Рет қаралды 1,316
1.IBYEREKEYE RNIT: RNIT ni Ikigo gishinzwe gucunga ibigega by’ishoramari ry‘abishyize hamwe. Cyashyizweho na Leta y‘u Rwanda muri 2016 hagamijwe guteza imbere umuco wo kwizigamira, mu rwego rwo kubaka ubukungu burambye kandi abaturage bakabigiramo uruhare.
2.RNIT ITERAMBERE FUND: Ikigega gihoraho kandi gitanga amahirwe aboneye y’ishoramari ku bantu bose. Ubyifuza wese ashobora kwizigamira icyarimwe umubare runaka w’amafaranga afite, cyangwa se, akajya azigama amafaranga make make, uhereye ku
FRW 2,000.
Agaciro k’umugabane umwe mu Kigega gatangazwa buri munsi.
FOR MORE INFORMATION ON RNIT-Iterambere Fund: Wadusura aho dukorera mu mugi wa kigali munzu ya Cogebank etage ya 6 cg uka duhamagara kuri 0787900207(RNIT Ltd Reception), 0788608652(Marketing Staff).