Ariko Sabin, tuzakurahe aba bahungu n abagabo,n abagore bahemukiye aba batumirwa bacu ngo nabo baduhe ama version yabo. Kuko mba numba nabo bafite za depression na trauma. Imana iduhane umugisha
@immaculenyirabizeyimana4923 Жыл бұрын
Arewe abagabo nkabo se badafite umutima wakimuntu bazatwigishiki
@christiansindayigaya99272 жыл бұрын
Pole kabisa ariko ico je navuga kuri souffrances urimwo zirasanzwe kubishikira d'autres filles, mpere kuri ww rero ntusubire kwiyanga ngo ushak kwiyahura ivyo nibisanzwe... Guma uri strong naho situation yoba degradée gum uhagaz niko bimez kwisi. Papa il est toujours ton meilleur ami niba vyaranse kwakuvugisha urabandanya wew ishavu rizohera mwongere mube inshuti urazoba warabaye wararush ariko bizokunda. Ntusubire kwikeba cank kurya imiti rinda... Senga Kora sports numurimo ushoboye wukore wihe amahoro
@sibomanajeandedieu93122 жыл бұрын
Umva Leilla, Papa wawe ntabwo yakwanze buriya aracyari muri Deuil. Bigaragara KO yagukundaga cyane agufiteho pretentions nyinshi hanyuma azibuze agasa nuhungabanye. Uwo mwana wawe kumwakira ntibipfa gukunda ako kanya kuko amufata NK uwatumye ibyo byose bibaho(deplacement). Kandi amubonano uwo mugabo wakwangije. Ariko humura bizarangira. Keep approaching other family members ubakunde nawe azakwakira. Imana ibibafashemo
@mugishabetty44692 жыл бұрын
Nibyo Koko ubugabo subutumbi cg imyaka Njyewe phite urugo umugabo nabana2 am 24yrs umugabo wanjye afite 26yrs but niwe mugabo mwiza nabonye mubo mbona Bose kuko he is a real A man Impamvu mbivuze abakobwa rimwe na rimwe mwibeshya kubagabo ngo Niko babarusha imyaka ariko mumyukuri njyushishoza urebe neza undashukwa nimyaka cg igihagararo am sorry niba haruwo nkomerekeje
@Karabo-2 жыл бұрын
I can feel what you re experiencing now. 😫 Sorry btfl girl. Don't panic Isimbi is true family 🥰❤️
Nta kibabaza mu buzima nko gukunda umuntu nyuma ugasanga ari umutekamutwe, umutubuzi n umujura 💔💔💔😭😭😭 ikintu nyamukuru gituma umusore agushushanya aba yabonye ko washyushye urukundo rukugurumanamo. Akabona umubuze wapfa. Ikibi kirenze ni ukwishora ku muntu noneho wamuvumbuye ko ari mubi. Gusa ibibaho byose iyo bitakwishe biragukiza. Bituma ugira imbaraga zo kutazongera kugwa mu mutego nk uwo. Humura Leila Uwiteka akubereye maso, uzabona umugabo mwiza ugukwiriye kandi uzamenya agaciro ufite akanakubaha. God bless you abundantly 🙏🙏🙏
@@treasurerango4308 uravuga ukuri rwose, Imana niyo yo gutabara abayo!!!
@johnsonuwimana34692 жыл бұрын
Leila, Humura hejuru y'imibabaro duhurira nayo kuri iyi si, hari igihe cyo guhozwa, iki kiganiro biba ngombwa ko nkisuniramo 3 kugirango numve neza uburemere bw'ibibazo wanyuzemo, kubeshywa n'uwo wakunze ukamwimariramo, Nyuma ukangwa n'Umubyeyi wakubyaye😥😪😭, Arko se nka muka So we waje m'Umuryango utarashatse kuba ruvumwa ngo ace Umuryango, abure n'URUHARE RWE NA RUTO? Mbega isi? Benshi twabayeho tudafite imiryango ubu twarakuze, turabagabo bafite ikizere cy'unuzima bw'ejo hazaza, Tuza ujye ufata akanya wumve indirimbo za Gospel, ntukamare umwanya uri ahantu hawenyine, iyo ndwara nzi benshi bayirwaye bagakira nawe uzakira humura, n'ubwo umutima wababaye💝, hakaba hari byinshi biwurwaniramo, ejo uzakira❤️, Turagukunda.
