo ntoki zanyu mumutunga izisigaye zose zirabareba Abana banyu nabatinganyi ko mutabajugunya se???
@celestinmageza1804
@celestinmageza1804 3 жыл бұрын
Nyabuna mujye mutohoza mumenye cyane mwebwe b'abanyamakuru mureke kwemeza no gukwiza ibihuha n'ibinyoma: Papa ntabwo yasabye ko abaryamana bahuje ibitsina bakwemerwa ngo babikore, icyo yavuze kandi yashimangiye ni uko bagira uburenganzira (droit civil) bwo kudacibwa no kwirukanwa mu muryango. Urugero: umenye ko umwana wawe ari umutinganyi wamukorera iki? Wamwirukana ntakugarukire mu rugo? Wamufata nk'umwana wawe ak'umugani ngo ibyaye ikiboze irakirigata,...?
@IsongaShema
@IsongaShema Ай бұрын
Sha wifitemo shitani umudayimoni wanga inzira y abihayimana Cyokora hari benshi bavuga nkawe Nugute uvuga ko uri pasitoro ugahindukira agasebanya kurwego uriho Ikindi uri mu kliziya ya kristu akurikiza yezu kristu Ikindi twese turi abanyabyaha nicyo cyamanuye yezu kristu mu ijuru Ikindi kurata ko usenga kandi usebanya ubyitondera muvandimwe
@gasinzigwajeannine1423
@gasinzigwajeannine1423 3 жыл бұрын
Kuki iyo muhinduye amadini musebya aho muvuye warangiza ngo urakijijwe ntagakiza kakurimo namba ahubwo senga umenye Imana kuko akanwa kawe nikabiii peee unteye iseseme
@neveragainneveragain1880
@neveragainneveragain1880 3 жыл бұрын
90%nabatinganyi....Ahubwo nukwiyuvuzukuri uuterwa ibuye
@nyirarukundofrancoise8178
@nyirarukundofrancoise8178 3 жыл бұрын
Oya mamy sibyiza kuko harabayuda batiyandurishije ibyo byose birihanzaha
@atiitvrwanda
@atiitvrwanda 3 жыл бұрын
Ishapule ntabwo yanditse muri bibiliya. Ijambo bibiliya se hari aho ryanditse muri bibiliya. Niba kuvuga isengesho ryanditswe n’undi muntu ataribyo kuki turirimba mu nsengero indirimbo zahimbwe n’abandi bantu? Iyo tuziririmba se ntabwo bitugirira akamaro k’isengesho?
@bijouxrozay5566
@bijouxrozay5566 3 жыл бұрын
Uyumugore afite ikibazo cyo kwanga idini ahubwo , ibyishapule bigutwaye iki ko wigize Uzi byose? Ababikira se wabagiyemo utayivuga wowe ? Haruwari wakujyanye kungufu? Wisebanya jya wubaha
@arrmnome7118
@arrmnome7118 3 жыл бұрын
Ubutaha uzavuge kandi wamamaze iryo dini ryawe uvuze urimo n' igihe ryatangiriye n' uwaritangije twumve niba ariryo ritunganye
@rutindikarwoganyanja9436
@rutindikarwoganyanja9436 3 жыл бұрын
Soma:la religieuse by diderot Ngo utararibwa nacyo agirango ntikigira amenyo. Niba Padri ajya kugishaka hanze ko atali ibanga ,Umubikira yabigenza ate? Ubuze inda yica umugi Ntiwabaho utarya ruliya rubuto Ese inkuru ya Papa Alexandre Vl yakugezeho?
@uwiduhayelouise8602
@uwiduhayelouise8602 3 жыл бұрын
Byagenze bite iyo nkuru nyayo nzi
@turikumweteresphore4937
@turikumweteresphore4937 3 жыл бұрын
Bigomba kubabaho kuba bafite umubiri kandi muzima ntago biba byoroshye baba bafite intambara itoroshye
@wazerecord8190
@wazerecord8190 3 жыл бұрын
Bjr, IKOSA EPISODE 06 Ninde waruz'ibibintu kzfaq.info/get/bejne/bLaEdJSK0bjQdKM.html 🔥🔥🔥🔥🔥🔥👆🏻 Intare y'ingore akuruye umunwa wa Beatha awusigarana muntoki film igeze aharyoshye ndabarahiye kora subscribe share na comment Murakoze!
