Ariko abantu bubu mwabaye mute koko nkawe ko utari Mama Annette! Abarokore mwabaye abesikoro mbega wowe ko mperuka witwa Mama ishimwe ubaye mama wa Annet gute Mama wa Annet ni Umu dentiste akaba nu mwarimu KHI ntiyabona umwanya wo kuza guta hano reka ibinyoma wa Mumama we
@niwejambofamily Жыл бұрын
Murabeshya si nyina wa Anet ni Nyina w'amahanga! Nta mubyeyi w'umuntu cyane cyane nyina w'umuntu wakwemera kwisekera umwana we imbere y'abanyamakuru! Nyina w'umuntu ntambaraga yabona zo kuvuga umwana we nkurikuvuga amahanga!
Igituma mbonako ivyo bintu arukubesha nta mam wa Annet yokwemera kuza kuri camera ngo mumubaze ibibazo vyerekeye umwana wiwe ntavyo yokwemera kuvuga umwana wiwe. Uko bigenda kise maman si gafaranga yamaze gutwara umukobwa wawe nukuvuga ko ubu arumukwe wawe .
@christineuwasse1396 Жыл бұрын
Ni titre zishaka ko abantu bashiduka
@imanairiho5566 Жыл бұрын
Ariko mwabuze izindi nkuru mwavuga!! Annette mwamwihoreye. Uwo si Maman we rwose
Mana yanjye sinjya commentinga ariko biranze ubukoko mwe murabere ubuse icyo yapfuye numugore wambere murakizi ese ibi murigukora nibyo bikwiriye kuntama byitwa ko muyoboye cg Anet na Gafaranga ibi babavugaho izi manza babacira zibabere nka béton itsindagira urugo rwawe wowe rero niba urinyina wa Anet usibye ko utariwe ntawa kwivumira umwana Kandi murekeraho kuvugira Imana kuko urubanza rw'Imana sirwo rwabantu mwese muza gushakira ubistari mugusebanya mwitekerezeho UTARAKORA ICYAHA AMUTERE IBUYE
@Byose4100 Жыл бұрын
Yooo !! Ihangane Mubyeyi rwose ! Gusa Gafaranga akwiye guhanwa kuko ashobora kuba yangiza abana babandi. Biriya ni Ubujura. Annet muzamuhane kuko umwana utumvira umubyeyi aba afite ikibazo nawe. Uwasezeranyije Gafaranga nawe akwiye kugayirwa mu ruhame kugira ngo atazakomeza gukora ibyo bikorwa.
@isatatv2299 Жыл бұрын
Ariko Gafaranga aba bamushakaho iki. mucunge amazamu yanyu. Aba bose birwa basambana bagambana bicisha abantu barangiza ngo nya nya nya. Gafaranga ft Annette bubahwe
@Bunani-ev7ij8 ай бұрын
Nimba uri namamawe reka kwibaraguzwa Anet imana iraje ibigenze neza we nagafaranga,
@alphonsegahongayire9450 Жыл бұрын
Wamubyeyi imana iguhezagire, nukuri uri inyangamugayo
@ngabonzizajeandedie214 Жыл бұрын
Uyu si mama Annet rwose
@mireiamoreno3182 Жыл бұрын
Komera mama komera abana bazakoza ibara . Ubuse murava yarabuze iki kugirango aguteze agahinda bigezeaha .yewe gafaranga we wagirango niwemugabo urutabandi koko birambabaje
Abanyamakuru mujye musengera abantu ntakajye muba imbogamizi kubakundanye ,ubuse ntibarwubatse? Ntibabanye ? Na mama wamahanga wanyu, Imana ibabarire
@paulinkabahizi86047 ай бұрын
Ariko se wa Mubyeyi weee ahaaaaa!!! Nyina w,umwana koko?
