Musinga yanze inyigisho zaba padiri kugeza aho atumira Muniyeri mu Rwankeri w’umudivantisite kujya yigisha abana bibwami nabana babatware rero ntabwo bari kubura kumushyraho ibyaha nkibyo ibaze umukobwa yatwaraga inda yindaro bakamuroha nigute umutiinganyi yajyaga kubaho mu Rwanda ? Kdi ibyo byaha bije vuba muri Africa biva iburayi
@nyiresthertv85722 жыл бұрын
Musinga yibye ingoma ntiyari guhirwa byongeye bica nabi umwami Mibambwe IV Rutarindwa bari kugiriraho umugisha kuva nyina wa Musinga Kanjogera yari yahawe kuba umugabekazi akarengaho akica imfubyi yarasigiwe .! Ayo ni amabi n'amahano yo gukenya ubwami we na nyina bakoze