Nyuma ya Adam c ntabandi bakiranutsi bashatse abagore benci, salom abagore 1000, dawudi, nabandi benci knd bakundwaga n'Imana........gusa nyine njye sinabishobora arko ababikoze sinabaveba.
@johnmbarute77478 ай бұрын
Niba batarabayeho nawe ntabwo uriho.
@Amanda-pm5mw8 ай бұрын
Ariko niba muvuga ko umugabo atahazwa n'umugore umwe, kuki Imana itahaye umugore kwakira naturally guharikwa. The fact y'uko biba isoko y'intimba n'ibibazo makes me think a lot
Iki kiganiro cyakoze kumitima yabenshi arko nkibisanzwe kwakira ukuri biragorana😂😂 gusa niko kuri nuko nkabakobwa kubyakira bigoranye buri wese aba yishakira akarimake😂😂 Allah abongerere sheikh ashirafu na Sabin ❤❤❤
@user-rj2ul8ls9r8 ай бұрын
Sheikh umugore umwe ahaza umugabo ahubwo abagabo benshi ntibahaza abagore babo wowe umugore wawe nakubwira ngo rekera udaradera aho ushaka kugera azaba ataguza. Icyo nemera cyo abagabo tugira irari ritari ngombwa naho ibindi byo ni kamere yo kutanyurwa Imana yaremanye all males. Si umugabo gusa ahubwo n ibiremwa gabo byose ariko ntago umuntu akwiye kuba nkisake bazaniye inkoko kazi ihita ipanda ije ako kanya kandi iyabanje yayipanze rimwe ubundi igakubita ibaba gusa
@Bajolie8 ай бұрын
Ma sha Allah
@AnnemarieTWIZERIMANA-np1sq8 ай бұрын
Amba sabin ndumva bitoroshye cyokora abagore baba silamu mukenyere mukomeze
@darcynda65868 ай бұрын
Ndakwemera , ndebye iyi conversation , 2x , so ndemera ibyo umvuga
Ntabwo ari abaslamu bazanye iyo mico, uzabaze abakurambere benshi bagiraga abagore benshi kandi ntibari abaslamu, Niba aguhagije ni byiza, ariko ufite umudamu utamuhaza akaba afite ubushobozi ntampamvu yo kuba wamubuza uburenganzira bwe, gusa undi mudamu atabishaka yasaba gatanya biroroshye. Kuko uzarebe n’Intumwa Abraham salomo nabandi bagize umugore urenze umwe
@Iriho8 ай бұрын
Ubundi Umugore azi ubwenge Aja muburiri atanipinjama yambaaayeeee,,,ubundi ugasanza ibihwagari umugabo agahwikiraaaa
@umugwanezaritha33978 ай бұрын
Islam irasobanutse nukuri🥰🥰🥰
@eugeniegihozo58658 ай бұрын
Batahana za lukono bilika' yiteka. Merci haj
@UwajenezaDjamilla8 ай бұрын
Thanks Shekhar
@liberathemukambanda84308 ай бұрын
Islam iri serious kbsa ndabemera! Byabindi ngo sinkigukunda bajye bishyura rwose!!
@MUTARA.RWOGERA8 ай бұрын
WIBWIRAKO SE UMUGORE WIKI GIHE IBYO KUMUHARIKA HARICYO BIMUBWIYE???? UZAJYA MU BANDI NAWE AGUCINYUMA CG MUTANDUKANE KDI UBUZIMA BWE ABUKOMEZE UKO ABYUMVA IYO MYUMVIRE YARARANGIYE.
@diagfinamix18618 ай бұрын
Ushobora kuba uri indaya mbaya.
@MUTARA.RWOGERA8 ай бұрын
@@diagfinamix1861 INDAYA NKA NYOKO
@murenziabdou67768 ай бұрын
Nonese abadashyigikira ko ufite ubushobozi yashaka, bakajya mu ndaya bakabyara abana hanZe ubwo nibo shyashya ra kandi ko ari benshi arizo gatanya zuzuye
Erega nubundi kuvuga ngo umugabo umugore 1 ntiyamuhaza nubundi Ari irari na 4 ntibamuhaza,kuko na Salomon yari afite abagore 700 ni nshoreke 300 (ibaze kugira abagore bangana gutyo ukongeraho ninshoreke),ubwo rero ugiye kubyirari kereka umuhaye abagore Bose bo ku isi
@murenziabdou67768 ай бұрын
Bukunaniye kubyakira wasaba gatanya Uzabaze amateka, kuvana isi yaremwa abagabo benshi bashakaga abagore benshi, ariko ntaho wabona umugore washakaga umugabo urenze umwe . No mu rwanda rwa kuva cyera niko byari bimeze, Bizaguha kubona ko mu miterere umugabo atandukanye n’umugore
@dusabeeden69328 ай бұрын
Buriya rero ikintu nabonye nuko ibintu byose Ari mindset wishyizemo ko wabishobora byashoboka ariko mu gihe wumvako Ari uburenganzira bwawe ni ukwiruka mpaka abagore Bose ubahetuye
@user-bn7yb2fk7w8 ай бұрын
Uzaba ze urebe ukuntu banywa inzoga, bahindura utubari kandi bashize inyota ni nako bigenda ku bagore, ngo ni iyo yamara kubikora agasohoka gato agahura nundi uhindukjra yahita are aho da, none se ko inkoni yabo itihishira ijisho rirarabukwa i gahita ihagarara😅😅😅
@ishtina8 ай бұрын
@@murenziabdou6776ntaho umugore yandikwa kdi ikandamizwa no gushyira hası umugore byarahahoze Ariko ntibisobanuye ko abagore babaga banyuzwe 100%. Uzabaze imibare y abana basangwa ko atari aba nyirurugo. Abagore kuko babibujijwe barabihisha Ariko si uko irari ritangana. Uwashaka kujya mu mico mibi wese ntiyabura impamvu