@umutesimariecesalie3571 Жыл бұрын
Niba Koko uri Mama wa Annet ntabwo aribyo kwandagaza umwana wawe . Imana ikubabarire
@k.judith5584 Жыл бұрын
Sibyo rata,Musenge lmana ibahe ubwenge
@Chri9547 ай бұрын
Ahaaaa mbega ibiganiro,jye nibaza ko uyu Atari mamá wa Anet.nonese abantu baba bamaze kwikundanira , famille zigakomeza kutava ku izima ryo kwitwa umukwe insesezi!!!!!! .Gusa umuntu yakwibaza impamvu umwana wibyariye yaguhisha ibirori bye.ndumva mwabaha amahoro ahubwo tukabasengera naho ubundi Ibi birasa nko kubagarira amatiku
@ignacerudahunga35937 ай бұрын
Imana yaragowe. Iyi myemerere yo mu Rwanda iteye amakenga. Divorce amategeko arayiteganya kandi uyikoze ntaba yataye ubumuntu.Ibyo murimo rero ni amatiku.
@user-mc6bw6se6h4 ай бұрын
Ntekereza ko kwinjira mubizima bwumuntu Imana itabyera. Mama sibyiza Ibyo ukoze pe ntabwo bukwiye umubyeyi
@nyinawumuntualiane5925 Жыл бұрын
Umubyeyi wese ntagitangaza yaba na Maman we Cg wundi muntu Maman sukubyara munda gusa. Gafaranga na Annet bakoze amabara kuri buri ruhande.Annet ikiraka kiza baby
Hanyumase mubyeyi umukobwawawe wemeye kujyagusenya urugo we uramuvugaho iki? Hari gafaranga hari umukobwa wawe bose kimwe
@chancelinechanceline629 Жыл бұрын
Ndakunze uyumuvyeyi ni Mama Chanceline wakabiri 💕💕💕
@saraumugwaneza2030 Жыл бұрын
Ni Mama we baranasa.Naho kuvuga ngo ntiyari kuba ari Mama we ngo Abe ataramenye ubwo bukwe,birashoboka Cyane kuko ibintu nka biriya kubitegura babihishe kugeza babanye ni ibintu byoroshye Cyane🤦🤱🧏
@dianeineza177 Жыл бұрын
Kuva azi Ko batabyemera wabihisha bivuga ngo bababwira kumunota wanyu ubyemera akajyamo ubyanze akarorera. Bitese ubwoba niba ariko babibaze kuko umubyeyi ataguhaye umugisha ntibicamo. Bazajye gusaba imbabazi
@ndayizeyechristian4451 Жыл бұрын
Ube Mama Anette cg ntubewe uravuga ukuri kd kko amarira y abana byange bikunde agira ingaruka mbi no kuba intandaro yo gusenyera umuntu
@alinenibigira4955 Жыл бұрын
Ubundi iyaba uri maman wiwe umuvyara ,wari kuba warengey vyose ukavugisha umwana wawe,nibaza KO woba uri maman wa Annette mubundi buryo,atari ubwamaraso. Kuko umuvyeyi wamaraso arengera vyose kumwana wiwe.
@yankurijejacqueline6318 Жыл бұрын
Ugashyigikira amafuti ngo nuko urumubyeyi
@dianeingabire5439 Жыл бұрын
kabyare uheke mukobwa mwiza
@janetfaziri1615 Жыл бұрын
Umutwe ni Annet ark igihimba siwe pe ,nice prank aba chou ❤😂😢
@johndakar9598 Жыл бұрын
Ntago Ari nyina ndetse wamubajije ngo Annet Ari umukobwa wawe (!!!)Ari wayikasemo
Ntabwo Imana ireba nkabantu ibyo gafaranga yakoze sibyo ariko urugo rwanze wakora iki ko ariyo mpamvu abantu bicana iyo urugo rwanze ushoboye kwihangana arihangana uwo byananiye abivamo gafaranga siwe wambere cg wanyuma uwo mugire yihangane arere abana be muvuge Kristo ububyutse buri kubera muri amerika kuri université ubunyine guhozamo ga faranga ntacyo bitumariye cg Claude guhozamo inkuru imwe ntibizabuza icyaha kubaho mubakire mu torero mubyeyi barira umwana wAwe umube hafi apfuye byatubabaza byibura ariho abasha kwihana nawe azigisha abandi murakoze.
