Uyu mugabo nyiriyintama namukunze kuko aravuga ukuri cyane nta mbebya. Afrimax TV murakoze muri abagabo cyane. Muhora mudushakira udushya.
@okss2505 Жыл бұрын
Ayo ni amagambo!! Kuki mutayivugishije se ngo tubyemere,mwa njiji mwe, Wa munyamakuru we nawe uri injiji!! Ibyo bakubwiye ubyemeye ute kdi batayivugishije ngo ubyumve?
@edouardnkurunziza77303 жыл бұрын
Buriya vyari kuba vyo mugiy mutwereka ukwo ivuga ubundi ntawokwemera k yari true story .
Shaaa,rondera umukozi w,Imana asenge ishe mw,IZINA Rya Yesu n'idayimoni utunze
@francisnsabimana3379 Жыл бұрын
Kuba iyi ntama yavuga nta gitangaje kuko satani afite uburyo bwinshi bwo gukora . Ikigaragara irimo amajini n,amadayimoni. Buriya murabona ari intama ariko ishobora kuba ari umuntu ufite ishusho y,intama. Nimudakizwa ngo mwakire Yesu Kristo nk,umucunguzi wanyu izabamara.
@deonduwimana736 Жыл бұрын
Ego cane ni bakizwe kuko irimwo ibanga rindi ryabadayimoni
@ChantalNsanzumubyeyi2 ай бұрын
Muratubeshya pe
@mizerojeandamour9624 Жыл бұрын
Twabyemera muyivugishije mbone nkubone.
@vanessa29344 жыл бұрын
Yeah iyi ntama Hari imihango n, imigenzo yayikoreweho. Ahubwo mwitonde.