Muraho MUVUNYI PAUL ndi umwe mu banyeshuri mwiganye kuri INSTITUT DE LUKANGA.Wigaga S6 Docteur NGAMIJE MADANDI DANIEL yigaga s5 ngewe nigaga s4,ubu ndi Mwarimu ku kigo cya Mubuga nuza ku mubuga uzamenyeshe nze ngusuhuze.kuko twabanye neza hashize imyaka 40.
@user-br7ix1zs2w24 күн бұрын
Ni comed koko
@user-ul7uv1sz2d26 күн бұрын
Dore ukogisa ninkasitani
@user-ul7uv1sz2d26 күн бұрын
Gyenda gafe ,wamugomewe
@larwandesenicolegabriella2820Ай бұрын
Dore uko bisa😢
@marcelkamiraАй бұрын
ariko no iyi nta justice irimo umuntu ajya gutanga ubuhamya bakamuca mwijambo.... ni nkaho umuntu yaje bamukatiye. buri wese yagombaga kubona igihe kandi akanubahwa. reba nkumugore we agiye muri defense ye bamuca mw ijambo. ibi rwose ntabwo ari byiza.
@marcelkamiraАй бұрын
kandi ntabwo ubuhamya bwose bufatwa nka facts iyo habonetse umuntu u challenginga ubwo buhamya bagomba kumwunva ntabwo rwose ibi bamukoreye aribyo gushaka abantu bamushinja gusa we nta defense afite.
@patrickmuvunyiАй бұрын
15:35 muvandimwe bazina abo abalimu se nibo mubwira nabo pasteur wapi abo babaye babi cyane bimeze nko gucilira imbwa bishaje abo nabo kugorekam, ateka gusa Nibaba ze avuge ayo banze gutanga ba bigize ibango uhu nimibihorere nabo bazabipfane naho abacu Yesu yarabakiliye kandi bo imyanya yabo yarashize
Aba bamaze abatutsi,barishe ntabwo arukwerekana gusa
@user-ho2ed6ij4f2 ай бұрын
Paul muvunyi sha yahuye n'akaga,umugore yarongoye yamubeshye nyina umubyara amwereka umututsikazi kandi abyarwa na nyina w'ikivange.Muvunyi yabimenye nyuma yo kubana ko uwo yamweretse ngo ni nyina akamuhagararira ni mu bukwe atari we kandi nyina yari ariho ra,Muvunyi abimenya byaramuhungabanyije ko yivanze n'amaraso hutu atabiteganyaga.