Ukuntu uyu mupasiterikazi akunda inkuru z'ibitsina ubanza ahubwo ariwe wadukanye izo ngeso mbi muri abo babikira akaba ari byo yirukaniwe. Nguwo arasengera ibitsina b'yabagore n'iby'abagabo, n'ibindi. Niba ari n'abayoboke ushaka si uko bashakwa. cyo tubwire n'ibibi biba mu barokore rero nako biceceke ntabyo dukeneye, ubisengere niba usega ufite Imana ku mutima koko nanjye ndagufasha.
@MUKIZAHonorine19 күн бұрын
Mubyeyi Imana iguhe kunyurwa ni kwitagatifuriza mu muhamagaro wahisemo ari ko ureke gusebya ababikira ubwo wari warayobye umuhamagaro. igisha inkuru nziza mu itorero ryanyu mureke guta umwanya mu isebanya ,no one who is perfect
@espe2133 жыл бұрын
wa mubyeyi we, ufite ubuhamya bucagase n isebanya , nubu pasteri bwawe ntashyingiro bufite. ese kwibasira abantu cg ubwoko runaka cg imyemerere yabandi yewe ukabasiga ibara cg icyashya runaka wibaza ko atari icyaha? mbese iminsi wahamaze watinganye kangahe? ese aho ukiviriyemo wahise wera ntakindi cyaha wakoze kugeza aya magingo? cg dusobanurire ko gutingana aricyo cyaha rukumbi. ongera ubumenyi buhagije mu myigishirize yawe , irinde gutukana no kubeshyera abandi ndetse no guca imanza kuko ntabubasha ubifitiye utazatuma bakuburira agaciro
@ndashimyeemmanuel74813 жыл бұрын
Ndabona nta gitangaje kirimo! Umubikira, Pasteur, Padiri ni inyoko muntu ishobora gushukwa na sekibi. Ahubwo abantu bazibukire ibibi bareke gutera uyu mudamu amabuye!
@finafinal29293 жыл бұрын
Nanjye muzantumire mbabwire ibyo nabonye mu ba ( protestants) !, Jyewe nasanze mwese mwibereye muri business ngo muri za ba pasteurs, niyi moamvu musebanya. Kimwe nasanze amadini yose akomoka kuri Catholique . Gukizwa ntabwo ari guhindura idini!¡
@josianeabijuru92832 жыл бұрын
Uvuze neza rwose,ni bisness baba bibereyemo.Nanjye ndi umuhamya bazantumire mbivuge
Ariko hari ikinyobera,ko ufite idini wowe abarimo bose bakora bimwe ? Ese hagize uwica iryo dini ryawe baryita iry'abicanyi? Twemere wenda ko abatinganyi barimo ,mu mategeko ya couvent baguhaye wasanzemo ubutinganyi? Kami ka muntu ni umutima we Wa munyamakuru we nawe wibeshyera Papa, Wa mubyeyi we mbona ufite mission yo gusebya ababikira,kdi gusenga si ukuvuga amasengesho menshi,ni ukugerageza kuba umuntu muzima ,si ukunenga ibyo abandi,ni ukwireba ubwawe ukareka ibyo unenga ku bandi So numva nawe utari shyashya rero reba neza ibikugora ureke abapadiri n'ababikira cyane ko utakiri n'umubikira
Ntabwo wumvise abantu hari kuva muri Espagne bagasanga yo ikinogo kirimo ibikanka birenga 2k by'impinja? Nihatari niba umuntu avuze ibyo yaciyeho si ugusebanya
@ingabirejanviere14423 жыл бұрын
Umva mubye urabihuhuye KBS! !ubutinganyi no kwinisha ibyaha Bibi cyane.
@kamuziseb49103 жыл бұрын
Murakoze Mama kutubwiza ukuri dukeneye abakizwa ntidukeneye abaguma mubyaha.
