Ariko se muri kiriya kiganiro cyo kwa Chita muri comments harimo ko uyu atari umugore wa Gafaranga, ariko ko uriya mwana wumuhungu ari uwa Gafaranga. Big Man nawe arimo kwinyuraguramo mukanya ati uriya mwana suwa Gafaranga ngo kuko yakoze ubukwe 2018. Kandi ubundi Alice na Gafaranga basezerana bari bazanzwe babana bafite nabana. Nukuri ya umuntu asezerana barabyaranye kuva kera.
@keza7926 Жыл бұрын
@@finleyainsleysmith8111 ngabo abanyamakuru dufite nukuri njye nkeka nabo bakora ikiganiro nta informations yibyo bagiye kuvuga bafite bakifatira camera gusa nta bindi kuko ukuntu bakora ibiganiro rimwe biba biteye isoni.
@martheusabwimana9811 Жыл бұрын
Ukuntu channel ya Chita yari iri muzo nizera ndababaye niba nawe asigaye ajya mumafuti ngo abone amaramuko.
@aminauwera2646 Жыл бұрын
Nange nyobewe ibigabiro tuzajya twemera ko arukuri.
@Ubu36 Жыл бұрын
Amatiku
@gatarayihafrank123 Жыл бұрын
Disi ukuntu nanditse ngo ntibaberanye kumbi si n'umugore we
@christelleiteriteka3777 Жыл бұрын
Bikwigishe kutavuga nabi rero kuko siwe ugena ababeranye n'abataberanye.
@gatarayihafrank123 Жыл бұрын
Incwiii udutama tubyiga utwiso disi 🤭😅
@leoncemanirambona5260 Жыл бұрын
None nikuki mwahenda abantu kwa Cita Imana ibababarire
@damascenendori6638 Жыл бұрын
Ark ntimukabeshye barabisobanuye ko ari muri flim cyereka umwana niwe bavuzeko aruwagafranga mwere kubeshyera gafranga
@Gideondicapmumba Жыл бұрын
Ntabwo yababeshye njyewe narangije ikiganiro cyose ntaho yigeze avuga ko arumugore we
@sosomh5430 Жыл бұрын
Barabisobanuye rwose ko ari umugore we muri film
@niyonzimajeanpaul Жыл бұрын
Ahubwo c Kuki Batareba Ikiganiro Cyosee ngo Bakiranginze koko