Imana ni Imana ikindi ni umubyeyi Imana yacu ihorana imbabazi kubo yaremye
@pacificmugiraneza731521 сағат бұрын
Dukwiriye kuvuga twarebye muri bibiliya yose aho kuririra ku ijambo rimwe ryo muriyo kuko niho haturuka kuyobya abizera. Iyo uvuze ngo nta mukene wizera ubwo ubushatse kuvuga ko uwibonaho ubukene kandi ntako atagira ngo akore Imana imubara nk'utayizera! Tujye muri bible: 1. Kuki Imana yashyizeho ibitambo bitandukanye kugera ku ntungara? Si ubusumbane mubyo gutunga! 2. Abudodomu yariki? Ntiyari umukene kubyisi! 3. Gutoragura utuvungukira kwa Lazaro uvuga wibwiye ko ari ukurera amaboko? Cyangwa nuko yararwaye atabasha gukora n'abakamufashije (Itorero) mu nshingano ntibabikore. Twibuke ko Imana yabwiye Abisrael ngo ntihakagire umukene uba muri mwe. Kudasohoza inshingano nkuko Imana izidusaba nicyo gituma abakene bagaragara muri twe rero. Urugero rwiza rwo kurwanya ubukene mu bizera rugaragara mugihe cy'Intumwa gusa. Umva icyo ijambo ry'Imana rivuga: Lk 16:20 [20]Kandi hariho n'umukene witwaga Lazaro, wahoraga aryamye ku muryango w'uwo mukire, umubiri we wuzuyeho ibisebe. Imbwa na zo zarazaga zikamurigata mu bisebe, Ibisebe bikabije Lazaro yararwaye nibyo byamuteye ubukene kdi siwe wari wabyihamagariye. Ibi byamugendekeye nka Yobu, kuko nawe guhora yikubisha urujyo ntibyari gutuma haricyo yakora ngo yiteze imbere. Lazaro ntiyari kuboneka atoragura ubuvungukira iyo Abisrael bumvira Imana nk'abatoranyijwe nayo: Lev 23:22 [22]“Kandi nimusarura ibisarurwa byo mu gihugu cyanyu, ntimuzasarure inkokora z'imirima yanyu zose, ntimuzatoragure ibisigaye guhumbwa, ahubwo mubisigire umukene n'umusuhuke w'umunyamahanga. Ndi Uwiteka Imana yanyu.” Ivug 15:7-9 [7]Nihaba muri mwe umukene ari umwe muri bene wanyu, ahantu hose h'iwanyu mu gihugu Uwiteka Imana yawe iguha, ntuzanangire umutima wawe, ntuzagundire ibyawe ngo ubyime mwene wanyu w'umukene, [8]ahubwo ntuzabure kumuramburira iminwe, ntuzabure kumuguriza ibimumaze ubukene bw'icyo akeneye. [9]Wirinde kwibwira icy'ubuntu buke uti “Umwaka wa karindwi wo guhara imyenda urenda gutaha”, bigatuma urebana imbabazi nke mwene wanyu w'umukene ukanga kugira icyo umuha, adatakira Uwiteka akurega, ukagibwaho n'icyaha. Imig 14:31 [31]Urenganya umukene aba atuka Iyamuremye,Ariko ubabariye umutindi aba ayubashye. Ibi bivuze iki : bivuze ko Imana ariyo irema abakire kubyisi ikanarema abakene kubyisi, kdi uyu mukene aremewe kugeragerezwaho kubaha Imana k'umukire. Imig 22:2 [2]Umutunzi n'umukene bahurira hamwe,Uwiteka ni we wabaremye bose. Lev 12:8 [8]“Kandi niba ari umukene ntabashe kubona umwana w'intama, azazane intungura ebyiri cyangwa ibyana by'inuma bibiri, kimwe cy'igitambo cyo koswa, ikindi cyo gutambirwa ibyaha, umutambyi amuhongerere abe ahumanutse.” Bibiliya nanone ivuga gukena kuby'Imana atari ibyisi, nkubwo Dawidi avuga hano: Zab 70:6 [6]Ariko jyeweho ndi umunyamubabaro n'umukene,Mana, tebuka uze aho ndi,Ni wowe mutabazi wanjye n'umukiza wanjye,Uwiteka, ntutinde. Conlusion: Abakena bose suko batakoze, hari abakora bikanga cga ibyo bakoreye bigatunga cga bikanyagwa n'abakomeye cga abakire. Umukene yaremewe kugirango abe igipimo kubandi bose basigaye cyo Kubaha Imana. Niyo mpamvu Ivuga yeruye ko hatazabura umukene mu gihugu. Ivug 15:11 [11]Kuko ari ntabwo abakene bazashira mu gihugu, ni cyo gitumye ngutegeka nti “Ntuzabure kuramburira iminwe mwene wanyu w'umukene w'umworo uri mu gihugu cyawe.” Yak 2:6-7 [6]Ariko dore mwebweho mwasuzuguye umukene. Mbese ye, abatunzi si bo babatwaza igitugu, bakabakurubanira mu nkiko? [7]Si bo batuka rya zina ryiza mwitirirwa? Yakobo atanga umwanzuro wuko ttwakagombye gukora inshingano Imana iduha ku bakene, maze ibindi tukabiharira Imana yonyine: Yak 2:8 [8]Nyamara niba musohoza amategeko y'Umwami wacu, nk'uko byanditswe ngo “Ukunde mugenzi wawe nk'uko wikunda”, muba mukoze neza. ❤ ukunze mugenzi wawe nkuko wikunda 100% waba ushohoje icyo Imana igushakaho kdi icyo gihe nta waburara wariye, ntawakwambara ubusa wambaye, ntawabura aho arara ufite ibinyacumi by'amazu,.... Uwiteka aduhe guhishurirwa kuzuye kuri mu ijambo ryayo. Ntacyo Itavuze pe.
