Rero niba Imana yari yarakubwiye ko uzasenya ntitwarenganya umugabo kuko niwe Imana yagombaga gukoresha kd rega no kuba atarakwishe suko bitashobokaga ahubwo Imana yari ibiri inyuma ngo isohoze umugambi wayo
@ReshapeUganda2 жыл бұрын
Imana ishimwe yampaye kumenya agakiza gaturuka mukuri kwa Bibilia yonyine ngasanga ngomba kuba unwe kuba Adventist. Glory to God for leading me to know the truth not fables or deceptions.
Umugabo iyo amaze kukwanka gushikaho abikwereka nukumuheba tout simplement mugatandukana
@sadianishimwe31562 жыл бұрын
Komera Mama Happy Imana irakuzi .
@kwizeramugishaliliose48352 жыл бұрын
🙌
@jeanneandfrancislifestyle15182 жыл бұрын
Izo ningaruka zo kutumvira Imana 😢🙏🏽
@jamesbyagatonda7712 жыл бұрын
Ese Sabin yaba yarakubwiye ikintu umugabo yamuhoraga adashaka kwatura? Yakikubwiye mu ibanga inyuma ya microphone 🎤?
@uwimanaanitha449311 ай бұрын
Habw'umugisha mubyeyi
@shamakids50952 жыл бұрын
Uyu mubyeyi yarakomeretse cyane, ariko nahumure Imana yomora ibikomere. Ikigaragara ni uko aracyafite ibikomere bikomeye, akeneye kwegerwa ndetse no kuganirizwa, ku buryo azagaruka gutanga ubuhamya a yarorohewe, abasha no gusobanura neza ibyo yaciyemo kuko nukuri, umutima usobetse amaganya ntujya usobanura amagambo.
@TheManyica2 жыл бұрын
Bazatumire n' umugabo we nawe tumwumve. Nyamara wabona umugabo w'uyu mugore yaragowe niba yarashakanye n' umugore utigera aba mu rugo ngo ngaho ni amasengesho. Mujye mumenya ko gufata neza urugo nabyo ari amasengesho. Njye ndi une catholique; nzi les moines na le moniales basenga cyane buri munsi ariko ntibibabuza no gukora imirimo. None babaho bate badakoze. Na Mutagatiu Paul arabivuga: muri Bibiliya. Ariko sinshyigikiye ko yakubita umugore kabone niyo yamunanira. Tubasabire.
Ariko iyo ujya kuvuga ngo abagabo bose ni abarwayi na Papa wawe uba umubariyemo? cyangwa ntabwo umubara!!!
@TheManyica2 жыл бұрын
@ SN -Abagabo bose ntabwo ari abarwayi. Uyu w' uyu mugore nawe wibuke ko Satani (njye sinemera ko ari Imana yabwiye uyu mubyeyi) yavuze ngo igiye kumugira mubi. Uyu mugabo uvugwa rero koko yaje kurwara ibitererano. Ahubwo nizere ko bamugangahuje (exorcissime) kuko yararenganye.
@zachariehabyarimana77372 жыл бұрын
Yesaya 38,1-6 ntabwo ari iminsi 15 ni imyaka 15. Yesaya 38,5
@habimanaemmanuel89812 жыл бұрын
Ndetse kubera inkuru idafatika yuyu mugore, njye ndumva kbs 🙏, iki nicyo kikwereka ko kuba umugabo aribintu bikomeye !!, Nta muntu w'umugabo waza kuvuga amanjwe nkaya hano kuri caméra ,, arinayompamvu mvugango inyito yikiganiro ntiyagombaga kuvugako , urimo gutanga ubuhamya!, Ahubwo warikuvuga ko uje kwisobanura impamvu wasenye urugo rwawe!!!, Naho inyigisho zo njye ntazo mbona peee!!
@arianemalendo862 жыл бұрын
Kuki wumva amanjwe ukanayatangaho comment uri umugabo Habima?
@kaymerci.2 жыл бұрын
Iyi Mana nyibajijeho!
@kezavanessa34772 жыл бұрын
Iyi nkuru yabahanuzi yo rwose ntacyo nyivuzeho gusa imana ntisenya
@ngaboniyo17772 жыл бұрын
Ibyo bintu by'amafuti by'inzizi n'abahanuzi ba baringa, ni ukujya mubyivuza k'uko ni ibibazo psychologique. Abo banyazi b'abatekamutwe baragusenyeye nabi. Abarokore muroroshye kubeshya. Bababujije kuraguza ariko abarokore muri abantu baraguza cyane k'uko mwabihinduye ubuhanuzi ariko ni ubupfumu.
@zoepaul24632 жыл бұрын
Munguweee kuberiki utu unviye imana??? Apres profecy vraiment??? Yarakoze kuguhonda ahubgo yari kukwicha. Il ne faut pas kunangira umutima. Sasa komeza usenge bizagenda neza. Bakobwa mu runvise?