@mariekangabe546514 күн бұрын
Mbega ishyano. Wa mubyeyi we wisebanya. Congratulations yawe niyihe? None ko usebeje abihayimana bose kdi ariwowe wakoze ubwo butinganyi. Ko ari wowe watinganye bihindutse gute abyabihayimana bose. Sigaho gusebanya. Ishimire umuhamagaro wawe.turagusabira waravangiwe. Uri kudandabirana
@karangafabien57643 жыл бұрын
Maman Rwose va kugiti dore umuntu uberewe no guheka, warakoze kwitadukanya ni kinyoma nubundi baje kwigisha ibinyoma bijyanye nibyo bari bagamije, nti wakwigiha ijambo ry'Imana witwaje imbunda, urakoze kuduhumura.
@mukabarasiconstance5260Ай бұрын
Unva wa mubyeyi we ibyo uvuga nimyaka ufite n'invi zuzuye umutwe ntibihura pe uriyita umupasteur ariko iyo ubanza ukaba umukristu wa shake ikindi urisha ukareka gusebanya. Icyo nzi cyo aho kukubahisha biragusuzuguza rwose kandi Imana yo mw'ijuru izabikubaza
@masinejosephine13313 жыл бұрын
Imana ikubabarire ubundi wagiye uvuga ibyo urimo uyu l mundo ese uwo munyamakuru WE yabuze uwo yabaza amakuru nyayo ya catolic mbega pasteur
@jayavatar15773 жыл бұрын
Umunyamakuru arahengamye
@susanirankunda82703 жыл бұрын
Kubwanjye ntacy nohakana cyanke ngo nemeze IMAN yonyene niyo ibizi knd buri umwe wese afit ubuzima bwe knd nuko azabaho byateguwe n'Uhoraho IMANA bose sabageni harimwo abaherekeza abandi mureke kwigira nka babantu bo kur nowa baburirwa ntibumve
@neemajoyce32063 жыл бұрын
There’s no such thing like mutagatifu the bible says that there’s no one who is holy Catholic Church is the really Babylon means confusion written in Revelation 14:1-8
La déception est une chose et sa gestion en est une autre. Ibyo uyu Epiphanie avuga byose abiterwa no kuba yarananiwe kubaho uko yiyemeje. Yavuga ibya ashaka, kandi amenye kwirengera imitima arimo yica/yangiza, yubwira ngo arabwiriza
@@uwimanacathy5458 uyo uba mucyaro wari kwicwa n' amagambo wa mugore we rekera ho kubeshya.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Soma matayo 13:55 urabonamo abana Mariya yabyaye, matayo 1:18-25 urasangamo uko yozefu yarongoye Mariya nyamara Catholic bavuga ko yakomeje kuba isugi , mariya ngoo yagiye mu ijuru kandi nta murongo ubigaragaza muri bible. Yewe ibya catholique ni amayobera wa mugani wa padiri
Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
@@kesia8519 Abavugiye ibintu , soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55-56 maze urebe ko yozefu atarongoye Mariya bakanabyarana abandi bana. Ngo papa ntajya yibeshya ngo ni nyirubutungane? MANA uduhe bimwe mu byo papa yifuza gukora muri uku kwezi. Ibi si amafuti koko. Niba se yagambiriye nabi nawe urasana ngo Imana ibiguhe koko? Ngo ntakarongore soma 1 Timoteyo 3:1-5 urasangamo bategeka umwepisikopi kuba umugabo w'umugore umwe. Adakunda ibisindisha nyamara muri couvent usanga ari depot ya za nzoga zikomeye liquor. Abibaza ngo kuko yabyaye pastor ari umugore, Deborah yabaye umucamanza w'abisiraheli arabayobora mu gihe nta n'umwami bari bafite. ( abacamanza igice cya 4) kandi witwa Anna yabaye umutambyi mukuru mu bisiraheli. Umutambyi mukuru ni nka pasteur cg musenyeri wubu. Amagufwa ya mutagatifu Theresa w'umwana yezu umwaka ushize ntibayazengurukije mu Rwanda hose mu maparuwasi ndetse no muri gereza ya Nsinda ntibayajyanyeyo? Ibyo se si ubuyobe. ESE ubundi bashingira kuko bagira umuntu umutagatifu? Bave mubuyobe kabisa. Kubyerekeye ubutinganyi ntimuzi ko Imana yarimbuye imijyi 2 Sodom na gomora kubera ubutinganyi ndetse na mukaloti wahindukiye akareba inyuma ababajwe nabo yari azi barimbutse agahita ahinduka inkingi y'umunyu nk'igihano. Soma 1korinto 6:8-10 batubwira ko abahehesi, abasenga ibishushanyo, ibitingwa n'abagabo bendana n'abasinzi batazaragwa ubwami bw'Imana. ESE buriya abakatolike bazi ibyanditswe mu kuva 20:4-5 kubyerekeye ibishushanyo.
