Pole sana. . Uyu nyina w ' umwana amenye neza ko umugisha Imana itanga wa mbere ari urubyaro ! Tugwira abo twabyaye . Isubireho mubye ukebuke inyuma .
@sundaycarlson63407 ай бұрын
Pole sana. Mama wawe afite umugabo wikigwari. Ntabgo anakunda nyoko, yamufatiye mu kibazo yamusanzemo. Umubabarire nawe afite intambara arimo zimurenze. Ugize neza kubivuga, bizatuma nawe ava mukibazo arimo
@mariegorethmujawayezu7 ай бұрын
Cane , cane musenge mwe n'a maman wawe mwararozwe. Ibohoze
@Mukeshalice7 ай бұрын
Disi maman wawe ubwo yari yarahise umugabo ko urumwana weeee,, kuba yarazi ko uhari umugabo ntibivuzeko yarazi ko uruweeee
@vennyblessed38137 ай бұрын
😭😭😭😭Komera kibondo! Yesu azakugirura neza wowe umwizere kandi ubabarire maman kuko na we si we ndakubwiza ukuri. Ndibwia ko n'umugabo we atakwanga ahubwo batinya famille ye n'uruvugo. Ni ukuri su abantu benshi bashobora kwigobotora uwo muco. Gusa nsabye maman wawe n'umugabo we kukwegera mukiyunga mugasubirana kuko abantu baravuga bagera aho bakaruha ubuzima bugakomeza. Mwese muhumure Imana ni yo itabara kandi idahemuka. Mubigezeho mwabona umunezero mwagira.
Humura shenge ntukababare. Wifitiye Uwiteka ugukunda cyane, abo batakwereka urukundo nuko nabo ntarwobafite, hari byinshi barwana nabyo mu mitima yabo.
@user-hb6ej9ei5u6 ай бұрын
Komera mugore mwiza. Ikinshimishije ni uko Imana yaguhaye umugabo, uzamubanire neza cyane, urere abana banyu. Hanyuma nyoko mwihorere, dore nta kibazo ufite, burya nta wubaho kuko afite nyina cyangwa se. Ahubwo nkubaze: umugabo ni we waguhaye uruhushya rwo gutanga ubu buhamya? Ariko ntukamurenganye, ahubwo jya urenganya urwo rusaza ngo ni so! Uruntu rw'imyaka irenga 30 rwurira umwana w'imyaka 13? Iyi myaka mike ni na yo imutera ipfunwe. Rero mubabarire, ariko unamureke kandi ureke ako gahinda!
@Erickson8407 ай бұрын
Iyacyire umusa isi Niko imeze vakubantu umenye ibyawe naho nukomeza kuri social media bazagutesha umutwe
@mariamtambwe86657 ай бұрын
Yifitiye agahinda ka mama we nicyo mbashije kubona pe. Gusa Imana izabahuze nukuri kuko she needs you sana . Alafu aranagukunda umva nkukuntu aba akuvuga uburyo uri mwiza
@dusingizimanaremy48267 ай бұрын
Uyu mwana azi kubara inkuru pe.Imana imuhe umugisha
@jeannegakinahe35967 ай бұрын
Nyoko ni ya njiji mbi cyanee yize !!!
@ingabirechristine3457 ай бұрын
Ariko niba umuntu yarabyaye bimugwiririye ko atari we wabyishoyemo kuki ahubwo batamwakira ngo barusheho kubona urukundo koko. Uwo mu mama nawe afite agahinda rwose mugabo ubana nuwo mu mama bohora Madame wawe yegere umwana we urabonako nawe ababaye. Mujye muha abantu kutuhuruka pe. Niryo jambo nabwira mugabo ufite se
@habimanapeter74477 ай бұрын
Genda youtube waziye igihe utuma tumenya aho satan agejeje abantu . Mama wawe ndamugaye azagusabe imbabazi
@therockn16667 ай бұрын
ntuzihebe kandi na mama wawe ntuzamwange uge umusengera kuko yatewe na dayimon yo kwanga umwana kubera uburyo yamusamye kandi ahubwo aribyo byari gutuma agukunda cyane, humura imana iri kumwe nawe kandi tuzakuba hafi nfura y'i Rwanda
Ark mbabwije ukuri ikibazo sumugabo yashatse,kuko abagore uko bameze kubana babo ni nkinyamaswa yinkazi,rero uko byagenda kose yajya akora uko ashoboye kose akabonana numwana we,ntawantandukanya numwana wajye pe
Ndababaye pe ihangane muvandimwe kubaho utaganira na mama wae birababaza Sha akabura nikaboneke ni nyina wumuntu none woe ntanakwitaho ikigaragara mama wae aracyagikunda ikibazo ni meza mugabo yashatse ariko humura imana niyonkuru
Ntamukunda nta mugabo ubaho wambuza umwana wanjye naguheba pee nawe yabigizemo uruhara runini kuko urumva ko uwo mugabo wamutwaye yari azi neza ko afite umwana wenda yari kuvuga ati ntazaza ngo tubane ariko nzamufashiriza iyo ari
Ubwose uwo ni umubyeyi ki koko !! Kwanga imfura yawe koko
@AliceMukahigiro-ie7hc7 ай бұрын
Ihangane kobwa yanjye disi warababaye p basi c yagiye yiyiba akaza kukureba,gusa bizamubera igihombo kdi azicuza iteka ryose,uburyo yakubyayemo ngibikureba ufite uburenganzira kuri papa na mama setu
@justindushime28997 ай бұрын
Ntamugore ugira urukundo,ikimufitiye inyungu arakikurutisha,Wana umugabo we cyangwa umwana we
Mama wawe mumabarire ibyo kutamugira mubukwe nibyo bamuteyemo byabapagani Niko babivuga baramubeshye iyo umutahira ubukwe yarikubyara rwose abandi se ko babyaye
@laylamaya69747 ай бұрын
Yooh uyu mwana ninpfura mama
@bertinbiraro50957 ай бұрын
Mama wa Kayitesi ni mutima muke kuko yakwiyiba bagahurira no muri gare
@BatamurizaChantal-fq2hx7 ай бұрын
Mama wawe ashobore kuba yarahishe umugabo we ko afite umwana . Ariko nanone yakabaye akuvugisha kuri phone pe .... ihangane mukobwa mwiza imana niyo mubyeyi
@UmurerwaClarisse-qq1mg7 ай бұрын
Yego pe byashoboka ko yabimuhishe akaba ariyo mpamvu. Hanyuma akamubeshya ko Ari umugabo we ubyanga
@Nova77267 ай бұрын
Nanjye nicyo numvisemo
@uwinezaangelique7537 ай бұрын
Kandi umugabo wa mama we yaramuhaye minerval yo muwakane
@NepoBarakagira4 ай бұрын
Mama nikizungerezi
@MsTima-eg1xe7 ай бұрын
Gerard, nibyo “nta mubyeyi uta umwana” keretse yarwaye mu mutwe.
Mbega umunyeyi mubi wee😢,ikibazo si umugabo wa mama wawe,kuko yagombaga kujya yiyiba akaza kugusura kwishuli cg warashatse agakora ibishoboka mugahura gusa pole mama wawe nigikoko😢