@muratwaeugene1414
@muratwaeugene1414 3 жыл бұрын
Madam? Ndakugaye rwose uri umupfayongo. Ahubwo wagiye mu kibikira atari ibyawe birakunanira ubonye bakwirukanye utangira kubasebya kgo ushake indonke. Nkugiriye inama yo kwihana bitari ibyo uzaba ikivume
@angeuwera9601
@angeuwera9601 3 жыл бұрын
Muratwa Eugene ubwo urumu catholic bro ntukizerere mwidini ubwo papa wumu eliminatti akakuyobya ukuri nikwiza
@Alex-cb4rt
@Alex-cb4rt 3 жыл бұрын
Kujya mu kibikira cg igipadiri ntabwo ari umuhamagaro si n'impano kuko nawubiba atarabyigiye mu ishuri kdi iryo shuli ntirishingwa n'Imana ni iry'abantu. muyandi magambo nawe ubyize wamuba
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@soso-vv7pb
@soso-vv7pb 3 жыл бұрын
Ariko abari guhakanya uyu mu mama muri kwijijisha cyagwa sinzi isi mubamo! Twe tuba mu mahanga ibi birashaje abana barabamaze babakorera ibibi biteye isoni birababaje cyane.uyu numwe muri bake bavuze ukuri. None uramuhakanya ute yarabibayemo! Mureke gufana mufungure amaso.. Yego si bose ariko abo bakora ibibi barahari, abatabikora nibo bake .. Umutagatifu wabaye kwisi numwe ni yesu abandi twese twambaye umubiri byose birashoboka. Mumenyereye intero imwe icyo nicyo kibazo
@africandancetv4007
@africandancetv4007 3 жыл бұрын
Ibyo uvuga nukuri cyane kuko urebe abana bandagaye hanze kandi abana babihaye Imana nka bapadiri isi yabaye agatobero kibyaha ese umutagatifu ninde byibura reba mubakuzengurutse bishuti zawe cg mumuryango wawe urebe urabona uwaba umutagatifu ahaaaa ijuru riratugoye kandi byoroshye kurinjyamo
@africandancetv4007
@africandancetv4007 3 жыл бұрын
Ibyo uvuga nukuri cyane kuko urebe abana bandagaye hanze kandi abana babihaye Imana nka bapadiri isi yabaye agatobero kibyaha ese umutagatifu ninde byibura reba mubakuzengurutse bishuti zawe cg mumuryango wawe urebe urabona uwaba umutagatifu ahaaaa ijuru riratugoye kandi byoroshye kurinjyamo
@vincenttuyisabe7141
@vincenttuyisabe7141 3 жыл бұрын
Baca umugani ngo urucira mukaso rugatwara nyoko, Mwisuzume niba muri abera mubone mutere amabuye abo bayobozi ba Kiriziya muvuga.
@fernandndayisenga3551
@fernandndayisenga3551 3 жыл бұрын
Iyo interview yuzuyem' ibinyoma;amafuti n'ugushaka kwubaka izina mu gusebya abandi.N'impumyi irabona k'uwo mugore arimo yishakira abayoboke n'aba subscribers ba youtube channel ye. Ngo aritari iriko amagufa y'abatagatifu????Ngo Padiri akoresha amazi yogejwe abapfuye????Bwa mbere ho n'arondere amakuru y'ukuri kuko Papa ntashigikiye nagato ubutinganyi.Ahubwo n'ukureba neza,nimba uwo mugore yarabaye umubikira ashobora kuba yarirukanwe kubera imyitwarire mibi.Hanyuma uwo musore yiyita umunyamakuru ntabunyamwuga na buke yakoresheje .Ni gute ubaza umu Pastor ngo yishure ibibazo bya Kiriziya????Wabuze abapadiri cyangwa abasenyeri???Ni gute utangira ikiganiro kikarinda kirangira muvuga ku bubi bwa Kiriziya Katorika kandi uriko uganira na Pastor.Iryo niryo jambo ry'Imana yigisha murusengero iwe???Nonsense!!!!!!!!
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
erega channel niya paster we ubwe yatangaga amakuru kuri channel yeee
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@inezaalbine8428
@inezaalbine8428 3 жыл бұрын
Babuloni ikomeye igomba kugwa. Abakora ibyo bishyiriyeho bibiliya ivuga ko basengera Imana ubusa (Matayo 15:9). Ukuri kuraryana ariko aho gushyeshyengwa n'ibinyoma nakomeretswa n'ukuri.
@ntibeshyaelie715
@ntibeshyaelie715 3 жыл бұрын
@@inezaalbine8428 huhhhhhhhhh icyo wita ukuri kuri wowe ni ukuhe??? ibyo bishyiriyeho nibihe??? ese muri bible haraho bavuga ko mu nsengero hagomba kubamo imisaraba??wowe ubiziho iki ngo utubwire ko numva uzi ibyo bible ivuga? haraho wumvise Yesu yohereza umugore ngajye kwigisha se???(simfobeje abagore)
@kangondo7474
@kangondo7474 3 жыл бұрын
Umunyamazimwe ufite stress! Ibyo biganza byawe ukuba ku kubera. Uraranganya amaso! Nutigirira ikizere zibyo ukora ntacyo bimaze. Naho uwo muri kumwe , nyuma ya kiriziya azava iyo yagiye , ahitira kumuhanda.
