Cha bro turi benshi pe 😂 kuko buri mugabo afashe umugore umwe hasigara abagore benshi cyane kdi Bose siko bashobora kuba abihaye Imana😂😂
@esperancemujawiyera79866 ай бұрын
Sinzi impamvu ntinya abasilam 🙈🙈
@ZawadiBintDjuma6 ай бұрын
Hhhh oya ntukadutinye ntago turyana😂😂😂
@gatekagretta3866 ай бұрын
@@esperancemujawiyera7986ntundushya njyewe pe🙈🙈
@violettekarekezi37306 ай бұрын
Nkurikije ibyo uvuga , wemera imana pe kandi iguhe umugisha. Jyewe numva abagabo ba abanyarwanda bakera uhereye kuri ba Data numva bose bari nka abislam kuko bari bazı ko ingo zabo aribo zireba badasiganije abagore. Rwose abato bakwigireho bazubaka🙏🙏
Ujye ushima imana ko wavutse mu rda igihugu cyigikunda kurusha iyo islam uvuga utanazi. Iyo uvukira muri biriya bihugu bindi uba warashingiwe ufite imyaka 9 nimba ufite n'akana gakakobwa nawe wari kugashingiza kugisaza cy'imyaka 50. Kandi uko n'ukuri. Nakugira ninama yo gufata corawani naza hadith ukicara ukabyiga, uzasanga nkawe nk'umugore nta gihembo allah yaguteguriye mw'ijuru, noneho nk'umwirabura nta n'ijuru mufite, uko n'ukundi kuri. Nimba wibaza ko mbesha byanashoboka kuko mwe ntimujya mwiga corowani mutahira ibyo baba babwiye. Umbwire ndaguha ama sura y'ibyo nkubwiye. Ndi wowe navamo vuba vuga, ijyo dini bene jyo banga abirabura bakanabasuzugura, n'imana yabo ikabanga. Shaka agakiza hakiri kare. Har'indi Mana itarobanura ubwoko, idatoteza abagore ntinagire violence kubana bato.
@tetalatifaaadily36526 ай бұрын
Woe sinzi ikibazo ufite ninde wakubwiye ko byoroshye gukura umu islam ushikamye mu dini wivugisha ngo ntimujya mwiga corowani it's qor'an first of all ngo ndaguha amasura yibyo mvuze reka nkubwire muzasebya islam uko mubishaka ark trust me ukuri kuzagaragara in the end
@igihozosandrine67626 ай бұрын
Yesu aguhe Umugisha Abigari uvuze ibintu byiza Imana yo mw'Ijuru ntitoteza Abantu ntirobanura no kubutoni.
@ZawadiBintDjuma6 ай бұрын
Hhhhhhhhhhhhhhhhh
@UwaseUwase-rz5oh6 ай бұрын
Sha gusangira rwose
@alidasoleilirankunda15746 ай бұрын
Number 3
@tazz85866 ай бұрын
Sigaho ayo namahano
@jeanafazari18646 ай бұрын
❤❤❤
@mosesndagijimana86896 ай бұрын
NAMBER 2
@NaslaUwimana6 ай бұрын
❤
@NsengiyumvaDaniel-re8vt6 ай бұрын
Namber 4
@Hekima296 ай бұрын
@Sheikh Ashraf N,karibu sana. Lakini usirudie tena kujiunga na wale wantu wakuingiza katika vitendo vya maneno mabaya
@nickynadiira16396 ай бұрын
Musome kdi mwige makka mu buryo GEOGRAPHIQUE muzasanga ari izingiro ryisi nu ubuhanga kdi ni ibanga ry Imana
@NiyifashoiAnifa2 ай бұрын
Islamu niryo dini ryukuri
@Olivier3996 ай бұрын
Ubutaha uzamumbarize niba yemeranya na Muhammed washatse ayisha afite imyaka itandatu, muhammed we afite 54
@igihozosandrine67626 ай бұрын
Yego burya nuko byagenze🤭
@Olivier3996 ай бұрын
@@igihozosandrine6762 man biteye ubwoba, noneho abantu yishe ntibabarika, igitangaje ni ukuntu Muhammad yasambanye numugore wumwana abereye se wabo. Ntabisobanuro babona rega
Ubwose nukugorwa narinziko saenga biloreye Toni kumugongo na bibiriya irabiviga icyibazo ababigisha ntibabibigisha
@JohnIloko-ok7fn6 ай бұрын
Halisengesho hakaba nicyo bita iduwa
@angemwiza22836 ай бұрын
Ariko ibyo biganiro byoguharika mwagiye mubyigumanira muri islam ko twe tutabikeneye.cyakoze mwabagabomwe bomuri Islam murikunda we, imana ige yorohereza abagore banyu pe ibahe umutima wibuye
@DarkAngel-cj6sx6 ай бұрын
So Allah lives in the kabbah?
@k-nation54066 ай бұрын
No
@CHiTAMAGIC76 ай бұрын
GUSANGIRA 😢😭 🤣🤣🤣
@uwimanayvette42376 ай бұрын
Ubwo umugore nawe reka ashake abandi bagabo abateteshe nawe rero😂😂