@balancedlifetv2 жыл бұрын
@@johnsonuwimana3469 iryo jambo ni rizima rifite imbaraga zo komora inguma n ibikomere. Ibyo uvuze ni ukuri pe, igihe gito ibi biraba ari amateka kuri Leila kandi Imana ntizamuhana na hato. Igihe gikwiriye kigeze Imana iduha ibirushijeho kuba byiza. Imana ikomeze ikwishimire kandi ikubere maso!!!
@dianeumurerwa21662 жыл бұрын
Sha najye nuko byagenze rwose umusore yarambeshye ngo urukundo dukora umushinga ngo Ari kubaka , amafaranga arayarya nyuma anyita umusazi ngo Nta mafaranga namuhaye kdi yarambeshye ngo maman we arwaye cancer muhe amafaranga ibaze yanga ko mpura na family ye 🤦 , Sha we amafaranga nakoreye 2021 niwe wayariye yose 🥺 nyuma arambwira ngo nari kumuha amafaranga duhuriye he , tugura iki !? Sha abasore we ... Nukuri Imana izahane abafitiye imico mibi 💔
Papa Paradis, wowe ko urugo rwakunaniye ugatandukana na maman wa Paradis, kucyi uri gucira umwana wawe urwo gupfa kandi ibyamubayeho bisa n'ibyakubayeho! mubabarire kuko nkuko yabivuze ntawiyifuriza ikibi! kandi buriya ntawumeya aho bwira umuntu ageze, wasanga ejo nawe uzamukenera! bibaho cyaane! ca inkoni izamba umubabarire! she is your blood!
@@auxy9583 erega arabeshya abatamuzi kandi ntamenye ko itangazamakuru ligera hose ubu se ntiyanze kwiga Bali bamwishyuliye ahubwo ashaka gusanga umugabo Bali kumwe ubu witwa jihadi
@mutra97112 жыл бұрын
Kandi ntakuvuga ngo wakoze ibyo ushoboye byose kuko umubyeyi ntarangiza gutega amatwi abana be. Kandi kuyabatega bituma ubohoka kuri byinshi byubuzima. Nimwebwe ababyeyi. Ntabwo mwakwemera ko umuryango utatana kubera impamvu iyari yo yose. 1. Utandukanye na ntina wabana 2. Urongoye undi ufite umwana 3. Umukobwa wawe arabyaye, 4. Wanze kwemera umwuzukuru Ubwo wamubyeyi we!!! Wakwicaye hasi ugasaba Imana ikaguha inzira yubuzima igororotse. Inzira irimwo kwihangana, gukundana no gukora inshingano zumubyeyi
@kwizerafabien9232 жыл бұрын
@@mutra9711 wowe mbere yociraho iteka papa we jya karuruma uramenya paradis nuvayo ujye Ku gisozi haruguru ya cafe uramenya uwo mukobwa neza maze ujye na beretwali uramusobanukirwa nushaka umbwire nguhe number za mutwarasibo wabo agusobanulire ububi bwa paradis ,ubaze mutwarasibo ko se atohereza ibihumbi 200000/ by a buli keezi. Kandi akayatungangamo umugabo we jihadi. Numwana we ubwo koko hali uko umubyeyi aba atakoze mujye mushyira mu gaciro
I can feel your pain dear,but stay strong ukomeze usenge umubyeyi azakubabarira Kandi your very strong woman byose bizakunda🙏
@nikwigizeevelyne99192 жыл бұрын
Mana weeeee ark nigiki gikura urukundo rwumwana n'umuvyeyi koko😭😭😭? Kuki mutagirimpuhwe zabana banyu ? Iyo dépression mutera abana banyu muzabimenya mubusaza bwanyu 🤗 be strong Kana Keza Imana ikube hafi igikomeze
@mariekazeneza17422 жыл бұрын
Mpore mwiza we. 💗 Ndakwikundiye, wabaye intwari kutemera kwihambira ku muntu par peur yo gu sauva honneur y'umuryango. Your own happiness matters too, so good for you for choosing yourself! Courage cyane! ❤️
@naomieumwiza2 жыл бұрын
We are the same age but I have 3years old sun, we have the same story. sinzi igihe aya marira turira azashira narinziko arinjye wiheba nkashaka kwiyambura ubuzima ariko turi benshi. Be strong dear, Imana niyo yonyine dukwiye guhanga amaso. Be strong
Laila Paradis,take a heart dear ♥ I know you're hurting but remember tough times never last...though tough people do last...you're worthy to be loved and your loved...
