Birashoboka rwose ko mwabyikorera munyuze kuri www.shora.rnit.rw mugafungura account muhuriyeho. cg muka duhamagara kuri 0787900207 tukabafasha kuyifungura. Murakoze
@user-dd7hx1dw1p7 күн бұрын
Ese amafaranga yunguka nyuma y'igihe kiganga gute? Ese nikumunsi,ninyuma y'ikwezi cg ni kumwaka? Mwiha ngane mudusobanurire
@RNIT-IterambereFund6 күн бұрын
Amafaranga wizigamiye mu kigega RNIT-Iterambere Fund yunguka umunsi ku munsi, ariko iyo dukoze impuzandengo ku mwaka nibwo dusanga twarungutse 11,55%. Murakoze
@josephnshimiyimana20257 күн бұрын
Ark se muzadufashe gusobanukirwa neza! Ko iyo umuntu akoze imibare usanga inyumgu arinkeya tekereza kuba wakwizigamira 100k inyungu ni nka 10k umwaka wose ubwo wazashyika bbyibuze kuri 500k ryari? Mudufashe muzadusobanurire murakoze
@RNIT-IterambereFund7 күн бұрын
Dutekereza ko ubibaze muri ubwo buryo bitaba aribyo kuko Kwazigama ntabwo biba bigamije kubona inyungu gusa ahubwo hari intego imuntu aba yarihaye bikamufasha kuyigeraho. Murakoze
Muraho? ijombo banga ni wowe ujyikorera mu gihe uri gufungura konti mu kigega Iterambere Fund, wanyura mu nzira ikurikira kzfaq.info/get/bejne/gNKCpKuGv7LXg4k.html. murakoze
Mwebwe inkotanyi nkuru se mukora iyihe investissement itari iyo kujya kwiba muri Congo na rubanda mwasanze mu Rwand mufata ubutegetsi. Byose tuzabibaka ndetse tubakatire kubera ibyo mufite byose byavuye mu ukumena amaraso y'inzirakarengane. Murahishiwe.
@claudemuhire132718 күн бұрын
Umva mbese,abantu barasobanurirwa uko bakwiteza imbere,ukaza kuruka mu bantu,mwa nkoramaraso mwe muzihane Imana ibabarire naho ubundi mwaratewe ntimwabimenya.
@jeanbaptistenshimyumuremyi885817 күн бұрын
Nkiki kiba kiruka ibiki uzaze ubitware
@Sky-150615 күн бұрын
iyi mfura ya RNTI iratuganiriza about business nzima. Naho wowe genocide mwakoze mwica abatutsi uraza kuvanga ibiganiro mwe ibyanyu nu kwica no gusahura nta kizima muvuga ?? Wituvangira turi mu rugamba rwi terambere twe.
Mwiriwe ese ko kwinjira nkoresheje 589 byanga ntibihura no kwinjira unyuze online ikindi kuri online ntaho umuntu yahindurira ururimi agakoresha urwo yumva ko byacanze
@rukundopaul518519 күн бұрын
Kwiyandikisha kuri telephone ni gute?
@jeandedieudusabumuremyi39619 күн бұрын
Ibyo uvuga nukuri narabikoze birakunda nahebwaga fw50000 kazigama10000 ubu ndimubantu byakorohera kubona nk 5 m
@RNIT-IterambereFund19 күн бұрын
Wawuuuh urakoze cyane rwose, niba ntakibazo ubifiteho waza dufasha ukaduha ubuhamya bwawe bugafasha abandi mu bijyanye no kwizihamira. Murakoze mwaduhamagara kuri 0788608652.
@bosco222219 күн бұрын
Ese ko kwiyandikisha bikunda kuri telephone no kuyabikuza kuri telephone birakunda? Mbakundira cyane cyane ko mukorana na equipe ya rayon sport. Turabakunda!
None se bigenda bite mu gihe umuntu wizigamira muri RNIT Iterambere fund akeneye kuba yafata ku mafaranga yizigamiye? Anyira he kugira ango ayabone ayasaba hehe mu zihe nzira?
