Afrimax thank you so much. Uwo musaza ndamwemera cyane. Ndamubonye ikiniga kiranfata, ndamukunda cyane. He is very intelligent and brilliant. Avuze amagambo akomeye kandi arimo inyigisho zikomeye. You have reminded me of his sense humour. Birashoboka ko waduha number ye ya tel. Please!!!
@johnkagabo44087 ай бұрын
Umusaza urindagiza Abato !! Akumiro gusa !! Ngo u Rwanda rwageraga Luanda !! Akumiro gusa !! Ariko bamwe , ni inde wabaroze gukwiza Ibinyoma ?!!? Puu !! Ibi birarambiranye !!
Ni muri Librairie Saint-Paul , Gasore we!! I Bujumbura.
@user-pn9kq2bb3f8 ай бұрын
Ntibaribaboshye Bari mu mahoro muzabaze rwigara uko byzmugendekeye cyangwa abari munsi yubutakz bazira umureti kaga yariye agatam a abatitsi Bari babanyeneza nabahutu mwungutse iki se ni de wabihombeyemo bazar abashingwacumu icyo bungutse bamaze kugurisha inka zabo icyo kimwira kiti inganji karinga inzoka muzashira pe