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@jeffntwari7590
@jeffntwari7590 3 жыл бұрын
Uri umurwanashyaka mwiza wa kiriziya. Erega muvandimwe tuzi byinshi nubwo twicecekera. Ni abapadiri bangahe tuzi b'abasinzi inzoga zagize imbata? Kwikinisha, ibiyobyabwenge n'ibindi? Ntibibabuza kwambara ikanzu, ariko bakwiriye kubabarirwa mbere yogupfukamirwa ngo baraha abandi imbabazi. Shame! I know, the great Babylon will fall soon.
@kangondo7474
@kangondo7474 3 жыл бұрын
@@jeffntwari7590 sibo gusa. Nabarokore ndabazi bakora ibyo. Bica batera inda bagasambana... niyompamvu nuyu aho yagiye ntakinyemeza ko atari nyirakibi.
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Nanjye ndi umuvugabutumwa, uwo mumama aravuga ukuri, gusa hasambana abantu 2 badahuje igitsina ariko batasezeranye . naho abahuje ibitsina byitwa gutingana.
@gakeri4162
@gakeri4162 3 жыл бұрын
Mukomere cyane Nyakubahwa Pastor!! Reka isanzure, kuri iyi mbuga, ntange agatekerezo kanjye Nn se ko numva urubanza uruciye ukarwanzura Wwe ninde waguhaye inkoni y ubushumba? Ndabona umaze kabiri, uzatubwire Kuva isi iremwa kugeza ubu, Ninde mugore wahawe inshingano zo kuyobora abana b imana? Yego, hari abagore babaye intwari, ark ntibigeze baragira umukumbi Reka mbe nciriye ku tini! Imana izaruca
@chloeeiriho8820
@chloeeiriho8820 3 жыл бұрын
Isi iriko irarangira kuko ntamugore yemerew kuba umu pasitori kuko no muri bible haranditse ngo abagore baceceke mwishengero.Ngo nico babaza bakibarize abagabo babo muhita
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Wigeze usoma mu bacamanza inkuru ya Deborah wayiboye ubwoko bw'Imana bwa Israel akayobora urugamba barwana na sisera umugaba wa yabini ( Abacamanza 4:1-23)
@omaremmanuel3811
@omaremmanuel3811 3 жыл бұрын
Deborah yari umucamanza wabisiraheli soma abacamanza igice cya 4 urabisangamo
@julienne510
@julienne510 23 күн бұрын
None se ikibikira yari yakigendeyemo abandi cg yari yagiyeyo wenyine kubera umuhamagaro niba waruwufite?
@davidntibenda8569
@davidntibenda8569 3 жыл бұрын
Ese hari isomo rivugako Mariya yagiye mwijuru muri Bible cg nibyo mwishyiriyeho ese maliya yagiye mw'ijuru asiga joseph umugabo we?? Wasanga turi mubuyobe pe
@danielhategekimana6869
@danielhategekimana6869 3 жыл бұрын
Mariya yabaye umugore wa Joseph Abyara abandi bana nyuma ya Yesu Christ gusa Catholic ntijya ikundira abayoboke bayo kubimenya: The Gospel of Mark (6:3) and the Gospel of Matthew (13:55-56) mention James, Joseph/Joses, Judas/Jude and Simon as brothers of Jesus, the son of Mary. ..
@florienniyitegeka4769
@florienniyitegeka4769 4 ай бұрын
Nonese ufite mission yo kwandagaza,Abihaye Imana?Ariko Ubwo nibwo butumwa bwiza wahisemo kwamamaza?
@pulcherienayituriki7295
@pulcherienayituriki7295 3 жыл бұрын
Niba uzi ko ubutagatifu ari inzira ya Kiliziya Gatolika soma Luka 1,5-6. Abantu b'intungane bariho mama we. Ijuru turitangirira ku isi
@entertainerdiego6312
@entertainerdiego6312 3 жыл бұрын
bari abakiranutsi imbere y' Imana, so Imana niyo yabibonaga ntabwo ari umuntu runaka wabibonaga ko ari abakiranutsi. Imana yonyine niyo imenya niba nkiranuka cg ntakiranuka
Slow motion boy #shorts by Tsuriki Show
00:14
Tsuriki Show
Рет қаралды 10 МЛН
ОБЯЗАТЕЛЬНО СОВЕРШАЙТЕ ДОБРО!❤❤❤
00:45
IQ Level: 10000
00:10
Younes Zarou
Рет қаралды 11 МЛН
Survive 100 Days In Nuclear Bunker, Win $500,000
32:21
MrBeast
Рет қаралды 94 МЛН
Imirire y'ufite hypertension .Kureka umunyu sicyo gisubizo cy'umuvuduko w'amaraso.
15:30
Nutri-MediPlus (Nutritionist Leah)
Рет қаралды 56 М.
UMUTAHIRA MUSHAMBO STEVEN & GATETE
17:25
Luxlens Studio
Рет қаралды 10 М.
Slow motion boy #shorts by Tsuriki Show
00:14
Tsuriki Show
Рет қаралды 10 МЛН