@volopacemus3 жыл бұрын
Wa mugore we ibyawe bizagenda bigaragara. N'abatari wowe bananiwe gusenya kiliziya y'Imana imyaka myinshi irashize wakwitonda mu byo uvuga. Uwibwira ko ahagaze aritonde atagwa. Kiliziya ifite doctrine yubakitse neza. ibitekerezo by'umuntu umwe udashinga si byo byayisenya.
@inhimilivemovehavemybeing3 жыл бұрын
Mama Imana ikurinde amaraso ya Yesu agutwikire kuko washyize hanze amabanga ya satani, uburinzi bw Imana bukubeho!
Eheee! Ubu se koko uyu yari kuguma mu bubikira n'aya mazimwe y'umukecuru muzima?
@Alex-cb4rt3 жыл бұрын
@@uwimanacathy5458 ababugumyemo nabo si ubushake nuko atakubwiza ukuri
@Rugaramba-cp7vsАй бұрын
Ibyuvuga nibyo cyane,utarabimenya azamenye abana babyawe nabamwe muba Padri, ahubwo batumariye abagore babasambanya, mumiryango remezo no muri za korare, mwimutera amabuye aravuga ibyazi kandi birimo ukuri kubashaka kukwumva nyine. Uzivangura na politique mbi zibayo ??
@gahongayiremariechantal727224 күн бұрын
Wa mubyeyi iyubahe kdi wiyubahishe,k'uko ufite ikibazo gikomeye,Nyagasani agutabare
@rugambaali72413 жыл бұрын
Uyu mubyeyi nta kintu na kimwe abeshye Njye nize mwi seminarie imyaka myinshi ndu umuhamya wabyo nsanga Islam ifite ibisubizo by ibibazo nari mfite Ubundi ukuri nuko Vatican ari leta ya politic ikoresha idini, naho Islam n'idini ikaba ikoreshwa muri politic
Abatubanjirije b'abahanga bagomba kubahwa no kubahirizwa! Ikindi, masoeur nta bumenyi buhambaye mu by'iyobokamana ubigereranyije n'ubumenyi mu nyigisho zijyanye n'amateka y'Imana na muntu! Buriya wamubaza amategeko n'amahame n'umuryango yinjiyemo
@syridionntawiganayo72413 жыл бұрын
None se ntidushyira mu dusodeko amagambo yo muri Bibiliya, mu gitabo cyanditswe na (Paul, Matayo, Yakobo,....
