@@nshimiyimanaemmanuel9351sha niho bivuye kuko birambangamira pe hari abagore dukabya pe 😢
@user-tb2zu2qp9l10 күн бұрын
Nta mugabo ngira ariko umugabo ni umugabo ni umugabo yubahwe nta na rimwe umugore azakora bimwe n umugabo n abananiranye Ni abagabo Ku rwego rwabo n abagore b intwari Ni abagore hanyuma koroherana no kumvikana bigamije gukora umuryango mwiza nicyo mbona naho uburinganire bwo bwafashwe Nabi n abagore b injiji nta mugore ujijutse wabyitiranya birumvikana rwose Tijala uhabwe umugisha ❤
@uwizeyejeanne715513 күн бұрын
Abantu mukunda mama wacu Tidjara mwankandiye ku gafoto mukandemera koko🙏🙏❤️❤️❤️❤️ uyu mubyeyi nkunda ko avugisha ukuri kdi akaniyubaha👍👍👍
@balancedlifetv13 күн бұрын
❤❤❤❤❤❤❤
@balancedlifetv13 күн бұрын
Umugabo ntinya ni utumva icyo uburinganire buvuga ati barabaduteje 💔💔 Gusa TK ibyo uvuze birikora si ngombwa kubwira abagore ngo nibatabakunda ntibazabubahe, nta mugore wubaha umugabo utamwubaha, na Biblia ira ivuga ngo bagabo mukunde abagore banyu nk uko Kristo yakunze itorero akaryitangira ubundi ngo bagore mwubahe abagabo banyu. Ikibazo hari abagabo bashaka ngo abagore babubahe kandi bo batabakunze. Umugore yubaha umugabo ku rugero amukundamo ❤❤❤
Number one niba nae ukunda amagambo meza yuyu mubyeyi name like kuko abahire bigize nabi ngo dufite ijambo tukigira nabi. Ubwenge gusa niba nae ubonamo ubwenge unyihere like
Niba kd mukeka ko mbeshya mubanze mukore ubusgakashatsi,kuko ibyo mvuga nabikoreye iperereza, kd simpakanye ko hatari abagabo badashobotse ark nzineza ko Ari bake cyane
@user-ev9xb1co4h12 күн бұрын
TIK umu maman mwiza uvuga neza utanga inama nziza cyane❤️❤️❤️❤️❤️❤️🥰🥰🥰🥰🥰🥰🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🙏🏾🌹🌹🌹🌹