#-TheDynamicShow- #djihad_0788292584 Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590 #-TheDynamicShow-
Пікірлер: 448
@user-pg6kk4ei8v5 ай бұрын
Na Yesu umwana w'Imana baramuteye amabuye.....ntamuhanuzi yemerwa iwabo
@rugambwaimmaculee69915 ай бұрын
Ibyo muvuze kuri Restoration church ntabwo aribyo nugusebya intumwa Masasu izo nyigisho muvuga ninyigisho zituma umukristu amenya uburenganzira bwe mu mana Kandi ntabwo Ari nyigisho za Masasu ariko n'ijambo ry'Imana Kandi hari n'abakristu bi mu yandi matorero baza kuziga Kandi batanga ubuhamwa ko hari Aho zabagegeje mu kumenya Imana.ubwo rero ngo nushaka ya views ariko zinabarenganya kuko turi mu bihe bya nyuma Aho abantu barwanya Abashumba n'ijambo ry'Imana.
@Janemukes7725 ай бұрын
Tugeze no muminsi yanyuma aho abigishwa benshi bibinyoma bazaduka bigisha abantu benshi ibihuje n' irari ryabo
Wabyumvise nabi umukristo ntago ari umuntu wize utwo dutabo ahubw ni uwizeye ko yesu ari Umwana w Imana rero utwo dutabo dutegura umukristo kuba ingabo y umwigishwa wa yesu Christ kandi akoherezwa kwimika kristo nk umwami w iki kinyejana rero nta mpungenge kuko izo nyigisho zishingiye kuri Bibiliya 100/100 ahubwo ikintu cyambere wiga ni ugusoma Bibiliya
Cyore !!!!ibyo udutabo two turahari, Kd si ikibazo kugisoma ntabwo tuvuguruza Bible Icyokora cyo ibya dady na Mummy byo sinzi aho byavuye.p
@niyitangagrace3865 ай бұрын
Igihe kiragezengo Imana isobanure ibyasobanye.ndagushimiye rwose abafite amatwi bumvireho.hari ukuntu uvuze ukuri pe kd koko Data ni umwe gusa ibyo byateye bya Dady nibyo biyobeje abibeshya ko bari munzira y'agakiza.
@AngeKazege-sy1ok5 ай бұрын
Have Umu Chou Udatuma Kwanga se Sha Mbabarira Wigumirr Iyimihanda Abakozi Bi Imana Wapi pe Twigumire Iyimihanda
@user-dd3th6ye8x5 ай бұрын
Udutabo nutwimfashanyigisho nkuko abadive bagira intambara ikomeye namigisho , so and all the things written in those books are in the Bible..its just to help people to understand more of Gods word
Mukirundi baca umugani ngo ubwanwa sibwo bugir'umuntu umugabo kuko n'isuguru irabufise. Aho ga Djihad nta soni ugira? nta rupfasoni ufise, uri isutwa y'umhungu, ivy'uvuga bitera iseseme, nta wahangaye abakozi b'Imana numwe ngo ntahakure umuvumo, uri intumwa ya satani atakindi ijejwe atari kwiba, kwica no gusambura. but let me inform you that you work in vain, unless you repent.
@VestineUwase-tz3qb5 ай бұрын
Niwowe kigoryi gisigaye vuba cyane urakosorwa!
@kingofking16925 ай бұрын
Uwo kumva arumva kuko ntaninduru ivugira ubusa kumusozi rwose!!!! Na TB joshuwa bamuvugaga akiriho none ubu byose biri hanze!!!!!!!!
@Borvia1095 ай бұрын
Can you imagine? Ndibuka Yanga amuvuga mubuhamya yatanze uburyo yavuye South Africa ashaka kujya kumureba ngwamusengere nuko nyine atanagiyeyo
N'importe quoi, niyi mpamvu abantu baguma mubuyobe ngo ntawuvuga umukozi w'Imana, ese abo bakozi b'Imana sois disant, batatwerera imbuto ni bakozi ki?donc ils peuvent faire n'importe quoi bitwaje iryo zina, ngo bafite ubudahangarwa🤔iyo ni ignorance iteye ubwoba , ahubwo gabanya iryo terabwoba, personne n'est au-dessus de la loi
@khenziemcpenny43035 ай бұрын
Ariko iryo terabwoba ngo ni abakozi b’Imana ntawabavuga mwabagize ibigirwamana 🙄🙄 ese ntago bakiri abana babantu se ra??? Mwagiye mureka!!! Mubanze mutinye iyo Mana bitwa ko bakorera ntimuze kubadukangisha kuko si intungane! Ese twe niba turi abana n’Imana duhahamurwe nabo bakozi?? Ntimukadukangishe abo bakozi ntanikitwemeza ko koko bahamagawe! Mubatinye mwenyine ntasoni ese mwibeira ko Imana ikora nkamwe mubapfukamire mwenyine
@Ngomany5 ай бұрын
Kura ahongaho iterabwabo,abakozi biyita abimana baragwiriye,ikindi kubavugaho ntacyo bitwara abantu babavugaho byose ni igeno.
@thecreator41995 ай бұрын
Baragaswera abo baswa. Gitwaza na Masasu ni ababeshyi gusa.
@yvetteiriho35045 ай бұрын
Rek chimamanda naw turamwumva mukanya
@user-yd6yi8yj6j5 ай бұрын
Umutinganyi ntukavuge abakozi bimana Ese ko utavuga ibyubutibga bwugarije isi byo ubivugaho iki
@goodpackages13305 ай бұрын
Jyenda wagihungu we ndagukundaaaaaaa!!!!!!! Iyo maze iminsi ntakumva ndarwara!!!!!
Ariko wanjyiye usobanura amagambo nabagabo uvuga ibigambo nkabagore ufite umudomo munini cyane hanjyi waruziko urihafi kwambara iroza noneho imbohe zizagufira kabisa koko uvuga ibigambo bibicyane. Umezeneza nkanyamudinjyi umwami wabagore kabisa
@emmanuelbaby37855 ай бұрын
Aba chou efuse hejuru cyane
@user-hv8tl5un8u5 ай бұрын
Umu chou duhe amakuru ya prophet joshua
@jeanneuwanyiligira16095 ай бұрын
Djihad ibyo uvuga ni ukuri ,nta muntu wo mu isi ukwiriye kwitwa Data, papa, daddy,père,etc na Bible irabibuza : Kandi ntimukagire umuntu wo mu isi mwita Data, kuko So ari umwe, ari uwo mu ijuru. (Matayo 23:9)
@mbereyumuremyiclementine81775 ай бұрын
Iki cyanditswe kirasobanura neza pe, urakoze kukizana.