@aphrodisbariyanga1313Күн бұрын
Ngo akabari inzoga curuza sinkubujije
@user-ip7bi8xq1kКүн бұрын
Iki gisazi cyaturutse he x
@pierrinekubaho231Күн бұрын
Cyakora uyumugabo numuhanga
@pacificmugiraneza7315Күн бұрын
Ubukire se bibiliya ivuga busobanurwa nk'ubukire abi'isi bavuga! Ubukire bw'iy'isi se ubupimisha iki? Icyo Imana idusaba ni ugukora gusa, ibindi biharirwe Uwiteka. (1 Tes 4:11-12 [11]kandi mugire umwete wo gutuza mutari ba kazitereyemo, mukoreshe amaboko yanyu nk'uko twabategetse, [12]kugira ngo mugendane ingeso nziza ku bo hanze mudafite icyo mukennye.)
@user-vo5vq3qp1sКүн бұрын
Bivuge rata rarazaro nawe yagiye mu ijuru ku bwubuntu iyo azaza kuba abamubukode arikuriza abana babuze icyo barya babirukanye ku ishuri ahaaaa unva mukawera akorera mumubiri ufite imbaraga
@user-vo5vq3qp1sКүн бұрын
Indwarambi ni ubukene papa burrwanye rata nimero zawe tura zikeneye amadini ashyira imbere abafute ikofi iyo uru mukene ntibagusura
@user-ez9cg7vt2uКүн бұрын
Guma muhibeshera muzaiblna
@user-ez9cg7vt2uКүн бұрын
😢😢
@jeremiemateso24Күн бұрын
Mbega abagambanyi
@MutuyimanaJeannette-wy7lvКүн бұрын
Nawe ugira amagambo menshi pe ntiwavuze kontantambara igari nawe ntiworoshye
@jeremiemateso24Күн бұрын
Srdf
@TUYISHIMIREFlorence-tc2ngКүн бұрын
Nanjye ndashaka komunshyira murigurupe yogusenga
@TUYISHIMIREFlorence-tc2ngКүн бұрын
Papa King turagukunda cyane utwigisha neza cyane
@KagoyireJulienneКүн бұрын
Uzanjye ubereka niryo nino ryaciwe
@ishuritv8266Күн бұрын
Ndagukunda Pastor Theogene ❤
@ishuritv8266Күн бұрын
Yesu ni umwami wamaboro
@AngeliqueAhimanaКүн бұрын
Pasta urumukozi wimana nukuri
@BizumutimaJean-v3vКүн бұрын
Icyuhiro nicyimana
@user-bw3xc7vr4jКүн бұрын
Papa king nanjye wansengera
@TUYISHIMIREFlorence-tc2ngКүн бұрын
Ubwose nukobabivuga agusengere wabayiki
@ISEZERANOTV22 күн бұрын
Ushaka gusengana na Papa King kuri zoom wakwinjirira hano us06web.zoom.us/j/5075788535?pwd=NRNmxbREkc3ft0vs5rQ9daXV7UtnO5.1&omn=88332507145 Meeting ID: 507 578 8535 Passcode: YAWEH
@TUYISHIMIREFlorence-tc2ngКүн бұрын
Kobyananiye kwinjira ngo dusengane nzabigenzente Koko