@gahongayiresolange93972 жыл бұрын
Haba harimo na Destin ariko abakobwa nabo avance ibakoraho buri gihe.abakobwa bagabanye gutanga avance kuko nibo Bishyura pe,niyo mubanye ugasanga ntakubaha yishyiramo ko uryamana n,abagabo Bose CG akajya agucyurira Ngo uroroshye( Uri facile a draguer)
Be strong baby girl for your baby, you have a good life a head
@assumptainema67192 жыл бұрын
Paradis please please senga, Yesu ni Papa wacu udukunda kuruta ab isi ni umugabo uruta abandi gerageza usenge umusabe ko yakwiyereka. Mbabarira ntiwongere kwiheba ngo ugere aho kwikata. Komera Yesu ni Byose kubamugannye. Incuti umugabo umubyeyi udatenguha.
@ineskoko2 жыл бұрын
Take heart queen 👸🏽 You conquered the difficult part, God is always with you, it is well❤️
Papa yaragukundaga ni uko wamubabaje. Abana b'abakobwa mujye mumenya ubwenge cyane. Abahungu turi imbwa cyane. Rwose mumenye ubwenge pe.
@queenleila2822 жыл бұрын
Thank you all for the kind words and support it really means a lot to me. May God keep blessings upon you and your loved ones ❤️❤️❤️❤️❤️ sending love and peace with prayers comes success🙏
@mutra97112 жыл бұрын
Nyohereza amazina yawe mbone icyo nkora
@queenleila2822 жыл бұрын
@@mutra9711 Leila paradis
@juventinemujawase89012 жыл бұрын
Don’t cry Leila, all will be alright! Sending love! Ntuzabe ikigwari ngo wiyahure twakugaya! Sibyo se?
@uwimbabaziaurore15162 жыл бұрын
Komera,wagize neza kudashakana nuwo muntu wari kuzabyicuza for the rest of your life, turagukunda courage Imana irakuzi
@claudinedusenge73112 жыл бұрын
Be strong honey. Nizibika zari amagi, you will be great after this storm. You are not alone, you have our respect ❤
@inor84582 жыл бұрын
Yoôooo. Papa wawe nakubabarire nace inkoni izamba nk'umubyeyi. Niyibuke ko hari ababuze urubyaro ariko we uwe arimo kumutererana.
@@onlygodknowsall776 bonjour! numéro ye nayifashe déjà. Merci
@uwimanaaimee7652 жыл бұрын
Imana yanjye 🙊 ndababaye cyane sinarinashoje ikiganiro ndagishoje kirandijije umwana twabanye koko ndababaye kbs ariko ndaguzura vuba humura nturiwenyine kibonda naranagukundaga twaraburanye ndumva nishinjije kuba ntarakomeje kugushaka ngo dukomeze kuba tuvugana mbabarira ndumva mbabaye cyane
@OURVOICEBYMUPENDA17732 жыл бұрын
You made right decision. Keep strong 💪. A number of people have gone through whatever you experienced. And timing is best lesson. But I love how you narrate the story😇😍🥰😅😅😆😁😁🤣 you are just an amazing girl😆😁😁😁. Daddy should forgive you and I don’t blame you at all. I just wish I can help out. My ex girlfriend did it and she could have died if I never rushed her to the hospital for neutralizing them. I would guess that you never did the same!