@ruzingiyaha78752 жыл бұрын
Uyu mugore ni ikigoryi kuko arivugira ko imana yamusabye kureka umugabo nuko akanga akamwihambiraho,imana yamubujije gushaka arabyanag,nyamugore arivugira ko umugabo we atari mubi ko ahubwo imana yamwibwiriye ko ubwo ayisuzuguye igiye guhindura umugabo akaba mubi kuburyo azava murugo, nyamugore niwe wivugira ko yari afite umuhamagaro wo kuzasenya urugo,..... Njye ndasanga uyu mugore yaravangiwe, ibyo yita ubuhanuzi ni ubutekamutwe buba m=u madini yinzaduka,basenye ingo nyishi rwose...none ndibaza nyamugore ubabazwa niki?urarizwa niki kandi imana yawe ariyo yabikoze? Hanyuma se imana yakubwiye ko umugabo umutwara abana ? Abarokore mwararindagiye rwose,bigaragara ko wagiye mu idini rigutesha umutwe urasenya none wabaye nkumusazi. Mwirinde amadini,nta mana ibahao imeze nkiyo uyu mugore avuga,ni ubucucu bugeretse kubundi gusa. Ubwo se iyo mana ukorera yaguhembye devorce ukaba uzajya ubyara bana badahuje se ,kand nta kosa ushinja umugabo uvuga ko wanamukundaga ,iyo ni mana nyabaki. Umugore wicyohe gusaaaaaaaaaaaaaaaaaaaaa.
Reka wa mudamu we. Niza nshuti zawe zakubwiraga kuja kwa Gitwaza ukanga nizo zakoze umupango nawe bamubwira imwiteguro yubukwe urimo akabasanga kwa Rubangura - ngo araguhanurira. Ariko kuki mubeshwa!!
Erega Imana ikomeza icyo yubatse, iyo utatangiranye nayo, ntuzategereze gukomezanya nayo, icyari kuba cyiza ni ukumvira Imana kuva mbere yo kujya mu rushako.
@user-vz3tn5xx5u6 ай бұрын
Ibintu bitagirizina? Mbega mbega
@nyagasazaedward55412 жыл бұрын
Mwampaye number yuwo mumama mwaba mufashije. Murakoze cyane
@isidorendayambaje33912 жыл бұрын
Number 2
@francinentazika31782 жыл бұрын
Uyumugabonawe ntiyoroshepe
@uwimanastraton93232 жыл бұрын
ariko se bifasha iki ababyeyi kujya kuri you tube kuvuga ibibi byababayeho ntacyo bifasha mujye mubika munda musenge
@niyonkurutwahirwa38662 жыл бұрын
Harigihe ndeba umuntu nkabona ubwenjyebwe buracyuzuye ntarakoreshaho nabuke uragiruti nazengurutse urwanda nsenga urunva kwirirwa ugenda aribyo , imana ntitandukanya abantu iyo yari shitani , iyi nkuru wayizeho nabi imana idufashe bashiki bacu ntibazabe nkawe utunvira umugabowawe ngoweretswe ko utazaharamba
Sabin weeeeee wadufashije ukavugana numugabo peeee ibi nisebanya nibajye bavuga ukuri ibi biradufasha iki ubu umuntu wese uzajya agira ibibazo nukujyamuri Sociale yabantu bose
@solangen15602 жыл бұрын
Ubu se Kandi Imana isenya urugo ni iyahe Koko ? Satani agira amaboko ubu araje ajya Kw' Isimbi kuvuga uko Imana yasenye urugo ? Ikindi none se uyu mukozi wiyo Mana ararizwa n'iki ko Imana avuga yariho imworohereza akazi Kari karamunaniye . Ndumiwe koko
@germainegerdu58502 жыл бұрын
Njenumiwe buriya harigihe dukora ibyaha tutabizi kuko nuyu yamaze gucumura ngo imana yaramusenyeye🤭🤭Nanje arinje ukaja uhora ujenda burikanya ngo ugiye gusenga na bikubwira kukk ubawaragiye kubaka , na bible irabivuga ngo , ther is time for everything time for praying, time for kissing, time for taking carely of your family 🙏🏽kuko urumvako igihekinini wakimaraga ugenda .kandi namabwireyabantu , what you should know they’re always force prophets so be careful with people’s prophecy . Thnk you
@odetteniyomusaba47892 жыл бұрын
Ibyabarokore ni danger kweli kuki wariwarabibwiwe kenchi ni mana kuki utagiye akigukubita bwa mbere
@braintuyizere86372 жыл бұрын
Number 3
@shd78762 жыл бұрын
Kuki mubeshyera lmana
@denisensenga54222 жыл бұрын
ba papa, murihe ngo mutubwire akarengane ko mu rushako, ko nzi neza ko hari abo kageraho.
@mpamela14802 жыл бұрын
Umvugiye ibintu
@josephinemukundiyimana66372 жыл бұрын
Abapapa benshi ni imfura ntabwo ari imvuzivuzi. Hataka utakorewemo!! Aba bagore nabuze icyo nabakorera ngo bareka kuza kuvuga ubusa mu bantu. Baransebya
@ReshapeUganda2 жыл бұрын
Ese ntimuzi ko na satan yinshusa namalayika z'Imana kandi ifite nububasha gukora ibitangaza ngo imitate benshi. Satan niyo yagutesheje umugabo wawe, reka kubishira ku Imana