@Alex-cb4rt3 жыл бұрын
Abantu bavuga ko uyu muma abeshya barashingira kuki? ndakeka ari ugufana bizira ubumenyi, aravuga ibyo yize abibamo kdi abisobanura uko biri nkatwe tuzi ibirenzi ibi yavuze kdi ntibitubuza kwinjira mu kiriziya. iyi kiterekero ni ibintu bisanzwe cyane ndetse na kiriziya Papa asengeramo yubatse hejuru y'amagufwa kdi si ibanga birazwi. niyo mpamvu mu kiliziya bakoresha ijambo UKWEMERA nukugira ngo wemere ibyo ubwiwe singombwa ko uba ubuzi.(ukwemera kuzirana no kumenya), Gusa nakugira inama yo kwirinda kuko bashobora kukwica bakuziza gushyira amabanga y'imyemerere yabo niko bakora
@ntibeshyaelie7153 жыл бұрын
weho uzi formation yab' ababikira ese amasomo yo biga urayazi,wenda yamenya ibyo byaba bikira ariko se ibindi yize muri formation ye nibihe byamuha kumenya byose,wowe se urashingira kuki uvuga ko avugisha ukuri?? wowe uzi ibingana iki kuri catholic?? wageze i Roma se raaa?? burya mbere yo kuja impaka tujye tubanza twige neza icyo kintu,wabona uri kuvuga gutyo utari n' umucatholic
@@Alex-cb4rt wenda ngize amahirwe mbonye umuntu nkawe nnese muvandi ko numva wenda wize izo theology na philo wenda nanjye nabyizeho ariko se urahamya neza ko ibyo yavuze byose ari ukuri?? nanjye nharibyinshi nzi ko yavuze ari ukuri hari nibindi ariko se urahamya ko nibyamazi y' umugisha aribyo inyo yayavuzeho??
@Alex-cb4rt3 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 ibyo yavuze byose sinahamya ko ari ukuri kuko nanjye harimo ibyo numvise bwambere ahubwo natangiye kubikorera ubushakashatsi, nk'amazi y'umugisha nanjye sikuriya nari mbizi ariko sinabihaka kuko nawe niba wibuka neza hari ibisigazwa bya mutagatifu Tereza w'umwana Yezu byigeze nokuzana mu Rwanda. Bivuze ko muri kiliziya kwizerera mu bapfu atari bishya kuko burya kiliziya ifite imihango myinshi cyane yahoze ari iy'abaromani( benshi bitaga iya gipagani) yinjijwe muri kiliziya ikaba igikoreshwa nanubu. Igitangaje n'ibyinshi muribyo binafitwe n'abiyita abanyamwuka kdi basebya kiliziya babikuyemo(ibyo bituruka kukutamenya neza ibyo umuntu yizera cg yamenya). Urugero rw'ibyizerwa n'amadini menshi kdi byari bisanzwe mu baromani bakere ndetse utazasanga muri Bible; gusezerana imbere y'Imana byaturutse mu mategeko y'ubwami bw'abaroma cg leta, isabukuru cg ivuka rya Yezu riba kuri Noheli, kwifashisha unusaraba mu myemerere ya gikristu burya ntabwo nabyo byanditse muri Bible ariko umusaraba wakoreshwaga cyane n'abaromani mu nyuzerere yabo. Igitangaje ariko nta dini rya gikristo ritawukoresha uretse abayehova niba ntaramenya beza niba bakoresha umusara kuko nabo ni idini nk'andi. Ni byinshi sinabyandika byose
@Alex-cb4rt3 жыл бұрын
@@ntibeshyaelie715 mu kuri rero hari ibyo yavuze bitari rusange nkuko bavuga ngo muri gereza habera ubutinganyi, nibyo habera ubutinganyi bwinshi ariko ntabwo ugiye muri gereza wese avayo ari umutinganyi bivuze ko no mukibikira cg igipadiri bose badashobora kuba abatinganyi kuko badahuje imico n'unutimanama
cyokoze paster njye nuko bitashoboka ngo mpure nawe nakakubajije byinshi peeee,ese ntunatinya ko mubo ubwira hirimo wenda nabantu basobanukiwe ibyo uvuga kukurusha bahita bumva ibinyoma gusa harimo ibyo ukuri wavuze abapadiri barabyara ndetse bamwe bakanavamo bagashaka n' aba soeurs nuko ariko se,mwicyo gitabo Mgr Bigirimwami yanditse ko utubwiye umutwe gusa ibiri mwimbere urabisobanukiwe ngo ubiduhe,ese mui dini washinze ntabasambanyi babamo?? nonese warabibemereye?? ntabanyabyaha barimo se?? bose warabibemereye ko bacumura?? niba barimo se nawe tukwite ko uri paster wbasambanyi?? cg ufite nabeza?? Ese ko waruri muri communaute uri soeur? warasezeranya ubusugi ku wasohotse ukihutira gushaka umugabo?? cyokoze nuzajya wicara imbere yabayoboke bawe cg wigisha uzajye uzajye uvuga ibyi idini ndetse ubayobore inzira igana ijuru ureke kuvuga ibyo utazi neza kandi nawe ubizi ko ubeshya kandi niba ugira umutima nama wawe uzihane/wiyeze ikinyoma.