@auxy95832 жыл бұрын
Ese ubwo uwo musaza( papa wawe) yarayobewe nta mubyeyi ucutsa? Cg umugani uvuga ngo ubyaye ishyano araryonsa yari atarawumva aho ucibwa? Ubundi c uretse nta n,Inka wari waciye amabere,... Ubwo yararebaga agasanga wowe wari wiyanze? Sha uwo mubyeyi ubanza ataziko kwitwa umubyeyi Ari inshingano , umubyeyi agomba gufata mu Bibi no mu byiza! Sha umuntu yiyangira umwuzukuru? Uwo mubyeyi lmana lmubabarire 🙏
@musoniemmanuel77352 жыл бұрын
Numvise ngo ntamugabo ubyara
@HairHeaven-SmartGagdets14152 жыл бұрын
Ubwose atari uwicuruje wumva yabyumva nkawe gute, tekereza ari umwana wahaye uburere atavukiye mu buraya(terera iyooo), tekereza niba umwana we yatinyaga kubimubwira...kubabaza uwawe nubwo waba utabishatse...ntibyoroshye...wavutse nabi ntiwabyumva ariko ikibazo si wowe ahubwo umva abandi...uwanjye nabyumva ariko byambabaza.
@auxy95832 жыл бұрын
@@HairHeaven-SmartGagdets1415 gusa ndabona unantutse kdi ngewe ibyo navuze birumvikana! Sinaterana amagambo nawe kuko ntacyo naba nkurushije , sinkuzi , gusa ndakugaye cyane! Nta buraya navukiyemo, navukiye ku babyeyi bafitanye isezerano, ndi umwana wa 4 mu muryango! ...urantutse peeee! Kdi n,abana bavukiye mu buraya nabo bafite ijambo kabisa. Naho kuvuga ko uwakumva uyu mukobwa Ari uwicuruje...ubwo impundu zavuga ku bicuruje kuko ndumva waba ushatse kuvuga ko aribo basigaranye umutima wa ki muntu! Ahubwo aya magambo yawe atarimo uburere ndabona wagirango wigeze kubaho umwana w,umuhanda!
@auxy95832 жыл бұрын
@@musoniemmanuel7735 arabyara! None c umugore arifata akitera inda? Sinjya numva se no mu mategeko bavuga ngo umwana ni uw,umugabo? Gusa ngewe, mbona umwana Ari uw, ababyeyi bombi!
@Fannyweightlossfitness2 жыл бұрын
@@auxy9583 mu kinyarwanda umwana w'igicucu ni uwa nyina .umwana uz'ubwenge agatera ishema se.Imitima yacu si imwe .
@eugeniedushimimana1322 жыл бұрын
Ayiweeee sha pole sana agacherie keza. Abagabo ba batekamitwe babaho cyane. Njyewe hari uwantekeye imitwe ngo akora muri ministry y'ubucuruzi. Hhhahhaaa. Sha nubwo bitoroshye kuri ikigihe kwirinda kuryamana n'umuntu mutararushinga ariko birafasha kuko iyo umenye amanyanga ye uramureka ariko iyo mwaryamanye noneho unatwite ntayindi choice uba ufite uretse kwihambira. Pole mama ikitakwishe kirakwigisha. Uwo mugabo yarafite uburwayi bita mythomania. Ni indwara yo kubeshya .
@TheGloryOfGodRevealed2 жыл бұрын
It’s a shame the pain she has suffered and yet they are people she loves all around!! How much pain can one endure and not break! 😞
Please don’t argue with someone that needs her life save $600 is not worth loose a child! Am sure.
@alianewumuntu21242 жыл бұрын
Pore sana.Bakobwa beza ndabinginze twiyubahe ntabintu byo kwiha abahungu tutarabana batera inda bakatwihakana😭😭 Tanga imbabazi mubyeyi turakwinginze kw,isi nta marayika🙏🙏
@emmanueldukizwanayofabien56592 жыл бұрын
Ihangane gusa ubabarire mama wawe uko yabakaniraga anabakubita cyane yari afite ibikomere bya papa wawe bigaragara ko yari yaragowe niba papa wawe atakugirira impuhwe yarakubyaye urumva nyoko uko yari amerewe! Imiryango iraremerewe!
