Kujyana umuntu mu murenge si cyo kigaragaza ko agukunda, aribyo abatandukana ntibakabaye babikora,ahubwo aba yaguteye inda n ubundi atagukunda cg nta gahunda yo kubana na we afite.
@MPUNGANEWS2 жыл бұрын
@@jeanbosco3728 ikibazo burya si n ibushobozi bw amafaranga, ahubwo umuntu ukunda gukora, utekereza,ushakisha,wakugira inama y icyo mwakora. Naho umuntu utekereza ko kubaho kwe kuri muri mugenzi we gusa biragoye muri iki gihe. Kuko n ubwo umwe yaba afite ubushobozi uwo wundi utazi gukora ntiyaburinda cg ngo abwongere, yagukenesha
@jinamajody2 жыл бұрын
Mumezi abiri ndumva mwarahiye uhita ugarama. Hamwe nwuko yakurusha imyaka uri n'umunyeshule ndumva wari wahisemo guta ishule kugira wijyendere ku mugabo. Humura si ayo mahitamwo yatumye uca mubyo waciyemo ahubwo ni guko wabinyuramo uri na muto. Abana badukurikira babe bumva ko kwirinda gushira inshingano ku zindi mugihe baba bakiri mumyaka yo kwiga
Wa mugore we gito, ku ki warekuye abana bawe? Wishakiye kwiryohereza ariko abana ni nyina sha! Iyo umuntu akunaniye ashobokera abana? Ubwo abagore bararaga bamuhamagara baraje babarindagize wumirwe 🤭
@rebeccauwagirinka89752 жыл бұрын
wamwumvise nabi yavuze ko abana bajya ibihe byo kuba kwa nyina cyangwa kwa se ariko bakaba bari kumwe kuko yanze ko abana be baba ahatandukanye .Igihe kimwe baba kwa se ikindi gihe bakaba kwa nyina.
@3bbrightbravebrain9942 жыл бұрын
Wongere wumve neza
@helenemarierobert85572 жыл бұрын
Reka reka guetto ni iy’aba célibataires. Ubu se umuntu witunze wishyura inzu wishyura school fees ubwo aba mûri guetto gute?