@Jeannette-q3s3 жыл бұрын
Nta hantu na hamwe hataba abantu batannye,rero si aba bikira bose,bikinisha ni nkuko aba Pasteur basambana nintama zabo,nabo nagatingana,wari gukizwa wowe,ntubikore,siyo mpamvu wavuyemo,ni uko ahubwo utari ubikwiriye,wasanze aho kubeshya ,Imana nabantu wareka ukaba wowe,rero si byiza gusebya aho wavuye,ntawamenya
Soma matayo 13:55 nurangiza usome matayo 1:18-25 maze uze kunsubiza niba Mariya yarabyaye abandi bana cg se niba Yozefu yararongoye Mariya.
@shadiahborandi26873 жыл бұрын
Ndababaye cane
@mutuyimanaleoncie17363 жыл бұрын
Nyagasani akubabarire kuko ibyo uvuga ntabwo ari wowe hari undi uri muri wowe ukuvugisha ..gusa uzasabe Imana iguhishurire ukuri kuko ururimi rwawe urukoresha mukugwisha abantu ..ntugace Imanza kuko uwaturemye niwe wenyine ufite ijambo ryanyuma kuri buri wese..Ese papa aho yavugiye ibyo mwari muhari mufite proof yabyo ?
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Nawe se wemera ko papa atajya yibeshya? Ko ari nyirubutungane? Amagufwa ya mutagatifu Tereza w'umwana yezu bazanye mugasanduka umwaka ushize bakayazengurutsa mu isi yose na hano mu Rwanda mu maparuwasi yose ndetse no muri gereza ya Rwamagana bayazanyeyo, bivuze iki? Soma matayo 1:18-25 na matayo 13:55
@hajatihajati53573 жыл бұрын
Ariko de Mana ababeshya bose ngo bihaye Imana ko ba byitiranya ahubwo ko bihaye shitani ba shoboye bagahitamo kamwe ko kuba abagaragu ba shitani wikivume
@Niyiturinda3 жыл бұрын
Nibaza cyane niba umubikira cg se umupadiri badateye nkabandi????ese bafite ukwihangana kuruta u kwabandi???
@zachariehabyarimana77373 жыл бұрын
Ijambo ry'IMANA 1Timothée 4,2-3 riratwereka neza ababuza abandi kurongora cyangwa ibyerekeye ibiribwa cyangwa se ibinyobwa, atari ugushaka kw'IMANA. Idini iryo ari ryose ryitwaza Izina rya YESU cyangwa YEZU ribuza ubusugire n'ubwubahe bw'Ugushaka kw'IMANA mu biremwa bye ,bene iryo dini riba ryica ibiremwa bitaremye ribinyujije mu buhanga bwabo nyamara butari UWABIREMEYE, UBAHA UMWUKA W'UBUGINGO. Ikingenzi musome Bibiliya muyobowe n'UMWUKA W'AMAHORO N'URUKUNDO UBATUYEMO,,Mwese muziyigishirizwa n'IMANA ubwayo ibahumekeramo Yabiremeye.
@ndagijimana.alexis47033 жыл бұрын
Ibyo uvuze nukuri navuye muri kiriziya gatolika kubera ayo magufa nabonye aba kuri altar
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Wabonye umwaka ushize amagufwa ya Tereza w'umwana yezu bazengurukije isj yose, no mu Rwanda barayahagejeje mu gasanduku ndetse banakajyanye no muri gereza ya Nsinda( Rwamagana)
@mporanimanatheophille69643 жыл бұрын
Ikindi kandi mu madini yose harimo ababi n'abeza icyo mukimenye
@angeliqueuwimpuhwe50623 жыл бұрын
Mbashije kumirwa😩
@marcelzwahlen35223 жыл бұрын
Hoshi Hoshi shitani.