@joselynemubirigi11682 жыл бұрын
Humura chr uruwagaciro kandi umwana wawe numugisha bihe igihe umurwanire ishyaka un jour uzabibona nzaguhamagara in box tuvugane.merci Sabin
@mariaflores57992 жыл бұрын
Sha ihangane gusa ntiwumve ko hari igikuba cyacitse abatekamutwe babaho. Papa wawe nawe ni umubyeyi gusa imyumvire y ino iwacu iragoye ariko abantu bari bakwiye kubirenga kuko personne n est parfait. Wewe ibereho kandi papa waww nakomeza kunangira umutima ntacyo uzaba utarakoze hazaba hasigaye ahe na data wo mw ijuru wewe uzaba umwere. Songa mbele👌👌👌👌
@mararaalpha-arsene54932 жыл бұрын
Pole sana! Hari impamvu byakubayeho! Ariko umubyeyi utababarira nabwo aba ari gito. Intambwe yawe wayigezeho.
@clementinekaranga34162 жыл бұрын
Mpore Ma'am komera 💔💔💔💔💞💞💞
@ingabireyvonne20602 жыл бұрын
Komera Maman , Hejuru ya byose hari Imana. Humura uzahozwa ndabyizeye
@mudahogoradaella3854 ай бұрын
Pole sana mama, Imana ishobora byose izakomore ibikomere wakoze , ihangane Kandi ukomere usenge wizere Imana izahindura ubuzima bwawe
@jeannedarcuwimana54072 жыл бұрын
Impore Paradis Imana ni Umubyeyi humura kandi imbere ni heza.humura nturi wenyine 🙏🙏💔
@viatorykashabizi253824 күн бұрын
Pole sana an be strong, things will be fine after this conversation
@paulinendayibasabiye71162 жыл бұрын
You will be fine Paradis 🙏🙏
@mukamurenzifrancine3372 жыл бұрын
Pole maama
@williamntagungira9642 жыл бұрын
Very strong laddy, humura mama kdi wirinde uzashaka neza wubake kdi uzaryoherwa ntarirarenga rwose, komera Leila.
@olikeza45342 жыл бұрын
Pole mama...vieux wawe ntamutima afite nukuri....Imana umubabarire.
@bulizaamaliaWorld2 жыл бұрын
Yezu we paradis ndamuzi twarakuranye😭 I didn't know she went through this much😭
@kidamage1762 жыл бұрын
Shaka abakozi b'Imana bagusengere mu Mana niho hari ubuhungiroHari nigihe byaba byaratewe namarozi ngo basigaye baroga umwiryane,nicyangiro birakarangira umuntu yiyahuye
@suzanneuwamariya26332 жыл бұрын
Umbabarire ubusanze sinkunda kwandika kuri social media . Ndi umubyeyi . Inkuru yawe yankoze ahantu niyo mpamvu nkugira iyi nama: fata ingamba yo kwikunda uracyari muto you have a bright future. Uwo musaza mwihorere n.imfubyi zibaho. Naho mama mu kubakanira si ukubanga yakoraga wenyine uko ashoboye ngo abarinde icyabangiriza ubuzima. Ibyakubayeho nta ruhare abifitemo. Bishoboka ko nawe yari aremerewe ku ruhande rwe. Muri iyi minsi abana bahura n.ibibazo by.inzitane ahanini ziturutse ku babyeyi batarabasabye ku babyara. Bigaterwa ahanini n.ubusambo ubwibone butewe n.umurengwe bakibagirwa Imana bakimika inda nini ubusambanyi bakibagirwa impano ikomeye yitwa umwana. Humura humura haracyariho ibyiringiro. Ce qui ne te tue pas te rend forte. COURAGE COURAGE KD AMAHIRWE MASA
@odetterichter32542 жыл бұрын
Iyi signe yo kwikeba ni depression imaze kurenga.... ntanubwo we abimenya ko yabyikoze. Nimutabare uyu mwana abamuli hafi plz!
Uzajye kwa muganga uvura mu mutwe.Bakuvure anxiety na depression.Otherwise bazakujyanayo byakomeye.Nta muntu utababarirwa.Babyeyi dukeneye kujijuka.Imana izaguhire mukobwa mwiza
@yvonnegahimakazi5642 жыл бұрын
Tu es jeune, belle, intelligente Gerageza wibabarire..ushake akazi cg wige utekereze umwana wawe. Komera pe. Umwana wawe azakubera byose..