@RNIT-IterambereFund20 күн бұрын
Mwiriwe? nabyo biroroshye rwose, unyuze kuri web yacu www.rnit.rw urasangaho fomu yitwa ''Gusaba Kubikuza'' niyo umuntu yuzuza gusa akayohereza ubundi amafanga yasabye tukayashyira kuri Account ya Bank aba yaduhaye. Murakoze
@RNIT-IterambereFund20 күн бұрын
Ushobora no kuza aho dukorera tukagufasha (kzfaq.info/get/bejne/ebuUlMacqq_biGw.htmlsi=D_7bXsYqFP4flIgm) Murakoze.
@munyampunducharles14920 күн бұрын
Hi natwe turi mubihugu byo hanze mudutekerezeho ,mutwemerere tujye tuzigama muri dollars, ni nyungu igatangwa muri dollars.
@RNIT-IterambereFund20 күн бұрын
Hi? yego rwose ubuyobozi bwacu buri kubiganiraho n'ababishinzwe ku rwego rw'igihugu. ni bifatwaho umwanzuro tuzabibamenyesha. Murakoze
@user-ms4wm5of9b20 күн бұрын
Nice nice Abari hanze yigihugu twabikora gute ?
@RNIT-IterambereFund20 күн бұрын
Thank you, abari hanze y'igihugu bashobora kwifungurira Account muri RNIT-Iterambere Fund banyuze kuri www.rnit.rw Hanyuma washaka kwizigamira ushobora gukora Money transfer muri bank zo mu Rwanda. Accounts zose z'Iterambere Fund wazisanga kuri www.rnit.rw. Murakoze
@jeanpierrehabarugira17720 күн бұрын
Hi ese nabanyamahanga bazana Cash zabo nkama dollars mukayakira mukazaza mumubarira inyungu kuma dollars?
@RNIT-IterambereFund20 күн бұрын
Hi, kugeza ubu ntabwo biratangira gukorwa ariko ubuyobozi bwacu buri kubiganiraho n'ababishinzwe ku rwego rw'igihugu. ni bifatwaho umwanzuro tuzabibamenyesha. Murakoze
Yego, mu kigega iterambere Fund ushobora gufunguramo Konti z'abana. Murakoze
@user-uu8ug1qc4q23 күн бұрын
Mwiriwe,nkatwe dutuye mu ntara mudufasha iki? None iyo umuntu agiye gusesa amasezerano mu musubiza aye? Umuntu azigama guhera kuri angahe
@RNIT-IterambereFund22 күн бұрын
Aho waba uri hose mu gihugu no hanze yacyo ushobora kubona serivise dutanga kuko byose ushobora kubikoresha ikorana buhanga unyuze kuri *589# cg www.shora.rnit.rw. (Kwiyandikisha no Kwizigamira)
@RNIT-IterambereFund22 күн бұрын
Ntampanvu yo gusesa amasezerano kuko mu kigega Iterambere Fund uba ufite uburenganzira bwo kuvanamo amafaranga yawe yose igihe ushakiye kandi Gufunguramo konti ni ubuntu ikindi ushobora kwizigamira uhereye ku Frw 2000 gusa. Murakoze
@ShyakaEugene-it5qv18 күн бұрын
Mudufashe ese iyonyungu mutanga ya 11% nimumwaka cg ni mukwezi ikindi iyo umuntu ari umu client wanyu mutanga ninguzanyo??
@RNIT-IterambereFund15 күн бұрын
@@ShyakaEugene-it5qv Mwaramutse? inyungu ya 11,55% n'imuzandengo ku mwaka ariko inyungu yo ijyaho umunsi ku munsi. inguzanyo zo ntazo dutanga ariko amafaranga umuntu yizigamiye mu iterambere Fund bank zose ziyemera nk'ingwate. Murakoze
@VictorKago29 күн бұрын
Muraho neza ese kondi muri kenya nabashante kwiyandikisha?
Mwaramutse? uyo ushaka kubikuza unyura kuri web yacu(www.rnit.rw) ukuzuza fomu iriho yitwa ''GUSABA KUBIKUZA''. Naho kuri phone ukoresha *589# aha ushobora Kwizigamira,kuzigamira undi no kureba uko konti yawe ihagaze. Murakoze
Niba wibuka Username biroroshye, uranyura kuri www.shora.rnit.rw ushyiremo Username hanyuma ukande hasi kuri forget my password. ni byanga utwandikire kuri whatsapp 0788608652.