@ElvisYannickАй бұрын
Ahubwo papa numubyeyi izo ntoki zanyu mumutunga izisigaye zose zirabareba Abana banyu nabatinganyi ko mutabajugunya se???
@celestinmageza18043 жыл бұрын
Nyabuna mujye mutohoza mumenye cyane mwebwe b'abanyamakuru mureke kwemeza no gukwiza ibihuha n'ibinyoma: Papa ntabwo yasabye ko abaryamana bahuje ibitsina bakwemerwa ngo babikore, icyo yavuze kandi yashimangiye ni uko bagira uburenganzira (droit civil) bwo kudacibwa no kwirukanwa mu muryango. Urugero: umenye ko umwana wawe ari umutinganyi wamukorera iki? Wamwirukana ntakugarukire mu rugo? Wamufata nk'umwana wawe ak'umugani ngo ibyaye ikiboze irakirigata,...?
@IsongaShemaАй бұрын
Sha wifitemo shitani umudayimoni wanga inzira y abihayimana Cyokora hari benshi bavuga nkawe Nugute uvuga ko uri pasitoro ugahindukira agasebanya kurwego uriho Ikindi uri mu kliziya ya kristu akurikiza yezu kristu Ikindi twese turi abanyabyaha nicyo cyamanuye yezu kristu mu ijuru Ikindi kurata ko usenga kandi usebanya ubyitondera muvandimwe
Mukomere cyane Nyakubahwa Pastor!! Reka isanzure, kuri iyi mbuga, ntange agatekerezo kanjye Nn se ko numva urubanza uruciye ukarwanzura Wwe ninde waguhaye inkoni y ubushumba? Ndabona umaze kabiri, uzatubwire Kuva isi iremwa kugeza ubu, Ninde mugore wahawe inshingano zo kuyobora abana b imana? Yego, hari abagore babaye intwari, ark ntibigeze baragira umukumbi Reka mbe nciriye ku tini! Imana izaruca
Wigeze usoma mu bacamanza inkuru ya Deborah wayiboye ubwoko bw'Imana bwa Israel akayobora urugamba barwana na sisera umugaba wa yabini ( Abacamanza 4:1-23)
@omaremmanuel38113 жыл бұрын
Deborah yari umucamanza wabisiraheli soma abacamanza igice cya 4 urabisangamo
@julienne51023 күн бұрын
None se ikibikira yari yakigendeyemo abandi cg yari yagiyeyo wenyine kubera umuhamagaro niba waruwufite?
@davidntibenda85693 жыл бұрын
Ese hari isomo rivugako Mariya yagiye mwijuru muri Bible cg nibyo mwishyiriyeho ese maliya yagiye mw'ijuru asiga joseph umugabo we?? Wasanga turi mubuyobe pe
@danielhategekimana68693 жыл бұрын
Mariya yabaye umugore wa Joseph Abyara abandi bana nyuma ya Yesu Christ gusa Catholic ntijya ikundira abayoboke bayo kubimenya: The Gospel of Mark (6:3) and the Gospel of Matthew (13:55-56) mention James, Joseph/Joses, Judas/Jude and Simon as brothers of Jesus, the son of Mary. ..
Niba uzi ko ubutagatifu ari inzira ya Kiliziya Gatolika soma Luka 1,5-6. Abantu b'intungane bariho mama we. Ijuru turitangirira ku isi
@entertainerdiego63123 жыл бұрын
bari abakiranutsi imbere y' Imana, so Imana niyo yabibonaga ntabwo ari umuntu runaka wabibonaga ko ari abakiranutsi. Imana yonyine niyo imenya niba nkiranuka cg ntakiranuka