uzakore ubushakashagtsi muri buri giko utubwire class 1 imwe iba irimo abana bagahe ??
@rmf222Ай бұрын
Turagushimiye ku kigereranyo wadukoreye ark dufashe utubwire niba ayo mafaranga atangwa ku giihembwe cg se ku mwaka kdi ku muntu wishyurira benshi gukuba biroroshye wikwigora.
International school burya bishyura ibifaranga bingana gutya. Egoooko Mama. Madame Clementine rwose congrats nibazaga impamvu umwana avuga icyongereza nkabanya America kumbi hari impamvu. Gusa ufite amafaranga rwose wanjyana umwana wawe kw'ishuli ryiza. Ntako biba bisa iyo wumva umwana avuga indimi neza.
@user-kk3sn1jt9hАй бұрын
Muzadukorere urutonde rwamashuri yo mumajyepfo ahenda
@uwinezajeannette874Ай бұрын
Basi twe twize aho twicyura 900frw lmana izatwihere ijuru juko mwisi ho ntaho wahurira nababana rwose
@user-nm6un6nf1dАй бұрын
Hhhhh witseap hariho abarigwiriyepppp❤❤❤
@Kajo_guitarАй бұрын
Ayayaya... Mbonye ahantu utashatse neza amakuru. Iyi Riviera niho nkora, ariko iriya Tuition fees wavuze ni ku Gihembwe, uyishyize ku mwaka wose yaba ari muri 2Millions. Uzongere ushake amakuru neza. Kuko najyiye mbona ugeranya school fees z'igihembwe ku bigo bimwe n'izumwaka ku bindi bigo.
@user-co6qp8no3hАй бұрын
Mbona nta bucukumbuzi buhagije wakoze. Kuri ibi bigo, hari ibicumbikra abana, ibindi bikaba bitabacumbikira. Kumenya kubitandukanya birafasha. Muri ayo mafaranga wagiye uvuga, hari ahatabariyemo kugaburira abana ndetse n'ibikoresho. Iyo utabitandukanije, bituma ukurikirana aya makuru atabona amakuru yuzuye.
@ToAllWomen9255Ай бұрын
International School of Kigali ISK bishura 25,000,000 frw kumwaka
@umwalibabie769717 күн бұрын
Namutwara USA
@benbertinobenimana5085Ай бұрын
Ariko ubwo nukwiga paka arajyije kwiga
@bonc-ishАй бұрын
Aba baxera nibo baturira imisoro😂😂😂🤣😭😭
@Karabo-Ай бұрын
Muzavugurure uru rutonde kuko amashuri mwavuze yose ntakigezweho ubu mfite urutonde rw',amashuri yandi bishyura over 3M per term. Shaka ahagezweho ubu
@MaureenMutoni-dd3tgАй бұрын
Now Riviera HS is at 1.4m per term for beginners 😮
@mugwanezaliliane357Ай бұрын
Nu vision ntago bishyura menshi ubuse wagendeye kuki koko
@AbanyacyaroАй бұрын
Naho iwacu umwana yishyura 1900frw akarya igihembwe CYOSE MURI primary NAHO secondary ni 20k ukiyigira mu Mahoro wasoza ukajya ukubumba amatafari cg ukajya ukubura mu muhanda . Isi Niko imeze.
@kubwimanaevaregine8758Ай бұрын
URANSEKEJE😅😅😅
@blessedgirl1252Ай бұрын
Iyo adudhyiriraho ireme ry uburezi uko ayo mashuri arushanwa byaruta gushyiraho amafr
Well Spring Academy nahigishilije abana. Icyo gihe Mme Rosetti Muligande niwe wahayoboraga. Nishuli ryiza pe. Ntamwana uhiga ngo azabe ikirara. Didpline na academic byaho birarenze.
@uwumukizamarieleatitia88182 ай бұрын
Harigihe ntekereza Nabi nkagira ikibazo KO no mu ijuru abantu batazaba bareshya
@masongadanny91012 ай бұрын
Nikokur ntabwo tuzareshya
@gahongayirebeatha230120 күн бұрын
Uko muri ariya mashuri hari abatahinjira Niko no mu ijuru hari abatazahinjira urugero:abarozi,abajura,abasinzi,........
@jeanbaptistenshimyumuremyi885817 күн бұрын
Aaahhhhahaaa
@uwasejoseline61272 ай бұрын
Bamwe muritwe twabuze nayo kwishyura in public schools 😢😢😢😢 I was happy and sad the same time I watched that 🥹🥹🥹🥹 God bless you all 💗
@NkubanaMwenekigeliJean-dh2vb2 ай бұрын
Maze Hali nabananiwe gutagira Nursary school. Ababyeyi bigisha abana muli ayamashuli, ntibabyara abana barenze babili. Mulibo Hali abahebwa hejuru ya 10M
@user-pp5rz5cp7r2 ай бұрын
Ese ubundi ibibigo kontarumva havuye umwana wa mbere mugihugu
@rachelmukahirwa80152 ай бұрын
Ntibakora ibizamini bimwe kuko bo baba bafite ibigo bakorana byo hanze ,kuburyo ugiye college aba yoherejwe n'ikigo cyo hanze bafitanye amasezerano.n'iyo mpamvu biga muri system international
@sandrineblessed9335Ай бұрын
Ntabwo bakora ibizamini byo mu Rwanda. Aba baba barenze benshi banakomereza amashuli mu mahanga.
@rwemazainab818918 күн бұрын
Ntago bakora ibizamin byo murwanda bakora ibya international