@tvteguraneza21952 жыл бұрын
Ndikukumva pe ! Gusa ihangane cyane senga wige kubana nibikomere byawe ejo Ni heza kora cyane ureke kureba kubantu so umwibagirwe byiteka
@evaristtebuka92572 жыл бұрын
Sabin,shakira uwo mubyeyi psychologist/psychiatrist amufashe hakiri kare.Uko kwikebesha urwembe ni "self mutalation" nizo paracetamol yanyonye ni "attempted suicide" bivuze ko ari "depressed" bikabije.Indi nama namugira nuko yashaka inshuti ya Papa we akamuhuza nawe akamubera "mediator".Yamaza kumenya ko yahemukiye umuryango,arabyicuza anabisabira imbabazi.Jye ndumva kuri we yarakoze ibyo agomba gukora murwego rwo gushaka "reconcilliation" numuryango we.Ahasigaye uwo mubyeyi namubabarire ntamuntu ubaho adakosa kuriyi si.Nabyanga ubwo niwe uzaba usigaranye icyaha cyo kudatanga imbabazi
@mutra97112 жыл бұрын
Ariko se ko yanze akaba ari ntamuntu wa mu forca kubabarira uyu mwana. Ubu umuryango agiye kugira nitwe. Ntabandi kuko abandi bahomye amatwi namaso ngo ntibumve imitakiro ye
@yamuragiyejeandedieu88752 жыл бұрын
Do not judge yourself in negative way, kubyara birasanzwe. The rest is the management of the issue.
Cyakoze ababyeyi baragwira nukuri papa wae Imana izamusange kuko uracyaru mwana we uko byagendakose kuko nta mubyeyi ukwiye kurakara gucyo sha byambabaje pe gusa komera Bizahinduka nshuti Imana ikube hafi mfite ubushibozi naguha support yo kukuba hafi ark kuva wagezaha birasobanuka
@hawauwingabire74252 жыл бұрын
Leila pole sana gusa mur'iyisi ntamuhanga w'akababaro ariko umuhanga ubaho n'uwukomera mujyihe ubona ko bikomeye ! Ariko ufite impamvu yo gukomera kubera umwana wabyaye! Imana igukize igikomere
@uwimanaenock43512 жыл бұрын
Imana ivugire muri vie wawe akubabarire kandi Imbere niheza
@belladushime7922 жыл бұрын
Pole aga chérie bibaho bikagusigir inyigisho uzaha abandi
@nadegecyizere72132 жыл бұрын
Ubu koko Papa wawe yakubabariye😭😭😭 nanjye musabye imbabazi nanyumve
@emmanueliyamuremye16592 жыл бұрын
Paradis pole sana isi niko iteye ntawikunda gusa hari uwanesheje isi utanga amahoro,kandi Imana yatumye utiyahura igufitiye ibyiza,humura bizakunda!
@frankcharles292 жыл бұрын
Being a man tomorrow that's why am hustling, Guys stop playing on ladies feeling can u image.
Ladies mumfashe dutsimbarare ku dufranga twacu, nah,ubundi ndabona aba bahungu bariyemeje kwigira abakuzi b, ibyinyo! 💔💔 Ese ubundi aba bahungu babeshya ko bagira akazi bafite n,ama cartes mahimbano ,l,état yagiye ibakurikirana?? Yooo! Paradis pole, you are young, beautiful and smart! Komera cyane ibyiza biri imbere!
@yesunibyosetv2 жыл бұрын
Nukuri si twese pe hari abagifite ubumuntu batakubeshya. Don't judge the book it's cover ? Just navigate the pages carefully, don't rush!👉
@auxy95832 жыл бұрын
@@yesunibyosetv ndabizi si mwese ariko abenshi niko basigaye barabaye!
@yesunibyosetv2 жыл бұрын
@@auxy9583 uzakurambagize rero uzitondere kuryama nawe? Uzihe agaciro kandi usenge umwitegereze witonze . Ntuzabura ikikwereka ko ari feke cyangwa ari umuntu utazakubabariza umutima.
@soson10752 жыл бұрын
Mufate masomo sha, nanjye nararifashe isomo
@auxy95832 жыл бұрын
@@yesunibyosetv nararambagijwe! Mfite umwana ugiye kugira imyaka 14! Ngewe mu barambagizwa sinkirimo! Gusa barumuna bacu bagomba gucana ku maso!