@byiringirodavid6568 Жыл бұрын
Mama nuve mubinyamakuru utazacikwa
@niringiyimanabosco9860 Жыл бұрын
Mama wanjye hobe ni mama mucyo ugusuhuza cyaneeeeee
@dusingizumukizajeandamasce9557 Жыл бұрын
Amakuru. Uyu ni mama wa Annet?
@nahayopatrice13476 ай бұрын
Agusubize numvireho
@umutonililiose295 Жыл бұрын
Ese ubu uyu ni mama w Annet we muduhe Amakuru Am sorry to say umubyeyi wiyita umukristu agatega umwana we iminsi 😢😢 imihanda ntiyoroheye Annet na mama we akiyongeraho apuuu Ahubwo Annet yaba yaragize neza kwicecekeraaaa
ariko uramutuka ugirango abana b'iki gihe baroroshye buriya ntako atagize kandi niba utanabizi abana b'iki gihe ntibumva buriya ntako atagize ariko ku Mana buri wese yigererayo none se avuge ko bari mukuli kandi anabizi neza ???
@victormurengezi7958 Жыл бұрын
Ntabwo ari mamma we ni umugome ushaka za views. Mamma wa Annet ndamuzi si uyu, ntanubwo muzi muri famille ye. Numva buri wese yagombye kwita kubibazo bye
@Hardman11 Жыл бұрын
Ariko muziko Muri ibigoryi, Uyu ni mama we gute
@miracle-wc7hv Жыл бұрын
Ariko se uyu ni maman wa Abet Koko?!!!! Hoya ! Ibyaye ikiboze irakirigata, maman w'umunyu iyo agize ibyago umwana akamunanira niwe umuhishira, akabahindura avasazi ahubwo. Uyu si mama wa Anet. Cyera abakobwa bakurohwa, mama w'umunyabwenge ntiyatumaga umukobwa we arohwa, yaramuhishiraga, akaba ariwe witwitisha, umukobwa akabyarira Ku bibero bye, ntihazagire umenya ko yatwise, nyamara umumama nk'uyu umukobwa we yajyanwaga Ku ijwi da.! Uyu si mama wa Anet
Ubanza ari nyina basengana uwakubyaye ntiyakwandarika
@juruup87437 ай бұрын
NTABWO ARI WE NYINA HABE NA MBA! IBI BINYAMAKURU SINZI AHO BIBA BYAKUYE AYA MAKURU. UYU MUGORE NIBA YIYITIRIYE UYU MWANA, NI AGAHOMAMUNWA KUKO MAMA WE TURATURANYE, NI UMUGORE W'IMFURA, W'UMUHANGA, UTAJYA MURI AYA MANJWE NK'AYA. ISI IRIKOREYE!
@byukusengemoise387 Жыл бұрын
Uyuse niwe mamawe
@niyigenaalice8041 Жыл бұрын
Cyakoze Uzi abagabo bataye abana nabagore ukuntu bangana we cg nuko ari icyamamare🥺
muratwika koko uyu simama wa Annet muzabeshye abandi
@cibalonzarehema344 Жыл бұрын
Je ne crois pas que cette femme est la mère de Annette. Kandi niba koko ari na maman we nta sagesse afite pe. N’uwuhe muringo uvugako umu divorcé atakwiye gushaka umukobwa? Annette afite droit yoguhitamo uwumutimawe ushaka na Gafaranga afite droit yokugerageza amahirwe yakabiri n’iba ayambere byaranze. Nimuhe amahoro couple Annette Gafaranga kndi mureke kubategimnsi kuko ntabgo muri Imana yabo.
Nikose Esther wo muri bible ko atabonye ishyano kdi agiye murugo rwa Vashiti ko ntacyo yabaye,mubyeyi ayo magambombo nyatesheje agaciro muzina rya Yesu kristo